Afurika y’Epfo: 45 baguye mu mpanuka ya Bus umwana umwe arayirikoka

Sangiza iyi nkuru

Minisiteri ishinzwe gutwara abantu n’ibintu ivuga ko impanuka ya bisi yo muri Afurika y’Epfo yahitanye abantu 45
Kuri wa Kane taliki 28 WERURWE 2024, abandi barakomereka.

Nk’uko byatangajwe n’ishami rishinzwe gutwara abantu n’ibintu, ngo umushoferi yatakaje icyerekezo maze agongana na bariyeri ku kiraro hafi ya Mamatlakala, bituma bisi irenga ikiraro muri metero 50 munsi.

Abagenzi bari bavuye mu murwa mukuru Gaborone wa Botswana, berekeza mu mujyi wa Moria muri Pasika.

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yohereje ubutumwa bw’akababaro muri Botswana anizeza inkunga igihugu ku miryango ifite abayo barokotse.

Ibikorwa by’ubutabazi byakomeje kugeza ku mugoroba wa joro wo ku wa kane no mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Afurika y’Epfo: 45 baguye mu mpanuka ya Bus umwana umwe arayirikoka
    Nihangani
    Shije
    Imiryango
    Yababuriye
    Ababo
    Muriyimpanuka
    Bakomeze
    Kwihangana.

  2. Afurika y’Epfo: 45 baguye mu mpanuka ya Bus umwana umwe arayirikoka
    Ndahojeje imiryango yaburiye abayo mwiyimpanuka ibabaje. Naho abitavyimana kandabIFURIZE RIP

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *