Gabon yahagaritswe igice muri Commonwealth itaramaramo kabiri
Gabon yahagaritswe, igice, muri Commonwealth nyuma y’uko abayobozi ba gisirikare bakoze coup d’etat yakuyeho Perezida Ali Bongo. Iki cyemezo cyafashwe n’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga ba Commonwealth bitabiriye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Abayobozi bahamagariye Gabon kubahiriza indangagaciro n’amahame bya Commonwealth nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Basabye igihugu gutegura amatora yizewe vuba bishoboka. Igisirikare cya Gabon […]
Azerbaijan yongeye kugaba ibitero mu karere ka Nagorno-Karabakh ikunze gupfa na Armenia
Igisirikare cya Azerbaijan cyatangaje ko cyatangije “ingamba zo kurwanya iterabwoba” kigaba ibitero ku birindiro by’Ingabo za Armenia nyuma y’uko mine zihitanye abasirikare bane n’abasivili babiri mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri mu gace ka Nagorno-Karabakh. Iki gice kiganjemo abaturage bo mu bwoko bwa Armenia, giherereye muri Azerbaijan, cyabaye intandaro y’amakimbirane n’intambara hagati ya Azerbaijan […]
L’économie du Rwanda a enregistré une croissance de 6,3% au deuxième trimestre
Le Rwanda a enregistrĂ© une croissance de 6,3% du PIB au deuxième trimestre 2023 après une croissance de 9,2% au premier trimestre, selon les chiffres publiĂ©s par l’Institut national des statistiques du Rwanda (NISR) lundi 18 septembre. La croissance du PIB aux prix actuels du marchĂ© — Ă Â 3 970 milliards de Frw — se […]
Somalia: Ingabo z’u Burundi zatanze ibirindiro bya Biyo Cadale zari zimazemo imyaka 8

Ku Cyumweru, Ingabo z’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (ATMIS) zatangiye icyiciro cya kabiri cyo kuvana abasirikare muri iki gihugu zishyikiriza Leta ya Mogadishu Ikigo cya gisirikare cya Bio Cadale cyo muri Leta ya Hirshabelle cyacungwaga n’Ingabo z’u Burundi. Lt. Col. Philippe Butoyi, umuyobozi wa ATMIS muri Bio Cadale, yavuze ko ihererekanyabubasha ry’inshingano z’umutekano […]
M23 yijeje abaturage ba Kiwanja ko amateka ya 2013 atazigera yisubiramo
Abasirikare bakuru ndetse n’abakada ba M23/ARC kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Nzeri bakoranye inama n’abaturage bo mu Mujyi wa Kiwanja, bahagaritse ibikorwa byose bakajya kwakira abayobozi b’uyu mutwe barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa, Benjamin Mbonimpa. Mbere yo kugirana ibiganiro, abaturage ba Kiwanja babanje kwerekwa abashyitsi bagizwe n’abasirikare bakuru ba M23 barimo na Col kabengele uherutse kwitandukanya […]
Amoko arenga 130 y’amavuta n’amasabune bitukuza uruhu yahagaritswe ku isoko

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 18 Nzeri, ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyasohoye urutonde rw’ibicuruzwa bibujijwe birimo amoko arenga 130 y’amavuta yo kwisiga, amasabune na cream birimo ibintu bibujijwe. Urutonde rurimo amavuta arimo ibinyabutabire bitukuza uruhu hamwe n’imiti nka hydroquinone, aside kojic, steroid na mercure. Rwanda FDA yatangaje ko gutumiza no […]
Umusirikare wa UPDF yishe arashe inka 18 akomeretsa izindi zisaga 20
Igisirikare cya Uganda (UPDF) kiri gukora iperereza ku kuntu umusirikare wacyo yarashe akica inka 18 agakomeretsa izindi zisaga 20 mu Karere ka Nakapiripirit ku Cyumweru. Ni umusirikare kuri muri division ya 3 y’ingabo zirwanira ku butaka nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa yo w’agateganyo, Major Moses Amuya. Major Amuya yavuze kandi ko umusirikare ushinjwa kwica aya matungo […]
15 FARDC soldiers killed during clashes with Mobondo militiamen
Soldiers from the 11th military region of the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo were killed during violent clashes with Mobondo militiamen. The events took place during the day of Sunday September 17 in the village of Mulosi, located between Kabuba and Batshongo, in the territory of Kenge (Kwango). The information was delivered […]
Kagame a présidé le Conseil consultatif présidentiel à  New York
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© dimanche 17 septembre la rĂ©union du Conseil consultatif prĂ©sidentiel (PAC) qui a discutĂ© de solutions innovantes et pratiques pour soutenir le progrès socio-Ă©conomique du Rwanda. La rĂ©union qui a rĂ©uni des experts rwandais et internationaux qui offrent des conseils stratĂ©giques au prĂ©sident et au gouvernement a Ă©galement discutĂ© des […]
Abasirikare 15 ba FARDC biciwe mu mirwano yabahuje n’inyeshyamba za Mobondo
Abasirikare 15 bo mu karere ka 11 ka gisirikare k’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baguye mu mirwano ikaze yabahuje n’inyeshyamba za Mobondo. Ibi byabereye ku munsi wo ku Cyumweru, itariki ya 17 Nzeri mu mudugudu wa Mulosi, uherereye hagati ya Kabuba na Batshongo, muri Teritwari ya Kenge mu Ntara ya Kwango. Aya makuru […]
U Burundi buri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru iza EAC nizihava
Igisirikare cy’u Burundi kiri gutegura ingabo zizoherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru gufasha Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igihe ingabo za EAC zizaba zivuye muri iki gihugu nk’uko byatangajwe n’umwe mu basirikare b’u Burundi. Mu gihe kirekire, amasezerano y’ibanga hagati y’ibihugu byombi yemereye u Burundi kohereza ingabo zo guhiga imitwe y’inyeshyamba z’Abarundi za RED-Tabara na […]
Hagiye kwifashishwa drones mu kurwanya ibikorwa byangiza ibidukikije
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) na Minisiteri y’ibidukikije byatangije ikoreshwa ry’indege zitagira abapilote mu kurwanya ibyaha byibasira ibidukikije. Ibyaha byibasira ibidukikije ni igikorwa kitemewe cyangiza ibidukikije kandi nicyo cyaha cya kane gikorwa n’abantu benshi ku Isi. Ni icyaha cyiyongera ku rugero rwa gatanu na karindwi ku ijana buri mwaka, nk’uko raporo zibitangaza. Indege zitagira abadereva (drones) […]
Ikirango cy’Umujyi wa Khartoum cyafashwe n’inkongi nyuma y’imirwano ikaze
Inyubako zafashwe n’inkongi y’umuriro mu murwa mukuru wa Sudani nyuma y’imirwano ikaze hagati y’ingabo za leta n’ingabo z’umutwe wa RSF bahanganye. Amashusho yashyizwe kuri internet ku Cyumweru yerekanye umuturirwa w’icyitegererezo i Khartoum wa Greater Nile Petrole Oil Company urimo uragurumana. Mu butumwa yanditse kuri X, yahoze yitwa Twitter, Tagreed Abdin, umwubatsi w’iyi nyubako, yagize ati: […]
Kim jong Un yasoje uruzinduko rwe mu Burusiya atahana drones z’impano
Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yavuye mu Burusiya kuri iki Cyumweru, itariki 17 Nzeri, muri gari ya moshi ye y’umutamenwa , ubwo yasozaga urugendo rw’iminsi itandatu rwibanze ahanini ku bibazo bya gisirikare. Uru ruzinduko rwa mbere rwa Kim mu mahanga kuva icyorezo cya coronavirus cyaduka rwateye […]
Ukraine ikomeje kugaba ibitero i Moscow no muri Crimea
Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwavuze ko bwahagaritse igitero cya Ukraine cyagabwe kuri Crimea, mu gihe indege zitagira abadereva nazo zagabye igitero i Moscou, bihagarika ingendo zo mu kirere mu murwa mukuru, kandi bitera inkongi y’umuriro mu bubiko bwa peteroli mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu. Ukraine muri iyi minsi yagabye ibitero byinshi ku bikorwaremezo by’ingabo z’u […]
Libya: Abantu 11,300 ni bo bamaze kubarurwa bishwe n’imyuzure
Nibura abantu 11.300 nibo bamaze kubarurwa bapfuye abandi 10.100 baburirwa mu mujyi wa Derna uri ku nkombe z’inyanja nyuma y’icyumweru kimwe inkubi y’umuyaga yiswe Daniel yibasiye amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Libya, nkuko ibiro by’umuryango w’abibumbye bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi byatangaje ku wa Gatandatu. Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yavuze ko abantu bagera ku 170 bapfuye bazize umwuzure ahandi […]
Maroc yateye utwatsi iby’uruzinduko rwa Macron rwatangajwe na minisitiri Colonna
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Nzeri, Maroc yateye utwatsi amagambo yavuzwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Catherina Colonna, wavuze ko Perezida Emmanuel Macron azasura Maroc. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru bya Maroc (MAP) bibitangaza, umukozi wa guverinoma yavuze ko Macron adafite gahunda cyangwa uruzinduko rwateguwe muri Maroc. Uyu muyobozi wirinze ko amazina ye atangazwa kuko […]
Amayobera arakomeje ku bantu ba nyabo batanze amabwiriza yo kwica abaturage i Goma
Amayobera aracyakomeje ku bantu ba nyabo bagize uruhare mu iyicwa ry’abaturage ku itariki ya 30 Kanama mu Mujyi wa Goma. Nyuma y’iburanisha ry’abatangabuhamya n’abahohotewe bagera kuri 33 bari muri uru rubanza, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 15 Nzeri, mu Rukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru , nta n’umwe wemeje neza ba nyirabayazana ba […]
Mu Burundi hikanzwe coup d’etat mu gihe Perezida Ndayishimiye atari mu gihugu
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Radio na Televiziyo by’Igihugu (RTNB) mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, bigoswe n’abashinzwe umutekano kuva kuri uyu wa Kane ushize, ariko nta mpamvu iratangwa yabyo nubwo hari abakeka ko haba hikangwa coup d’etat. Ni ku nshuro ya mbere kuri uyu wa Gatanu ngo hagaragaye abasirikare bo mu mutwe […]
Rais Kagame yuko Cuba kwa mkutano wa G77
Rais Kagame yuko Havana, Cuba ambako anaungana na viongozi kutoka duniani kote kwa ajili ya Mkutano wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa G77 + China, utakaofanyika kuanzia tarehe 15-16 Septemba. Kama Mwenyekiti wa G77 + China, Cuba imeitisha Mkutano huo chini ya mada, “Changamoto za Sasa za Maendeleo: Nafasi ya Sayansi, Teknolojia na Ubunifu.” […]
Le Rwanda lance un centre de laboratoire pour améliorer les prévisions météorologiques extrà ªmes
Le Rwanda a lancĂ© un centre de laboratoires de rĂ©gulation pour collecter des donnĂ©es afin d’amĂ©liorer la comprĂ©hension des conditions mĂ©tĂ©orologiques, des dĂ©bits fluviaux et de la qualitĂ© de l’air, et « d’amĂ©liorer la capacitĂ© du pays Ă Â prĂ©voir les Ă©vĂ©nements extrĂ ÂŞmes et Ă Â rĂ©agir rapidement aux catastrophes naturelles  ». Certains Ă©vĂ©nements mĂ©tĂ©orologiques extrĂ ÂŞmes comprennent […]
Zimwe mu nama zikomeye Kagame yagiriye abaguverineri ba Nigeria baherutse mu Rwanda
Mu kwezi gushize, ba guverineri 15 muri 36 bo muri Nigeria baje i Kigali mu mwiherero w’abayobozi w’iminsi itatu wateguwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ku bufatanye n’Ihuriro ry’Abguverineri bo Nigeria (NGF). Uyu mwiherero wari ugamije gufasha ba guverineri “kongera gutekereza ku buyobozi bwa Nigeria kugira ngo bagere ku mpinduka n’iterambere rirambye mu gihugu […]
RDC: Umunyamakuru Stanis Bujakera yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala
Umunyamakuru Stanis Bujakera, umwanditsi mukuru wungirije w’urubuga Actualite.cd ndetse akaba na correspondant wa Jeune Afrique na Reuters muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Nzeri yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Ashinjwa “gukwirakwiza ibihuha no gutangaza amakuru y’ibinyoma”, ibyaha bifitanye isano na raporo yanyujijwe muri Jeune Afrique yitiriwe Urwego rw’Igihugu […]
Minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa, Gen. Li Shangfu, yaba afunzwe
Kuri uyu wa Gatanu, Ambasaderi wa Amerika mu Buyapani yabajije ku rubuga nkoranyambaga niba minisitiri w’ingabo w’u Bushinwa adafungiwe iwe mu rugo, yongeraho ko hari urujijo ku bijyanye n’uko uyu mugabo usanzwe ari umujyanama wa Leta amaze ibyumweru bibiri atagaragara mu ruhame. Mu butumwa yashyize kuri X, yahoze ari Twitter, Rahm Emanuel yanditse ati: “Icya […]
Ukraine yasenye ubwirinzi bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya muri Crimea
Ukraine iravuga ko yasenye ubwirinzi buhambaye bw’ibitero byo mu kirere bw’u Burusiya mu ntara ya Crimea bwigaruriye mu 2014. Urwego rw’ubutasi rwa Ukraine (SBU) rufatanyije n’igisirikare cyo mu mazi byagabye igitero ku kigo cya Yevpatoriya bikoresheje missile na drones, nk’uko amakuru aturuka mu butasi bwa Ukraine yatangarijwe BBC avuga. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye […]
Mfumo wa ulinzi wa anga wa Urusi uliharibiwa huko Crimea
Ukraine inasema kuwa imeharibu mfumo wa kisasa wa ulinzi wa anga wa Urusi katika eneo linalokaliwa la Crimea. Kikosi cha usalama cha Kyiv (SBU) na jeshi la wanamaji walifanya shambulio kwenye kituo cha Urusi karibu na Yevpatoriya kwa kutumia makombora na ndege zisizo na rubani, chanzo cha kijasusi cha Ukraine kiliiambia BBC. Picha za video […]
Prince Kid sera de retour au tribunal vendredi
La Haute Cour de Nyamirambo reprendra vendredi 15 septembre l’audience dans l’affaire DieudonnĂ© Ishimwe, plus connu sous le nom de Prince Kid. Ishimwe, directeur gĂ©nĂ©ral de Rwanda Inspiration Back Up et ancien organisateur du concours de beautĂ© Miss Rwanda, est empĂ ÂŞtrĂ© dans une bataille juridique depuis 2022 lorsqu’il a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© et accusĂ© de sollicitation […]
Paris: Perezida Macron yatunguye abitabiriye inama yiga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yitabiriye nk’umushyitsi utunguranye inama mpuzamahanga kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ibera i Paris yateguwe n’umushakashatsi Vincent Duclert. Ngo yari surprise y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 13 Nzeri 2013 ubwo Perezida Macron yinjiraga mu cyumba cyabereye muri iyi ma ayahawe insanganyamatsiko igira iti “Savoirs, sources et ressources sur […]
Sudani: Intumwa idasanzwe ya Loni yeguye nyuma yo guhambirizwa
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, Volker Perthes, yatangaje ko yeguye kuri uyu wa Gatatu nyuma y’uko guverinoma ya gisirikare iyoboye igihugu imutangarije ko atagikenewe ” persona non grata ” ku butaka bwabo muri Nyakanga. Perthes yabwiye akanama gashinzwe umutekano ati: ” Ndashimira umunyamabanga mukuru kuri ayo mahirwe no kunyizera, ariko namusabye kunsimbura kuri izi […]
Rutshuru: Isasu riravuza ubuhuha hagati ya M23 n’inyeshyamba za CMC-FDP muri Tongo
Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu muri Teritwari ya Rutshuru haravugwa imirwano yakomeje mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, hagati y’inyeshyamba za M23 ndetse n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu kiswe CMC-FDP muri Teritwari ya Tongo. Amakuru aturuka muri iki gice aravuga ko inyeshyamba za M23 zagerageje gushinga ibirindiro bishya mu bice bya […]
Mexique: Abadepite beretswe ibisigazwa bya Aliens ubwo humvwaga ubuhamya kuri ibi biremwa

Abadepite bo muri Mexique bumvise ubuhamya buvuga ko “tutari twenyine (ikiremwamuntu)” mu isanzure kandi babonye ibisigazwa bivugwa ko atari iby’ibiremwamuntu muri dosiye idasanzwe yaranze iperereza rya mbere ry’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu cyo muri Amerika y’Epfo kuri UFOs (Ibintu byagaragaye mu kirere bitazwi). Mu kumva ubuhamya kuri uyu wa Kabiri ushize kuri ibi bintu bidasanzwe […]
Rulindo: Baravuga ko barembejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo
Mu Kagali ka Murama mu Murenge wa Kisaro, ho mu Karere ka Rulindo, abaturage baravuga ko bahangayikishijwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo mu gihe nta n’irondo riba muri ako gace, mu gihe ubuyobozi bw’umurenge bwo buvuga ko iki kibazo kidakabije ariko ku bufatanye n’inzego z’umutekano bugiye gushyira imbaraga mu kugikemura. Abaturage bavuga ko ibyo bituma n’abafite […]
Niger: Amerika yatangiye kwimura ingabo zayo izivana mu birindiro by’i Niamey
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye kwimura bamwe mu basirikare bazo bari mu birindiro biri mu murwa mukuru wa Repubulika ya Niger, Niamey, bimurirwa mu karere ka Agadez nk’uko byatangajwe na Pentagon. Kwimura abasirikare bije mu gihe Burkina Faso, umuturanyi wo mu majyepfo y’iburengerazuba bwa Niger akaba n’umwe mu bashyigikiye byimazeyo abahiritse ubutegetsi, yohereza imitwe […]
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le Dr Jimmy Gasore au poste de ministre de l’Infrastructure
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le Dr Jimmy Gasore au poste de nouveau ministre de l’Infrastructure en remplacement du Dr Ernest Nsabimana en poste depuis le 31 janvier 2022. Le Dr Gasore est chargĂ© de cours Ă Â l’UniversitĂ© du Rwanda et enseigne les sciences de l’atmosphère. Il est Ă©galement scientifique en chef de la […]
RDC: Uwahoze ari visi perezida w’inteko ishinga amategeko yakatiwe imyaka 7 y’igifungo
Urukiko rw’iremezo rwakatiye Jean Marc Kabund igifungo cy’imyaka 7 ku byaha byose byashinjwaga uwahoze ari visi-perezida wa mbere w’Inteko ishinga amategeko. Jean Marc Kabund ntabwo yari ari mu cyumba cy’urukiko ubwo rwatangaga umwanzuro warwo. Mu gihe yari amaze umwaka urenga afunzwe muri Gereza ya Makala, iki cyemezo cyongereye impungenge nshya kuri iyi dosiye yakunze kugarukwaho […]
Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo yoherejwe kwibagisha i Kigali nyuma yo kuvunika
Umukinnyi wa Basketball w’Umunyekongo, La joie Mubulanyi wo muri BC Virunga y’i Goma yimuriwe i Kigali, mu Rwanda aho yaje kwibagisha nyuma yo kuvunikira akaguru k’ibumoso mu mukino wabahuzaga na SCTP yo muri Matadi kuri uyu wa Kabiri. Uyu mukino warangiye BC Virunga itsinze SCTP Matadi ku manota 108-61. Usibye Mubulanyi, undi mukinnyi mugenzi we […]
Burundi: Haravugwa itabwa muri yombi ry’abacamanza bagera kuri bane
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abantu batatu mu rwego rw’ubucamanza barimo Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Ntahangwa (mu majyaruguru ya Bujumbura), Ferdinand Ntizoyimana n’Umushinjacyaha Mukuru wungirije mu rukiko rw’ubujurire rwa Ntahangwa, à ‰ric Ndikumana. Aba bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba kuva ku mu ijoro ryo kuwa Mbere, itariki 11 Nzeri 2023 nk’uko iyi […]
Frank Habineza deemed the agreement with Dual Fluid Energy “dangerous”
The Rwandan government signed an agreement on Tuesday with a German-Canadian start-up to build an “experimental” civilian nuclear reactor, in order to reduce its dependence on fossil fuels which opposition politician, Hon. Dr. Frank Habineza said can be dangerous. The reactor will be ready for testing in 2026, according to the start-up that will build […]
Nta nyigo yanyemeza ko hari ahakubakwa uruganda rw’ingufu za nuclĂ©aire rudashyize mu kaga abaturage – Habineza
Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 nzeri 2023, Guverinoma y’u Rwanda isinyanye amasezerano na Sosiyete Dual Fluid Energy Inc y’Abadage n’Abanyakanada, kugira ngo mu Rwanda hakorerwe igerageza ry’ikigo cyatunganyirizwamo ingufu za nuclĂ©aire hagamijwe kuzibyaza amashanyarazi, umunyapolitiki, Dr Frank Habineza we arasanga ibi bishobora guteza akaga. Muri aya masezerano, biteganyijwe ko imashini ya nuclear […]
Ukraine yagabye igitero simusiga ku ruganda rw’amato rw’u Burusiya muri Crimea

U Burusiya buravuga ko Ukraine yarashe misile 10 n’igitero cya drone eshatu zo mu mazi mu ku mato yabwo mu Nyanja y’umukara muri Crimea. U Burusiya bwavuze ko iki gitero cyateje umuriro mwinshi mu ruganda rw’amato rwa Sevastopol abantu 24 bagakomereka. Guverineri wa Crimea washyizweho na Moscou, Mikhail Razvozhayev, yatangaje ko missile nyinshi zahagaritswe. U […]
Umugabo arashinjwa gusambanya nyina w’imyaka 100 yabanje kumuzirika
Igipolisi cya Uganda muri Kyoga y’Uburasirazuba cyataye muri yombi umugabo w’imyaka 53 ushinjwa gufata ku ngufu nyina w’umukecuru w’imyaka 100. Umuvugizi wa Polisi, Fred Enanga, yavuze ko ukekwa akomoka mu mudugudu wa Olitoi, mu Mujyi wa Asamuk, mu Karere ka Amuria. Igipolisi kiravuga ko amakuru yakusanyijwe kugeza ubu yerekana ko ukekwa yinjiye mu nzu ya […]
National Exam Results for PLE and O-Level Released
The Ministry of Education (MINEDUC) has released results for Primary Leaving Examinations (PLE) and Ordinary Level (O-Level) for candidates who did national examinations for the academic year 2022-2023. According to the results announced on Tuesday, September 12th, out of a total of 201,679 students who took the national exams, 91.09 per cent passed. Among the […]
Libya: Abasaga 3000 bamaze guhitanwa n’imyuzure yibasiye uburasirazuba
Abantu basaga 3000 bamaze gupfa mu gihe abandi benshi batarabarurwa nyuma y’imyuzure yatewe na serwakira yiswe Daniel mu burasirazuba bwa Libya nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri. Abamaze guhitanwa n’iyi myuzure mu Mujyi wa Derna mu burasirazuba barabarirwa mu 2000 kugeza ubu nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga. Avugana n’iki kinyamakuru, Othman Abdul […]
Faili ya Kazungu tayari imewasilishwa kwa upande wa mashtaka
Wiki moja baada ya Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) kumkamata mtuhumiwa wa mauaji ya mfululizo Denis Kazungu, faili lake sasa liko mikononi mwa waendesha mashtaka ili kesi yake ianze. Kazungu, mwenye umri wa miaka 34, mkazi wa Busanza Cell wilayani Kicukiro, anashukiwa kuua na kuzika watu kadhaa wengi wao wakiwa wasichana katika makazi yake […]
Ishyaka rya Kabila ryibasiye ingabo za EAC rishinja guverinoma kugirana imikoranire na M23
Umunyamabanga wungirije w’ishyaka PPRD, Ferdinand Kambere, yashinje ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EACRF) zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru gukomeza kubungabunga M23, rishinja kubangamira inzira y’amahoro mu Burasirazuba, ndetse ashinja uyu mutwe kugirana umubano n’Ihuriro riri ku butegetsi (Union sacrĂ©e) ubwo yari mu kiganiro na Radio Top Congo FM kuri uyu wa Mbere ushize. Ferdinand […]
Zimbabwe: Mnangagwa yagize umuhungu we n’umwishywa we ba minisitiri
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri yashinjwe gukoresha icyenewabo nyuma yo kugira umuhungu we, minisitiri w’imari wungirije muri guverinoma nshya nyuma yo kongera gutorwa kutavuzweho rumwe. David Kudakwashe Mnangagwa w’imyaka 34, azaba yungirije minisitiri w’imari, Mthuli Ncube, mu gihe mwishywa wa perezida, Tongai Mafidhi Mnangagwa, yagizwe minisitiri wungirije w’ubukerarugendo […]
Perezida Kagame agiye kwitabira inama ikomeye ya G77 izabera i Havana muri Cuba
Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Nzeri, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Cuba yatangaje ko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko azitabira Inama ya G77 n’u Bushinwa, izabera i Havana ku itariki ya 15 na 16 Nzeri nk’uko tubikesha ibinyamakuru byo muri Cuba nka Cubasi.cu. G77 ni itsinda ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere byo muri […]
RIB iremeza ko Kazungu Denis ushobora kuburanishwa mu ruhame nta byitso yari afite
Iperereza ry’ibanze kuri dosiye ya Denis Kazungu, ukekwaho kuba umwicanyi ruharwa ntabwo ryemeza ko yaba yari afite ibyitso cyangwa yaba yaragize uruhare mu icuruzwa ry’ingingo z’abantu. Hari amakuru menshi avuga ko uyu mugabo w’imyaka 34 ushinjwa ubwicanyi bwinshi no guhisha imirambo mu cyobo yari yaracukuye mu nzu ye yakodeshaga mu Karere ka Kicukiro, yaba yari […]
Perezida wa Madagascar yeguye nyuma yo kwemeza kandidatire ye mu matora ataha
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kwemezwa ku mugaragaro ko ari umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu giherereye mu Nyanja y’u Buhinde ateganijwe ku itariki ya 9 Ugushyingo, nk’uko urukiko rw’itegeko nshinga rw’iki gihugu rubiteganya. Itegekonshinga rya Madagascar risaba umukuru w’igihugu uri ku butegetsi ushaka kongera guhatanira umwanya wa perezida kubanza […]
Somalia: Abantu batatu barimo umudepite biciwe mu gitero cyigambwe na Al Shabab
Kuri uyu wa Mbere, nibura abantu batatu bishwe barimo umudepite ndetse n’umukozi w’akarere, ubwo igisasu cyaturikiraga muri leta ya Galmudug yo muri Somalia rwagati, nk’uko umuyobozi mu nzego z’umutekano yabyemeje. Iki gitero cyabereye mu mujyi wa El-Garas, ingabo z’igihugu cya Somalia zavuze ko zabohoye ziwambuye abaterabwoba ba al-Shabaab zibifashijwemo n’abaturage mu rukerera rwo kuri uyu […]
Watu 3 wameuawa akiwemo mbunge katika mlipuko uliotokea katikati mwa Somalia
Takriban watu watatu waliuawa, akiwemo mbunge na mfanyakazi wa manispaa ya eneo hilo, katika mlipuko wa bomu katika jimbo la kati la Somalia la Galmudug siku ya Jumatatu, afisa wa usalama alithibitisha. Shambulizi hilo lilitokea katika mji wa El-Garas, ambao Jeshi la Kitaifa la Somalia lilisema kuwa lilikomboa kutoka kwa magaidi wa al-Shabaab kwa usaidizi […]
Ingabo za FARDC n’iza Sudani y’Epfo zarasaniye ku mupaka muri Haut-Uele
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo nk’uko amakuru yaturutse mu nzego z’umutekano yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo avuga. Bivugwa ko ingabo za Sudani y’Epfo zari zikurikiranye inyeshyamba za NAFSA mu gace ka Waliwa, agace ko muri Sheferi […]
Le chef de l’opposition tanzanienne a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution
Après une brève dĂ©tention et un interrogatoire par la police dimanche soir, le leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© sous caution. Le principal leader de l’opposition tanzanienne, Tundu Lissu, et au moins deux de ses principaux collaborateurs ont Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ©s dimanche par la police pour avoir organisĂ© un rassemblement illĂ©gal, ont annoncĂ© […]
Kenya iravugwaho guca inyuma EAC mu masezerano y’ubucuruzi n’u Bwongereza
Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Burundi, u Rwanda, Uganda na Tanzaniya byihoreye bishaka amasezerano yabyo nyuma y’uko Kenya ibisize inyuma mu biganiro by’ubucuruzi n’u Bwongereza. Nyuma y’uko u Bwongereza buvuye mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U) mu kiswe Brexit mu 2019, iki gihugu cyatangiye gushaka amasezerano y’ubucuruzi hanze y’Umuryango w’Ubumwe […]
Kayonza: Hari Abanyarwanda n’Abatanzaniya bagikoresha uburyo gakondo mu buhahirane
Abaturage baturiye umupaka w’u Rwanda na Tanzaniya baracyifashisha uburyo bw’ubucuruzi bwo mu bihe byashize bwo guhererekanya ibicuruzwa, aho umwe aha undi icyo akeneye, mugenzi we akamwishyura amuha icyo nawe akeneye aho gukoresha amafaranga, icyo bita mu gifaransa ‘Commerce de troc’. Isoko rya Kibare mu Murenge wa Ndego, mu karere ka Kayonza, mu Ntara y’Iburasirazuba, rikunze […]
Mahama: Abamotari bo mu nkambi bakoresha permis z’indundi bahawe igihe ntarengwa
Abantu bafite impushya zo gutwara ibinyabiziga byatangiwe mu Burundi bo mu Nkambi ya Mahama bahawe igihe ntarengwa cy’itariki ya 01 Ukwakira cyo kutazongera kuzikoresha ahubwo bagashaka impushya zo mu Rwanda. Ibi byatangarijwe mu nama yahurijwemo abamotari bose bo mu Nkambi y’impunzi ya Mahama, mu burasirazuba bw’u Rwanda. Ikintu rukumbi cyaganiriweho ni ukubuza permis z’indundi nk’uko […]
Nigeria: Urukiko rwateraniye gusuzuma niba intsinzi ya Perezida Tinubu yemewe
Urukiko rw’ubujurire muri Nigeria rwateranye kuri uyu wa Gatatu kugira ngo rwemeze niba intsinzi mu matora yo muri Gashyantare ya Perezida Bola yari yemewe. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barwanyije ibyavuye mu matora, bavuga ko Tinubu atari yujuje ibisabwa kugira ngo yiyamarimaze kuba perezida kubera ko afite ubwenegihugu bwa Guinea kandi bivugwa ko atari afite ibyangombwa bisabwa […]
Inyeshyamba muri RCD-K/ML na UPC, byinshi kuri Gen. Nduru wasimbuye Constant Ndima
Gen. Major Jacques Ichaligonza Nduru wari Umugaba wungirije ushinzwe ibikorwa n’ubutasi, wagizwe umuyobozi w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ni Umu-Hema uvuka mu Ntara ya Ituri. Yabaye inyeshyamba mu mutwe wa RCD-K/ML, nyuma aba inyeshyamba ya UPC (Union des Patriotes Congolais) n’umutwe wa yo wa gisirikare wa FPLC (Forces patriotiques pour la libĂ©ration du Congo ) […]
Ishyaka rya Katumbi riramagana gahunda ya leta yo kwihutisha igenda rya MONUSCO
Ishyaka rya politiki “Ensemble pour la RĂ©publique” rya MoĂ ÂŻse Katumbi ryamaganye gahunda ya Guverinoma yo kwihutisha kuva muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwa MONUSCO. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 5 Nzeri 2023, umunyamabanga mukuru w’ishyaka , DieudonnĂ© Bolengetenge, yagaragaje ko niba guverinoma ishaka kwitwaza imyigaragambyo iherutse yamagana MONUSCO yo […]
Blinken visits Kyiv in unannounced trip
Top US diplomat Antony Blinken has arrived in Kyiv in a gesture of support as Ukraine’s counteroffensive against Russian forces grinds into its fourth month with only small gains. During his two-day visit, staying overnight in Ukraine for the first time since before Russia’s February 2022 invasion, Blinken will likely announce a new package of […]