Umunya-Sénégal Diouf wayoboye Olympique de Marseille yishwe na COVID-19
Umunya SĂ©nĂ©gal Pape Diouf wigeze kuyobora ikipe ya Olympique de Marseille yo mu Bufaransa, yitabye Imana kuri uyu wa 31 azize Virusi ya Corona. Inkuru y’urupfu rwe yazanwe bwa mbere n’ibitangazamakuru byo muri SĂ©nĂ©gal, mbere yo guhabwa umugisha n’ikinyamakuru L’Ă©quipe cyo mu Bufaransa. Kuri uyu wa kabiri ni bwo uyu mugabo wapfuye afite imyaka 68 […]
Ngororero: Yatawe muri yombi nyuma yo kwigomeka ku buyobozi akoresha ubukwe
Umugabo witwa Rimenyande Jean Damascène wo mu kagari ka Kajinge mu murenge wa Hindiro w’akarere ka Ngororero, yatawe muri yombi azira kwigomeka ku myanzuro ya Minisitiri w’intebe igamije kwirinda no gukumira icyorezo cya Coronavirus. Uyu mugabo w’imyaka 36 y’amavuko, yatawe muri yombi ejo ku wa 30 Werurwe, ku bufatanye bw’abaturage n’inzego zishinzwe umutekano nka DASSO […]
Rwanda: Abarwayi ba Coronavirus bamaze kuba 75

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 31 Werurwe 2020 yatangaje ko hanonetse abandi barwayi ba Coronavirus batanu, bose hamwe baba 75. Muri aba barwayi: Bane bageze mu Rwanda baturutse i Dubai, bahita bashyirwa mu kato. Umwe yatahuwe nyuma yo guhura n’uwagaragayeho Coronavirus mu Rwanda, ahita ashyirwa mu kato. Abarwayi bose bari kuvurirwa ahantu habugenewe […]
Burundi: Habonetse abarwayi ba Coronavirus

Minisitiri w’Ubuzima mu Burundi, ThaddĂ©e Ndikumana kuri uyu wa 31 Werurwe 2020 yemeje ko mu Burundi hatahuwe abarwayi babiri ba Coronavirus. Aba barwayi ni aba mbere babonetse muri iki gihugu, bakaba bari mu kato mu bitaro bya Buremec. Aba barwayi bombi ni Abarundi umwe ufite imyaka 42 y’amavuko, undi afite 56. Minisitiri Ndikumana yabwiye itangazamakuru […]
Ibitaro byinshi muri Kinshasa byanze kwakira no kuvura umujyanama wa Perezida Tshisekedi
Ibitaro bitandukanye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bivugwaho kwanga kwakira Umujyanama w’Umukuru w’igihugu, Vidiye Tshimanga washakaga kwipimisha yikekaho icyorezo cya Coronavirus. Aya makuru yabanje gusakara ku mbuga nkoranyambaga, yemezwa na bimwe muri ibi bitaro nk’uko igitangazamakuru Politico.CD cyabitangaje. Mu bitaro byanze gufata ibizamini bya Tshimwanga harimo ibya HJ, Cinquantaire, CMK n’ivuriro rya Ngaliema, gusa […]
Karongi: Ubumenyi yahawe n’umushinga Speak Out bwamuhaye icyizere
Umuturage wo mu Kagari ka Nyamushishi, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi, Nirere Esperence aravuga ko ubumenyi yahawe ubwo yahugurwaga n’umushinga Speak Out utanga amahugurwa mu bice bitandukanye by’igihugu ku bana n’abandi bantu, bwamuhaye icyizere ndetse ku buryo ibyo yize asubira inyuma akabisangiza bagenzi be. Nirere Esperence ni umwana w’umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko ni […]
Living in dilemma of what is true about reproductive health
There was a time when girls in Busenyi Village, Kaberi Cell, Ruheru Sector in Nyarguru District of Southern Province felt confused of what is right or wrong about reproductive health. But at the moment, Gloriose Mushimiyimana, a student at Groupe Scolaire Ruheru says they have got to know everything concerning their rights and reproductive health […]
U Bushinwa: Abantu barenga 93% bamaze gukira Coronavirus
Kuva mu mpera za 2019 ubwo umurwayi wa mbere wa Coronavirus yagaragaye mu Mugi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei, Repubulika y’Abaturage y’u Bushinwa yabayemo ubwiyongere bukabije bw’abarwayi b’iki cyorezo gusa nyuma hafashwe ingamba zo kugifungira amayira, ubu zikaba gutanga umusaruro urenga 93%. Muri iki gihugu tariki ya 23 Mutarama 2020 hafashwe ingamba zo guhagarika […]
Umuhanzi Diamond Platnumz ashobora kuba yaranduye Coronavirus
Hari impungenge ko umuhanzi w’ikimenyabose muri Tanzania no muri Afurika, Diamond Platnumz ko yaba afite virusi ya Covid-19 n’ubwo nta bimenyetso byayo aragaragaza. Izi mpungenge zije nyuma y’uko umureberera inyungu, Sallam SK amaze iminsi atangaje ko nyuma yo kigaragaza mi bimenyetso ibipimo byagaragaje ko yanduye iki cyorezo cya Coronavirus. Nyuma y’ibi kandi, umutunganyiriza umuziki wihariye, […]
TB Joshua wari wahanuye ko Coronavirus izacika tariki ya 27 yivuguruje
Umuhanuzi wo muri Nigeria, Temitope Balogun Joshua wamamaye ku mugabane w’Afurika, yavuze ko icyorezo cya Coronavirus kitazaba kikibarizwa mu Isi guhera tariki ya 27 Werurwe 2020 , ubu yabivuguruje avuga ko yabisobanuraga mu buryo bw’umwuka. Uyu muhanuzi yakunze kugaragara atanga ubutumwa buhumuriza Isi, ko iki cyorezo kuva cyaragabanyije umurego mu Bushinwa, ari ikimenyetso simusiga ko […]
Umurwayi wa mbere yahitanwe na Coronavirus muri Tanzania
Minisiteri y’Ubuzima muri Tanzania kuri uyu wa 31 Werurwe 2020 yatangaje urupfu rw’umurwayi wa mbere wa Coronavirus muri iki gihugu akaba yari umugabo w’imyaka 49 wo muri mu Mujyi wa Dar es- Salaam. Itangazo ryatanzwe na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Ummy Mwalimu muri iki gitondo rivuga ko uyu mugabo w’imyaka 49 yari asanzwe afite […]
Gatsibo: Abanyerondo basinze bakomerekeye mu mirwano n’abaturage
Abagabo batatu bakora irondo ry’umwuga mu Mudugudu wa Ngaju, Akagari ka Bukomane, mu Murenge wa Gitoki w’Akarere ka Gatsibo, bari mu maboko y’ubugenzacyaha nyuma yo kujya kurwana n’abaturage basinze ku gicamunsi cy’itariki ya 29 Werurwe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bukomane, Muhire Etienne, yabwiye Bwiza.com ko bariya banyerondo bari babanje kujya kunywa inzoga, mbere yo kujya […]
Umugabo arembeye mu bitaro bya Byumba nyuma yo gukubitwa n’igisirikare cya Uganda
Umugabo w’Umunyarwanda witwa Nambajimana Emmanuel wakoreraga akazi ko gucuruza ubuki mu guhugu cya Uganda arembeye mu Bitaro bya Byumba nyuma yo gukorerwa iyicarubozo n’igisirikare cya Uganda ashinjwa gushaka kwanduza abenegihugu Coronavirus. Nambajimana avuga ko nyuma yo kwaduka kwa Coronavirus yabonye nta mikorere agahitamo gutaha. Ageze i Kabale ubwo yari kumwe na mugenzi we, Polisi yarabafashe […]
Uko imibare ya Coronavirus ihagaze kuri uyu wa 31 Werurwe
Imibare y’urubuga Worldometers yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya COVID-19 cyifashe ku Isi, yerekana ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Werurwe iki cyorezo kimaze kwandurwa n’abarenga ibihumbi 785 hirya no hino ku Isi. Abantu bo mu bihugu 199 hirya no hino ku Isi ni bo bamaze kwandura kiriya cyorezo. Mu gitondo cyo […]
Undi muhanzi wamamaye mu njyana ya Country Music yishwe na Coronavirus
Umuhanzi Joe Diffie wamamaye mu njyana ya Country Music, yaraye yitabye Imana azize icyorezo cya Virusi ya Corona. Diffie w’imyaka 61 y’amavuko, yavukiye mu gace ka Tulsa muri Leta ya Oklahoma iri mu zigize Leta zunze ubumwe za Amerika, akaba yari afite imizingo 13 y’indirimbo. Uyu muhanzi yitabye Imana nyuma y’iminsi ibiri atangaje ko yasanzwemo […]
Abakozi b’Imana n’abahanuzi bari he ngo bakize igihugu COVID_19 n’igifungo cyayo?

Mu Rwanda cyane hirya no hino muri Kigali ntiwarengaga kilometero imwe (1Km) utanyuze aho bari gusenga, aba bose bahuriza ku buhanuzi, gukiza indwara zananiranye no kubona imigisha myinshi cyane, iyo kubona ubutunzi n’ibindi bibushamikiyeho ariko muri ibi bihe twugarijwe n’icyorezo cya Covid-19, wakwibaza aho baherereye ngo bagikize Abanyarwanda n’Abaturarwanda ndetse n’ingaruka zacyo zirimo n’igifungo cyo […]