Umuyobozi wa MONUSCO yasabye M23 guhagarika imirwano byihuse

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita, avuga ko “ahangayikishijwe” no kwiyongera kw’imirwano muri Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bw’igihugu, mu gihe kuri uyu wa Kane M23 yafashe agace ka Mushaki. Mu gihe imirwano isatira Sake na Goma, Umuyobozi wa MONUSCO yahamagariye impande zose […]

Reuters irashinja Israel kwica umunyamakuru wa yo

Abasirikare ba Israel bakoresha igifaru ku itariki ya 13 Ukwakira, bishe umunyamakuru wa Reuters bakomeretsa abanyamakuru batandatu muri Liban barasa ibisasu bibiri bikurikiranye bivuye muri Israel mu gihe abanyamakuru barimo bafata amashusho y’ibisasu byagwaga ku mupaka nk’uko iperereza rya Reuters ryabibonye. Ibyo bisasu bivugwa ko byahitanye umunyamakuru wa Reuters w’amashusho, Issam Abdallah w’imyaka 37, binakomeretsa […]

Minisitiri Vincent Biruta yahaye impanuro Abanyarwanda baba mu Buhinde

gavqwcbxyaedh2s.jpg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, kuri uyu wa Kane yageze i New Delhi mu Buhinde mu ruzinduko rw’akazi rugamije kurushaho gushimangira umubano w’ibihugu byombi, aho yaboneyeho kuganira n’Abanyarwanda baba mu Buhinde agira ubutumwa abasigira. Mu kumuha ikaze, Umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Buhinde, Arindam Bagchi abinyujije kuri X yagize ati “Ikaze […]

EACRF: Ingabo za Sudani y’Epfo na zo zatangiye kuva muri Congo

Ingabo za Sudani y’Epfo zari mu butumwa bw’Umuryango wa EAC mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane na zo zatangiye kuva mu karere ka Nyiragongo, aho sosiyete sivile yaho ivuga ko izi ngabo zagaragaye mu modoka zerekeza ku Kibuga cy’Indege cya Goma. Urubuga Kivumorningpost.cd dukesha iyi nkuru ruvuga ko abaturage […]

Amerika iremeza ko SAF na RSF byakoze ibyaha by’intambara n’itsembabwoko muri Sudani

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 6 Ukuboza, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko yemeje ko ingabo z’igihugu cya Sudani (SAF) n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zakoze ibyaha by’intambara muri Sudani. Mu ijambo rye, Umunyamabanga wa Leta, Antony Blinken, yagize ati: “Nkurikije isesengura ryitondewe rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ibintu bihari, […]

Le ministre britannique démissionne en raison du plan du gouvernement pour le Rwanda

Le ministre britannique de l’Immigration, Robert Jenrick, a dĂ©missionnĂ© mercredi, affirmant qu’il “ne peut pas continuer à  exercer ses fonctions alors qu’il est en dĂ©saccord avec l’orientation de la politique du gouvernement en matiĂšre d’immigration”. Cette dĂ©mission fait suite au dĂ©voilement par le gouvernement d’une lĂ©gislation d’urgence visant à  faciliter sa politique au Rwanda. “Cependant, […]

Ni iki gishobora guhagarika itegeko rishya ry’u Bwongereza rirebana n’u Rwanda?

Inzobere mu mategeko zagize uruhare mu rubanza ku Rwanda, cyangwa zashyigikiye ikirego kuri gahunda ijyanye n’u Rwanda, zavuze ko itegeko rishya rishobora gutangiza urugamba rwagira ingaruka zikomeye muri politiki hagati ya leta y’u Bwongereza n’Urukiko rw’Ikirenga hamwe n’Urukiko rw’u Burayi rw’uburenganzira bwa muntu (European Court of Human Rights, ECHR). Umwe mu nzobere mu mategeko wubashywe […]

Operation Springbok yatangirijwe kurinda Goma na Sake igitero cyose cya M23 – MONUSCO

“Operation Springbok yatangirijwe kurinda Goma na Sake igitero icyo ari cyo cyose cya M23 ni igikorwa cyo kurinda. Intego y’iki gikorwa ni ugutsinda igitero icyo ari cyo cyose mu gace kagomba kurindwa, ” uyu ni Major Hassan Kheira wo mu biro by’umuvugizi wa MONUSCO mu kiganiro yagiranye na Radio Okapi kuri uyu wa Kabiri ushize. […]

The trial of “serial killer” Denis Kazungu is scheduled for January 2024

The Nyarugenge Intermediate Court is scheduled to commence the substantive trial of Denis Kazungu, the alleged serial killer accused of murdering 14 people and burying their remains in his residence in Busanza. The trial is set to begin on January 5, 2024. Kazungu faces charges including murder, rape, robbery, forgery, and desecration of human corpses. […]

Goma: Umunyamakuru wa VOA yafashwe na ANR azira channel yo mu Rwanda

Umunyamakuru wa Ijwi rya Amerika i Goma, Jimmy Shukrani Bakomera yatawe muri yombi inshuro ebyiri kuri uyu wa Mbere ushize no kuwa Kabiri i Goma, afashwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Yahaswe ibibazo ku bufatanye ubwo ari bwo bwose ngo yaba afitanye na channel ikorera mu Rwanda itavuzwe izina. Urubuga SOS Media Burundi dukesha iyi […]

Gitifu wa Murama arafunzwe nyuma yo kugonga abanyeshuri umwe akahasiga ubuzima

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, Mapendo Gilbert, wari utwaye imodoka ya Jeep Toyota RAV4, yagonze abana icumi b’abanyeshuri, umwe ahasiga ubuzima. Iyi Toyota Rav4 ifite pulaki RAC 777 E, yavaga i Kigali yakoreye impanuka mu Muduguidu wa Gasiza, Akagari ka Bisenga, Umurenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, […]

Zelensky yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri ba Amerika

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera iki gihugu mu ntambara kirimo n’u Burusiya. Kugaragara muri Sena no mu ngoro y’abadepite mu buryo bw’ikoranabuhanga byari biteganijwe ku wa Kabiri, ariko byahagaritswe ku munota wa nyuma. Bije nyuma […]

Le Rwanda et le Royaume-Uni signent un nouvel accord sur la migration

35761.jpg

Le Rwanda et le Royaume-Uni ont annoncĂ© mardi 5 dĂ©cembre un nouveau traitĂ© sur la migration qui devrait rĂ©affirmer, de maniĂšre contraignante, les engagements dĂ©jà  existants qui rĂ©pondent aux prĂ©occupations prĂ©cĂ©demment soulevĂ©es concernant la protection des demandeurs d’asile. Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres, le Dr Vincent Biruta, aux cĂŽtĂ©s du ministre de l’IntĂ©rieur britannique en […]

Nyamagabe: Bahangayikishijwe n’amafaranga bamaze imyaka 7 bakatwa batazi aho ajya

Abaturage bakora imirimo y’amasuku mu mihanda mu Murenge wa Cyanika, mu Karere ka Nyamagabe, baravuga ko batewe impungenge n’amafaranga bakatwa ku mushahara babwirwa ko ari ay’ubwizigame bwa “Ejo Heza”ariko ntibamenye irengero ryayo mu gihe ubuyobozi buvuga ko butari buzi iki kibazo. Bamwe muri aba baturage bamaze imyaka 7 muri aka kazi, bose bahuriye ku kwemeza […]

Israel iravuga ko yagose inkambi nini y’impunzi muri Gaza

Israel kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko yagose inkambi y’impunzi ya Jabalia, ikaba ari yo yari nini muri Gaza. Ingabo za Israel zivuga ko iyi nkambi, iri mu majyaruguru ya Gaza, yakoreshwaga nk’ibirindiro bya Hamas. Hagati aho, Isreal ikomeje gutera ibisasu mu majyepfo ya Gaza, nko mu mujyi wa Khan Younis, wimuwe igice nk’uko iyi […]

U Burusiya buri gutegura umutwe w’Abarwanyi b’Abanyafurika ushobora gusimbura Wagner

Intumwa z’u Burusiya ziyobowe na Minisitiri w’ingabo wungirije ziri i Niamey. Uru nirwo ruzinduko rwa mbere rw’akazi rw’umwe mu bagize Guverinoma y’u Burusiya muri iki gihugu kuva ku itariki ya 26 Nyakanga habaye ihirikwa ry’ubutegetsi ryahungabanije umubano wa Niger n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga, aho ivugwa ko mu bimugenza harimo no gushinga umutwe w’abarwanyi b’Abanyafurika bashobora gusimbura Wagner. […]

Uwahoze ari Perezida wa Maurtania yakatiwe imyaka 5 y’igifungo

Urukiko mpanabyaha rushinzwe ibyaha bya ruswa muri Mauritania kuwa Mbere, itariki 4 Ukuboza, rwakatiye uwahoze ari Perezida, Mohamed Ould Abdel Aziz, igifungo cy’imyaka 5, mu rubanza rwatangiye kuva muri Mutarama 2023 kubera ibyaha byo kunyereza amafaranga ya leta. Uwahoze ari perezida wa Mauritania na icumi mu bo bakoranye baciriwe urubanza mu rwego rwiswe “urubanza rw’imyaka […]

Nzaba perezida utagira umushahara – Moise Katumbi

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 4 Ukuboza 2023, ubwo yari imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye i Gemena, umurwa mukuru w’Intara ya Sud-Ubangi bagiye kwakira umukandida MoĂ ÂŻse Katumbi Chapwe ukomeje urugendo rwe rwo kwiyamamaza, yababwiye ko natorwa azakora adahembwa. Imbere y’imbaga yari iteraniye ku rubuga rwa Kermesse, MoĂ ÂŻse Katumbi, muri mitingi ye yamamaye, yasabye abaturage […]

Le ministre britannique de l’IntĂ©rieur est au Rwanda

Le ministre de l’IntĂ©rieur du Royaume-Uni, James Cleverly, a visitĂ© mardi matin le MĂ©morial du gĂ©nocide de Kigali, dans le cadre de sa visite au Rwanda. La visite de Cleverly à  Kigali intervient au moment oĂ Âč le Rwanda et le Royaume-Uni envisagent de signer un nouveau traitĂ© sur la migration, qui mettrait, entre autres, l’accent […]

Mayotte: Request for expulsion of migrants including Rwandans installed in a stadium

The department took legal action to request the expulsion of migrants who established a camp within the grounds of the Cavani stadium in Mayotte. To support his request, he asks local residents to provide proof of the possible disturbances it causes. “Today we have a property that we cannot exploit because migrants have taken up […]

Huye: Bahangayikishijwe n’ibisambo bifungurwa bikajya kubihoreraho

Abaturage bamwe bo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye bahangayikishijwe n’ubujura buvanzemo urugomo, aho bemeza ko ababukora n’iyo bafunzwe iyo bafunguwe bataha biyemeje kwihorera. Mu gihe ubuyobozi buvuga ko abaturage bakwiye gukomeza gutangira amakuru ku gihe kugira ngo abakora ubwo bujura bakurikiranwe n’amategeko, abaturage bamwe bo mu Murenge wa Ngoma bo bavuga ko […]

Bissau: Umutekano wakajijwe nyuma yo gusesa inteko no gufunga televiziyo y’igihugu

Gukaza umutekano mu murwa mukuru wa Guinea-Bissau bishobora kugeza byibuze hagati mu Kuboza nyuma y’iseswa ry’Inteko ishinga amategeko ndetse n’ihagarikwa rya televiziyo y’igihugu kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 4 Ukuboza. Amakuru y’ibanze yerekana ko ingamba z’umutekano zongerewe hafi ya Televiziyo y’igihugu ( TGB) na Radio bya Guinea-Bissau (RDN). Perezida Umaro Embalo yasheshe Inteko […]

Mayotte: Abimukira b’Abanyarwanda bituje muri stade barasabirwa kwirukanwa

Departement ya leta muri Mayotte yitabaje ubutabera isaba kwirukana abimukira barimo Abanyarwanda bashinze inkambi mu kibuga cya Stade Cavani. Kugira ngo ishyigikire icyifuzo cyayo, yasabye abaturage bahaturiye gutanga ibimenyetso byerekana imvururu iyi nkambi itera. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 30 Ugushyingo, perezida w’inama y’iyi department, Ben Issa Ousseni, yamaganye ibi agira ati: “Uyu […]

Igisirikare cya Iran kiremeza ko gishobora gusenya Israel mu masaha 48

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran (IRGC), General Major Hossein Salami, yavuze ko ubutegetsi bwa Israel buzasenyuka mu masaha 48 niharamuka hagaragaye ikindi gikorwa cya gisirikare nk’icyo ku musigiti wa Al-Aqsa. Amakuru yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Iran (ANI) avuga ko General Major Salami yagize ati: “Mu masaha 48, Israel izavanwa mu miterere ya politiki y’Isi.” Salami […]

Guinea-Bissau: Perezida Embalo yasheshe inteko ishinga amategeko nyuma y’ipfuba rya coup d’etat

Kuri uyu wa Mbere, Umuvugizi wa Guverinoma yabwiye abanyamakuru ko Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yasheshe inteko ishinga amategeko y’iki gihugu, nyuma y’ibyo Embalo yavuze ko ari ugushaka guhirika ubutegetsi mu gihugu gito cya Afurika y’iburengerazuba mu cyumweru gishize. Imirwano hagati y’imitwe ibiri y’ingabo yabereye i Bissau mu ijoro ryo ku wa Kane ikomeza […]

U Bwongereza bugiye guha u Rwanda izindi miliyoni muri gahunda y’abimukira

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yiteguye guha u Rwanda byibuze izindi miliyoni 15 z’ama pound kugirango hashyirwe umukono ku masezerano yo gufata abasaba ubuhunzi birukanwa mu Bwongereza, nk’uko byatangajwe. Amafaranga azaba yiyongera ku yandi miliyoni 140 zama pound zamaze guhabwa u Rwanda muri gahunda y’igihugu cyo mu burasirazuba bwa Afurika yo kwakira abasaba ubuhungiro […]

RDC: Umukandida Delly Sesanga nawe yiyemeje kujya inyuma ya Moise Katumbi

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), mu gihe hasigaye iminsi cumi n’irindwi ngo amatora rusange abe, umukandida Delly Sesanga yivanye mu ihatana ashyigikira MoĂ ÂŻse Katumbi wahoze ari Guverineri wa Katanga. Ku ikubitiro hari abakandida 26, ariko hasigaye 22 gusa, nyuma y’uko abakandida bane barimo uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Matata Poyo, bateraniye inyuma ya MoĂ ÂŻse […]

Ibigo 8 by’ubuvuzi gakondo birimo Kunga Thearpy na Ijabo Life Center byafunzwe

Minisiteri y’ubuzima (MoH) yafunze ikigo cya Kunga Therapy n’ibindi bigo birindwi bitanga imiti gakondo, ubuvuzi byuzuzanya, n’ubundi buryo. Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Ukuboza, itangazo ryashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ubuzima, ryerekanye ko iki cyemezo cyafashwe nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko ibyo bigo bikora ibikorwa bimwe na bimwe binyuranyije n’amategeko n’amabwiriza agenga urwego rw’ubuzima. Ibikorwa byateye […]

U Buholandi bwajyanwe mu rukiko bushinjwa ibyaha by’intambara muri Gaza

Urukiko rwo mu Buholandi rugiye kuburanisha urubanza rurega leta uruhare mu byaha by’intambara muri Gaza kubera gutanga ibyuma byo gusimbura ibishaje by’indege z’intambara za Israel. Urubanza rwatangijwe n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo mu Buholandi, rutangira kuri uyu wa Mbere, ruvuga ko Leta y’u Buholandi igira uruhare mu byaha bivugwa by’intambara kubera kohereza muri Israel […]

Le M23 s’engage à  reprendre les positions qu’il avait cĂ©dĂ©es à  l’EACRF

Le groupe rebelle M23 opĂ©rant dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo a annoncĂ© qu’il rĂ©occuperait les positions qu’il avait cĂ©dĂ©es à  la Force rĂ©gionale de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EACRF). Cette annonce intervient aprĂšs que la force rĂ©gionale a commencĂ© à  se retirer de ses positions dans la province du Nord-Kivu le […]

U Rwanda rwashyizeho kandida perezida kugira ngo rusahure neza igihugu – Bemba

Minisitiri w’intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa Gatandatu, itariki ya 2 Ukuboza 2023, Jean-Pierre Bemba Gombo, muri mitingi yabereye i Moanda mu Ntara ya Kongo Central yatangaje ko u Rwanda rwashyize umukandida mu matora ya perezida kugira ngo azayobore igihugu. Perezida w’ishyaka Mouvement de libĂ©ration du Congo […]

Rwandan troops in Mozambique are successfully protecting civilians – By Ralph Shield

Rwanda’s involvement in peacekeeping operations for the United Nations (UN) and African Union (AU) has increased since 2004. The relatively small East African nation is Africa’s most active troop-contributing country and the fourth most active worldwide. It has nearly 6,000 soldiers and police committed to UN peacekeeping missions. In recent years, however, Rwanda has deployed […]

Mbarara: Hafashwe abagabo babiri bibaga imirambo mu bitaro

Igipolisi cya Uganda muri Mbarara cyataye muri yombi abagabo babiri bashinjwa kwiba imirambo mu Bitaro by’Icyitegererezo by’Akarere ka Mbarara. Umuvugizi w’ibi bitaro, Halson Kagure, kuri uyu wa kane ushize yavuze ko nubwo amabwiriza avuga ko umurambo w’umuntu wapfuye ugomba kubanza kunyuzwa mu bitaro ngo ukorerwe ibizamini, abakekwa n’ibyitso byabo bavugwaho kuba baribaga imirambo bakayiha benewabo […]

L’UA s’apprĂ ÂȘte à  rĂ©cupĂ©rer les avoirs «  volĂ©s  » de l’Afrique

L’Union africaine (UA) a officiellement adoptĂ© jeudi la Position africaine commune sur le recouvrement des avoirs (Capar) lors de la 45e rĂ©union du Conseil consultatif de l’UA contre la corruption (AUABC) tenue à  Arusha, en Tanzanie, rapporte The Citizen. Capar est un instrument de rĂ©cupĂ©ration des avoirs volĂ©s en Afrique. La secrĂ©taire exĂ©cutive de l’AUABC, […]

RDC: Ububiko bwa Komisiyo y’amatora bwibasiwe n’inkongi y’umuriro

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, itariki ya 29 Ugushyingo 2023, ahagana mu ma saa mbiri n’iminota 15 z’ijoro, inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’ishami rya Komisiyo yigenga ishinzwe amatora ya RDC (CENI) ahitwa Bolobo, mu Ntara ya Mai Ndombe. Iyi nkongi yangije burundu inyubako y’ububiko, bitera igihombo kinini cy’ibikoresho kuri CENI. Mu bikoresho byahiye bigakongoka […]

Umunyeshuri wiga muri Kaminuza y’u Rwanda akurikiranweho gukuramo inda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 1 Ukuboza 2023, abashinzwe isuku muri Kaminuza y’u Rwanda i Huye basanze umwana w’uruhinja, bigaragara ko yari afite amezi 8 n’iminsi mikeya, mu gatebo k’imyanda kari ku macumbi y’abakobwa azwi nka Benghazi. Umwe mu banyeshuri ba kaminuza niwe ukekwaho gukuramo inda yarangiza akajugunya uruhinja mu gatebo […]

Israel yari izi ko Hamas irimo iritegura kuyitera iryumaho – New York Times

Israel ngo yari imaze umwaka urenga izi gahunda y’igitero cy’iterabwoba cya Hamas nk’uko byahishuwe n’ikinyamakuru New York Times cyabashije kubona iyi gahunda mu buryo burambuye. Nk’uko iki kinyamakuru gikomeye muri Amerika kibivuga, abayobozi ba Israel birengagije umuburo. Ni inyandiko y’impapuro 40, ijyanye mu ngingo zose, na gahunda irambuye y’igitero cy’iterabwoba cyo ku itariki ya 7 […]

RDF yahaye ikaze abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu gisirikare

gapnrncxwaa7xnt.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda cyafunguriye amarembo Abanyarwanda bose bifuza kukinjiramo ku rwego rw’abasirikare bato, aho kwiyandikisha ku turere no mu mirenge byatangiye kuri uyu wa Gatanu, itariki 01 Ukuboza bikazarangira ku itariki ya 31 Ukuboza 2023. Abahamagawe ni abasore n’inkumi b’Abanyarwanda, bari hagati y’imyaka 18 na 25, bafite ubuzima bwiza, batigeze bahamwa n’icyaha kandi badakurikiranweho ibyaha, […]

Guinea-Bissau: Agatsiko k’abasirikare kabohoje ku ngufu minisitiri wari wafashwe na polisi

Muri Guinea-Bissau, urusaku rw’amasasu rwinshi rwumvikanye mu ijoro ryo ku wa Kane, rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 1 Ukuboza, hafi y’ikigo cya gisirikare giherereye mu majyepfo y’umurwa mukuru ubwo itsinda ry’abasirikare ryabohozaga ku ngufu minisitiri wari watawe muri yombi na polisi. Abasirikare bo muri iki kigo mu ijoro ryakeye bagerageje kubohoza minisitiri n’umunyamabanga […]

Amafoto: Igisirikare cy’u Bushinwa na RDF bikomeje gushimangira ubufatanye

ganh4_twcaaqpgm.jpg

Kuri uyu wa Kane, itsinda ry’abasirikare bakuru n’abato mu Gisirikare cy’u Bushinwa, ziyobowe na Senior Col You Jian kandi aherekejwe n’umuyobozi wungirije muri Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, LIN Hang, basuye Igisirikare cy’u Rwanda (RDF). Iri tsinda ryakiriwe n’umuyobozi mukuru w’ingabo zirwanira mu kirere, Lt Gen J J Mupenzi. Ku cyicaro cya RDF, basobanuriwe urugendo […]

RDC: Kandida perezida Enoch Ngila azahemba umusirikare muto asaga 500,000 Frw natorwa

Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Enoch Ngila arashaka kugabanya umubare w’intara ukava kuri 26 ukagera kuri 11, ndetse no guhemba umwarimu wo hasi n’umusirikare muto asaga 500,000 Frw. Ibi yabitangaje ku wa Gatatu, itariki ya 29 Ugushyingo 2023, ubwo yerekanaga imigabo n’imigambi ye, abisabwe n’Inama Nkuru ishinzwe itangazamakuru n’itumanaho […]

Israel: Batatu bapfuye abandi barakomereka nyuma yo kurasirwa ahategerwa bus

Polisi ya Israel yavuze ko abantu batatu bishwe abandi benshi barakomereka nyuma y’uko abantu babiri bitwaje imbunda barasiye ahategerwa bus mu nkengero za Yeruzalemu. Abagabye igitero na bo bishwe. Polisi yavuze ko abantu 16 bakomerekeye mu iraswa ryo kuri uyu wa Kane. Serivisi zishinzwe ubutabazi muri Israel zavuze ko zihutanye abantu umunani bakomeretse bikabije mu […]

Huye: Abunganira Munyenyezi bashinje ubushinjacyaha gukoresha inyandiko mpimbano

Mu rubanza rwa Beatrice Munyenyezi rubera mu Rukiko Rwisumbuye rwa Huye, abamwunganira basabye urukiko gutesha agaciro inyandikomvugo y’umwe mu bamushinja. Abunganira Beatrice Munyenyezi barega ubushinjacyaha icyaha cy’inyandiko mpimbano ni bo batangiye basobanura ibikubiye mu kirego cyabo. Umunyamategeko Bruce Bikotwa, umwe mu bunganira Munyenyezi yashingiye ku nyandiko mvugo yo kwirega, kwicuza , kwemera icyaha no gusaba […]

Perezida wa Namibia yashimangiye ko nta ngabo azohereza muri RD Congo

Perezida Hage Geingob yongeye gushimangira icyemezo cya Guverinoma ya Namibia cyo kutazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu rwego rw’ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bwa SADC. Mu cyumweru gishize, SADC na Guverinoma ya Kinshasa bashyize umukono ku masezerano i Kinshasa yo kohereza ingabo zizafasha guhashya icyorezo cy’imitwe yitwaje intwaro, harimo n’inyeshyamba za M23, […]

Kayonga nommé ambassadeur du Rwanda en Turquie

Une rĂ©union du cabinet a nommĂ©, mercredi, le lieutenant gĂ©nĂ©ral (à  la retraite) Charles Kayonga au poste d’ambassadeur du Rwanda en Turquie, en remplacement de Fidelis Mironko qui occupe des fonctions similaires depuis 2020. Kayonga revient à  la diplomatie quatre ans aprĂšs avoir servi pour la derniĂšre fois comme ambassadeur du Rwanda en Chine. Ancien […]

Gaza: Agahenge hagati ya Hamas na Israel kongereweho amasaha

Kuri uyu wa Kane, Israel na Hamas byagiranye amasezerano y’umunota wa nyuma yo kongeraho umunsi umwe byibuze ku gahenge k’iminsi 6 byari byemeranyije kugira ngo abashyikirana bakomeze gukora ku masezerano yo kugurana imbohe yabereye i Gaza ku mfungwa z’Abanyapalestine. Aya masezerano yemereye abakora ubutabazi kwinjira muri Gaza nyuma y’uko igice kinini cy’ubu butaka bwegereye inyanja […]

Uganda iravugwaho kunyuzwamo intwaro UAE yoherereza umutwe wa RSF muri Sudani

Umujenerali wo muri Sudani wo ku rwego rwo hejuru yavuze ko Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zoherereza ibikoresho umutwe wa Rapid Support Forces (RSF), ashinja UAE mu ruhame kugira uruhare mu ntambara igisirikare cya leta kirimo kurwanamo n’uyu mutwe. Abayobozi b’ingabo mbere bari baravuze gusa ko kwivanga kwa bimwe mu bihugu by’ibituranyi bitavuzwe amazina mu ntambara […]

Elections in the DRC: Towards a withdrawal of observers from the European Union?

The European Union observation mission still does not have all the authorizations to use its communications equipment in the DRC. The situation is becoming critical, according to certain European chancelleries, given the relatively tight deadlines and the numerous operations to be covered by the mission. Discussions are said to be underway and a withdrawal from […]

RDC: Indorerezi z’amatora za EU zabujijwe gukoresha ibikoresho by’itumanaho zajyanye

Ubutumwa bw’indorerezi z’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi ntizirahabwa uburenganzira bwose bwo gukoresha ibikoresho by’itumanaho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibintu birakomeye, nk’uko ibiro bimwe na bimwe by’ibihugu by’i Burayi i Kinshasa bibitangaza, bitewe n’igihe ntarengwa cyagenwe ndetse n’ibikorwa byinshi bigomba gukorwa n’ubu butumwa. Ibiganiro bivugwa ko birimo gukorwa ariko ko kuvana ubu butumwa muri […]

Gambia irashaka kwiga byinshi ku Nama y’Umushyikirano ikorwa mu Rwanda

gadbfxhbcaaxrkx.jpg

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. à‰douard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ugushyingo 2023, yakiriye Visi Perezida wa Gambia akaba na Minisitiri w’Intebe, Muhammed B.S Jallow, kugira ngo baganire ku buryo ibihugu byombi bishobora gusangira ubumenyi n’ubunararibonye mu bijyanye n’imiyoborere myiza. Jallow, hamwe n’intumwa ze bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi no gusura rw’iminsi […]

Mende asanga imyaka 3 irimo uwa Covid-19 idakwiye kubarwa muri manda ya mbere ya Tshisekedi

Lambert Mende wahoze ari minisitiri w’itangazamakuru n’umuvugizi wa Guverinoma asanga Perezida Tshisekedi akwiye manda ya kabiri kuko ngo mu myaka ibiri muri manda ye ya mbere, afata nk’aho ari yo yayoboye gusa, yakozemo byinshi. Urubuga mediacongo.net dukesha iyi nkuru ruvuga ko abakada benshi muri politiki ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo babona Tshisekedi nk’uzatsinda amatora […]

Kenya: Abantu bagera mu 120 bamaze kwicwa n’imyuzure

Umubare w’abantu bahitanwe n’imyuzure mu bice bitandukanye bya Kenya umaze kugera ku bantu 120 nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi muri guverinoma kuri uyu wa Kabiri. Ingo zigera ku 89,000 zimuwe zicumbikirwa mu nkambi zigera ku 120 nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mukuru muri minisiteri y’umutekano, Raymond Omollo, mu itangazo ryashyizwe ahagaragara. Igihugu cya Kenya kimwe n’ibihugu by’ibituranyi […]

Kinshasa: Hafashwe agatsiko karimo abapolisi kacuraga amakarita y’itora

Nyuma y’ikirego cyatanzwe na komisiyo yigenga y’amatora yigenga (Ceni) abapolisi bataye muri yombi agatsiko k’abantu bakoraga amakarita y’itora y’amahimbano i Kinshasa. Aba ni umusivili wakoraga nk’umukozi w’igihe gito muri CENI n’abapolisi batatu. Aya makuru yatanzwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Ugushyingo n’ishami ry’itumanaho rya CENI. Abantu batawe muri yombi ni: Brigadier Nzuzi Kinzunga Djoly, […]

Sierra Leone: Abantu 20 bishwe imfungwa 2000 ziratoroka nyuma y’igisa nka coup d’etat

Kuri uyu wa Mbere ushize, abayobozi bavuze ko abantu 20 bishwe kandi abagororwa bagera ku 2000 bagatoroka gereza mu gitero cyagabwe ku kigo cya gisirikare, gereza ndetse n’ahandi muri Sierra Leone. Iki gihugu cya Afurika y’Iburengerazuba cyacitsemo igikuba mu gitondo cyo ku Cyumweru ubwo abantu bitwaje intwaro barasiraga amasasu menshi mu murwa mukuru Freetown. Guverinoma […]

Anne Hidalgo uyobora Umujyi wa Paris yafashe icyemezo cyo kureka gukoresha X

Kuri uyu wa Mbere, itariki 27 Ugushyingo, Umuyobozi w’Umujyi wa Paris, Anne Hidalgo, yatangaje ko aretse gukoresha urubuga rwa X rwahoze ruzwi ku izina rya Twitter, avuga ko ari “umwanda ukomeye ku Isi” urimo gusenyaga demokarasi yacu ” binyuze mu gukwirakwiza ihohoterwa n’amakuru atari yo. Nyuma yo kugura Twitter mu 2022, Elon Musk yirukanye abakozi […]

Uvira: Benshi baguye mu gitero cya Gumino ifatanyije na FARDC na Mai-Mai kuri Twirwaneho

Mu cyumweru gishize, i Nakamungu muri Gurupoma ya Kigoma, Teritwari ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, abasirikare benshi ba FARDC barapfuye baguye mu mirwano na Twirwaneho none hatangijwe iperereza ku rupfu rwabo. Bivugwa ko ku wa Kabiri, itariki ya 21 Ugushyingo, abasirikare ba FARDC bari kumwe n’abarwanyi ba Mai-Mai ikomoka kuri Mai-Mai Rushaba bari […]

Nigeria: Indege itwara abagenzi yayobye ibajyana mu birometero 300 by’aho bari bagiye

Indege y’ubucuruzi yo muri Nigeria irimo abagenzi barenga 100 yaguye ku kibuga cy’indege kitari cyo muri weekend. Indege ya United Nigeria Airlines, yahagurutse ku Cyumweru mu Mujyi w’Ubucuruzi wa Nigeria, Lagos, yerekeza i Abuja, umurwa mukuru w’iki gihugu, ihita yerekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Asaba. Abakozi bo mu ndege batangaje bati: “Murakaza neza ku […]