Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije bakomeje gusura ibikorwa byerekeranye n’ubuhinzi hirya no hino mu gihugu aho abaturage babagaragarije zimwe mu mbogambizi zihari zisabirwa ubuvugizi.

Imbogamizi abahinzi bakomeje kugaragazq zirimo: Ubuhunikiro bwubatse kure ugereranije n’aho umusaruro uturuka Ubwanikiro buke ugereranyije n’umusaruro uboneka Isuri itera imyuzure mu bishanga bidatunganije.

Usibye izo mbogamizi zavuzwe haruguru, mu bihe bitandukanye kandi bamwe mu bahinzi bagiye bagaragaza ko igishoro gito no kutoroherezwa kugera ku nguzanyo bikibangamiye ubuhinzi bwabo.



One Response
ese kweli ubu iyi ni inkuru,abo bahinzi ni abahe?bahinga iki? ubu kwandika inkuru ukayirangiza utanditse paragraph 1 nayo yamafuti kweli! sinzongera guta umwanya nsoma inkuru zanyu