Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M

Sangiza iyi nkuru

Umusore yitwa Eric, afite imyaka 25 y’amavuko. Avuga ko we adashobora gukwa umukobwa ngo kuko yumvishe mu minsi ishize abakobwa b’i Rusizi ahubwo bakwa abahungu n’ibihumbi 500 RWF.

Eric ngo yiyizeye ku buranga ndetse n’ubusore (imbaraga ndetse n’uburebure), bikaba ari byo bituma ngo atakwemera kurongora cyangwa gushaka umukobwa utarize kaminuza n’ubwo we yavuye mu ishuri ageze mu wa gatanu w’amashuri yisumbuye, bitewe n’amikoro yabaye make iwabo.

Avuga ko natabona umukobwa wize kaminuza, afite andi mahitamo. Ayo akaba ari ukwemera nibura umukobwa ufite kuri konte (compte) miliyoni eshanu z’amafaranga y’u Rwanda. Icyakoze Eric avuga ko atitaye ku myaka y’amavuko uwo mukobwa azaba afite, ikibazo kuri we ni uwashatseho umugabo.

Ati: “Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5,000,000 RWF.”

Ese uyu musore azabona umukobwa bahuza, bijyanye n’icyifuzo cye?

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

    1. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
      uriya musore ibyo avuga byerakana ko ari injiji gusa.

    2. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
      uriya musore ibyo avuga byerakana ko ari injiji gusa.

  1. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Ubwose iyo mbwa yo ifite iki kijyanye numufuka??

  2. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Ubwose iyo mbwa yo ifite iki kijyanye numufuka??

  3. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Abantu basigaye bakunda imitungo urukundo ngomutahe

  4. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Abantu basigaye bakunda imitungo urukundo ngomutahe

  5. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Kubunza auwo murizo gusa se nibyo bizamuhesha umugore. natyaze amenyo ngo aramira Ruhaya

  6. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Kubunza auwo murizo gusa se nibyo bizamuhesha umugore. natyaze amenyo ngo aramira Ruhaya

  7. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Bene urwo rugo ushaka uzarurya rukurye nyabuna.

  8. Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
    Bene urwo rugo ushaka uzarurya rukurye nyabuna.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *