image-104.jpg

Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?

Sangiza iyi nkuru

Mu Rwanda cyane hirya no hino muri Kigali ntiwarengaga kilometero imwe (1Km) utanyuze aho bari gusenga, aba bose bahuriza ku buhanuzi, gukiza indwara zananiranye no kubona imigisha myinshi cyane, iyo kubona ubutunzi n’ibindi bibushamikiyeho ariko muri ibi bihe twugarijwe n’icyorezo cya Covid-19, wakwibaza aho baherereye ngo bagikize Abanyarwanda n’Abaturarwanda ndetse n’ingaruka zacyo zirimo n’igifungo cyo kuguma mu ngo.

Muri iki gihe cya Koronavirusi (COVID_19) aba bakozi b’Imana (abakora ibitangaza ) bari he ngo bakumire iki cyorezo? Iyi Koronavirusi igejeje Isi ahabi ndetse ikaba ikomeje gutuma benshi inda zifatana n’imigongo. Harabura iki ngo bayisengere igende? Cyangwa ni uko nta turo n’icyacumi biyiturukaho?

Bishop Rugagi, Apôtre Gitwaza, Apôtre Rwandamura, Pastor Bosco (Fire), Prophète Claude, Prophet Sultan, Padiri Ubald n’abandi bari he ngo bakore ibitangaza mu gihe nk’iki?

Nta muntu wapfa gushidikanya ko Imana ibaho, bigoye kuba iki wakibaza , nutemera ibitabo byayitiriwe ntiyerura ngo agaragaze ko atayemera , ahubwo araguhunga cyangwa akirinda kujya impaka, mu Rwanda akenshi usanga abantu iyo baganira bibaza ku bintu bikomeye bisa n’aho batabonera igisubizo akenshi baravuga bati ‘Imana izabyikorera’, Imana izadusubiza, Imana ni yo nkuru bivuze ko hari ahandi ibisubizo byananiranye bituruka.

Cyo kimwe n’ahandi henshi muri Afurika hakomeje kwaduka amadini menshi avuga ko akorera Imana ndetse benshi mu bayoboke bayo cyangwa abayashinze bakemeza ko bakora ibitangaza, gukiza indwara zananiranuye, gutanga imigisha abantu bakabona ubutunzi. Aha rero ni ho wahera wibaza uti: ‘Ba bandi twabonaga kuri za Televiziyo no mu nsengero bari he ngo birukane iki cyorezo gisa nicyahagaritse ubuzima bwabatuye Isi?”

Mu bindi bihugu nka za Nigeria, Amerika n’ahandi hagiye haba amasengesho yo gusenga basaba Imana ngo ikize Isi icyorezo kiyugarije. Cyane muri iyi nkuru iragaruka ku matorero yabavutse ubwa kabiri akunze kurangwamo abakora ibitangaza n’abahanuzi akenshi bifashisha Bibiliya cyangwa ubuhamya bwibyabaye, twibaza impamvu tutumva ubuhanuzi bwirukana iyi COVID-19 ikomeje guca ibintu. Ese ibitangaza n’imbaraga zabo byarashize?

Twabonye bamwe bihutira kurangira intama zabo aho zigomba kohereza amaturo, ntabwo turumva ubuhanuzi bwihumure n’uburyo izi nzobere mu gukiza indwara zananiranye zaba ziteguye gukiza u Rwanda iki cyago.

Intumwa z’ibitangaza n’abahanuzi muri he?

Ibitangaza n’ubuhanuzi byatangiye kuvugwa cyane mu Rwanda kuva mu 2006, aho haje abanyamadini benshi bavuga ko bakora ibitangaza, ubuhanuzi, gukiza imivumo, gukiza indwara zikomeye cyangwa zananiranye nibindi.

Ibi ntibyavuzweho rumwe mu Rwanda kuko byasaga n’ibishya, ariko bamwe mu banyabitangaza ntibahwemye kubivuga mu bitangazamakuru no kugaragara basengera abantu bagata imbago, abandi bakivugira ko babonye ibitangaza ndetse bagakira indwara babikesheje aba bakozi b’Imana.

Apôtre Gitwaza ari he?

image-104.jpg

Apôtre Gitwaza ni umwe mu bahanuzi bavugaga ko basenga bagakiza indwara nyinshi zananiranye mu myaka ya 2006 kuzamura , aho mu biterane byinshi atasibaga guhanura no kurondora indwara yakiza udasize n’ibitangaza byakoreka.

Muri Nzeri 2018, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho ya Apôtre Paul Gitwaza avuga ko nta muhanuzi umuruta mu Rwanda no muri Afurika, ngo abatamwemera bafite ibibazo kandi bazabibona yaragiye atakiriho. Gitwaza ari he muri iki gihe cya COVID-19? Ese impano ze zaba zitagikora muri ibi bihe?

Bishop Rugagi ari he?

rugagi.jpg

Bishop Rugagi Innocent yaravuzwe mu 2018 no mu ntangiro za 2019, azwiho kuba yarigeze kuvuga ko agiye kujya azura abapfuye, icyo gihe abantu benshi bamusabye ko kuzura abantu atajya abikorera mu rusengero ahubwo yajya mu bitaro bitandukanye agasengera imirambo maze igasubirana ubuzima.

Bishop Rugagi kandi yabwiye abakristo ngo bazane amafaranga bafite bayashyire mu giseke kuko baraba bari kujugunya ubukene, kandi yigeze kubabwira ko bamuha amaturo na we akabahesha umugisha wo kugura imodoka ihenze yo mu bwoko bwa Ranger Rover . Bishop Rugagi ari he muri iki gihe cya COVID-19?

Apôtre Charles Rwandamura afite ihembe rihagarika intambara, rikarinda igihugu

rwandamura.jpg

Apôtre Charles azwiho ubuhanuzi n’ibitangaza. Yubatse urukuta avuga ko abantu bazajya bajya kurusengeraho bakabona ibitangaza. Ubwo na none yari mu muhango wo gusengera amatora yUmukuru w’Igihugu mu 2017, aya masengesho yahuje amatorero y’abavutse ubwa kabiri , tariki ya 10 Kamena 2017, kuri Sitade ya Kicukiro.

Yagize ati: « Ubundi igihugu cyose kigira abahanuzi bagomba kugihesha umugisha, natwe nkamatorero y’abavutse ubwa kabiri tugomba guhagarara neza mu mwanya wo guhesha igihugu umugisha n’amahoro no gusabira abayobozi bacu ngo Imana ibakomeze, ibahe kuramba cyane kugirango bakomeze kutugezaho ibyiza birimo iterambere, ubwisanzure nibindi byinshi.

Apôtre Charles Rwandamura ari he? Iri hembe yavugaga ko rihagarika umwanzi wigihugu ryaba ridakora kuri COVID-19? Ko ari we mwanzi ubayeho utera ibihugu hafi ya byose kuri iyi Si!

Bishop Muragizi ari he muri iki gihe cya COVID-19?

dsc09936.jpg

Uwitwa Bishop Muragizi na we yabwiye igitangazamakuru Muhabura ko asengera abantu bagakira indwara zikomeye, avuga ko itorero abereye umuvugizi ari ryo Power Deliverance Church International, basengera abantu bagakira indwara zikomeye nka kanseri (cancer) ndetse n’ibindi bibazo ubuzima bwa muntu buhura nabyo, kubera umwanzi Satani ariko kubera imbaraga z’Imana ndetse n’amasengesho bakora, umuntu arabohoka. Ibi byose ariko ngo babikora ari ugufasha igihugu cy’u Rwanda, abagituye ndetse n’Abanyamahanga.

Rev. Pasiteri Bosco Nsabimana ari he?

1518098817_bosco1.jpg

Rev. Pasiteri Bosco Nsabimana (Prophète Fire) wayoboraga itorero Patmos of Faith church ryakoreraga ku Muhima, ubwe yemezaga ko hari abo yasengeye bapfuye bakazuka, ko afite impano yo kurondora abantu akaba yamenya nk’amazina yabo kandi atigeze ayababaza. Rev. Pasiteri Bosco Nsabimana muri iki gihe cya COVID-19, yaba arihe?

Padiri Ubald Rugirangoga

screen_shot_1440-09-15_at_1.38.55_am-f6eb5.png

Padiri Ubald azwi cyane mu gihugu bitewe n’ibitangaza avugwaho n’abiganjemo abayoboke ba Kiliziya Gatolika. Avugwaho gukiza indwara zitandukanye zirimo nk’ubumuga, ubuhumyi ndetse n’izindi zidakira, akavugwa mu buhamya.

Ahantu Ubald yagiye, hakunze kugaragara uruvunganzoka rw’abantu baturutse mu matorero n’amadini menshi, ndetse n’abadasenga, baba bahajyanwe n’ibibazo bafite mu buzima byababanye karande, abandi bagiye kureba niba koko ibitangaza avugwaho koko abikora.

Padiri Ubald kandi nawe hari ubwo ajya yifashisha ibitangazamakuru, agasakaza ubutumwa bwe bwagakiza [nkuko bivugwa] ndetse akoresha n’urukuta rwa Facebook rwitwa Ubald Rugirangoga rukurikirwa n’abarenga ibihumbi 17 , agafatanya n’abamukurikira mu masengesho. Ese ntabwo yakora igitangaza cyo kwirukana COVID-19, abantu bagasubukura ibikorwa byabo byahagaze?

Prophet Sultan ari he muri iki gihe cya COVID-19?

sultan.jpg

Prophet Sultan abakristo be bamwita umukiza n’umucunguzi. Arahanura ndetse agakiza n’indwara. Mbere yakoraga ibitangaza wabanje kumuha ibihumbi 20 by’amanyarwanda ku bashyitsi, umusangwa akamuha 10.000 Frs, uyu Prophet Sultan Eric ukuriye itorero Zeal of the Gospel church rifite icyicaro gikuru i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, ahamya ko yazuye umuntu wari wapfuye ndetse ngo afite ibanga akoresha agakiza indwara nyinshi zirimo na SIDA.

Ibi Prophet Sultan Eric yabitangarije inyarwanda tariki 24 Gicurasi 2019 ubwo yari ageze mu mujyi wa Kigali avuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu biterane by’ubuhanuzi yari yitabiriye . Uyu muhanuzi yahamije ko hari umuntu w’i Kiziguro mu karere ka Gatsino wari wapfuye, amusengeye arazuka. Yunzemo ko ibi avuga atari igipindi kuko afite abaganga babihamya bavuraga uwo muntu yazuye.

Bishop Harerimana Jean Bosco ari he?

arton4152.jpg

Bishop Harerimana Jean Bosco akunze kugaragara akora ibitangaza aho benshi mu bamugana bafite ibibazo by’uburwayi bukomeye y’aba ubusanzwe nko guhagurutsa ababanaga n’ubumuga bwo kutagenda ,guhumuka kw’abatabona hamwe no gusengera uburwayi buturuka ku myuka mibi, ahamya ko iyo umuntu yizeye Imana imukorera ndetse ikamukoresha iby’ubutwari. Muri iki gihe cya COVID-19 ari he?

Prophet Claude Ndahimana: Soul Healing Revival church ari he?

prophet.jpg

Gira icyo wibaza mu bihe nk’ibi, abahanuzi bababwiraga ko bakora ibitangaza. Bari he? Kuki batirukana iyi ndwara ikomeje guheza abatuye isi mu rwihisho?, ibi ni ibikwereka ko ukwiye guharanira gukora ibyiza utarebeye ku bayobozi b’amadini kuko ahanini bo ibyo bakora biba bishingiye ku nyungu runaka utapfa guhita ubihishura. Ikindi cyabereka ukuri naho muri iyi minsi tubona Leta ariyo isigaye ikemura ibibazo byamakimbirane abarizwa muri yo, kandi aya madini avuga ko ari mu nzira ijya mu ijuru.

Ibihe nkibi bya Koronavirusi, Abashumba bamadini, abahanuzi, Prophetes, Apôtres , Bishops, nabavugabutumwa nabandi tutavuze bakwiye gukora iki? Ese ni akanya ko kwihisha ? Ibitangaza bavugaga birihe ko noneho ituro na Leta yaritanga ariko abantu bagakomeza ubuzima busanzwe ? Iki se ni igihe cyo gutunga abayobora amadini? Intama n’umushumba ukwiye gutunga undi ni nde? Abasomyi mwibaze , ese birakwiye ko abanyarwanda bakwiye gutwarwa buhumyi ? Mugume mu rugo kandi mukurikize ababwiriza yose yo kwirinda Koronavirusi (COVID-19).

Apotre Liliane Mukabadege : Umusozi w’Ibyiringiro ari he muri iki gihe?
sam_4609.jpg

Aba bandi bo se barihe ngo bigaragaze?

Pastor Ntambara Emmanuel: Itorero “Urufatiro rwa Kristo”

Prophet Claude Ndahimana: Soul Healing Revival church

Apotre Liliane Mukabadege : Umusozi w’Ibyiringiro

Pastor Deogratias Niyonzima: Healing Centre

Aba bahanuzi bari he ? Amavuta yabo yaba atoranya?

Ibitangaza bibaho ?

Umwe mu bavugabutumwa akaba numwe mu bamenyereye igice cy’iyobokamana utashatse ko amazina ye atangazwa, asanga iki ari cyo gihe cyo kwigaragaza kw’abahanuzi bagiye bavuga ko bakora ibitangaza.

Bari he ? bose baza bavuga ko bahanura ndetse bagakora ibitangaza indwara zigahunga, ubu nabo barihishe! Iki cyari igihe cyabo cyo kugaragaza imbaraga ziri muri bo bajya bavuga mu biterane no kuri radio n’ahandi hose bakurikirwa n’abantu.

Uyu muvugabutumwa avuga ko yatunguwe no kubona amatorero menshi asohora amatangazo yo kwaka amaturo aho kuba babisimbuza ubutumwa bw’ihumure no guhanura mu gihe nkiki.

Ati” Ndakubwiza ukuri iki cyari igihe cy’aba bose bavugaga ko bakoreshwa n’Imana! Nabo bafite ubwoba, barirebera amaturo gusa .

Akomeza avuga ko iyo biza kuba ari ukuri ku byo aba bahanuzi bavuga bakabaye barasenze ntikigere mu Rwanda, ati “Ariko kuko aba nabo bakora ibi byose kubera gushaka kumenyekana no kwigaragaza, ni yo mpamvu ubu utababona, muri ibi bihe nabo ubonye kuri social Media ubona ko batashywe n’ubwoba”.

Ev. Fred Kalisa
Ev. Fred Kalisa

Nkaho umuvugabutumwa Ev. Fred Kalisa, we avuga ko ibitangaza abyemera cyane kuko na Yesu yavuze ko utazemezwa n’ibyo avuga azemezwa n’ibyo nkora, ikindi ngo ni uko ubuzima bwa Yesu bwaranzwe no gukora ibitangaza kugeza n’aho yabwiye abizera ko bazakora ibitangaza kurusha nibyo we yakoze. Ati Ndahamanya ko no muri Bibiliya ibitangaza bibaho.

Yifashije Bibibiliya, avuga ko abantu bImana bazabamenyera ku mbuto zabo. Matayo 7:20 hagira hati: Nuko muzabamenyera ku mbuto zabo. 22. Benshi bazambaza kuri uwo munsi bati: Mwami, Mwami, ntitwahanuraga mu izina ryawe, ntitwirukanaga abadayimoni mu izina ryawe, ntitwakoraga ibitangaza byinshi mu izina ryawe?

Avuga ko ibitangaza bihari ugendeye no ku byo Yesu yavuze ko abizera bazabikora, ati: Birahari. Imana ikoresha abantu mu buryo butandukanye gusa na Satani arakora, aho Yesu yaravuze ati: muzabamenyera ku mbuto zabo.

Ibitangaza ntibigurishwa

Karisa Fred avuga ko ibitangaza bitagurishwa kuko utavuga ngo watanga iki kugira ngo ubone iki. Ati:” Ibitangaza byImana ntibigurishwa. Urugero muri Bibiliya hari umugabo wumukonikoni wasabye ku mpano z’Imana ngo ajye azigurisha, baramubwira bati: Pfana ifeza zawe kuko Impano y’Imana ntigurishwa.”

Ibyakozwe nintumwa 8:20 Petero aramubwira ati: Pfana ifeza yawe, kuko wagize ngo impano yImana iboneshwa ifeza.

Ababanza gusaba ikintu ngo babone gukora Iryo ni itekamutwe ryitwikiriye iyobokamana, ntaho Imana iguha ari uko uguze kuko ntiwabona icyo uha Imana, kuko impano itagurwa ni ko ijambo ry’Imana rivuga, ntacyo watanga ngo ubone ikindi kuko ntikora lambert ni ko nabyita

Yesaya 3:10 Muvuge ko abakiranutsi bazagubwa neza, kuko bazatungwa nimirimo yamaboko yabo. Musome kandi Yohana 14:11-13.

Mu kwanzura Fred avuga ko Abantu bagenda bavuga ibintu bitandukanye ku bakozi bImana cyangwa abahanuzi muri iki gihe, we yemera hari abantu bakoreshwa n’Imana, hakaba abakorera indamu, hakaba n’abashaka kwamamara bitwaje ubuhanuzi. Gusa akavuga ko ubuhanuzi bwemerwa ari uko busohoye, kandi ko abahamagara abantu ngo baze bakorerwe ibitangaza biba ari ikinyoma, bityo abantu bakwiye kubyitondamo no kugira ubwenge.

Niki wakora mu gihe nk’iki

Abantu bagomba kumenya ko Imana iriho kandi yihagije , ntibisaba ko utanga ikintu runaka ngo wicungure kuko yakumenye ukiri urusoro mu nda ya nyoko. (Yeremiya 1:4) 4 Nuko ijambo ryUwiteka rinzaho riti 5. Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko kandi nakwejeje utaravuka, ngushyiriraho kuba umuhanuzi uhanurira amahanga.,

Umuhanuzi nta na kimwe yarema ku buzima bwawe kitari gihari , usibye kwibutsa ko hari umugambi Imana igufiteho, kandi Imana ifite abayikorera byukuri Ariko rero nzaba nsigaranye abantu ibihumbi birindwi muri Isirayeli batapfukamiye Baali, ntibamusome.” (1 Abami 19:18) gusa bisaba gushishoza ngo ubamenye, abantu bakwiye gukoresha ubwenge.

Soma Izindi Nkuru

138 Responses

  1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyi ndwara izosiga itweretse ukuri kuri za #HealingMiracles. Isi yose urindiriye ko bigaragaza. TB Joshua muri Nigeria we yari yatangaje ko 27/3/2020 Corona izoba yashwanyaguritse.

    Ubu bategereje ko Scientists and Doctors batora umuti, babone kuza gukiza abantu mu bitangaza?

    1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Aha niho tubafatira ko bose baba babeshya.Nkuko Abaroma 16:18 havuga,ntabwo ari abakozi b’Imana,ahubwo ni “abakozi b’inda zabo”.Mutabahaye amafaranga ntimwakongera kubabona mu nsengero.Iyi Coronavirus itangira,aba biyita abakozi b’Imana,icyo bakoze cya mbere ni ugusaba Icyacumi,babeshya ko ari ik’Imana.Bible idusaba kuva mu madini yabo.Ngo nitwanga izaturimburana nabo ku munsi w’imperuka (Ibyahishuwe 18:4).

    2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Aha niho tubafatira ko bose baba babeshya.Nkuko Abaroma 16:18 havuga,ntabwo ari abakozi b’Imana,ahubwo ni “abakozi b’inda zabo”.Mutabahaye amafaranga ntimwakongera kubabona mu nsengero.Iyi Coronavirus itangira,aba biyita abakozi b’Imana,icyo bakoze cya mbere ni ugusaba Icyacumi,babeshya ko ari ik’Imana.Bible idusaba kuva mu madini yabo.Ngo nitwanga izaturimburana nabo ku munsi w’imperuka (Ibyahishuwe 18:4).

    3. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Nkuko Yesu yavuze,abiyita abakozi b’Imana bambara inyuma uruhu rw’intama,nyamara imbere ari amasega.Impamvu bagira abayoboke benshi,nukubera ko bababeshya,bakabizeza ko babasengera bakirukana Inyatsi,Umwaku,ko bazakira vuba,bakabona promotion ku kazi,…Bigatuma babaha ICYACUMI.Ni imitwe nta kindi.
      Ntaho bataniye n’Abapfumu.

      1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
        Coronavirus nikibazo ariko sicyo cyone nubwo aricyo benshi murimwe Abanyamakuru mwabonye abakozi b’Imana mutondaguye harunguru ntibicaye nkuko mubivuga Kandi guhaguruka kwabo si ugutatira amabwiriza y’ubuyobozi nkuko bigenda muzindince twatojwe nokumvira ibyo dusabwa nonese atarimana irinze Urwanda abarwaye bamaze igihe kinganiki mwirinde cyane bene ababagabo ntibajya batungwa intoki mubihe nkibi nibibiuzabaze Bibilia yw umwe yavuze nkamwe Elisha arambwira ati ibiryo bizaboneka ejo ibiciro bihananduke undi aravuga ngo naho Imana yakingura amadirisha yi juru ibyo ntibyaba igisubizo cye cyabaye ngo ibyo bizaboneka ariko wowe ntuzabiryaho.

        1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
          Ntawahakanye kw’Imana ibaho. Ntanuwahakanye imikorere yayo. Ariko mujye musoma, mwige, musabe mwuka wera abasobanurire. Bibiriya yanditse muburyo bwumwuka. Ntabwo wayumva uri mumubiri. Intwaro yambere satani afite nugukora ibitangaza.
          Ubutumwa bwagakiza burihe mubitangaza, kwihana nokureka igisa nicyaha birihe mugukora ibitangaza? Ese ikibazo inyokumuntu ifitanye n’Imana nimibereho mwene muntu abayeho uyumunsi.
          Ese umubare munini wabantu bazabyirwango nimugende mwankozibibimwe sinigeze mbamenya ntacyo avuze muri bible? Ngobazamubwira ngo nigute utatuzi twariyirije ubusa, twarakijije abarwayi, twarirukanye abadayimoni mwizina ryawe, nibindi….. Ikibabaje kandi ngo bazaba barabikozi. None kuki bazabyirwa gutyo? Nuko agakiza katabonekera mubitangaza. Ntabwo gukora ibitangaza nkuko mwiyita cyangwa mubyizera arurufunguzo rufungura ijuru. Sibyo nagato kuko nabaofumu bomuri igiputa ibyo barabikoze. Igikenewe nubutumwa burarikira abantu kwihana, kwakira Yesu nkumwami numukiza wubugingo bwamwene muntu. Gukomeza kuzirikira abantu mubitangaza nimbaraha yasatani kugorango mwenemuntu atamenya ikimutegereje. Icyaha sukwica, icyaha sugusambana nibindi mwafashe mukabibyibushya. Ibyo umuntu ashobora kutabikora kubwo gutinya umuryango mugari abarizwamo, kubwo gutinya ingaruka namategeko ya leta. Ariko umuntu agakomeza kuba umunyabyaha. Icyaha ni inarijye. Inarijye niyo se wibyaha byose.
          Iyo rero nticika mumuntu kubera ibitangaza. Icika kuko umuntu yamaze komatana namwuka muziranenge utanga gusobanukirwa ububi bwamuntu nuburyo yacika kucyaha. Wowe ibyo mumaterero bavuze haruguru nabo bahanuzi byigishwa nabangahe? Kwigisha amateka ya Israel niko gakiza?!

        2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
          Ntawahakanye kw’Imana ibaho. Ntanuwahakanye imikorere yayo. Ariko mujye musoma, mwige, musabe mwuka wera abasobanurire. Bibiriya yanditse muburyo bwumwuka. Ntabwo wayumva uri mumubiri. Intwaro yambere satani afite nugukora ibitangaza.
          Ubutumwa bwagakiza burihe mubitangaza, kwihana nokureka igisa nicyaha birihe mugukora ibitangaza? Ese ikibazo inyokumuntu ifitanye n’Imana nimibereho mwene muntu abayeho uyumunsi.
          Ese umubare munini wabantu bazabyirwango nimugende mwankozibibimwe sinigeze mbamenya ntacyo avuze muri bible? Ngobazamubwira ngo nigute utatuzi twariyirije ubusa, twarakijije abarwayi, twarirukanye abadayimoni mwizina ryawe, nibindi….. Ikibabaje kandi ngo bazaba barabikozi. None kuki bazabyirwa gutyo? Nuko agakiza katabonekera mubitangaza. Ntabwo gukora ibitangaza nkuko mwiyita cyangwa mubyizera arurufunguzo rufungura ijuru. Sibyo nagato kuko nabaofumu bomuri igiputa ibyo barabikoze. Igikenewe nubutumwa burarikira abantu kwihana, kwakira Yesu nkumwami numukiza wubugingo bwamwene muntu. Gukomeza kuzirikira abantu mubitangaza nimbaraha yasatani kugorango mwenemuntu atamenya ikimutegereje. Icyaha sukwica, icyaha sugusambana nibindi mwafashe mukabibyibushya. Ibyo umuntu ashobora kutabikora kubwo gutinya umuryango mugari abarizwamo, kubwo gutinya ingaruka namategeko ya leta. Ariko umuntu agakomeza kuba umunyabyaha. Icyaha ni inarijye. Inarijye niyo se wibyaha byose.
          Iyo rero nticika mumuntu kubera ibitangaza. Icika kuko umuntu yamaze komatana namwuka muziranenge utanga gusobanukirwa ububi bwamuntu nuburyo yacika kucyaha. Wowe ibyo mumaterero bavuze haruguru nabo bahanuzi byigishwa nabangahe? Kwigisha amateka ya Israel niko gakiza?!

        3. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
          Ntawahakanye kw’Imana ibaho. Ntanuwahakanye imikorere yayo. Ariko mujye musoma, mwige, musabe mwuka wera abasobanurire. Bibiriya yanditse muburyo bwumwuka. Ntabwo wayumva uri mumubiri. Intwaro yambere satani afite nugukora ibitangaza.
          Ubutumwa bwagakiza burihe mubitangaza, kwihana nokureka igisa nicyaha birihe mugukora ibitangaza? Ese ikibazo inyokumuntu ifitanye n’Imana nimibereho mwene muntu abayeho uyumunsi.
          Ese umubare munini wabantu bazabyirwango nimugende mwankozibibimwe sinigeze mbamenya ntacyo avuze muri bible? Ngobazamubwira ngo nigute utatuzi twariyirije ubusa, twarakijije abarwayi, twarirukanye abadayimoni mwizina ryawe, nibindi….. Ikibabaje kandi ngo bazaba barabikozi. None kuki bazabyirwa gutyo? Nuko agakiza katabonekera mubitangaza. Ntabwo gukora ibitangaza nkuko mwiyita cyangwa mubyizera arurufunguzo rufungura ijuru. Sibyo nagato kuko nabaofumu bomuri igiputa ibyo barabikoze. Igikenewe nubutumwa burarikira abantu kwihana, kwakira Yesu nkumwami numukiza wubugingo bwamwene muntu. Gukomeza kuzirikira abantu mubitangaza nimbaraha yasatani kugorango mwenemuntu atamenya ikimutegereje. Icyaha sukwica, icyaha sugusambana nibindi mwafashe mukabibyibushya. Ibyo umuntu ashobora kutabikora kubwo gutinya umuryango mugari abarizwamo, kubwo gutinya ingaruka namategeko ya leta. Ariko umuntu agakomeza kuba umunyabyaha. Icyaha ni inarijye. Inarijye niyo se wibyaha byose.
          Iyo rero nticika mumuntu kubera ibitangaza. Icika kuko umuntu yamaze komatana namwuka muziranenge utanga gusobanukirwa ububi bwamuntu nuburyo yacika kucyaha. Wowe ibyo mumaterero bavuze haruguru nabo bahanuzi byigishwa nabangahe? Kwigisha amateka ya Israel niko gakiza?!

          1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
            Ni byiza uvuze neza JB PIANA

          2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
            Ni byiza uvuze neza JB PIANA

          3. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
            Urakoze cyane Piana ku bisobanuro byiza uduhaye.Wansobanurira ijambo Inarijye ko ntazi icyo rivuga?

          4. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
            Urakoze cyane Piana ku bisobanuro byiza uduhaye.Wansobanurira ijambo Inarijye ko ntazi icyo rivuga?

        4. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
          Ntawahakanye kw’Imana ibaho. Ntanuwahakanye imikorere yayo. Ariko mujye musoma, mwige, musabe mwuka wera abasobanurire. Bibiriya yanditse muburyo bwumwuka. Ntabwo wayumva uri mumubiri. Intwaro yambere satani afite nugukora ibitangaza.
          Ubutumwa bwagakiza burihe mubitangaza, kwihana nokureka igisa nicyaha birihe mugukora ibitangaza? Ese ikibazo inyokumuntu ifitanye n’Imana nimibereho mwene muntu abayeho uyumunsi.
          Ese umubare munini wabantu bazabyirwango nimugende mwankozibibimwe sinigeze mbamenya ntacyo avuze muri bible? Ngobazamubwira ngo nigute utatuzi twariyirije ubusa, twarakijije abarwayi, twarirukanye abadayimoni mwizina ryawe, nibindi….. Ikibabaje kandi ngo bazaba barabikozi. None kuki bazabyirwa gutyo? Nuko agakiza katabonekera mubitangaza. Ntabwo gukora ibitangaza nkuko mwiyita cyangwa mubyizera arurufunguzo rufungura ijuru. Sibyo nagato kuko nabaofumu bomuri igiputa ibyo barabikoze. Igikenewe nubutumwa burarikira abantu kwihana, kwakira Yesu nkumwami numukiza wubugingo bwamwene muntu. Gukomeza kuzirikira abantu mubitangaza nimbaraha yasatani kugorango mwenemuntu atamenya ikimutegereje. Icyaha sukwica, icyaha sugusambana nibindi mwafashe mukabibyibushya. Ibyo umuntu ashobora kutabikora kubwo gutinya umuryango mugari abarizwamo, kubwo gutinya ingaruka namategeko ya leta. Ariko umuntu agakomeza kuba umunyabyaha. Icyaha ni inarijye. Inarijye niyo se wibyaha byose.
          Iyo rero nticika mumuntu kubera ibitangaza. Icika kuko umuntu yamaze komatana namwuka muziranenge utanga gusobanukirwa ububi bwamuntu nuburyo yacika kucyaha. Wowe ibyo mumaterero bavuze haruguru nabo bahanuzi byigishwa nabangahe? Kwigisha amateka ya Israel niko gakiza?!

      2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
        Coronavirus nikibazo ariko sicyo cyone nubwo aricyo benshi murimwe Abanyamakuru mwabonye abakozi b’Imana mutondaguye harunguru ntibicaye nkuko mubivuga Kandi guhaguruka kwabo si ugutatira amabwiriza y’ubuyobozi nkuko bigenda muzindince twatojwe nokumvira ibyo dusabwa nonese atarimana irinze Urwanda abarwaye bamaze igihe kinganiki mwirinde cyane bene ababagabo ntibajya batungwa intoki mubihe nkibi nibibiuzabaze Bibilia yw umwe yavuze nkamwe Elisha arambwira ati ibiryo bizaboneka ejo ibiciro bihananduke undi aravuga ngo naho Imana yakingura amadirisha yi juru ibyo ntibyaba igisubizo cye cyabaye ngo ibyo bizaboneka ariko wowe ntuzabiryaho.

    4. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Nkuko Yesu yavuze,abiyita abakozi b’Imana bambara inyuma uruhu rw’intama,nyamara imbere ari amasega.Impamvu bagira abayoboke benshi,nukubera ko bababeshya,bakabizeza ko babasengera bakirukana Inyatsi,Umwaku,ko bazakira vuba,bakabona promotion ku kazi,…Bigatuma babaha ICYACUMI.Ni imitwe nta kindi.
      Ntaho bataniye n’Abapfumu.

  2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyi ndwara izosiga itweretse ukuri kuri za #HealingMiracles. Isi yose urindiriye ko bigaragaza. TB Joshua muri Nigeria we yari yatangaje ko 27/3/2020 Corona izoba yashwanyaguritse.

    Ubu bategereje ko Scientists and Doctors batora umuti, babone kuza gukiza abantu mu bitangaza?

  3. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Turabategereje. Kandi ntibarindire ko Scientists and Doctors batora umuti kugira nabo baze gukora za #HealingMiracles

  4. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Turabategereje. Kandi ntibarindire ko Scientists and Doctors batora umuti kugira nabo baze gukora za #HealingMiracles

  5. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uranditse ,urandika weeeee ariko ugeze kumusozo w’inkuru nawe uhita udusiga murujijo. Ikigaragara nuko nawe ugize ubwoba bwo guhakana iby’Imana.
    Njyewe ndacyakora ubushakashatsi kuri Bibiliya, ndashaka kumenya impamvu Imana ya Israel yabaye Imana yacu, igihe byatangiriye n’uko byaje.
    Muzarebe no mubuzima busanzwe, bitewe n’igihe cg impamvu runaka birashoboka ko amakuru ashobora gutangwa yagoretswe(yahinduwe umwimerere) bitewe n’ikigambiriwe kandi iyo hatagize uvuguruza ibyavuzwe bihinduka ukuri kugenderwaho bikazarangira bihindutse amateka yabayeho nyamara ari ikinyoma.
    Aba bavugabutumwa n’abahanuzi ntarubanza mbaciriye kuko wasanga hari ibyo ntazi bo bamenye. Uwo umutima uzemeza kubagana rwose azahwanirizwa no kwizera kwe.
    Isumba byose,Ifite ububasha burenze ubwa muntu, Iyo twita Imana Idukomeze, Idukize Covid19.
    Iyo ni Iyo kwizerwa,Ifite kudukiza kandi naho Itadukiza Iyo Izahora yitwa Imana.

  6. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uranditse ,urandika weeeee ariko ugeze kumusozo w’inkuru nawe uhita udusiga murujijo. Ikigaragara nuko nawe ugize ubwoba bwo guhakana iby’Imana.
    Njyewe ndacyakora ubushakashatsi kuri Bibiliya, ndashaka kumenya impamvu Imana ya Israel yabaye Imana yacu, igihe byatangiriye n’uko byaje.
    Muzarebe no mubuzima busanzwe, bitewe n’igihe cg impamvu runaka birashoboka ko amakuru ashobora gutangwa yagoretswe(yahinduwe umwimerere) bitewe n’ikigambiriwe kandi iyo hatagize uvuguruza ibyavuzwe bihinduka ukuri kugenderwaho bikazarangira bihindutse amateka yabayeho nyamara ari ikinyoma.
    Aba bavugabutumwa n’abahanuzi ntarubanza mbaciriye kuko wasanga hari ibyo ntazi bo bamenye. Uwo umutima uzemeza kubagana rwose azahwanirizwa no kwizera kwe.
    Isumba byose,Ifite ububasha burenze ubwa muntu, Iyo twita Imana Idukomeze, Idukize Covid19.
    Iyo ni Iyo kwizerwa,Ifite kudukiza kandi naho Itadukiza Iyo Izahora yitwa Imana.

  7. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uranditse ,urandika weeeee ariko ugeze kumusozo w’inkuru nawe uhita udusiga murujijo. Ikigaragara nuko nawe ugize ubwoba bwo guhakana iby’Imana.
    Njyewe ndacyakora ubushakashatsi kuri Bibiliya, ndashaka kumenya impamvu Imana ya Israel yabaye Imana yacu, igihe byatangiriye n’uko byaje.
    Muzarebe no mubuzima busanzwe, bitewe n’igihe cg impamvu runaka birashoboka ko amakuru ashobora gutangwa yagoretswe(yahinduwe umwimerere) bitewe n’ikigambiriwe kandi iyo hatagize uvuguruza ibyavuzwe bihinduka ukuri kugenderwaho bikazarangira bihindutse amateka yabayeho nyamara ari ikinyoma.
    Aba bavugabutumwa n’abahanuzi ntarubanza mbaciriye kuko wasanga hari ibyo ntazi bo bamenye. Uwo umutima uzemeza kubagana rwose azahwanirizwa no kwizera kwe.
    Isumba byose,Ifite ububasha burenze ubwa muntu, Iyo twita Imana Idukomeze, Idukize Covid19.
    Iyo ni Iyo kwizerwa,Ifite kudukiza kandi naho Itadukiza Iyo Izahora yitwa Imana.

  8. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uranditse ,urandika weeeee ariko ugeze kumusozo w’inkuru nawe uhita udusiga murujijo. Ikigaragara nuko nawe ugize ubwoba bwo guhakana iby’Imana.
    Njyewe ndacyakora ubushakashatsi kuri Bibiliya, ndashaka kumenya impamvu Imana ya Israel yabaye Imana yacu, igihe byatangiriye n’uko byaje.
    Muzarebe no mubuzima busanzwe, bitewe n’igihe cg impamvu runaka birashoboka ko amakuru ashobora gutangwa yagoretswe(yahinduwe umwimerere) bitewe n’ikigambiriwe kandi iyo hatagize uvuguruza ibyavuzwe bihinduka ukuri kugenderwaho bikazarangira bihindutse amateka yabayeho nyamara ari ikinyoma.
    Aba bavugabutumwa n’abahanuzi ntarubanza mbaciriye kuko wasanga hari ibyo ntazi bo bamenye. Uwo umutima uzemeza kubagana rwose azahwanirizwa no kwizera kwe.
    Isumba byose,Ifite ububasha burenze ubwa muntu, Iyo twita Imana Idukomeze, Idukize Covid19.
    Iyo ni Iyo kwizerwa,Ifite kudukiza kandi naho Itadukiza Iyo Izahora yitwa Imana.

  9. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hi! Byari kudufasha mukoze indi nkuru mukagenda mubaza buri umwe uvugwa mu nkuru yanyu tukumva icyo abivugaho. Mubatubarize twumve icyo babitangazaho

  10. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hi! Byari kudufasha mukoze indi nkuru mukagenda mubaza buri umwe uvugwa mu nkuru yanyu tukumva icyo abivugaho. Mubatubarize twumve icyo babitangazaho

  11. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uwiteka niyirukana caronavirus kubw’amasengesho y’abanyarwanda,muzumva abiyise intumwa buri wese abyiyitirira avuga ngo Imana yaramubwiye,corona igiye kubwe.Nta kindi bazira ni uko iyo Imana ikoze igitangaza bo barabyitirira ngo nibo babikoze.

    1. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Hari ndetse nuwihandagaje aravuga ngo Covid –
      19izarangirana mukwezi kwa 3.

    2. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
      Hari ndetse nuwihandagaje aravuga ngo Covid –
      19izarangirana mukwezi kwa 3.

  12. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Uwiteka niyirukana caronavirus kubw’amasengesho y’abanyarwanda,muzumva abiyise intumwa buri wese abyiyitirira avuga ngo Imana yaramubwiye,corona igiye kubwe.Nta kindi bazira ni uko iyo Imana ikoze igitangaza bo barabyitirira ngo nibo babikoze.

  13. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bazabyiyitirira nyuma Imana idukijije coronavirus ngo nibo babikoze

  14. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bazabyiyitirira nyuma Imana idukijije coronavirus ngo nibo babikoze

  15. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Reka abanabatekamutwe ba Kigali imana yo nyine yo mwijuru niyikiza uwakumva barikwivuga ibigwi Koko wagira Ngo nibobakiza iyi Ni system yabo bakoresha bubaka amazina yabo banashaka abayoboke bamatorero yabo, ukumva umuntu arateruye ntanisoni zicyinyoma agiye kuvuga kwazura abapfuye & undi nawe ngwabatamwemera bafite ibibazo Kandi bazabibona ukagira ngo niwe Mana twagakwiye kwemera. Ntekereza kwigihe kizagera twese tukamenya ukuri kwayamadini adutwarira umwanya namafaranga buri wese akamenya ko guhimbaza IMANA ariwe mumutima we nuburyo akora ibye yubahisha Imana yimakaza ukuri,ubunyangamugayo, nurukundo,.., yirinda ikibi nokugirira mugenzi we nabi.

  16. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Reka abanabatekamutwe ba Kigali imana yo nyine yo mwijuru niyikiza uwakumva barikwivuga ibigwi Koko wagira Ngo nibobakiza iyi Ni system yabo bakoresha bubaka amazina yabo banashaka abayoboke bamatorero yabo, ukumva umuntu arateruye ntanisoni zicyinyoma agiye kuvuga kwazura abapfuye & undi nawe ngwabatamwemera bafite ibibazo Kandi bazabibona ukagira ngo niwe Mana twagakwiye kwemera. Ntekereza kwigihe kizagera twese tukamenya ukuri kwayamadini adutwarira umwanya namafaranga buri wese akamenya ko guhimbaza IMANA ariwe mumutima we nuburyo akora ibye yubahisha Imana yimakaza ukuri,ubunyangamugayo, nurukundo,.., yirinda ikibi nokugirira mugenzi we nabi.

  17. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Reka abanabatekamutwe ba Kigali imana yo nyine yo mwijuru niyikiza uwakumva barikwivuga ibigwi Koko wagira Ngo nibobakiza iyi Ni system yabo bakoresha bubaka amazina yabo banashaka abayoboke bamatorero yabo, ukumva umuntu arateruye ntanisoni zicyinyoma agiye kuvuga kwazura abapfuye & undi nawe ngwabatamwemera bafite ibibazo Kandi bazabibona ukagira ngo niwe Mana twagakwiye kwemera. Ntekereza kwigihe kizagera twese tukamenya ukuri kwayamadini adutwarira umwanya namafaranga buri wese akamenya ko guhimbaza IMANA ariwe mumutima we nuburyo akora ibye yubahisha Imana yimakaza ukuri,ubunyangamugayo, nurukundo,.., yirinda ikibi nokugirira mugenzi we nabi.

  18. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Reka abanabatekamutwe ba Kigali imana yo nyine yo mwijuru niyikiza uwakumva barikwivuga ibigwi Koko wagira Ngo nibobakiza iyi Ni system yabo bakoresha bubaka amazina yabo banashaka abayoboke bamatorero yabo, ukumva umuntu arateruye ntanisoni zicyinyoma agiye kuvuga kwazura abapfuye & undi nawe ngwabatamwemera bafite ibibazo Kandi bazabibona ukagira ngo niwe Mana twagakwiye kwemera. Ntekereza kwigihe kizagera twese tukamenya ukuri kwayamadini adutwarira umwanya namafaranga buri wese akamenya ko guhimbaza IMANA ariwe mumutima we nuburyo akora ibye yubahisha Imana yimakaza ukuri,ubunyangamugayo, nurukundo,.., yirinda ikibi nokugirira mugenzi we nabi.

  19. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntabwo Imana yigeze itangaza ko ikuyeho urupfu , ibyagi cyangwa she ibyorezo. Nubwo bibaho kobusengerwa ugakira, ariko igihe kiraza ugapfa.

    Ntabwo Imana ikora ibintu kugira ngo abantu batangare ahubwo kugira ngo bamenye imbaraga z’ukuboko kwayo bahereko bizera, kuko nta muntu wizera atabanje kwemera, kandi wemera ibyabayeho cg se ibiriho. Abahanuzi ni byo barakiza mu izina ry’Imana , ariko nabo bararwara bakizwa naza (Elisha yahitanwe n’igituntu). Abahuniz bahanura amakuba , ariko iyo aje nabo ntabakikira (muzakurikira ubuzima bw’umuhanuzi Yeremeyi, iyo abayisiraheri babajyanaga bunyago, niwe bafataga mu ngoto bwa mbere kandi ari we wabihanuye).

    Imyitwarire yacu mu gihe by’ibyago cg ibyishimo niyo iranga umukiranutse n’umugomeramana.
    Urugero: muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’inzara kubera kubura aho bakorera amafaranga abatunga, ni ikibazo cyugaraje abemera n’abahakanyi, ariko uburyo bwo gushaka igisubizo bugaragaza umuntu nyawe wemera Imana;
    1. Umwe azajya kwiba
    2. Umwe azajya kwambura abantu no kubica ngo abakure ibyano,
    3.umwe aziyahura,
    4. Umwe azanyereza ibyo yabikijwe m’,abandi,
    5.umwe aziyambaza mugenzi cg abandi yaka ubufasha,
    6.umwe azahungira ahandi handi hantu hataragera icyo kibazo…..
    7. Umwe azamena ibyo yashigazaje, undi azabishyira ababikeneye abigirira Kristu;

    Ibibazo bigaragaraza kandi bigashungura abantu , buri akagaragaza uruhande arimo, ukwemera afite, urukundo afitiye ifiye Imana n’imbaraza zo gukomera, kwihangana no kwiyumanga mu magorwa afite.

    Ndabasabye , mwoye kugerageza Imana mwibaza ibibazo bidashinga mutavaho mubicumuriramo. Kuva kera ,mbere na cyuma ya Yezu Kristi, abahanuzi b’ukuri n’ab’ibinyoma bahozeho kandi bazahoraho.

    Buri wese agomba gukanguka kandi agaharanira kujijukirwa n’Iby’Imana afashijwe na Roho we. Kristu yatanze ibimenyetso byose bizaranga ibihe by a nyuma kandi n’ibyorezo by’indrwa wibazaho yabivuzemo, ibyo wagakwiye kuba ubizi. Niba hari abitwaza ibyo kugira ngo baronke umugati n’ubutunzi, bariyimbire kuko bashikiriye ingororano yabo.

    Iyo usengera abantu barwaye cg bafite ibibazo, si ukubasengera ngo biveho, ahubwo kugira ngo bakomere bitware neza muri ibyo bibazo batavaho bibatera kujya kure y’Imana. Noneho uko kwemera n’ukwizera umuremyemo n’imyitwarire myiza agaragatiza Imana muri icyo gihe ni byo bimuhesha umukiro cg igisubizo cy’ikibazo afite.

    Hari icyo Imana ishaka Ku batuye isi ku bw’iki cyorezo kandi hazaza n’ibindi. Buri wese yirebeho.

    Dukomeze imihigo dukora icyo Imana ishaka.

  20. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntabwo Imana yigeze itangaza ko ikuyeho urupfu , ibyagi cyangwa she ibyorezo. Nubwo bibaho kobusengerwa ugakira, ariko igihe kiraza ugapfa.

    Ntabwo Imana ikora ibintu kugira ngo abantu batangare ahubwo kugira ngo bamenye imbaraga z’ukuboko kwayo bahereko bizera, kuko nta muntu wizera atabanje kwemera, kandi wemera ibyabayeho cg se ibiriho. Abahanuzi ni byo barakiza mu izina ry’Imana , ariko nabo bararwara bakizwa naza (Elisha yahitanwe n’igituntu). Abahuniz bahanura amakuba , ariko iyo aje nabo ntabakikira (muzakurikira ubuzima bw’umuhanuzi Yeremeyi, iyo abayisiraheri babajyanaga bunyago, niwe bafataga mu ngoto bwa mbere kandi ari we wabihanuye).

    Imyitwarire yacu mu gihe by’ibyago cg ibyishimo niyo iranga umukiranutse n’umugomeramana.
    Urugero: muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’inzara kubera kubura aho bakorera amafaranga abatunga, ni ikibazo cyugaraje abemera n’abahakanyi, ariko uburyo bwo gushaka igisubizo bugaragaza umuntu nyawe wemera Imana;
    1. Umwe azajya kwiba
    2. Umwe azajya kwambura abantu no kubica ngo abakure ibyano,
    3.umwe aziyahura,
    4. Umwe azanyereza ibyo yabikijwe m’,abandi,
    5.umwe aziyambaza mugenzi cg abandi yaka ubufasha,
    6.umwe azahungira ahandi handi hantu hataragera icyo kibazo…..
    7. Umwe azamena ibyo yashigazaje, undi azabishyira ababikeneye abigirira Kristu;

    Ibibazo bigaragaraza kandi bigashungura abantu , buri akagaragaza uruhande arimo, ukwemera afite, urukundo afitiye ifiye Imana n’imbaraza zo gukomera, kwihangana no kwiyumanga mu magorwa afite.

    Ndabasabye , mwoye kugerageza Imana mwibaza ibibazo bidashinga mutavaho mubicumuriramo. Kuva kera ,mbere na cyuma ya Yezu Kristi, abahanuzi b’ukuri n’ab’ibinyoma bahozeho kandi bazahoraho.

    Buri wese agomba gukanguka kandi agaharanira kujijukirwa n’Iby’Imana afashijwe na Roho we. Kristu yatanze ibimenyetso byose bizaranga ibihe by a nyuma kandi n’ibyorezo by’indrwa wibazaho yabivuzemo, ibyo wagakwiye kuba ubizi. Niba hari abitwaza ibyo kugira ngo baronke umugati n’ubutunzi, bariyimbire kuko bashikiriye ingororano yabo.

    Iyo usengera abantu barwaye cg bafite ibibazo, si ukubasengera ngo biveho, ahubwo kugira ngo bakomere bitware neza muri ibyo bibazo batavaho bibatera kujya kure y’Imana. Noneho uko kwemera n’ukwizera umuremyemo n’imyitwarire myiza agaragatiza Imana muri icyo gihe ni byo bimuhesha umukiro cg igisubizo cy’ikibazo afite.

    Hari icyo Imana ishaka Ku batuye isi ku bw’iki cyorezo kandi hazaza n’ibindi. Buri wese yirebeho.

    Dukomeze imihigo dukora icyo Imana ishaka.

  21. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Cyera Idini ryari rifite imbaraga ku isi zirenze izo mubona. Abantu bari baziko idini ari Imana ntatandukaniro! Byaje kugenda gute ngo abahanga bace amazi idini? Hagiye hatera ibyorezo bikomeye abantu bagahungira mu nsengero bizeye gukiriraml bahagera bagasanga ba nyiri amadini bahunze cyera. Mwibuke ko no mu Rwanda muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 abantu biciwe mu nsengero bishwe na banyirazo. Abayoboka amadini ni muyoboke ariko ntimukitiranye idini n’Imana ntaho bihuriye, idini ni umushinga wa mu ntu si Imana irishinga nubwo riyitwaza ngo ritwinjirire

  22. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Cyera Idini ryari rifite imbaraga ku isi zirenze izo mubona. Abantu bari baziko idini ari Imana ntatandukaniro! Byaje kugenda gute ngo abahanga bace amazi idini? Hagiye hatera ibyorezo bikomeye abantu bagahungira mu nsengero bizeye gukiriraml bahagera bagasanga ba nyiri amadini bahunze cyera. Mwibuke ko no mu Rwanda muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 abantu biciwe mu nsengero bishwe na banyirazo. Abayoboka amadini ni muyoboke ariko ntimukitiranye idini n’Imana ntaho bihuriye, idini ni umushinga wa mu ntu si Imana irishinga nubwo riyitwaza ngo ritwinjirire

  23. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Cyera Idini ryari rifite imbaraga ku isi zirenze izo mubona. Abantu bari baziko idini ari Imana ntatandukaniro! Byaje kugenda gute ngo abahanga bace amazi idini? Hagiye hatera ibyorezo bikomeye abantu bagahungira mu nsengero bizeye gukiriraml bahagera bagasanga ba nyiri amadini bahunze cyera. Mwibuke ko no mu Rwanda muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 abantu biciwe mu nsengero bishwe na banyirazo. Abayoboka amadini ni muyoboke ariko ntimukitiranye idini n’Imana ntaho bihuriye, idini ni umushinga wa mu ntu si Imana irishinga nubwo riyitwaza ngo ritwinjirire

  24. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Cyera Idini ryari rifite imbaraga ku isi zirenze izo mubona. Abantu bari baziko idini ari Imana ntatandukaniro! Byaje kugenda gute ngo abahanga bace amazi idini? Hagiye hatera ibyorezo bikomeye abantu bagahungira mu nsengero bizeye gukiriraml bahagera bagasanga ba nyiri amadini bahunze cyera. Mwibuke ko no mu Rwanda muri jenoside yakorewe abatutsi 1994 abantu biciwe mu nsengero bishwe na banyirazo. Abayoboka amadini ni muyoboke ariko ntimukitiranye idini n’Imana ntaho bihuriye, idini ni umushinga wa mu ntu si Imana irishinga nubwo riyitwaza ngo ritwinjirire

  25. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Twese nidutegereze ukuboko kw’Imana niyo ishobora byose, dukomeze gusenga kandi twizeye Imana izadutabara.

  26. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Twese nidutegereze ukuboko kw’Imana niyo ishobora byose, dukomeze gusenga kandi twizeye Imana izadutabara.

  27. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iki gihe ni icyo kugerageza kwizera n’imirimo bya buri muntu. bariya bavuzwe nabo bari mu bihangiye imirumo nk’uko Leta ibidushishukariza. Gusa nuko babeshya abantu ariko banyarwanda muze dukanguke. Gutanga amafranga ngo baguhanurire ntaho bitaniye no kuraguza. Gutanga amafranga cg ibintu ngo bagukorere ibitangaza ntaho butaniye no kurogesha. Iki ni igihe cyo kwiga no kongera kwisuzuma. Nyuma yaho tuzatekereze, twibaze ngo mbese iyi minsi yose ishize ntumva ntabina umuhanuzi, nta bitangaza nabonye? Ese ntacyo Imana yankoreye, nusanga ntabyo uzirukanke ushake abahanuzi. Nusanga bihari uzamenye ko Imana ibana nawe kdi yakora itagombeye abahanuzi. Dukwiye kwizera Imana, gukora ibitunganye (gukiranuka), no gusenga hanyuma ibindi tukabiharira Imana. Ntacyo yaduteguriye tutazabona.

  28. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iki gihe ni icyo kugerageza kwizera n’imirimo bya buri muntu. bariya bavuzwe nabo bari mu bihangiye imirumo nk’uko Leta ibidushishukariza. Gusa nuko babeshya abantu ariko banyarwanda muze dukanguke. Gutanga amafranga ngo baguhanurire ntaho bitaniye no kuraguza. Gutanga amafranga cg ibintu ngo bagukorere ibitangaza ntaho butaniye no kurogesha. Iki ni igihe cyo kwiga no kongera kwisuzuma. Nyuma yaho tuzatekereze, twibaze ngo mbese iyi minsi yose ishize ntumva ntabina umuhanuzi, nta bitangaza nabonye? Ese ntacyo Imana yankoreye, nusanga ntabyo uzirukanke ushake abahanuzi. Nusanga bihari uzamenye ko Imana ibana nawe kdi yakora itagombeye abahanuzi. Dukwiye kwizera Imana, gukora ibitunganye (gukiranuka), no gusenga hanyuma ibindi tukabiharira Imana. Ntacyo yaduteguriye tutazabona.

  29. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muvandimwe, Ndagusaba niba bishoboka kongera gukora inkuru ukabaza neza icyo Itorero ririmo rikora uyu munsi.
    Kuko wakoze inkuru ushingiye watekereje, ariko haribyo utazi ubu Itorero turigusengera cyane iki cyorezo cyugarije isi cya CORONAVIRUS COVID-19

    Njyewe utanze igitekerezo ndi Umwe mu bakozi n’Imana
    Ukeneye kumenya byinshi mwanyandikira kuri whatsaap cyangwa mu kampamagara kuriyi number +250738500062tukavugana mukamenya ibyo Imana irikuvuga muriyiminsi.
    Murakoze Imana ibahe umugisha.

  30. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muvandimwe, Ndagusaba niba bishoboka kongera gukora inkuru ukabaza neza icyo Itorero ririmo rikora uyu munsi.
    Kuko wakoze inkuru ushingiye watekereje, ariko haribyo utazi ubu Itorero turigusengera cyane iki cyorezo cyugarije isi cya CORONAVIRUS COVID-19

    Njyewe utanze igitekerezo ndi Umwe mu bakozi n’Imana
    Ukeneye kumenya byinshi mwanyandikira kuri whatsaap cyangwa mu kampamagara kuriyi number +250738500062tukavugana mukamenya ibyo Imana irikuvuga muriyiminsi.
    Murakoze Imana ibahe umugisha.

  31. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    …barihe?

    Buri mupasiteri yifungiranye mu nzu (Lockdown) mbese ara-Lockinze iwe, batinya COVID-19 kurusha uko Shitani itinya abamarayika.
    Ahubwo mpise nibaza impamvu ibi bintu byo kuvura indwara no kuzura abantu bitaba mu idini ya ISLAM.

    Islam Oyeeeeee!

  32. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    …barihe?

    Buri mupasiteri yifungiranye mu nzu (Lockdown) mbese ara-Lockinze iwe, batinya COVID-19 kurusha uko Shitani itinya abamarayika.
    Ahubwo mpise nibaza impamvu ibi bintu byo kuvura indwara no kuzura abantu bitaba mu idini ya ISLAM.

    Islam Oyeeeeee!

  33. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Yesu yakijije abo mu gihe cye aragenda,

    Aba nonaha se azabakiza ahuriyehe nabo.

    Yesu, Mose, Abraham, Yakobo,… Aba bose ni Intumwa z’Imana.

    Ntibyemewe kubasenga mu kimbo k’Imana.

    Yesu ku gihe cye ntiyakijije abarwayi ku bwe, ahubwo yabakijije kubw’imbaraga z’Imana. Ni Imana yabakijije.

    Ibuka ubwo Yesu yasabaga ati: Mana Nyagasani iki gikombe sinkinywereho… IYI MANA YASABAGA, niyo namwe mukwiye gusaba, siwe nka Yesu.

    Urabona ko ikibazo ku Mana mugifite mu mizi: Twayobye ku Mana nyayo.

  34. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Yesu yakijije abo mu gihe cye aragenda,

    Aba nonaha se azabakiza ahuriyehe nabo.

    Yesu, Mose, Abraham, Yakobo,… Aba bose ni Intumwa z’Imana.

    Ntibyemewe kubasenga mu kimbo k’Imana.

    Yesu ku gihe cye ntiyakijije abarwayi ku bwe, ahubwo yabakijije kubw’imbaraga z’Imana. Ni Imana yabakijije.

    Ibuka ubwo Yesu yasabaga ati: Mana Nyagasani iki gikombe sinkinywereho… IYI MANA YASABAGA, niyo namwe mukwiye gusaba, siwe nka Yesu.

    Urabona ko ikibazo ku Mana mugifite mu mizi: Twayobye ku Mana nyayo.

  35. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hhhhhh bavura abo bateye ibyo barwaye bakanazura babeshya ko bapfuye ngo sultan prophet hhhhh erega abaturage bakabyemera hhhhh

  36. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hhhhhh bavura abo bateye ibyo barwaye bakanazura babeshya ko bapfuye ngo sultan prophet hhhhh erega abaturage bakabyemera hhhhh

  37. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ubu babahagarikiye amaturo nta gitangaza cyakoreka.

  38. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ubu babahagarikiye amaturo nta gitangaza cyakoreka.

  39. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Niyitegeka Donat

    Yesu
    Yigira imbere ho hato arunama, arasenga ati”Data, niba bishoboka iki gikombe kindenge, ariko bye kuba uko jyewe nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.”
    (Matayo 26:39)


    Aha Yesu yasabaga Imana nyayo ngo imukize urupfu !
    Byagenze gute kugira ngo abantu bakurwe kugusaba iyo Mana Yesu yasabaga, batangire kuba ariwe basaba!
    #Aha-niho-hatangiriye-ikibazo!

  40. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Niyitegeka Donat

    Yesu
    Yigira imbere ho hato arunama, arasenga ati”Data, niba bishoboka iki gikombe kindenge, ariko bye kuba uko jyewe nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.”
    (Matayo 26:39)


    Aha Yesu yasabaga Imana nyayo ngo imukize urupfu !
    Byagenze gute kugira ngo abantu bakurwe kugusaba iyo Mana Yesu yasabaga, batangire kuba ariwe basaba!
    #Aha-niho-hatangiriye-ikibazo!

  41. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyi nkuru irengetse. Koko habure n’umwe ujya Kanyinya ngo abwire umwe ngo ndagukijije? Hanyuma leta nibaha umururongo bikakaze.

  42. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyi nkuru irengetse. Koko habure n’umwe ujya Kanyinya ngo abwire umwe ngo ndagukijije? Hanyuma leta nibaha umururongo bikakaze.

  43. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  44. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  45. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  46. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  47. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  48. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Muraho neza ,igitangaje nabiyitirira ko bakora ibitangaza nabakiza indwara sibo babikora bikorwa nImana ibakoresha.Niyo mpamvu uyu mutangazamakuru yakoze inkuru icukumbuye yibaza aho baherereye,ikindi twamenya nuko Imana ihari itariya Abayisiraheri gusa niyacu twese reka tuyitegereze irusha ab
    a bose bahindutse ibiragi nabahanga bazi gucura ibitwaro byakirimbuzi byakayihangaye nabo bashobewe.

  49. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ibyabapfu biribwa n’ abapfumu. Aba biyita abakozi b’ IMANA ushishoza neza nubundi yari yarabavumbuye. Abari bategereje kugirango muboneko babikora kugirango babone amaramuko nigihe cyiza IMANA yatanze ngo mubashe kubona ukuri.

  50. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ibyabapfu biribwa n’ abapfumu. Aba biyita abakozi b’ IMANA ushishoza neza nubundi yari yarabavumbuye. Abari bategereje kugirango muboneko babikora kugirango babone amaramuko nigihe cyiza IMANA yatanze ngo mubashe kubona ukuri.

  51. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bose uvuze bahunitse ibyo bazarya njye icyambaza nuko batifatanya na leta ngo bafashe abakene naho niyo basengabate ntabagarika umujinya w’Imana none Moise na Joshua abantu Imana yemeraga igihe abayisirayeri bakoraga ibirakaza Imana ko yarimburaga abayisirayeri bareba, bagatakamba Imana ikababwirako babwira abayisirayeri bagashira amavi hasi bagasaba imbabazi Imana ikagabanya umujinya wayo ikabakiza mugiga nibindi, none aba uvuga baruta abakaridinale bi roma nsubiza weho wibaza ibi Imana ishaka ko tuyubaha tukareka ubutinganyi ubwicyanyi nubugome buri kwisi niba abanyarwandakazi banjya gusambana nimbwa zabazungu ngo bazane amadorari nkuko mwabwumvishe umukobwa mugenzi wa sundrine bagenzibe bakase imyanya banga abisobanura urumva iso igezehe, abakobwa baragumiwe abagabo bagasezerana nimbwa mbese ubu uwakugira Imana cy umujyanama w’Imana wakorera iki si Imana iduha ibiryo na mahoro twarangiza tukayitera umugongo, namwe musubize amaso inyuma nkabanyarwanda twanyuze muri bishi umuntu atatinya kuvugako aribibi gusa none wakekako Imana yaduha amahoro na mafranga ntwarangiza tugatera amada abana abakozi, aho ugera ugasanga umugabo yarateye inda umwana yabyaye none murambaza iki niki Imana itadukoreye buriwese arebe aho avuka cy aho atuye arebe abapfuye Imana yarangiza ikadukiza none ikaba yicyuza impamvu yagusigaje cy yansigaje kuko ntacyo ndigukora cy nawe ntacyo urigukora amasasu yaravugaga ukavuga uti mana ndinda nzagukorera none turikuyikorera cy turigutera abana amada abandi turariganya ipfubyi mutuze Dusabe Imana tuyinginge niba Papa yivugirako Yezu atagaruka urumva Imana iba itumva mutuze twubahe amategeko kuko na bayisiraheri habaga igihe baeze munzu kugira Imana iboneko batinye icyorezo ihereko ibabarira natwe tugume munzu apana kuguma munzu gusa tugumemo twihana, Imana iteye ubyoba uwari warakoze Titanic ubwato bwari bunini arihamdagaza ngo n’Imana ntiyayishobora yarimbukiye imisi ingahe se mutuze isi yose yubahe Imana ubundi idutabare

  52. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bose uvuze bahunitse ibyo bazarya njye icyambaza nuko batifatanya na leta ngo bafashe abakene naho niyo basengabate ntabagarika umujinya w’Imana none Moise na Joshua abantu Imana yemeraga igihe abayisirayeri bakoraga ibirakaza Imana ko yarimburaga abayisirayeri bareba, bagatakamba Imana ikababwirako babwira abayisirayeri bagashira amavi hasi bagasaba imbabazi Imana ikagabanya umujinya wayo ikabakiza mugiga nibindi, none aba uvuga baruta abakaridinale bi roma nsubiza weho wibaza ibi Imana ishaka ko tuyubaha tukareka ubutinganyi ubwicyanyi nubugome buri kwisi niba abanyarwandakazi banjya gusambana nimbwa zabazungu ngo bazane amadorari nkuko mwabwumvishe umukobwa mugenzi wa sundrine bagenzibe bakase imyanya banga abisobanura urumva iso igezehe, abakobwa baragumiwe abagabo bagasezerana nimbwa mbese ubu uwakugira Imana cy umujyanama w’Imana wakorera iki si Imana iduha ibiryo na mahoro twarangiza tukayitera umugongo, namwe musubize amaso inyuma nkabanyarwanda twanyuze muri bishi umuntu atatinya kuvugako aribibi gusa none wakekako Imana yaduha amahoro na mafranga ntwarangiza tugatera amada abana abakozi, aho ugera ugasanga umugabo yarateye inda umwana yabyaye none murambaza iki niki Imana itadukoreye buriwese arebe aho avuka cy aho atuye arebe abapfuye Imana yarangiza ikadukiza none ikaba yicyuza impamvu yagusigaje cy yansigaje kuko ntacyo ndigukora cy nawe ntacyo urigukora amasasu yaravugaga ukavuga uti mana ndinda nzagukorera none turikuyikorera cy turigutera abana amada abandi turariganya ipfubyi mutuze Dusabe Imana tuyinginge niba Papa yivugirako Yezu atagaruka urumva Imana iba itumva mutuze twubahe amategeko kuko na bayisiraheri habaga igihe baeze munzu kugira Imana iboneko batinye icyorezo ihereko ibabarira natwe tugume munzu apana kuguma munzu gusa tugumemo twihana, Imana iteye ubyoba uwari warakoze Titanic ubwato bwari bunini arihamdagaza ngo n’Imana ntiyayishobora yarimbukiye imisi ingahe se mutuze isi yose yubahe Imana ubundi idutabare

  53. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mutuze Imana ikore ibwayo kandi niba arigihano cy’Imana mureke isi yose iturize imbere yayo iduhe imbabazi, kuko naha hisiraheri basuzuguraga Imana bakorora ubutinganyi nibigirwamana ibana ikabateza mugiga, ariko barongeraga bagasaba Imana imbabazi ikabakiza mugiga none noba america, Italia ubuhinde bakaze bakaba babuze imiti nubuhanga abafite mwe muratakereza iki koko mutuze dusenge Imana idutabare naho noba abantu basigaye basezerana nimbwa abakobwa bakagumirwa abandi bakaba basambaba nimbwa bakorera amadorari nkuko mwabyumvise kuri bagenzi bawa mukobwa wakaswe nabagenzibe mbese murenda ngo Imana idukorere iki abatunze ntibubaha Imana nibo bayera abana bato amada abandi baricya mbese Imana irakazwa numuntu mbese uwakugira Imana ikareba ibibera muri iyi si wakora iki aho umugabo aryamana numwana yabyaye nukuri twagakwiye kwambaza Imana tutitaye kuri ba Bishop nabandi kuko nabo nabantu kandi bacyumura buri musi Papa ko yivugiye ngo Yezu ntazaza vuga akakanya uwamubaza ati isubireho uvugeko ko Yezubyegereje korona ive mu butariyani aho ntiyabivuga ishuro nyishi akaba nka mose imana yamubyiye ngo nakubite igitare babone amazi agakubitana umujinya
    Imana idutabare kandi twibuke no kubahiroza gahinda niba arukuguma munzu nuko nyine none mugiga nibyorezo ko byateraga abayisirayeri mose ko yabategekaga kuguma munzu ngo batanduzanya n’Imana yabibona ikababarira

  54. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mutuze Imana ikore ibwayo kandi niba arigihano cy’Imana mureke isi yose iturize imbere yayo iduhe imbabazi, kuko naha hisiraheri basuzuguraga Imana bakorora ubutinganyi nibigirwamana ibana ikabateza mugiga, ariko barongeraga bagasaba Imana imbabazi ikabakiza mugiga none noba america, Italia ubuhinde bakaze bakaba babuze imiti nubuhanga abafite mwe muratakereza iki koko mutuze dusenge Imana idutabare naho noba abantu basigaye basezerana nimbwa abakobwa bakagumirwa abandi bakaba basambaba nimbwa bakorera amadorari nkuko mwabyumvise kuri bagenzi bawa mukobwa wakaswe nabagenzibe mbese murenda ngo Imana idukorere iki abatunze ntibubaha Imana nibo bayera abana bato amada abandi baricya mbese Imana irakazwa numuntu mbese uwakugira Imana ikareba ibibera muri iyi si wakora iki aho umugabo aryamana numwana yabyaye nukuri twagakwiye kwambaza Imana tutitaye kuri ba Bishop nabandi kuko nabo nabantu kandi bacyumura buri musi Papa ko yivugiye ngo Yezu ntazaza vuga akakanya uwamubaza ati isubireho uvugeko ko Yezubyegereje korona ive mu butariyani aho ntiyabivuga ishuro nyishi akaba nka mose imana yamubyiye ngo nakubite igitare babone amazi agakubitana umujinya
    Imana idutabare kandi twibuke no kubahiroza gahinda niba arukuguma munzu nuko nyine none mugiga nibyorezo ko byateraga abayisirayeri mose ko yabategekaga kuguma munzu ngo batanduzanya n’Imana yabibona ikababarira

  55. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mutuze Imana ikore ibwayo kandi niba arigihano cy’Imana mureke isi yose iturize imbere yayo iduhe imbabazi, kuko naha hisiraheri basuzuguraga Imana bakorora ubutinganyi nibigirwamana ibana ikabateza mugiga, ariko barongeraga bagasaba Imana imbabazi ikabakiza mugiga none noba america, Italia ubuhinde bakaze bakaba babuze imiti nubuhanga abafite mwe muratakereza iki koko mutuze dusenge Imana idutabare naho noba abantu basigaye basezerana nimbwa abakobwa bakagumirwa abandi bakaba basambaba nimbwa bakorera amadorari nkuko mwabyumvise kuri bagenzi bawa mukobwa wakaswe nabagenzibe mbese murenda ngo Imana idukorere iki abatunze ntibubaha Imana nibo bayera abana bato amada abandi baricya mbese Imana irakazwa numuntu mbese uwakugira Imana ikareba ibibera muri iyi si wakora iki aho umugabo aryamana numwana yabyaye nukuri twagakwiye kwambaza Imana tutitaye kuri ba Bishop nabandi kuko nabo nabantu kandi bacyumura buri musi Papa ko yivugiye ngo Yezu ntazaza vuga akakanya uwamubaza ati isubireho uvugeko ko Yezubyegereje korona ive mu butariyani aho ntiyabivuga ishuro nyishi akaba nka mose imana yamubyiye ngo nakubite igitare babone amazi agakubitana umujinya
    Imana idutabare kandi twibuke no kubahiroza gahinda niba arukuguma munzu nuko nyine none mugiga nibyorezo ko byateraga abayisirayeri mose ko yabategekaga kuguma munzu ngo batanduzanya n’Imana yabibona ikababarira

  56. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mutuze Imana ikore ibwayo kandi niba arigihano cy’Imana mureke isi yose iturize imbere yayo iduhe imbabazi, kuko naha hisiraheri basuzuguraga Imana bakorora ubutinganyi nibigirwamana ibana ikabateza mugiga, ariko barongeraga bagasaba Imana imbabazi ikabakiza mugiga none noba america, Italia ubuhinde bakaze bakaba babuze imiti nubuhanga abafite mwe muratakereza iki koko mutuze dusenge Imana idutabare naho noba abantu basigaye basezerana nimbwa abakobwa bakagumirwa abandi bakaba basambaba nimbwa bakorera amadorari nkuko mwabyumvise kuri bagenzi bawa mukobwa wakaswe nabagenzibe mbese murenda ngo Imana idukorere iki abatunze ntibubaha Imana nibo bayera abana bato amada abandi baricya mbese Imana irakazwa numuntu mbese uwakugira Imana ikareba ibibera muri iyi si wakora iki aho umugabo aryamana numwana yabyaye nukuri twagakwiye kwambaza Imana tutitaye kuri ba Bishop nabandi kuko nabo nabantu kandi bacyumura buri musi Papa ko yivugiye ngo Yezu ntazaza vuga akakanya uwamubaza ati isubireho uvugeko ko Yezubyegereje korona ive mu butariyani aho ntiyabivuga ishuro nyishi akaba nka mose imana yamubyiye ngo nakubite igitare babone amazi agakubitana umujinya
    Imana idutabare kandi twibuke no kubahiroza gahinda niba arukuguma munzu nuko nyine none mugiga nibyorezo ko byateraga abayisirayeri mose ko yabategekaga kuguma munzu ngo batanduzanya n’Imana yabibona ikababarira

  57. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  58. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  59. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  60. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  61. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mukomeze cyane. Ntimugaterwe ngo mwitere!Abakozi b’ Imana nkeka ko bakora ibyo Shebuja abasabye gukora.None niba ntacyo arababwira ngo batangarize umukumbi we uragira ngo bahanure iki?
    Keretse niba ubaza Imana impamvu itaragira icyo ibabwira kuri coronavirus!

    Niba ikibazo cyawe ari icyo ni uruhare rwa buri wese wamaze kumenya ko ubutabazi buri ku Mana; Kandi ndahamya ko abahanuzi, abashumba, abinginzi, abanyamasengesho n’ abakristo muri rusange babirimo kandi hazaboneka igisubizo cyiza.

    Ese wabaza Umubumbyi ngo urakoresha iki ikibumbano cye?

    Ikindi kandi nta gishya gihanurwa kuko ubuhanuzi bwose bugunzuzwa ijambo ry’ Imana. Iyo usanze budahuye n’ ibyanditswe aba ari ibinyoma.

    Ubuhanuzi bwose bwemerwa busohoye, iyo butari bwasohora buba bugishidikanwaho.None abishyura baba bishyura iki? Iby’ Imana ntibigurishwa!

  62. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mukomeze cyane. Ntimugaterwe ngo mwitere!Abakozi b’ Imana nkeka ko bakora ibyo Shebuja abasabye gukora.None niba ntacyo arababwira ngo batangarize umukumbi we uragira ngo bahanure iki?
    Keretse niba ubaza Imana impamvu itaragira icyo ibabwira kuri coronavirus!

    Niba ikibazo cyawe ari icyo ni uruhare rwa buri wese wamaze kumenya ko ubutabazi buri ku Mana; Kandi ndahamya ko abahanuzi, abashumba, abinginzi, abanyamasengesho n’ abakristo muri rusange babirimo kandi hazaboneka igisubizo cyiza.

    Ese wabaza Umubumbyi ngo urakoresha iki ikibumbano cye?

    Ikindi kandi nta gishya gihanurwa kuko ubuhanuzi bwose bugunzuzwa ijambo ry’ Imana. Iyo usanze budahuye n’ ibyanditswe aba ari ibinyoma.

    Ubuhanuzi bwose bwemerwa busohoye, iyo butari bwasohora buba bugishidikanwaho.None abishyura baba bishyura iki? Iby’ Imana ntibigurishwa!

  63. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  64. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Hanyuma se babandi bacana umuriro bagatwika amabuye, abahekenya inzembe, abagendera kuntaro bo ko mutababaza kandi nabo mubamamaza erega ikibazo cyacu nuko abo bose babivanga, ntibashobora nokumenya icyabakijije

  65. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bose ni bagume mu rugo nibyo bashoboye.
    Hari igihe cy’ubuhanuzi n’igihe cyo guceceka.
    Abahanuzi nabo barumiwe

  66. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bose ni bagume mu rugo nibyo bashoboye.
    Hari igihe cy’ubuhanuzi n’igihe cyo guceceka.
    Abahanuzi nabo barumiwe

  67. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Barasebye mbandoga Nyagashotsi ! Simpakana imbaraga z’Imana zikora ibitangaza ariko ibitangaza byayo bamwe cyangwa benshi muri iki gihe babifashe nk’amashanyarazi ukanda kuri interrupteur bikaka wakongera bikazima ,nyamara Iby’Imana byo jye nasanze atariko bimeze kuko nabonye ibikora uko ibyumva no mu gihe ibishakiye kandi ikabikorera uwo ishaka ititaye ku mirimo ye amasekuru n’amateka y’umuryango akomokamo , ku byiyitirura rero jye mbona bisa no kuyikora mu jisho ahobwo nibihane niba atari ibyo bitegure umunyafu nako umuhini wayo kuko niba inyandiko mpimbano ikozwe n’umuntu mu izina ry’undi uwayikoze ayifungirwa hagati y’umwaka n’imyaka itanu 5 sinumva ko kwiyitirira Imana aribyo byaba byoroshye ,Murakoze.

  68. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Barasebye mbandoga Nyagashotsi ! Simpakana imbaraga z’Imana zikora ibitangaza ariko ibitangaza byayo bamwe cyangwa benshi muri iki gihe babifashe nk’amashanyarazi ukanda kuri interrupteur bikaka wakongera bikazima ,nyamara Iby’Imana byo jye nasanze atariko bimeze kuko nabonye ibikora uko ibyumva no mu gihe ibishakiye kandi ikabikorera uwo ishaka ititaye ku mirimo ye amasekuru n’amateka y’umuryango akomokamo , ku byiyitirura rero jye mbona bisa no kuyikora mu jisho ahobwo nibihane niba atari ibyo bitegure umunyafu nako umuhini wayo kuko niba inyandiko mpimbano ikozwe n’umuntu mu izina ry’undi uwayikoze ayifungirwa hagati y’umwaka n’imyaka itanu 5 sinumva ko kwiyitirira Imana aribyo byaba byoroshye ,Murakoze.

  69. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bahanuzi n’abanyabitangaza bo mu Rwanda bararuciye bararumira, nyamara muminsi iza uzasanga bagarukana undi muvuno babeshya ko baribari gusenga none ko aribo bakijije iyi COVID-19. Aba bantu ni abatekamutwe bo mu rwego rwo hejuru, muzaba mubumva Leta nirangiza iki gikorwa irimo cyo kurwanya iki cyorezo, bazahita bazana undi muvuno wo kubyiyitirira ko aribo bayivuye, buri wese avuga ngo Imana yaranyiyeretse, Imana yarambwiye, n’andi mayeri menshi. Ahaaaa!!! Nzaba mbarirwa da!!!

  70. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bahanuzi n’abanyabitangaza bo mu Rwanda bararuciye bararumira, nyamara muminsi iza uzasanga bagarukana undi muvuno babeshya ko baribari gusenga none ko aribo bakijije iyi COVID-19. Aba bantu ni abatekamutwe bo mu rwego rwo hejuru, muzaba mubumva Leta nirangiza iki gikorwa irimo cyo kurwanya iki cyorezo, bazahita bazana undi muvuno wo kubyiyitirira ko aribo bayivuye, buri wese avuga ngo Imana yaranyiyeretse, Imana yarambwiye, n’andi mayeri menshi. Ahaaaa!!! Nzaba mbarirwa da!!!

  71. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntimugakabye kwibasira abantu, niba ari abakozi b’Imana mwumva se ko bikoresha, Imana ikora igihe cyayo, cyanke se n’iki kibabwira ko batariho basengera igihugu ari nayo mpamvu wenda Corona itaratumbagiza imibare y’abarwayi nkuko turiho turabibona mu bihugu bindi kandi bikomeye. So nagirango tujye twirinda gu critika cyane.

  72. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntimugakabye kwibasira abantu, niba ari abakozi b’Imana mwumva se ko bikoresha, Imana ikora igihe cyayo, cyanke se n’iki kibabwira ko batariho basengera igihugu ari nayo mpamvu wenda Corona itaratumbagiza imibare y’abarwayi nkuko turiho turabibona mu bihugu bindi kandi bikomeye. So nagirango tujye twirinda gu critika cyane.

  73. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    muzambwire

  74. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    muzambwire

  75. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  76. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  77. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  78. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  79. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  80. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  81. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  82. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatuvirira ibambe.

  83. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatugirira ibambe.

  84. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ntekereza ko ibyo bakora byose babikoreshwa n’Imana.Bitabaye ibyo baba babikora kugiti cyabo.Simpamya ko icyi cyorezo niba Ari igiturutse ku Mana (nkabimwe bya Farawo muri Egiputa) cyasengerwa ngo
    kiveho icyo Imana yagambiriye itaragisohoza.Rero igisubizo cyava gusa mukwihana ibyaha byacu tukagarukira uwiteka (2Ngoma 7,13-14) nayo ikatugirira ibambe.

  85. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mbega abantu mwibagiwe ko bariya bose umwanditsi yavuze ataribo bakiza indwara ahubwo byose bikorwa n’Imana bakorera,ese muziko bashobora gusenga umwaka ugashira undi ugataha ntihagire igihinduka kuko Imana itavuze ngo dukire cg ngo nibihagarare,plz mumbabarire mujye muvuga ibyimana mubyitondeye mubanje kubisobanukirwa,tureke guca imanza kuko umucamanza w”ukuri arahari,be blessed!

  86. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Mbega abantu mwibagiwe ko bariya bose umwanditsi yavuze ataribo bakiza indwara ahubwo byose bikorwa n’Imana bakorera,ese muziko bashobora gusenga umwaka ugashira undi ugataha ntihagire igihinduka kuko Imana itavuze ngo dukire cg ngo nibihagarare,plz mumbabarire mujye muvuga ibyimana mubyitondeye mubanje kubisobanukirwa,tureke guca imanza kuko umucamanza w”ukuri arahari,be blessed!

  87. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    aba bahanuzi bacu nituva muri covid 19 bazagaruka katubwira ko badusengeye cyane

  88. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    aba bahanuzi bacu nituva muri covid 19 bazagaruka katubwira ko badusengeye cyane

  89. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Rwose namwe mutekereze neza ubwose nagihe ushobora kubwira Imana igaceceka nonese abahanuzi nibo bagomba kuyidukiza CG n’Imana?

  90. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Rwose namwe mutekereze neza ubwose nagihe ushobora kubwira Imana igaceceka nonese abahanuzi nibo bagomba kuyidukiza CG n’Imana?

  91. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abakozi b’Imana barimo gusenga kandi Imana irumva. Gusa bibaho ko ntawahindura umugambi w’Imana cyane cyane ko hari igihe Imana iba ishaka kwigisha abantu. Ikibazo rero si abakozi b’Imana, ikibazo ni ibyaha byagwiriye bigakurura umuvumo. iyaba wowe wandika inkuru nk’izi wari ufite nibura umutima wo kwihana.

    Ndakwifuriza amahoro kandi nkubwira ko Imana idakora ngo yemeze abantu (competition). Kuko niba utemezwa n’ijambo ryayo igikurikira ni ugucirwaho iteka. Reka nkwibutse ko guharabika abakozi b’Imana ubwabyo bizana umuvumo ku bikoze. Ndakugira inama yo kwihana.

  92. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abakozi b’Imana barimo gusenga kandi Imana irumva. Gusa bibaho ko ntawahindura umugambi w’Imana cyane cyane ko hari igihe Imana iba ishaka kwigisha abantu. Ikibazo rero si abakozi b’Imana, ikibazo ni ibyaha byagwiriye bigakurura umuvumo. iyaba wowe wandika inkuru nk’izi wari ufite nibura umutima wo kwihana.

    Ndakwifuriza amahoro kandi nkubwira ko Imana idakora ngo yemeze abantu (competition). Kuko niba utemezwa n’ijambo ryayo igikurikira ni ugucirwaho iteka. Reka nkwibutse ko guharabika abakozi b’Imana ubwabyo bizana umuvumo ku bikoze. Ndakugira inama yo kwihana.

  93. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Nkunze ko uvuze ko ari abakozi b IMANA ndahamyako ko ari amahirwe ku Rwanda kubagira ariko kdi muntu utunga urutoki
    abo utahamagaye urarye uri menjye si ndikumwe nawe.

  94. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Nkunze ko uvuze ko ari abakozi b IMANA ndahamyako ko ari amahirwe ku Rwanda kubagira ariko kdi muntu utunga urutoki
    abo utahamagaye urarye uri menjye si ndikumwe nawe.

  95. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Wowe wzndite iyi nkuru witonde utaza kumera nka cya gisambo cyabwiye Yezu ku musaraba ngo niba uri umwana wlmana ikize.

  96. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Wowe wzndite iyi nkuru witonde utaza kumera nka cya gisambo cyabwiye Yezu ku musaraba ngo niba uri umwana wlmana ikize.

  97. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Wowe wzndite iyi nkuru witonde utaza kumera nka cya gisambo cyabwiye Yezu ku musaraba ngo niba uri umwana wlmana ikize.

  98. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Wowe wzndite iyi nkuru witonde utaza kumera nka cya gisambo cyabwiye Yezu ku musaraba ngo niba uri umwana wlmana ikize.

  99. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Umuntu wanditse iyinkuru yabaye nkukora imana mujisho imana ntikorera mukivunge kandi niba bariya mwavuze haruguru basenga imana yukuri ntibagace abantu amafaranga ariko imana yo mwijuru yigaragaze ikize Corona virus mucyumweru kimwe murwanda abarwayi bose bave mubitaro amen

  100. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Umuntu wanditse iyinkuru yabaye nkukora imana mujisho imana ntikorera mukivunge kandi niba bariya mwavuze haruguru basenga imana yukuri ntibagace abantu amafaranga ariko imana yo mwijuru yigaragaze ikize Corona virus mucyumweru kimwe murwanda abarwayi bose bave mubitaro amen

  101. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Umva rero nkubwire wowe wanditse iyi nkuru iby’Imana nabakozi bayo ntiba utabizi ujyubirekera ababyemera, nawe ugumane ibyawe sibyo? Imana yakora itakora izahora ari Imana, Imana yakoresha abakozi bayo cg ntibakoreshe niyo izi impamvu isaha yayo nigera bizarangira.

  102. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Umva rero nkubwire wowe wanditse iyi nkuru iby’Imana nabakozi bayo ntiba utabizi ujyubirekera ababyemera, nawe ugumane ibyawe sibyo? Imana yakora itakora izahora ari Imana, Imana yakoresha abakozi bayo cg ntibakoreshe niyo izi impamvu isaha yayo nigera bizarangira.

  103. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyo wakiriye Umwami yesu nkumukiza nibwo uba wakiriye igitanga naho ntamuntu ukora ibitangaza ahubwo ijambo ryi lmana niryo rikora ibitangaza iyo wakiriye ijambo ryi lmana ukizera ko ishonora byose uba wakiriye igitangaza ibindi n’isezerano RYA bizera ariko ntamuntu gukora ibitangaza iyo twizeye twakira ibitangaza naho abo bakozibi lmana icyo bashinzwe nukutubwira icyo lmana idushakaho tukizera ijambo ryayo tukakira ibitangaza ubyiyitirira we nakazike yohana 11:25-26

  104. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyo wakiriye Umwami yesu nkumukiza nibwo uba wakiriye igitanga naho ntamuntu ukora ibitangaza ahubwo ijambo ryi lmana niryo rikora ibitangaza iyo wakiriye ijambo ryi lmana ukizera ko ishonora byose uba wakiriye igitangaza ibindi n’isezerano RYA bizera ariko ntamuntu gukora ibitangaza iyo twizeye twakira ibitangaza naho abo bakozibi lmana icyo bashinzwe nukutubwira icyo lmana idushakaho tukizera ijambo ryayo tukakira ibitangaza ubyiyitirira we nakazike yohana 11:25-26

  105. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyo wakiriye Umwami yesu nkumukiza nibwo uba wakiriye igitanga naho ntamuntu ukora ibitangaza ahubwo ijambo ryi lmana niryo rikora ibitangaza iyo wakiriye ijambo ryi lmana ukizera ko ishonora byose uba wakiriye igitangaza ibindi n’isezerano RYA bizera ariko ntamuntu gukora ibitangaza iyo twizeye twakira ibitangaza naho abo bakozibi lmana icyo bashinzwe nukutubwira icyo lmana idushakaho tukizera ijambo ryayo tukakira ibitangaza ubyiyitirira we nakazike yohana 11:25-26

  106. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Iyo wakiriye Umwami yesu nkumukiza nibwo uba wakiriye igitanga naho ntamuntu ukora ibitangaza ahubwo ijambo ryi lmana niryo rikora ibitangaza iyo wakiriye ijambo ryi lmana ukizera ko ishonora byose uba wakiriye igitangaza ibindi n’isezerano RYA bizera ariko ntamuntu gukora ibitangaza iyo twizeye twakira ibitangaza naho abo bakozibi lmana icyo bashinzwe nukutubwira icyo lmana idushakaho tukizera ijambo ryayo tukakira ibitangaza ubyiyitirira we nakazike yohana 11:25-26

  107. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bavandimwe, ndabashimiye kubitekerezo bitandukanye mwatanze nubwo ibyinshi byuzuye amarangamutima.

    Ariko nubwo bimeze bicyo, yaba abomwita cy abiyita intumwa n’abahanuzi ntacyo bakora bikoresheje. Uretseko Niki cyago kitwugaeije uyumunsi, mumateka y’urwanda abavubyi ndetse n’abapfumu nabo bageragaho bagashoberwa.

    Ntamuntu numwe uretse no murwanda kuri iyisi wahagarika iyindwara. Ariko nanone Imana yakoreaha uwo ariwe wese kuri iyisi igahagarika iyindwara.

    Si ubwambere ducuye mu icuraburindi nk’abanyarwanda, ariko Imana ijya izana umutabazi muburyo butunguranye ikadushyira mumucyo.

    Imana irahari nimuhumure mugihe gito iraturengera.

    Amen

  108. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Bavandimwe, ndabashimiye kubitekerezo bitandukanye mwatanze nubwo ibyinshi byuzuye amarangamutima.

    Ariko nubwo bimeze bicyo, yaba abomwita cy abiyita intumwa n’abahanuzi ntacyo bakora bikoresheje. Uretseko Niki cyago kitwugaeije uyumunsi, mumateka y’urwanda abavubyi ndetse n’abapfumu nabo bageragaho bagashoberwa.

    Ntamuntu numwe uretse no murwanda kuri iyisi wahagarika iyindwara. Ariko nanone Imana yakoreaha uwo ariwe wese kuri iyisi igahagarika iyindwara.

    Si ubwambere ducuye mu icuraburindi nk’abanyarwanda, ariko Imana ijya izana umutabazi muburyo butunguranye ikadushyira mumucyo.

    Imana irahari nimuhumure mugihe gito iraturengera.

    Amen

  109. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Haranditswe ngo simbuka abamarayika baragusama iyo ni shitani igerageza Yezu ubwo nawe rero uraje wandika iyi nkuru ngo ugerageze abakozi b’Imana humura ibyo wibwira yo siko yibwira abo bantu bose uvuse iyo utavuga ayo magambo yose ugakora ubundi bushakashatsi wari gusanga bataryamye kndi ubwo muri bo uryamye gusa nawe Imana izabimubaza.niba nawe rero utari umukozi w imana ubwo ufite uwo ukorera kndi uwo ukorera wasanga ari kuguta mwitanura ryamazuku ubwo rero witondere ibyo uvuga kuko umutego mubi ushibukana nyirawo.Leta yabujije amateraniro guterana ibuza abantu gusengera hamwe ibyo wari kubivuga ubaza uti ko muhagaritse insengero kndi igisubizo kiri kuwo iteka??none utangiye uhinyura abakozi b Imana ibyo wirahuriyeho bibe kuri wowe wenyine ntibijye kurubyaro rwawe nicyo nagusabira.

  110. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Haranditswe ngo simbuka abamarayika baragusama iyo ni shitani igerageza Yezu ubwo nawe rero uraje wandika iyi nkuru ngo ugerageze abakozi b’Imana humura ibyo wibwira yo siko yibwira abo bantu bose uvuse iyo utavuga ayo magambo yose ugakora ubundi bushakashatsi wari gusanga bataryamye kndi ubwo muri bo uryamye gusa nawe Imana izabimubaza.niba nawe rero utari umukozi w imana ubwo ufite uwo ukorera kndi uwo ukorera wasanga ari kuguta mwitanura ryamazuku ubwo rero witondere ibyo uvuga kuko umutego mubi ushibukana nyirawo.Leta yabujije amateraniro guterana ibuza abantu gusengera hamwe ibyo wari kubivuga ubaza uti ko muhagaritse insengero kndi igisubizo kiri kuwo iteka??none utangiye uhinyura abakozi b Imana ibyo wirahuriyeho bibe kuri wowe wenyine ntibijye kurubyaro rwawe nicyo nagusabira.

  111. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Barigukurikiza Inama ni ngamba bya leta *Guma mu rugo*

  112. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Barigukurikiza Inama ni ngamba bya leta *Guma mu rugo*

  113. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Aba banyakubahwa mubahe umwanya barimo kuvugana n’Uhoraho bazagaruka badukorera umuti
    Mubagaye gutinda ntimuzabagaye guhera.

  114. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Aba banyakubahwa mubahe umwanya barimo kuvugana n’Uhoraho bazagaruka badukorera umuti
    Mubagaye gutinda ntimuzabagaye guhera.

  115. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Aba banyakubahwa mubahe umwanya barimo kuvugana n’Uhoraho bazagaruka badukorera umuti
    Mubagaye gutinda ntimuzabagaye guhera.

  116. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Aba banyakubahwa mubahe umwanya barimo kuvugana n’Uhoraho bazagaruka badukorera umuti
    Mubagaye gutinda ntimuzabagaye guhera.

  117. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bakoze ibyo bashinzwe.abahakanyi c niki mwemera bwo yakora!

  118. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Abo bakoze ibyo bashinzwe.abahakanyi c niki mwemera bwo yakora!

  119. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Imana irahari Kandi ikora ibyo yashatse nikora kubyifuzo byu mwana w’umuntu kandi imana ikorera mugihe cyayo Kandi ubuhanuzi buriho ariko imana niyo izi imikorere yaburimuntu uhanura abifashizwemo namwuka wera nibyiza anzabihembera kuko anzaba yaremereye imana kugirango imukoreshe Ariko uwahanuye ibinyoma nawe anzabona ibihembo bimukwiriye plz abantu batangiye gucira impanza abandi bamenye ko nabo bihaye kazi katarakobo nkababandi mwavugaga nuko abizeri imana nimusengere igihugu ndetse n’isi ago gufata umwanya muvuga abokozi bimana mubareke ushaka indonye bitaringobwa nawe azabibazwa mugire amahoro yimana mufasha abacyene muturanye muribibihe bya COVID-19

  120. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Imana irahari Kandi ikora ibyo yashatse nikora kubyifuzo byu mwana w’umuntu kandi imana ikorera mugihe cyayo Kandi ubuhanuzi buriho ariko imana niyo izi imikorere yaburimuntu uhanura abifashizwemo namwuka wera nibyiza anzabihembera kuko anzaba yaremereye imana kugirango imukoreshe Ariko uwahanuye ibinyoma nawe anzabona ibihembo bimukwiriye plz abantu batangiye gucira impanza abandi bamenye ko nabo bihaye kazi katarakobo nkababandi mwavugaga nuko abizeri imana nimusengere igihugu ndetse n’isi ago gufata umwanya muvuga abokozi bimana mubareke ushaka indonye bitaringobwa nawe azabibazwa mugire amahoro yimana mufasha abacyene muturanye muribibihe bya COVID-19

  121. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ariko kuba covid-19 itarangira si uko abakozi b’IMANA batari gukora, ahubwo umukozi w’Imana ntabwo yiha ububasha bwo gukora igitangaza ahubwo abuhabwa n’Imana yamutumye. Ndetse nta muntu ukora igitangaza ahubwo Imana niyo imukoresha. Niba rero Imana nyir’ibitangaza itarabyemera, mugirango aba bakozi bayo bayitegeke icyo gukora se? Bo icyo bakora ni ugusaba Imana ikabyemera cg ikabyanga, kuko ikora uko ishaka mu gihe ishaka. NTITUYOBE IMANA NTINEGURIZWA IZURU.
    Kandi mwibuke ko mu bindi bihugu abarwaye corona bamwe barapfuye, ndetse no mu bihugu tuzi ko ari ibihangange bu buvuzi kuturusha. Kuba twe abarwayi bacu bamwe boroherwa bagasezererwa bagataha mpamya ko atari ubuhanga buhambaye abaganga bacu barusha abo muri America, Spain, China, Italy,France, England,South Africa, Egypt….(Cyakora simvuze ko abaganga bacu badashoboye kandi barabashije gufasha abarwaye indwara itagira umuti n’urukingo bagakira) ahubwo navugaga ko hari izindi mbaraga zikiturengera ari nazo zibafasha gukora imirimo yabo bikagenda neza kandi abandi twita ko bakomeye byanga. Imana izakora imirimo yayo mu gihe yagennye kdi ntakiba kwisi itakizi cg iyobewe impamvu yacyo. Twizere Imana izaturengera irengere n’isi yose kdi ibitangaza bibaho n’ubu biracyakoreka n’abacu bakize niybyo byabakijije kuko abandi baratashye(barapfuye)

  122. Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?
    Ariko kuba covid-19 itarangira si uko abakozi b’IMANA batari gukora, ahubwo umukozi w’Imana ntabwo yiha ububasha bwo gukora igitangaza ahubwo abuhabwa n’Imana yamutumye. Ndetse nta muntu ukora igitangaza ahubwo Imana niyo imukoresha. Niba rero Imana nyir’ibitangaza itarabyemera, mugirango aba bakozi bayo bayitegeke icyo gukora se? Bo icyo bakora ni ugusaba Imana ikabyemera cg ikabyanga, kuko ikora uko ishaka mu gihe ishaka. NTITUYOBE IMANA NTINEGURIZWA IZURU.
    Kandi mwibuke ko mu bindi bihugu abarwaye corona bamwe barapfuye, ndetse no mu bihugu tuzi ko ari ibihangange bu buvuzi kuturusha. Kuba twe abarwayi bacu bamwe boroherwa bagasezererwa bagataha mpamya ko atari ubuhanga buhambaye abaganga bacu barusha abo muri America, Spain, China, Italy,France, England,South Africa, Egypt….(Cyakora simvuze ko abaganga bacu badashoboye kandi barabashije gufasha abarwaye indwara itagira umuti n’urukingo bagakira) ahubwo navugaga ko hari izindi mbaraga zikiturengera ari nazo zibafasha gukora imirimo yabo bikagenda neza kandi abandi twita ko bakomeye byanga. Imana izakora imirimo yayo mu gihe yagennye kdi ntakiba kwisi itakizi cg iyobewe impamvu yacyo. Twizere Imana izaturengera irengere n’isi yose kdi ibitangaza bibaho n’ubu biracyakoreka n’abacu bakize niybyo byabakijije kuko abandi baratashye(barapfuye)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *