Abarundi banze gukina bambaye Vist Rwanda

Sangiza iyi nkuru

Ikipe ya Dynamo BBC yo mu Gihugu cy’u Burundi yanze kwambara imyenda iriho Visit Rwanda muri Afurika y’Epfo.

Amakuru avuga ko iyi kipe yabujijwe n’abayobozi bakuru muri Politiki i Bujumbura.

Iyi kipe iraza gukina saa Moya z’ijoro zo kuri uyu wa Gatandatu, yatangaje ko itari bujye ku kibuga yambaye imyenda iriho Vist Rwanda.

Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ku Isi, FIBA yababwiye ko nibatagaragara ku kibuga bambaye imyenda yabugenewe barahagarikwa muri Basketball imyaka 5.

Iyi kipe ntiremeza uko iri bujye ku kibuga yambaye ubwo iraba igiye gutana mu mitwe na Cope Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Abarundi banze gukina bambaye Vist Rwanda
    Abarundi bafite ubujiki bwo kurwego rwohejuru ,icyo bita umuterankunga wirushanwa bumva bafite izihe mbaraga zokumuhagarika.ibintu bigira amategeko abigenga iyobumva batagomba kugendera kumategeko bagombaga kureka kwita ira

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *