Perezida Kagame afitiye u Rwanda n’Afurika icyerekezo cyiza-Sarkozy
Ikinyamakuru Le Point cyo mu Bufaransa cyagiranye ikiganiro na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame muri Village Urugwiro tariki ya 31 Mutarama 2020, gisohora inkuru ivuga ku mateka y’u Rwanda, inzira uyu mukuru w’igihugu yanyuzemo mu myaka hafi 20 ayoboye u Rwanda ndetse n’imbogamizi ahura nazo zirimo n’abanenga ubutegetsi bwe. Le Point itanga ishusho y’u Rwanda […]
Batatu bahoze muri Polisi y’u Rwanda bakurikiranweho ubujura
Abapolisi batatu basezerewe muri Polisi y’u Rwanda, bafungiye kuri Station ya Polisi ikorera i Remera mu mujyi wa Kigali bazira kwiyitirira kuba abakozi b’ishami rya polisi yo mu muhanda bakiba abantu amafaranga bababeshya ko bazabafasha kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga. Aba ni Augusto Munyemana, Theogene Rukundo na Noel Munyarugendo. Uko ari batatu bafatiwe mu mujyi […]
Umuhanzi Chameleone yagurishije imwe mu mitungo ye kubera ideni
Joseph Mayanja, Umunya-Uganda uzwi mu muziki nka Dr. Jose Chameleone, yamaze kugurisha inzu Daniella Villas iherereye muri kamwe mu duce tw’umugi wa Kampala. Amakuru avuga ko Chameleone uri mu banyamuziki bakunzwe mu muziki wa Uganda na Afurika y’iburasirazuba muri rusange, yagurishije iriya nzu akayabo ka 200,000,000Rwf. Iyi nzu iherereye ahitwa Bweyogerere, yaguzwe n’umucuruzikazi utaramenyekana amazina. […]
Uganda: Inzego z’umutekano zirasabwa kuryamira amajanja
Polisi ya Uganda yakiriye amakuru y’ibitero by’iterabwoba biri gutegurwa mu duce duhuriramo abantu benshi mu mugi wa Kampala, cyane cyane mu isoko rya Owino, ikaba isaba inzego zose bireba kuryamira amajanja. Ibi bigaragara mu itangazo nimero CT 11/6/3/7/1/2/1 ryasohotse tariki ya 10 Gashyantare 2020, rikaba ritanga impuruza ku nzego z’umutekano ndetse n’abatuye muri Uganda. Abakomanda […]
Igitero cyiswe “Nimrod” cyatambutse kuri televiziyo

Igitero cyiswe ” Operation Nimrod” cyagabwe n’abakomando b’amatsinda abiri yo mu Ngabo zidasanzwe zirwanira mu kirere z’u Bwongereza zizwi nka The British Special Air Service. Cyabaye mu rwego rwo kubohoza abantu 26 bari bafashwe bugwate n’intagondwa za kiyisilamu za KSA kuva kuwa 30 Mata kugeza kuwa 5 Gicurasi mu 1980. Ni igikorwa Abagabo batandatu bigabye […]
IT Assistant at Mango Telecom Ltd
Mango Telecom Ltd is a licensed Internet Service Provider (ISP) that is incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company is engaged in the business of providing advanced information and Communication Technology (“ICT”) services based on 4G LTE and Fiber Connectivity. Mango Telecom Ltd, a leading Internet service provider, has […]
Perezida Museveni yongeye kohereza intumwa yihariye kuri mugenzi we w’u Rwanda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko yakiriye igisubizo yahawe na Adonia Ayebare, intumwa ye yihariye aheruka gutuma kuri Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Museveni abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko intumwa ye yakiriwe neza mu Rwanda, bityo akaba yiteguye gukora ibishoboka byose ngo umwuka mwiza ugaruke hagati y’u Rwanda […]
Programme Manager at British Council Rwanda
The British Council is the United Kingdom’s international organisation for cultural relations. The British Council creates international opportunities for the people of the UK and other countries and builds trust between them worldwide. We call this cultural relations. Website: http://www.britishcouncil.rw The British Council is the UK’s international organization for cultural relations and educational opportunities. We […]
Umurwayi wa mbere wa Coronavirus yabonetse ku mugabane wa Afurika
Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Misiri, yatangaje ko muri iki gihugu hagaragaye umurwayi ufite indwara ya Coronavirus gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake. Itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ubuzima mu Misiri rivuga ko uriya muntu atari Umunya-Misiri, ariko ntirigaragaza ubwenegihugu afite. Umuvugizi w’iyi Minisiteri, Khaled Megahed, yavuze ko bafashe ingamba zikomeyehe zo guhangana na kiriya cyorezo, ndetse […]
Kagame na Museveni baritegura gusinya amasezerano yo guhererekanya abanyabyaha
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, bazashyira umukono ku masezerano yo guhererekanya abanyabyaha hagati y’ibihugu bayobora. Ni amasezerano yemerejwe i Kigali ku wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare, ubwo intumwa z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda zari zahuye, ngo zirebere hamwe intambwe imaze guterwa mu gushyira mu […]
RIB iranyomoza abavuga ko Me Evode Uwizeyimana afunzwe
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ruranyomoza amakuru avuga ko umunyamategeko Me Evode Uwizeyimana uherutse kwegura ku mwanya w’umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, yatawe muri yombi. Aya makuru y’impuha yatangiye kuvugwa nyuma y’aho RIB itangarije ko yakiriye dosiye ye yo guhohotera umugore w’umusekirite. Byakomeje kuvugwa na nyuma y’aho uru rwego rwatangarije ko dosiye ya Me Evode […]
Hon. Sebaba yaciye umweyo uzarokoka umugabo usibe undi
Dore aho nibereye, niturije mpora mbabwira ko nta gahora gahanze kuko uyu munsi wagize ibyago cyangwa umugisha umweyo wanjye ukakugeraho, wawutunga ijisho ukibwiriza utananije. Maze kuwuca natangiye nywutunga cyangwa nkubura hasi mu nzego zo hasi ndazamuka no mu ziringaniye none ngeze no mu nkuru, ubu igihunga kikaba ari cyose, gihungabanya abatari bake kuko bigoye kumenya […]
Abahungu turi idolari! Ntabwo nakwiteza umukobwa utararangije kaminuza cyangwa udafite 5M
Umusore yitwa Eric, afite imyaka 25 y’amavuko. Avuga ko we adashobora gukwa umukobwa ngo kuko yumvishe mu minsi ishize abakobwa b’i Rusizi ahubwo bakwa abahungu n’ibihumbi 500 RWF. Eric ngo yiyizeye ku buranga ndetse n’ubusore (imbaraga ndetse n’uburebure), bikaba ari byo bituma ngo atakwemera kurongora cyangwa gushaka umukobwa utarize kaminuza n’ubwo we yavuye mu ishuri […]
Tender: RFQ for Water Filters at Global Communities
Global Communities, is an international non-profit organization, established in 1952, that works closely with communities worldwide to bring about sustainable changes that improve the lives and livelihoods of the vulnerable with a vision of having a world where everyone has the freedom, means and ability to live and prosper with dignity.Global Communities began working in […]
Intambara y’Abacengezi: Radiyo ya Nasiyonali yavanye umugabo mu nzara z’abashakaga kumwica

Umugabo witwa Ribakare wari utuye muri Serire ya Gashinga muri Segiteri Rubona muri Komini Nyakinama muri Perefegitura ya Ruhengeri, yatabawe na Radiyo yitwaga Nasiyonali ubwo yari afashwe mpiri (rwa mikono) hari mu ntambara y’Abacengezi mu 1997. Ribakare wari mu myaka 30 icyo gihe, yafashwe n’umwe mu basirikare b’impande zari zihanganye mu gace ubu kabaye Umudugudu […]
MINALOC irasaba ba meya 16 ibisobanuro ku makosa yakorewe abahinga ibishanga
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yandikiye ba meya 16 abasaba ibisobanuro ku makosa uturere bayobora twakoreye abahinga ibishanga. Iyi baruwa bwiza.com ifitiye kopi (copy) yanditswe tariki ya 13 Gashyantare 2020, ifite impamvu igira iti : « Gutanga ubusobanuro ku mafaranga yaciwe abahinga ibishanga. », igashingira ku myanzuro yafatiwe mu Mwiherero wa 16 wabereye mu […]
Umugore wanjye ashaka inzu ebyiri muri eshatu dutunze nakwanga akazavuga ko nkorana na FDLR
Nitwa Fidele, nkaba mfite umugore twashakanye tubyarana abana batatu. Ni njye wamwishyuriye amashuri yisumbuye kugeza arangije na kaminuza. Uyu mugore arangije amasomo yatangiye gukururana n’abandi basore n’abagabo, mubwira ko ntabishaka. Byagaragaye ko yashakaga ko dutandukana akegukana imitungo. Ibi mbishingira ku kuba naramubwiye ko nzaka gatanya, akabyumva vuba. Yampishuriye ko na we ari byo yifuza. Yamwbiye […]
China: Icyorezo cya Coronavirus kimaze gufata abaganga barenga 1700
Icyororezo cya Coronavirus nshya cyadutse mu Bushinwa kimaze gufata abavuzi barenga 1700 mu gihe 6 muri bo bamaze gupfa. Aba biyongera ku bihumbi by’abaturage byatangajwe ko cyabafashe, abandi barenga 1000 bakaba barapfuye. Inkuru kuri iki cyorezo zatangiye kumvikana muri Mutarama 2020 mu mugi wa Wuhan uherereye mu Ntara ya Hubei, kikaba ari ho kimaze kwibasira […]