epbohgyw4aeimt3.jpg

Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 12 Ukuboza 2020, hirya no hino mu gihugu cy’u Burundi habaye imyigaragambyo ikomeye yo gushyigikira icyemezo cy’Umuryango w’Abibumbye cyo gukura iki gihugu mu bihugu birangwamo umutekano mucye.

Uru rugendo rwateguwe na sosiyete sivile, rwo gushima ko u Burundi bwakuwe muri gahunda z’Akanama k’Umutekano ka Loni, rwatangijwe n’amasengesho yo gushimira Imana kuba yararinze u Burundi mu bihe bikomeye nk’uko tubikesha urukuta rwa twitter rwa Radio na Televiziyo by’u Burundi, RTNB.

Amafoto:

epbohgyw4aeimt3.jpg
epbs_ppxmaarnda.jpg
epbs2hfxiaites1.jpg
epbs689xuaauqcw.jpg
epbsx-5weaqgo7r.jpg
epbvdscxyaetcua.jpg
epbvf8zxiaels_e.jpg
epbvkmfxeaioyqf.jpg

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto
    Nakumiza Aho icitwa Société civile arico gishima ingingo ya Politique nkiyo mugihe mu Burundi abantu banyuruzwa bicwa ku munsi ku munsi, kubabizi ntawe vyotangaza, Kuko abenshi murabo bitwa abaharanira uburengazira bwa muntu mugitondo baba bari mu bikorwa vy’uburenganzira bwa muntu,ku mugoroba ukabasanga mu mbonerakure,bukeye ukabasanga mu myambaro ya CNDD-FDD, niyo miryango akenshi ikunda kwitwa iyiri mu kwaha kwubutegetsi.

  2. Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto
    Nakumiza Aho icitwa Société civile arico gishima ingingo ya Politique nkiyo mugihe mu Burundi abantu banyuruzwa bicwa ku munsi ku munsi, kubabizi ntawe vyotangaza, Kuko abenshi murabo bitwa abaharanira uburengazira bwa muntu mugitondo baba bari mu bikorwa vy’uburenganzira bwa muntu,ku mugoroba ukabasanga mu mbonerakure,bukeye ukabasanga mu myambaro ya CNDD-FDD, niyo miryango akenshi ikunda kwitwa iyiri mu kwaha kwubutegetsi.

  3. Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto
    ariko se byagenze gute ko u Burundi bwari bugizwe nabantu bashishoza?

  4. Abarundi babyukiye mu myigaragambyo hirya no hino mu gihugu – Amafoto
    ariko se byagenze gute ko u Burundi bwari bugizwe nabantu bashishoza?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *