Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi wa Netflix

Perezida Kagame yabonanye na Wilmot Reed Hastings Jr, Umuyobozi Nshingwabikorwa muri Netflix baganira ku bufatanye busanzweho hagati y’impande zombi, harimo na gahunda iherutse gutangizwa na Airtel Rwanda yatumye abantu bagera kuri terefone zigezweho kandi zihendutse. Kugeza ubu, Abanyarwanda bangana 52.558 ni bo bamaze kungukirwa muri iyi gahunda igamije gutanga umusanzu ku ntego za Guverinoma y’u […]
U Budage/Danemark: Hafashwe abakekwaho gukorana na Hamas bashakaga kwibasira Abayahudi
Abategetsi bo mu Budage baravuga ko bafashe abantu bane bakekwaho kuba muri Hamas bafitanye isano n’umugambi wo kugaba ibitero ku bikorwa by’Abayahudi. Abashinjacyaha bavuze ko abakekwa bari bagamije kubika intwaro i Berlin kugira ngo bazazikoreshe mu gitero. Abategetsi ba Danemark na bo bavuze kandi ko bataye muri yombi abantu batatu baregwa gutegura igitero nk’iki ariko […]
Senegal: Urukiko rwemereye umunyapolitiki Sonko wari ufunzwe kwiyamamaza mu matora ataha
Urukiko Rukuru rwa Dakar rwategetse ko umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Ousmane Sonko asubizwa ku gitabo cy’amatora kuri uyu wa Kane, bifungurira inzira uyu munyapolitiki wari ufunzwe, yo kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha muri Senegal. Uyu munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakuwe ku rutonde w’itora na guverinoma nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwangiza […]
Barore yagizwe umuyobozi wa RBA Arthur Asiimwe yasimbuye yoherezwa i Washington

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukuboza, yashyizeho abayobozi batandukanye abandi bahindurirwa imirimo aho umunyamakuru Cleophas Barore wari umaze igihe akorera RBA, yagizwe umuyobozi wa yo, naho Arthur Asiimwe yasimbuye akoherezwwa muri Ambasade y’u Rwanda i Washington.
RDC: Police investigate murder of Belgian Catholic priest
A priest of the congregation of the Salesians of Don Bosco, Father Pol Feyen (82 years old) was found dead last Monday December 11 at the convent in the grounds of the Mary Help of Christians parish located in the Abattoir district, in the commune of Masina in Kinshasa . According to witnesses, this religious […]
Koreya y’Epfo iravuga ko indege z’intambara z’u Bushinwa n’u Burusiya zasatiriye ikirere cyayo
Igisirikare cya Koreya y’Epfo kiravuga ko cyohereje indege z’intambara mu rwego rwo gusubiza indege za gisirikare z’u Bushinwa n’u Burusiya zanyuraga mu kirere cyayo cy’ubwirinzi itabimenyeshejwe. Indege enye z’u Burusiya n’ebyiri z’u Bushinwa zambutse zinjira muri kirere cy’ubwirinzi cya Koreya y’Epfo kizwi mu Cyongereza nka Korea Air Defense Identification Zone (KADIZ) hejuru y’Inyanja y’u Buyapani, […]
Amasaha yo gufungiraho nijoro yakuweho muri ibi bihe by’iminsi mikuru
Imyidagaduro ya nijoro, ubunywero, utubyiniro, na resitora, bizatangira gukora kugeza saa kumi nimwe z’igitondo guhera kuwa Gatanu, itariki 15 Ukuboza mugihe u Rwanda rwinjira mu minsi mikuru isoza umwaka. Mu kiganiro yahaye The New Times, Bruce Intore, nyiri akabyiniro ka La Noche, yemeje aya makuru, avuga ko gukuraho amasaha yo gutaha ari ibisubizo by’ibiganiro ba […]
Le dĂ©fenseur d’Arsenal Jurrien Timber est en visite au Rwanda

Le dĂ©fenseur d’Arsenal FC, Jurrien Timber, qui se trouve actuellement au Rwanda pour une visite, a dĂ©crit l’expĂ©rience comme « incroyable  » et « passionnante  ». Aux cĂ´tĂ©s de sa petite amie, l’international nĂ©erlandais a atterri jeudi 14 dĂ©cembre Ă Â l’aĂ©roport international de Kigali pour entamer sa visite de trois jours qui comprendra diverses activitĂ©s, […]
Umukobwa wa Pasiteri Mpyisi yikomye ababitse urupfu rw’umubyeyi we ari muzima

Umukobwa wa Pasiteri Ezra Mpyisi, Diana Mpyisi yikomye imwe mu miyoboro ya youtube avuga ko irimo gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma y’uko uyu mubyeyi we yapfuye. Abinyujije kuri X (yahoze ari twitter), Diana Mpyisi yanditse ati “Isoni ku miyoboro ya YouTube iri gukwirakwiza ibinyoma kuri Pasiteri Mpyisi. Ni muzima kandi ameze neza, kubw’ubuntu bw’Imana.” Shame on the […]
Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya St. Pierre
Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya Mutagatifu Petero ahashyinguye abandi bamubanjirije nk’uko yabihishuye mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatatu ushize. Papa Francis uzuzuza imyaka 87 ku Cyumweru, mu kiganiro na Televisa’s N+ yo muri Mexique, yagize ati “Umwanya wamaze gutegurwa. Ndashaka gushyingurwa muri Santa Maria Maggiore.” Muri […]
Gakenke: Ibyiciro by’ubudehe bikigenderwaho hari serivisi bibavutsa
Mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke baravuga ko hari zimwe muri serivisi batabasha kubona bitewe n’uko ibyiciro by’ubudehe bigikoreshwa iwabo ubuyobozi bw’akarere bukaba buvuga ko bwihaye umukoro wo kwibutsa abayobozi bo mu nzego z’ibanze guhagarika iyo mikorere. Abaturage bo muri uyu murenge wa Kamubuga bavuga ko ibyiciro by’ubudehe bikoreshwa bigashingirwaho mu kubaha serivise […]
Guinea-Bissau: Igipolisi cyatatanyije abadepite bageragezaga kwinjira mu nteko
Muri Guinea-Bissau, itsinda ry’abarwanashyaka barimo abadepite bo mu ihuriro PAI-Terra Ranka batatanyijwe ku ngufu n’Igipolisi gikoresheje ibyuka biryana mu maso imbere y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 13 Ukuboza. Abadepite bari bitabiriye umuhamagaro wa Perezida w’Inteko, Domingos Simà µes Pereira, ari nawe uyoboye iryo huriro, wafashe icyemezo cyo gukomeza imirimo y’inteko nubwo […]
Gasabo: Batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amacupa asaga 4000 y’amavuta yangiza uruhu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage, yafatiye mu Karere ka Gasabo abagabo batatu bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukologo nyuma yo kubagwa gitumo bafite amacupa yayo 4136. Yafatiwe mu gipangu cy’umugabo ufite imyaka 32 ari nawe nyirayo giherereye mu Mudugudu wa Karubibi, Akagari ka Cyaruzinge mu […]
RDC: Urukiko rw’Itegeko Nshinga rugiye gufata icyemezo ku bijyanye no gusubika amatora
Ikinyamakuru Le Soir cyo mu Bubiligi kiratangaza ko kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Ukuboza, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga ruza gufata icyemezo ku bijyanye no gusubika amatora. Mu gihe amatora ategerejwe mu cyumweru gitaha, Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikomeje gushimangira ko nta kabuza amatora ateganyijwe […]
USA: Abadepite batoye umwanzuro wo gukora iperereza kuri Perezida Biden
Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite muri Amerika, yatoye ko hatangira iperereza kuri Perezida Joe Biden rishobora kuganisha ku kumuhatira kwegura ku mirimo ye nubwo bisa nk’ibitoroshye. Abadepite batoye bashyigikira umwanzuro abarepuburikani bavuga ko uzabaha imbaraga zisumbuye zo gukusanya ibimenyetso no gukurikiza icyo amategeko ateganya. Komite eshatu ziyobowe n’Abarepubukani zivuga ko haba harakozwe ibyaha bya ruswa […]
Israel izakomeza intambara na Hamas yashyigikirwa itashyigikirwa — Eli Cohen
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel yatangaje ko Israel izakomeza intambara irwana na Hamas yashyigikirwa cyangwa itashyigikirwa nyuma y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri ushize yasabye ko intambara ibera muri Gaza ihagarara. Muri yi nama, Israel yabaye nk’isigaye yonyine nyuma yo kweekwa n’Umuryango w’Abibumbye ko wifuza ko yahagarika intambara irimo muri Gaza. Ni nyuma […]
Myugariro wa AS Kigali wavugwagaho guhohotera umusifuzi Umutoni ntazakurikiranwa
Ishyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko myugariro wa AS Kigali, Jean Bosco Akayezu, atazakurikiranwa mu gihe bivugwa ko yahohoteye umusifuzi Aline Umutoni. Akayezu amaze iminsi agibwaho impaka nyuma y’aho ifoto ye yamamaye cyane igiye ahagaragara akora mu gituza cya Umutoni ubwo yageragezaga kumvisha umusifuzi kutamuha ikarita ya kabiri y’umuhondo kubera ikosa yari akoreye […]
Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bashimuse Abanyakoreya 2 bica abasirikare 4
Abantu bitwaje imbunda batamenyekanye bateze igico imodoka za sosiyete ikora ubucukuzi bwa peteroli muri Leta ya Rivers yo mu majyepfo ya Nigeria maze bashimuta abakozi babiri bo muri Koreya y’Epfo bica abasirikare bane. Izi modoka zaguye mu gico kuri uyu wa Kabiri ushize ku muhanda Ahoada-Abua hafi y’umuhanda uva iburasirazuba ugana mu burengerazuba muri iyi […]
Katumbi yasubitse kwiyamamaza i Kananga na Tshikapa nyuma yo kurusimbuka
Kuri uyu wa Gatatu, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), yahagaritse by’agateganyo kwiyamamaza kwe mu mijyi ya Kananga na Tshikapa. Iki cyemezo yagifashe nyuma y’urugomo rwadutse ejo kuwa Kabiri i Muanda, mu Ntara yo Kongo Central, aho yari yagiye kwiyamamariza bikarangira abantu benshi bakomeretse ndetse we akemeza […]
AfDB approves $696.41 million of financing for Burundi and Tanzania to build 650 kilometers of rail infrastructure
The Board of Directors of the African Development Bank Group has approved various financing structures valued at $696.41 million for Burundi and Tanzania to start Phase II of the Joint Tanzania-Burundi-DR Congo Standard Gauge Railway (SGR) Project. The Bank Group’s financing is intended to construct 651 kilometers on the Tanzania-Burundi railway line. The work will […]
Kampala: Urukiko rwakatiye imyaka 105 y’igifungo umusore wishe abakunzi be 4 n’uruhinja
Urukiko Rukuru rwa Kampala kuri uyu wa gatatu, itariki 13 Ukuboza 2023, rwakatiye uwitwa Musa Musasizi w’imyaka 25, igifungo cy’imyaka 105 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abakobwa bane bari inshuti ze n’uruhinja rw’amezi atatu mu 2021. Musasizi yemeye ko yishe abantu batanu barimo abakobwa bane bari abakunzi be n’uruhinja rwe rw’amezi atatu, ubwicanyi yakoreye […]
U Burundi na Tanzania byahawe hafi miliyoni 700$ yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi
Inama y’Ubuyobozi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) yemeje inzego zinyuranye z’inguzanyo zifite agaciro ka miliyoni 696.41 z’amadolari agenewe u Burundi na Tanzaniya kugira ngo batangire icyiciro cya kabiri cy’umushinga uhuriweho wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi uzwi nka Tanzania-Burundi-DR Congo Standard Gauge Railway (SGR). Inkunga ya BAD igamije kubaka kilometero 651 z’umuhanda wa […]
Centrafrica: Igitero ku nkambi ya Wagner cyahitanye abacanshuro 3 b’Abarusiya
Muri Repubulika ya Centrafrica, igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza, ku birindiro by’abacanshuro b’Abarusiya mu gace ka Kaga-Bandoro hagati mu burengerazuba bw’igihugu, cyahitanye nibura abacanshuro batatu b’Abarusiya abandi batanu barakomereka. Iyi niyo mibare yatangajwe n’abayobozi bo muri Centrafrica nyuma y’iki gitero bivugwa ko cyakoreshejwemo na drone. […]
Kigali imbere mu mijyi 10 muri Afurika ifite ba rwiyemezamirimo benshi bashinga business

Ku rutonde rw’imijyi 10 yo muri Afurika irimo ba rwiyemezamirimo benshi bari gushinga za business, Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa mbere n’amanota 116,5, ukurikiwe na Abuja (Nigeria) ifite 111.1 na Kampala n’amanota 106.4, mu gihe ku mwanya wa 10 haza Lusaka n’amanota 78.3. Kugira abashoramari bakomeye ndetse na ba rwiyemezamirimo bashinze business zikora […]
Ethiopia: Minisitiri yafashwe ashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ukuboza ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko umunyamabanga wa leta muri Guverinoma ya Ethiopia wari ushinzwe amahoro yirukanwe kandi atabwa muri yombi ashinjwa kuba yarafatanije n’imitwe yigometse ku butegetsi mu gushaka kubuhirika. Iki cyemezo cyo guta muri yombi Taye Dendea, umwe mu bayoboke bakuru b’ishyaka rya Minisitiri w’Intebe, Abiy Ahmed, […]
Hagaragajwe ko ingendo z’abanyeshuri bazaba bajya mu biruhuko zizakorwa

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyashyize ahagaragara uko ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa bazaba bava ku ishuri basoje igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2023/2024 zizakorwa.
Les lĂ©gislateurs britanniques votent en faveur d’un nouveau traitĂ© sur la migration avec le Rwanda
Les lĂ©gislateurs britanniques ont votĂ© mardi 12 dĂ©cembre en faveur du nouveau traitĂ© migratoire signĂ© entre leur pays et le Rwanda. SignĂ© le 5 dĂ©cembre Ă Â Kigali par les ministres des Affaires Ă©trangères des deux pays, l’accord vise Ă Â relancer le Partenariat pour la migration et le dĂ©veloppement Ă©conomique (MEDP), jugĂ© illĂ©gal par la Cour […]
Pakistan: Igitero cy’ubwiyahuzi ku kigo cya gisirikare cyahitanye abasirikare basaga 20
Itsinda ry’abiyahuzi batandatu kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ukuboza, ryinjije ikamyo yari itwaye ibisasu mu kigo cya gisirikare giherereye mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Pakistan, mu gitero cyahitanye byibuze abasirikare 23, igisirikare cyavuze ko ari wo mubare munini w’abapfuye mu gitero kimwe muri iyi myaka ishize, mu gihe habura amezi atagera kuri abiri ngo amatora […]
General elections will take place in July 2024
The National Electoral Commission has set July 14 and 15, 2024, as the dates for the elections of the President of the Republic, and that of specified Members of Parliament (Deputies), according to a new Presidential Order. The Presidential Order of December 11, 2023, relating to elections of the President of the Republic and Deputies […]
Hagenwe igihe amatora ya perezida n’abadepite azabera
Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yagennye itariki ya 14 n’iya 15 Nyakanga 2024, nk’amatariki azaberaho amatora ya Perezida wa Repubulika, n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, nk’uko Iteka rishya rya Perezida ribiteganya. Iteka rya Perezida ryo ku itariki ya 11 Ukuboza 2023, ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uwo munsi. Ryerekana […]
Inzira hafi ya zose zagaburiraga Umujyi wa Goma zimaze gufungwa
Umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, wamaze gufungirwa hafi amayira atatu yose yanyuzwagamo ibicuruzwa by’ibanze ukenera nk’ibiribwa nyuma y’intambara hagati ya M23 na FARDC. Ayo mayira atatu ni umuhanda Sake-Kilolirwe-Kitshanga-Mwesso, Sake-Mushaki-Masisi na Sake-Karuba-Ngungu. Muri izi nzira hanyuzwa ibiribwa birimo ibishyimbo, ibirayi, ibinyomoro, ibigori, inyama z’inka n’ibindi bikomoka ku mata bitandukanye, ndetse n’imbaho […]
Amafoto: Habaye ihererekanyabubasha hagati ya Meya mushya wa Gakenke n’uwo yasimbuye

Mu cyumba cy’inama cy’Akarere kuri uyu wa Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Ukuboza, habereye umuhango w’ihererekanyabubasha ku wari Umuyobozi w’Akarere w’Agateganyo AimeNiyonsenga n’Umuyobozi mushya w’aka Karere, Mukandayisenga Vestine. Uyu muhango witabiriwe n’abantu barimo Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika, Judith Uwizeye, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde, abagize Inama Njyanama y’Akarere, na Visi Meya ushinzwe […]
Bubanza: Red-Tabara yigambye igitero ivuga ko yiciyemo abasirikare 3 b’u Burundi

Umutwe wa Red-Tabara wigambye kugira uruhare mu mirwano yahuje abarwanyi bawo n’Igisirikare cy’u Burundi mu Ntara ya Bubanza mu ijoro ryo ku Cyumweru uvuga ko wivuganye abasirikare batatu. Mu ijoro ryo ku itariki ya 10 rishyira ku wa Mbere itariki 11 Ukuboza muri Komini ya Gihanga yo mu Ntara ya Bubanza nibwo habereye imirwano yahuriyemo […]
Lt. Gen. Muganga warwananye na se urugamba rwo kwibohora amurusha ipeti ni muntu ki?
Lt. Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi n’amateka mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuva ku mu rugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, n’ibindi bikorwa by’indashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho. Usibye kuba ari umwe mu basirikare bafite igarade risumba ayandi mu ngabo z’u […]
Abadepite mu Bwongereza baratora cyangwa batere utwatsi itegeko rirebana n’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Rishi Sunak yagerageje kureshya abigometse mu ishyaka riri ku butegetsi ngo arebe uko yatambutsa umushinga w’itegeko rishya rigenga abimukira ritavugwaho rumwe nubwo yasabwe kureka iryo tegeko akazana undi mugambi uhamye wo gukemura ikibazo cy’ubwiyongere bw’abimukira binjira binyuranyije n’amategeko. Abari imbere mu biro bya minisitiri w’intebe bavuze ko […]
Ibiganiro gusa ni byo byatanga umuti urambye mu bibazo bya RDC – U Bufaransa
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 11 Ukuboza 2023, Nicolas De Rivière, uhagarariye u Bufaransa muri Loni, yatangaje ko ibikorwa nkana bigamije guhungabanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo amatora yegereje cyangwa guhungabanya inzira y’amatora bitemewe. Inama yari iteranye kugirango baganire ku kibazo cya politiki n’umutekano muri DRC. Ngo kubera impungenge zatewe n’ibibazo biri mu […]
Afurika y’Epfo: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cya Ramaphosa cyemeje Umwami w’Abazulu
Urukiko rukuru muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Ukuboza rwemeje ko icyemezo cya Perezida Cyril Ramaphosa cyo kwemeza Umwami Misuzulu kaZwelithini nk’umutware w’Abazulu, ubwoko bunini muri iki gihugu, kitemewe n’amategeko. Umwaka ushize, guverinoma yemeye Misuzulu nk’Umwami w’igihugu cy’Abazulu, ahanini giherereye mu ntara yo mu majyepfo y’iburasirazuba ya KwaZulu-Natal. Bivugwa ko muri iki […]
Buruseli: Indwara itunguranye yafashe uwunganira Basabose yatumye urubanza rudapfundikirwa
Indwara itunguranye yafashe uwunganira Abanyarwanda Pierre Basabose na SĂ©raphin Twahirwa bakurikiranweho ibyaha bakekwaho gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yatumye urubanza rwari gupfundikirwa kuri uyu wa Mbere ushize rwigizwayo. Biravugwa ko Maitre Jean Flamme yafashwe n’indwara yo kuva imyuna kuri uyu wa Mbere mu ma saa sita bituma yihutanwa kwa muganga. Abamwegereye […]
Kenya Airways igiye guhagarika ingendo zimwe kubera ibura ry’ibyuma bisimbura ibishaje
Kompanyi y’indege ya Kenya Airways yabwiye abakiriya bayo kwitegura guhangana n’ibishobora guhungabanya ingendo z’indege za yo mu gihe cy’ibiruhuko bya Noheli kubera ikibazo cy’ibura ry’ibyuma byo gusimbura ibishaje. Isosiyete itwara abantu, imwe mu zikomeye muri Afurika, yavuze ko kubura ibyuma by’indege byo gusimbuza ibishaje, bizahagarika ingendo mu gihe cy’ibyumweru bibiri nk’uko iyi nkuru dukesha Reuters […]
Doha: Minisitiri Biruta yerekanye ikintu cyakwihutisha ubukungu ku Isi

Ubucuruzi hagati y’ibihugu by’ibituranyi ni bwo bufite akamaro mu kwihutisha ubuhahirane n’ubukungu ku Isi nk’uko byagaragajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, mu nama ya 21ya Doha Forum ibera muri Qatar. Ni inama yatangiye kuri iki Cyumweru, itariki 10 kugeza ku ya 11 Ukuboza 2023, yiga ku ngingo zitandukanye zigamije gushakira […]
UPDF refutes Wazalendo’s claims that they arrested and killed Ugandan soldiers in Mushaki
Ugandan troops under a peacekeeping mission in North Kivu province, Eastern Democratic Republic of Congo have dismissed as malicious, propaganda reports that it engaged in fighting alongside the March 23 Movement (M23) in Masisi territory, North Kivu province. On Friday, the militia coalition under their umbrella Wazalendo who are fighting alongside Armed Forces of the […]
Abategetsi ba Sudani bahambirije abadipolomate 15 ba UAE
Ibiro Ntaramakuru bya Sudani kuri iki Cyumweru byavuze ko Sudani yatangaje ko abakozi 15 bo muri Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) batagikenewe muri iki gihugu ibategeka kuhava bitarenze amasaha 48. Ibiro ntaramakuru byavuze ko minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Sudani yahamagaje ChargĂ© d’affaires w’agateganyo muri ambasade ya UAE imumenyesha icyo cyemezo. Nta bindi bisobanuro […]
Gakenke: Abahinzi b’inanasi baremeza ko zabuze isoko bagatunga intoki abamamyi
Mu Karere ka Gakenke abakora ubuhinzi bw’inanasi baravuga ko babangamiwe no kuba babura aho bagurisha umusaruro wabo, bigatuma abamamyi babubikaho urusyo. Umwe muri aba bahinzi witwa Nsanzimana Gilbert wo mu Murenge wa Gakenke, avuga ko bamaze igihe cy’amezi agera kuri 6, umusaruro wabo basa n’aho bawutangira ubuntu ubundi bakawuha amatungo Ati: “Ubundi iyo umuntu ari […]
Aba Wazalendo bigambye kwica no gufatira Ingabo za Uganda mu rugamba rwa Mushaki
Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zamaganye icyo zise poropaganda mbi, ivuga ko zifatanya n’umutwe wa M23 muri Teritwari ya Masisi, aho Wazalendo yemeza ko zagize uruhare mu rugamba rwo muri Mushaki. Ku wa Gatanu, ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba rizwi nka Wazalendo […]
Kigali: Abatarandikisha ubutaka bwabo baratangira kubwandikisha nta kiguzi kuri uyu wa Mbere
Abantu bataratanga amakuru ku butaka bwabo ngo bubandikweho kubera impamvu zitandukanye bahawe amahirwe yo gufashwa kubwandikisha kandi nta kiguzi nk’uko biteganywa n’iteka rya Perezida wa Repubulika. Ibi byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) mu itangazo cyashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Ukuboza 2023, Bwiza yabashije kubonaho. Muri iri tangazo, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka […]
EACRF: Ingabo z’u Burundi 900 zari muri Kivu y’Amajyaruguru zatashye

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza 2023, umugaba mukuru w’ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), Maj Gen Aphaxard Kiugu ari kumwe na ba Brig. Gen. Emmanuel Kaputa, Gregoire Ndorarigonya, Michael Kibuye, Colonel Jok Akech n’abandi basezeye ku Ngabo z’u Burundi (BURCON) zatangiye kuva muri iki gihugu nyuma […]
RRA yazanye gahunda igiye korohereza abakora ubucuruzi mpuzamahanga
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyahamagariye abatumiza n’abohereza ibicuruzwa mu mahanga, abunganira abasora muri gasutamo n’abandi bafatanyabikorwa gusaba gushyirwa muri gahunda ya Authorised Economic Operator (AEO) igamije koroshya ubucuruzi mpuzamahanga mu gihe hubahirizwa amahame y’umutekano w’ibicuruzwa. Ikinyejana cya 21 cyagaragayemo ubwiyongere bw’ubucuruzi mpuzamahanga n’ubwiyongere bukabije bw’ibicuruzwa biva mu mahanga n’ibyoherezwa mu karere ka Afurika y’iburasirazuba. […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Meya wa Monrovia
Ubuyobozi bwa Amerika bwafashe icyemezo cyo gufatira umutungo uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika w’Umuyobozi w’Umujyi wa Monrovia, umurwa mukuru wa Liberia. Ambasade ya Amerika i Monrovia ivuga ko ashinjwa ihohoterwa rikorerwa abo batavuga rumwe muri politiki, guhonyora uburenganzira bwa muntu na ruswa nk’uko bitangazwa na VOA. Umuyobozi w’umujyi, Jefferson Koijee, arashinjwa kuba yarategetse […]
Inyeshyamba z’Aba-Houthi ziyemeje kwibasira amato yose ajya muri Israel
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 9 Ukuboza, inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemeni zavuze ko zizibasira amato yose yerekeza muri Israel, zititaye ku gihugu avuyemo, zinaburira amasosiyete mpuzamahanga atwara abantu kwirinda kujya ku byambu bya Israel. Uyu mutwe uterwa inkunga na Iran urimo kongera ingaruka z’amakimbirane yo mu karere mu gihe intambara ikaze hagati ya Israel […]
UPDF iremeza ko yabonye amabwiriza yo gutangira kuva muri Congo
Ingabo za Uganda (UPDF) zari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (EACRF), zatangiye kuva mu burasirazuba bw’igihugu. Nk’uko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya (Anadolu Agency), umwe mu bavugizi b’Ingabo za Uganda, Capt. Kato Ahmad Hassan, ngo amaherezo ingabo zabonye amabwiriza yo kuva mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi […]
Igerageza ry’urukingo rwa virus itera SIDA ryakorwaga muri Afurika ryahagaritswe imburagihe
Igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA muri Uganda, Tanzaniya na Afurika y’Epfo ryahagaritswe hakiri kare nyuma y’amakuru y’ibanze agaragaza ko rutazagira akamaro mu gukumira ubwandu, nk’uko byatangajwe n’ukuriye iperereza muri iri gerageza. Aya makuru ni yo aheruka mu ngufu zikomeje gushyirwa mu gushaka urukingo rwiza rwo kurwanya virusi kugeza ubu imaze guhitana abantu bagera kuri miliyoni […]
Kuzanwa mu Rwanda kw’abimukira bavuye mu Bwongereza no kutaza ni 50% kuri 50% – Abadepite
Uwahoze ari minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka, Robert Jenrick, avuga ko kwinjiza abimukira muri sosiyete y’Abongereza bidashoboka mu gihe umubare wabo uri hejuru cyane, mu gihe bamwe mu badepite bemeza ko guhaguruka kw’indege zerekeza mu Rwanda cyangwa kudahaguruka mu mwaka utaha byose bishoboka ku rugero rwa 50% kuri 50%. Mu magambo ye ya mbere kuva yeguye […]
Abagore n’abana bapfa mu gihe cyo kubyara bazakomeza kugabanyuka mu 2024
Abagore 210/100,000 bapfaga babyara mu 2013/2014 bashobora kugera ku 126/100,000 mu 2024, mu gihe abana 50/1,000 bapfaga bakivuka mu 2013/2014 biteganyijwe ko bazagera kuri 35/1,000 mu 2024. Uko ubuvuzi bugenda butera imbere ari mu bumenyi buhabwa abaganga mu nzego zitandukanye, ikoreshwa ry’ibikoresho bigezweho byatumye ubuzima bw’umwana n’umubyeyi bibungabungwa,bigabanya imfu z’abana n’ababyeyi bapfaga batwite ndetse no […]
Sierra Leone: Uwahoze ari perezida ari guhatwa ibibazo kuri coup d’etat iherutse gupfuba
Ernest Bai Koroma wahoze ari Perezida wa Sierra Leone, yatanze ubuhamya ku wa Gatandatu ku munsi wa kabiri yikurikiranya imbere ya polisi ku bijyanye n’igeragezwa ryo guhirika ubutegetsi ryabaye ku itariki ya 26 Ugushyingo. Nyuma yo guhatwa ibibazo, yemerewe gusubira iwe by’agateganyo, ariko ntiyemererwa kuhava kugeza ku wa Mbere, igihe ibazwa rye rizakomereza. Minisitiri w’itangazamakuru, […]
UK PM Sunak warns Rwanda migration plan will collapse without party unity
British Prime Minister Rishi Sunak appealed to his Conservative lawmakers on Thursday to unite behind his plan to send asylum seekers to Rwanda after a revolt that once again exposed deep divisions in his party. Sunak is facing the biggest challenge to his year-long tenure as he tries to stop lawmakers on the party’s right […]
Six districts ont de nouveaux maires
Six districts du pays ont obtenu de nouveaux maires lors des Ă©lections partielles tenues le 7 dĂ©cembre pour pourvoir divers postes vacants dans les entitĂ©s administratives locales, selon le ministère du Gouvernement local. Dans le district de Musanze, Claudien Nsengimana a Ă©tĂ© Ă©lu maire, remplaà §ant Janvier Ramuli au poste de direction exĂ©cutive suprĂ ÂŞme du district. […]
Numero ya telephone ya Guverineri Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye
Numero ya telephone ya Vodacom ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, General Peter Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye, nk’uko inzego z’umutekano z’intara zabitangaje ku mugoroba wo kuwa Gatatu, itariki 6 Ukuboza 2023 . Nk’uko amakuru aturuka hafi y’ubuyobozi bw’intara agera kuri Kivu Times avuga, ngo aba bantu batamenyekanye bagerageje gutekera umutwe abantu bari kuri numero ya guverineri […]
Rwamucyo yatanze ibyangombwa bimwemerera kuba Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni

Kuri uyu wa Kane, itariki 7 Ukuboza 2023, Ambasaderi mushya Uhoraho w’u Rwanda Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo, yashyikirije Umunyamabanga Mukuru, AntĂ Âłnio Guterres ibyangombwa bimwemerera gukora izi nshingano nyuma yo kugenwa kuri uyu mwanya na Perezida wa Repubulika mu Kwakira 2023. Mbere yo gushyirwa kuri uyu mwanya, Rwamucyo yabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu Buyapani, agomba no […]
USA: Umuhungu wa Biden yashinjwe icyaha gishya gishobora kumufungisha imyaka 17
Ubushinjacyaha bukuru bwatanze ikirego cyo gukwepa imisoro burega Hunter Biden, mu rubanza rwa kabiri umuhungu wa Perezida wa Amerika, Joe Biden, arezwemo. Inyandiko y’ibirego icyenda ivuga ko yateguye igikorwa cyo gukwepa imisoro byibuze ya miliyoni 1,4 $ (£ 1.1m) mu misoro ya leta kuva 2016 kugeza 2019. Ni ibyaha bitatu bikomeye n’ibyaha bitandatu byoroheje birimo […]
Botswana: Minisitiri w’Intebe yasobanuye uko u Rwanda rwabashije kugera aho rugeze

I Gaborone mu Murwa mukuru wa Botswana, hari kubera inama ya 5 izwi nka KUSI Ideas Festival yiga ku iterambere ry’Umugabane wa Afurika yitabiriwe na Minisitiri w’ Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente ahagarariye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Ni inama yatangiye kuwa Kane igomba gusozwa kuri uyu wa Gatanu. Muri iyi nama itegurwa n’ […]