USA: Abanyeshuri 3 bakomoka muri Palestine barasiwe hafi ya kaminuza
Umugabo w’imyaka 48 yatawe muri yombi azira kurasa abanyeshuri batatu b’Abanyamerika bakomoka muri Palesitine. Ibi byabereye muri Leta ya Vermont muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Jason J Eaton yatawe muri yombi nyuma yo gusaka mu rugo rwe, nk’uko CBS News, umufatanyabikorwa wa BBC muri Amerika abitangaza. Ku wa Gatandatu, Hisham Awartani, Tahseen Ahmed na […]
Tory splits deepen as Sunakâs plan to sign Rwanda treaty hit by delay
Rishi Sunakâs attempts to save his flagship asylum plan have been dealt a fresh blow after it emerged Rwanda is refusing to sign a treaty that includes British involvement in its legal system. The Prime Minister made upgrading the Rwanda deportation deal to a formal treaty the first key stage in his plan to save […]
Les rebelles du M23 avancent vers Sake, Goma
Les rebelles du M23 ont intensifiĂ© leurs attaques contre les unitĂ©s militaires congolaises prĂšs de la ville stratĂ©gique de Sake, dans le territoire de Masisi, dans ce qui semble Ă ÂȘtre une tentative de s’emparer de la ville de Goma, dans la partie orientale du pays riche en minerais. D’intenses combats ont repris dimanche Ă Â Kilolirwe, […]
RDC: Urujijo ku rusaku rw’amasasu yumvikanye hafi y’Ikigo cya gisirikare
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mu ma saa yine, muri Centre ya Rutshuru humvikanye urusaku rw’amasasu rwateje urujijo mu bahatuye, aho bamwe bakeka ko rwaba rwavugiye mu kigo cya gisirikare kihegereye abandi bakemeza ko ari M23 irimo gutoza abarwanyi ba yo. Nk’uko amakuru agera ku rubuga Kivumorningpost avuga, urujijo rwatewe n’amasasu yumvikanye hafi […]
Rutshuru: Imitwe ibiri igize Wazalendo yasubiranyemo ipfa imisoro itemewe
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 26 Ugushyingo, mu Mujyi wa Kibirizi, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, habaye imirwano hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba zigize ikiswe Wazalendo. Amakuru yatangajwe n’igipolisi avuga ko iyo mitwe ibiri y’inyeshyamba yarwaniraga kugenzura ahantu ndetse n’imisoro, ari iyoborwa n’uwitwa Kasuka n’undi uyoborwa n’uwiyise Commander Rouge. Ubwo barasanaga, […]
Thailand: Umugabo yishe umugore we, nyina na mushiki we ku munsi w’ubukwe bwe
Umukinnyi w’imikino ngororamubiri y’abamugaye ndetse wahoze ari umusirikare yarashe umugeni we n’abandi batatu mbere yo kwiyahura ku munsi w’ubukwe bwe nk’uko polisi yabitangarije BBC. Ku wa Gatandatu ushize, nibwo Chaturong Suksuk w’imyaka 29 na Kanchana Pachunthuek w’imyaka 44 bashyingiranwe mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Thailand. Nkâuko amakuru abitangaza, yavuye mu bukwe mu buryo butunguranye agaruka yitwaje […]
Gaza: Agahenge kagomba kurangira kuri uyu wa Mbere gashobora kongerwa
Hamas iravuga ko ishaka kongera agahenge k’iminsi ine kariho muri iki gihe mu mirwano na Israel no kongera umubare w’imbohe zirekurwa. Minisitiri wâintebe wa Israel yavuze ko amasezerano yâumwimerere ashobora kongerwa, ariko ibikorwa bya Israel muri Gaza bizakomeza n’ingufu zose nyuma yâigihe cy’agahenge. Hagati aho, Abandi Banya-Israel benshi bafashwe bugwate nâimfungwa zâAbanyapalestine bagomba kurekurwa kuri […]
Israel iravugwaho gukora ubwicanyi muri Gaza bushobora gukoma mu nkokora agahenge
Umuhinzi wâUmunyapalestine yapfuye undi arakomereka nyuma yo kwibasirwa nâingabo za Issrael mu nkambi yâimpunzi ya Maghazi yo mu karere ka Gaza, nkuko byatangajwe na Croix Rouge yâAbanyapalestine, ikintu gisa nk’igishobora guhungabanya agahenge hagati ya Israel na Hamas. Nta bisobanuro byatanzwe na Israel kuri aya makuru ariko hari impungenge ko bishobora guhungabanya icyiciro cya gatatu cyâumugambi […]
U Burusiya burigamba kuburizamo igitero cya drones za Ukraine zisaga 20
Minisiteri yâingabo yâu Burusiya kuri iki Cyumweru yavuze ko u Burusiya bwahagaritse igitero cya Ukraine ku turere tw’igihugu kirimo byibura drone 24 na misile ebyiri. Minisiteri yavuze ko indege zitagira abadereva za Ukraine zarasiwe hejuru ya Moscou, Tula, Kaluga, Smolensk na Bryansk. Yavuze kandi ko ingabo zirwanira mu kirere zâu Burusiya zarashe misile ebyiri za […]
Ishyaka rya Perezida George Weah rirashinja abatavuga rumwe nâubutegetsi kwiba amajwi
Ishyaka riri ku butegetsi muri Liberia ryavuze ko ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi ryibye amajwi mu matora yâumukuru wâigihugu yo mu cyumweru gishize. Ishyaka rya Perezida George Weah, Coalition for Democratic Change (CDC), ryatangaje ko rifite ibimenyetso ko uwahoze ari umukinnyi wâumupira w’amaguru yibwe amajwi mu matora yari arimo guhangana cyane ku itariki ya 14 Ugushyingo. […]
Somalia igiye gukurirwaho embargo y’intwaro yari imazemo imyaka 30
Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mahamud, kuri uyu wa Gatandatu yatangaje ko Akanama k’Umutekano ka Loni kazakuraho embargo ku kugura intwaro iki gihugu cyari cyarafatiwe mu kwezi gutaha. Mahamud yabwiye abadepite ko guverinoma ye yiyemeje kugera ku ntego eshanu zâigihugu. Mahamud yabwiye abadepite ati: “Muri uyu mwaka twari dufite intego eshanu z’igihugu zirimo kuvana igihugu […]
FARDC irigamba kubuza M23 kwerekeza muri Sake
FARDC irigamba kuba kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 25 Ugushyingo, yabujije inyeshyamba za M23 gutera imbere zerekeza mu mujyi wa Sake, muri Teritwari ya Masisi, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Ibi bikurikira imirwano yakomeje hagati y’impande zombi muri Kilolirwe ku muhanda wa Sake-Kitshanga. Bivugwa ko ibisasu bya M23 byibasiye ibirindiro by’ingabo z’igihugu. Iyi mirwano […]
Sierra Leone: Abaturage basabwe kuguma mu ngo nyuma y’igitero ku bubiko bw’intwaro
Guverinoma ya Sierra Leone kuri iki Cyumweru yatangaje isaha ntarengwa yo gutaha mu gihugu hose nyuma yâuko abantu bitwaje intwaro batamenyekanye bagabye igitero mu kigo cya gisirikare bagerageza kwinjira mu bubiko bw’intwaro mu murwa mukuru Freetown. Guverinoma mu itangazo ryayo yavuze ko abashinzwe umutekano ari bo bagenzura iki kibazo nk’uko bitangazwa na Reuters. Minisitiri w’itangazamakuru […]
Hamas yarekuye icyiciro cya kabiri cy’imbohe z’Abanya-Israel n’Abanya-Thailand bane
Kuri iki Cyumweru, Abanya-Israel 13 nâabenegihugu bane bo muri Thailand bageze muri Israel mu irekurwa rya kabiri ryâabafashwe bugwate bava mu bunyage bwa Hamas kugira ngo baguranwe imfungwa zâAbanyapalestine, mu masezerano yahungabanyijwe byâakanya gato nâamakimbirane yerekeranye no gutanga imfashanyo muri Gaza. N’ubwo Misiri na Qatar byahagobotse, amakimbirane yabangamiye amasezerano yo kurekura imbohe yerekanye intege nke […]
I am the only candidate designated by God to lead the DRC – Pastor Ngalasi
âWe donât need to go to the Stadium to beat our campaign. God will speak to each Congolese. For my part, he told me clearly, election or not, I will put you on power,â declared Pastor Aggrey Ngalasi to the followers of his Church “La Louange” extension of Mont-Ngafula in Kinshasa. Candidate number 16 in […]
Kabale: Rukururana yari izanye ifumbire mu Rwanda yakoze impanuka ikomeye
Umushoferi w’Umunyakenya w’imyaka 49 wari utwaye ikamyo yari yikoreye ifumbire iyizanye mu Rwanda yishwe n’impanuka yabereye mu Karere ka Kabale mu gihugu cya Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu. Uyu mushoferi witwa Hussein Ramadhan yari mu nzira yerekeza mu Rwanda ubwo rukururana yo mu bwoko bwa Benz ifite pulake KDM 588E/ZE3600, yari ipakiye […]
La banque centrale met en garde contreles mauvaises pratiques généralisées du commerce des changes
John Rwangombwa, le gouverneur de la Banque nationale du Rwanda, a lancĂ© un avertissement concernant les mauvaises pratiques gĂ©nĂ©ralisĂ©es du commerce des changes qui affectent l’Ă©conomie du pays, entraĂ Âźnant une pĂ©nurie de devises. L’appel a Ă©tĂ© lancĂ© lors d’une confĂ©rence de presse conjointe du ComitĂ© de politique monĂ©taire et du ComitĂ© de stabilitĂ© financiĂšre le […]
Amafoto: Abasirikare basaga 500 ba CAR bari bamaze igihe batozwa na RDF basoje amasomo

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Ugushyingo, abasirikare barenga 500 ba Centrafrica (FACA) bari bamaze igihe batozwa nâIngabo zâu Rwanda (RDF) barasoza amasomo ku mugaragaro. Iki ni icyiciro cya mbere cy’abasirikare ba Centrafrica batojwe na RDF mu rwego rwâamasezerano hagati yâibihugu byombi nk’uko tubikesha The New Times. Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra wa Repubulika ya Centrafrica […]
Hatowe itegeko rizafasha kurushaho kumenya amakuru y’abinjira n’abasohoka mu gihugu

Inteko Rusange yâUmutwe wâAbadepite kuri uyu wa Kane, itariki 23 Ugushyingo 2023, yatoye itegeko rigenga amakuru yâabagenzi mbere yo kwinjira cyangwa gusohoka mu Rwanda nâayâamadosiye yabo. Itegeko rigenga amakuru yâabagenzi mbere yo kwinjira cyangwa gusohoka mu Rwanda nâayâamadosiye yabo rizafasha mu gusaba no guhabwa amakuru nâibihugu cyangwa imiryango byita cyane ku kurinda amakuru bwite yâabantu […]
Inteko ishinga Amategeko ya ECOWAS yasabye ko Niger yakurirwaho ibihano yafatiwe
Inteko ishinga amategeko yâumuryango wâubukungu wâibihugu byâAfurika yâiburengerazuba (ECOWAS) yahamagariye abakuru bâuyu muryango gukuraho ibihano byafatiwe Niger nyuma yâihirika ry’ubutegetsi rya gisirikare ku itariki ya 26 Nyakanga. Yavuze ko abaturage ba Niger bifuza kuva mu bibazo byâubukungu nâimbogamizi mu bikorwa byâubutabazi byatewe no guhagarika umubano wâubucuruzi no guhagarika konti zâigihugu muri banki nkuru zo mu […]
Pistorius wari No1 mu mikino Paralympic wishe umukunzi we kuri Saint Valentin ashobora kurekurwa vuba

Oscar Pistorius wahoze ari numero ya mbere mu mikino yo gusiganwa n’amaguru yâabamugaye aratanga ikindi cyifuzo cyo kurekurwa hakiri kare muri gereza yo muri Afurika y’Epfo aho akorera igifungo imyaka irenga 13 azira kwica uwari umukunzi we. Pistorius yarashe Reeva Steenkamp mu myaka 10 ishize amurasiye iwe i Pretoria mu bwicanyi bwatunguye Isi, akaba afunzwe […]
Gaza: Agahenge hagati ya Israel na Hamas karatangira kubahirizwa kuri uyu wa Gatanu
Minisiteri yâububanyi nâamahanga ya Qatari iravuga ko agahenge gatangira saa moya za mu gitondo kuri uyu wa Gatanu naho abantu bashimuswe ba mbere babohorwe saa kumi z’umugoroba. Minisiteri yâubuzima muri Gaza ivuga ko ihagarika guhuza ibikorwa byo kwimura abantu mu bitaro ifatanyije na OMS nyuma y’uko Israel ifashe umuyobozi wâibitaro bya al-Shifa nk’uko tubikesha Al […]
Kusitisha mapigano kati ya Israel na Hamas kuanza saa moja asubuhi siku ya Ijumaa
Usitishaji vita utaanza saa moja asubuhi siku ya Ijumaa na mateka wa kwanza wataachiliwa saa kumi jioni, wizara ya mambo ya nje ya Qatar inasema. Wizara ya Afya ya Gaza inasema itaacha kuratibu uhamishaji wa hospitali na WHO baada ya Israel kumkamata mkurugenzi wa hospitali ya al-Shifa. Familia za mateka wa Israel zinaeleza kufadhaika na […]
Mali: Izamurwa ry’ibendera rya Wagner muri Kidal ryateje urunturuntu

Nyuma y’icyumweru kirenga Kidal yigaruriwe n’ingabo za Mali bafatanyije nâabacanshuro bâAbarusiya, aba bacanshuro bazamuye ibendera ryabo ku munara wâumujyi. Ikimenyetso bigaragara ko kitashimishije abategetsi ba Mali, bavuga ko ayo makuru atari yo. Bitandukanye nyamara n’ibyo bamwe mu bakoresha interineti bavuga ku mbuga nkoranyambaga, ibendera rya Wagner koko ryazamuwe rwose muri Kidal nk’uko iyi nkuru dukesha […]
Rwanda, Burundi, DRC, and South Sudan considering their oil business dealings with Kenya
Kenya is likely to lose billions of shillings in oil trade after landlocked East African countries started showing reluctance to import their fuel through Kenya. Uganda has already resolved to stop importing fuel through Kenya due to the controversial government-to-government deal between the Kenyan government and Gulf countries that has seen fuel prices increase significantly. […]
Envoyer les demandeurs d’asile vers les Ă Âźles Orcades et non vers le Rwanda, dĂ©clare Lee Anderson
Les demandeurs d’asile devraient Ă ÂȘtre envoyĂ©s vers les Ă Âźles Orcades plutĂŽt que vers le Rwanda, a dĂ©clarĂ© Lee Anderson. Le vice-prĂ©sident du parti conservateur et dĂ©putĂ© de Red Wall a dĂ©clarĂ© que les Ă Âźles Ă©cossaises offraient une alternative viable pour le traitement des demandes car, bien que Ă©loignĂ©es, elles se trouvent sur le sol britannique. […]
Uganda: Umuherwe Molly Katanga n’abakobwa be mu mazi abira nyuma y’urupfu rw’umugabo we

Mu gihugu cya Uganda, Umuyobozi w’ubushinjacyaha (DPP), Jane Frances Abodo, yatanze uburenganzira bwo gushinja icyaha cyo kwica umushoramari ukomeye ukorana n’igisirikare akaba nâumucuruzikazi wâumukire witwa Molly Katanga âku byerekeye urupfu rwâumugabo we Henry Katanga. Ibi ni ibyatangajwe n’ibiro by’ubushinjacyaha ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ushize. Katanga, wari umunyemari ukomeye ukora ibijyanye no kuguriza […]
U Bwongereza: Yasabye ko abimukira boherezwa mu birwa aho koherezwa mu Rwanda
Umuyobozi wungirije w’ishyaka ry’Aba-Conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza, Lee Anderson yavuze ko abasaba ubuhungiro binjiye binyuranyije n’amategeko bagomba koherezwa mu birwa bya Orkney aho koherezwa mu Rwanda. Lee Anderson usanzwe ari nâumudepite yavuze ko ibi birwa bya Ecosse byatanze ubundi buryo bwiza bwo kuhasuzumira ubusabe bw’abasaba ubuhungiro kuko nubwo biri kure, ngo biri ku […]
Koreya ya Ruguru yivanye mu masezerano ya gisirikare yari ifitanye na Koreya y’Epfo
Koreya ya Ruguru yikuye mu masezerano yari amaze imyaka itanu yagiranye na Seoul agamije kugabanya amakimbirane ya gisirikare, mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera hagati yâimpande zombi. Byose byatangiye ubwo Pyongyang yavugaga ko yarangije kohereza icyogajuru cy’ubutasi mu kirere ku wa Kabiri. Ibyo byatumye Koreya y’Epfo ihagarika igice ayo masezerano, ivuga ko igiye gusubukura ingendo […]
Umukinnyi w’ikinamico w’Umurusiyakazi yishwe ari gutaramira abasirikare muri Ukraine
Umukinnyi wâamakinamico wâUmurusiyakazi yiciwe mu gitero cya Ukraine ubwo yari ari gutaramira abasirikare nk’uko byatangajwe n’inzu abarizwamo. Inzu mberabyombi iri mu gace ko muri Ukraine kigaruriwe n’ingabo z’u Burusiya, aho Polina Menshikh yari arimo gutaramira yibasiwe n’ibisasu bya Ukraine ku itariki ya 19 Ugushyingo. Bivugwa ko uyu mukinnyi w’amakinamico yari arimo gukina mu gitaramo cyo […]
Kirehe: Imyaka igiye kuba ine bategereje ingurane z’imitungo yabo
Bamwe mu batuye mu Kagari ka Mubuga, mu Karere ka Kirehe, baravuga ko mu masambu yabo hubatswemo ibigega bemererwa ingurane ariko ngo bamaze imyaka isaga itatu batarazihabwa, bakaba basaba ko bazihabwa kuko igihe gishize bazitegereje ari kinini. Aba baturage bo mu Murenge wa Musaza bavuga ko imyaka igiye kuba ine mu mirima yabo bahingagamo hubatswe […]
Burundi: Udafite kuva ku mafaranga 50,000 kugeza ku 300,000 ntabona aho arara muri Gereza ya Rutana
Imfungwa nshya muri Gereza Nkuru ya Rutana (mu majyepfo yâiburasirazuba bwâu Burundi) zitegekwa kwishyura amafaranga ari hagati yâamafaranga ibihumbi 50 na 300.000 yâAmarundi kuri buri muntu kugira ngo zibone aho kurara. Abayobozi bâimfungwa ni bo basaba bagenzi babo bafunganwe kwishyura aya mafaranga. Amakuru aturuka muri Gereza ya Rutana avuga ko abayobozi ba gereza basaba ko […]
The DRC signs the disengagement plan which should lead to the withdrawal of MONUSCO
The government of the DRC and MONUSCO signed this Tuesday, November 21 in Kinshasa, the disengagement plan which should lead to the withdrawal of the UN Mission on Congolese soil. This plan will be implemented jointly with the support of national technical partners and UN Agencies, Funds and Programs. The MONUSCO disengagement agreements were signed […]
U Bushinwa burashinjwa gufunga no gusenya imisigiti y’Abayisilamu
Raporo nshya ya Human Rights Watch (HRW)iravuga ko u Bushinwa burimo gufunga no gusenya imisigiti cyangwa gushyiramo ibindi bikorwa bidafite aho bihuriye no gusenga. HRW yavuze ko ibi biri mu rwego rwo gushyira ingufu mu bikorwa byo gukumira idini rya Islamu mu Bushinwa. Mu Bushinwa, igihugu ubundi kitemera Imana ariko kivuga ko cyemera ubwisanzure bw’amadini, […]
La directrice du renseignement amĂ©ricain s’est entretenue avec Kagame sur la crise sĂ©curitaire en RDC
La directrice du renseignement national de la Maison Blanche, Avril Haines, s’est entretenue avec les prĂ©sidents Paul Kagame et FĂ©lix Tshisekedi sur la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo, les 19 et 20 novembre. Haines a rencontrĂ© le prĂ©sident rwandais Kagame et le prĂ©sident congolais Tshisekedi « pour obtenir des engagements […]
Kaminuza y’ubuvuzi n’ikoranabuhanga muri Sudani igiye kwimukira mu Rwanda
Kaminuza yâubuvuzi nâikoranabuhanga (UMST) i Khartoum, muri Sudani, irateganya kwimukira mu Rwanda kugira ngo ihe abanyeshuri bayo ibyiringiro nâamahirwe ya kabiri yo kurangiza amasomo yabo. Ubuyobozi bwa UMST bwatangaje ko abanyeshuri barenga 7000 bari barahejejwe mu ngo kubera ikibazo cyâumutekano muri Sudani bazimurirwa buhoro buhoro mu Rwanda kugira ngo barangize amasomo yabo. Mu kiganiro cyihariye […]
Umuyobozi wa Hamas aravuga ko benda kugera ku masezerano yo guhagarika intambara
Umuyobozi wa Hamas aravuga ko uyu mutwe uri hafi kugirana amasezerano y’amahoro na Israel , bigatuma haba ibyiringiro byâihagarara ryâimirwano ibera muri Gaza ndetse kurekura imbohe zashimuswe n’uyu mutwe. Ku ruhande rwayo, Israel ntacyo yatangaje, mu gihe Minisitiri wâIntebe, Benjamin Netanyahu, yavuze ko igihugu cye kitazahagarika imirwano kugeza igihe imbohe zisubijwe mu rugo. Igihugu cya […]
Rais wa Rwanda amempokea Makamu wa Rais wa Cuba
Rais wa Rwanda Paul Kagame alikutana siku ya Jumatatu na Makamu wa Rais wa Cuba Salvador ValdĂ©s Mesa na ujumbe unaofuatana naye, ambao wako katika ziara rasmi, ambayo ni mapumziko ya mwisho ya kiongozi huyo wa Cuba katika ziara ya nchi kadhaa za Afrika. Katika Kijiji cha Urugwiro, rais wa Kigali aliandika kwenye mtandao wa […]
Cameron threatens to âget toughâ on judges who block Rwanda plan
Lord Cameron has threatened to get tough on European human rights judges if they move to thwart the Governmentâs Rwanda plan. The Foreign Secretary sought on Monday to reassure anxious Tory MPs of his stance on the controversial European Court of Human Rights (ECHR). Sources said he stressed the importance of pushing on with Rishi […]
Ukraine irasaba ko imitungo yâu Burusiya yafatiriwe yishyura ibikorwaremezo bwasenye
Guverinoma ya Ukraine irashaka ko umutungo wâu Burusiya wafatiriwe ku Isi yose wakoreshwa mu kwishyura ibikorwa remezo byayo byangijwe nâibitero byâAbarusiya. Nkâuko abategetsi ba Ukraine babitangaza ngo ibyangijwe nâu Burusiya bivugwa ko bingana na miliyari 411 z’amadolari kandi aha ni mu turere twahoze twigaruriwe kandi twabohowe gusa. Minisitiri wâIntebe, Denys Shmyhal, yabwiye abanyamakuru baturutse mu […]
Ishyaka rikorera mu buhungiro ryahisemo umukandida uzarihagararira mu matora yo mu 2024

Ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda ritemewe mu gihugu kandi rikorera mu buhungiro ryitwa Ishema ryâu Rwanda, riravuga ko ryashyizeho itsinda rishinzwe ibikorwa byo kwamamaza uwitwa Nadine Claire Kasinge uteganya kuzaza guhatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu 2024. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Bwiza yabashije kubona ryashyiriweho umukono I Paris mu Bufaransa nâumuvugizi wâumukandida, Chaste […]
Kaspersky va créer un centre de transparence à  Kigali

Kaspersky Lab, fournisseur multinational russe de cybersĂ©curitĂ© et d’antivirus, a rĂ©cemment lancĂ© son centre de transparence Ă Â Kigali, ce qui en fait le premier du genre sur le marchĂ© africain. Cette Ă©volution, annoncĂ©e en marge du Forum africain de cyberdĂ©fense (ACDF) Ă Â Kigali, vise, entre autres, Ă Â souligner le lien Ă©troit entre la transparence et […]
Sudan: Ingabo za RSF zigaruriye ikindi kigo cya gisirikare muri Darfur yâIburasirazuba
Ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zatangaje ko zafashe ibirindiro bya gisirikare bya Division ya 20 yâingabo zirwanira ku butaka za Sudani muri Leta ya Darfur yâIburasirazuba, icyo kikaba kibaye ikigo cya kane cya gisirikare mu karere ka Darfur ubu kigaruriwe nâuyu mutwe. Brig. Gen. Hassan Saleh Nahar, umuyobozi wa RSF muri Darfur yâIburasirazuba, avugira […]
FDNB iravugwaho gushyingura mu ibanga ingabo zigwa muri Congo no kudashaka ko imiryango yabo imenyana
Kuri uyu wa Kane ushize ubwo bashyinguraga Major Gashirahamwe, undi muryango wari umaze gushyingura undi musirikare wâu Burundi nawe waguye ku rugamba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ariko abategetsi b’u Burundi bakoze ibishoboka ngo imodoka zigiye gushyingura aba basirikare bombi zidahurira mu nzira. Umwe mu bantu bitabiriye umuhango wo gushyingura Major Gashirahamwe yabwiye urubuga […]
Nibura abantu 36 baguye mu makimbirane mu gace kari hagati ya Sudani zombi
Nibura abantu 36 byemejwe ko bishwe, abandi 20 barakomereka ku Cyumweru mu makimbirane hagati y’abaturage bo mu gace ka Abyei nâabo mu Ntara ya Twic yo muri Leta ya Warrap muri Sudani y’Epfo. Bulis Koch, umuvugizi wa guverinoma akaba na Minisitiri wâitangazamakuru mu karere ka Abyei, agace gakunze kumaranirwa gakungahaye kuri peteroli kari hagati ya […]
Uncertainty over FĂ©lix Tshisekedi’s ability to resolve the war in the East
During a rally at the Martyrs Stadium, candidate FĂ©lix Tshisekedi recently criticized his political opponent MoĂ ÂŻse Katumbi, questioning his ability to end armed conflicts in six months if elected president. These statements raised concerns about Tshisekedi’s desire to effectively resolve issues of war and stability in the Democratic Republic of Congo (DRC) according to mediacongo.net. […]
Umuyobozi wa M23 yaciye amarenga ko Kivu ishobora kuziyobora
Bertrand Bisimwa, umuyobozi wa politiki wâumutwe wa M23, yaciye amarenga ko Kivu ishobora kwitandukanya na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Bisimwa yagize ati: “Niba Kinshasa ikomeje gutekereza ko bazakemura ikibazo bakoresheje intwaro, tuzabatsinda mu buryo bwa gisirikare”. Yahise yongeraho ati: âNiba kandi (Congo) bakomeje kwinangira ibiganiro […]
Aliyekuwa gavana Gasana akata rufaa dhidi ya uamuzi wa kurudishwa rumande
Aliyekuwa Gavana wa Jimbo la Mashariki Emmanuel Gasana amekata rufaa dhidi ya uamuzi uliotolewa na Mahakama ya Mwanzo ya Nyagatare mnamo Novemba 15, iliyomzuilia kwa siku 30. Gasana anakabiliwa na mashtaka ya kuomba na kupokea marupurupu haramu ili kubadilishana na fadhila, sambamba na tuhuma za matumizi mabaya ya ofisi. Gazeti la New Times limebaini kuwa […]
Le vice-président cubain en visite officielle au Rwanda
Le vice-prĂ©sident cubain Salvador ValdĂ©s est au Rwanda en visite officielle dans le cadre de sa tournĂ©e actuelle sur le continent africain, dĂ©butĂ©e le 14 novembre, avec le Ghana comme premiĂšre Ă©tape. TĂŽt le lundi 20 novembre, Valdes a postĂ© sur X (ancien Twitter) â en espagnol : « Le Rwanda nous accueille Ă Â l’aube […]
Operation Springbok: Ingabo za MONUSCO zategeye M23 muri Kimoka ngo idafata Sake
Mu gihe inyeshyamba za M23 zirimo gusatira Umujyi wa Sake nyuma yo gufata igiturage cya Karenga, mu birometero 20 uvuye i Sake, biravugwa ko Ingabo za MONUSCO zo muri Operation Springbok zirunze mu nkengero za Kimoka hafi na Sake aho zagiye gutegera M23. Abaturage bamwe b’ahitwa Lupango na Luhanga nabo bari kwerekeza muri Sake batinya […]
Sunak arateganya guhatira abadepite gutora itegeko rishya ryo kohereza abimukira mu Rwanda
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza birateganya guhatira inteko ishinga amategeko guterana mu biruhuko bya Noheli hagamijwe kwihutisha itegeko âryihutirwaâ rigamije kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. Ku wa Gatatu, gahunda ya Rishi Sunak yongeye guhura n’imbogamizi ubwo Urukiko rw’Ikirenga rwemezaga ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Bwongereza binjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko itemewe. Mu […]
Abayobozi basaga 10 muri Afurika batumiwe mu Budage mu biganiro na G20
Abayobozi bâibihugu bisaga 12 byo muri Afurika berekeje mu Budage ahateganyijwe inama ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi biteganya kwiyegerezamo Umugabane wa Afurika. Ibi bihugu 20 bya mbere bikize kurusha ibindi birashaka kongera ibikorwa byâishoramari kuri uyu mugabane ukennye kurusha indi ku Isi ariko na none ukaba ari wo urimo gutera imbere kurusha iyindi. […]
Finland: Hadutse imyigaragambyo nyuma yo gufunga imwe mu mipaka ibahuza n’u Burusiya
Icyemezo cya Helsinki (Umurwa mukuru wa Finland)cyo gufunga ine mu mipaka icyenda ihuza iki gihugu nâu Burusiya kugira ngo bahagarike urujya n’uruza rwâabimukira nâimpunzi badafite ibyangombwa byagize ingaruka ku baturage bafite bene wabo mu Burusiya. Mu myigaragambyo yabereye mu murwa mukuru, abantu bagaragaje impungenge zerekeye icyo bise ‘Irido y’icyuma’ (Iron Curtain ). Kuri uyu wa […]
U Budage bwanenze ibikorwa bya Israel byo gukomeza gutuza abantu muri West Bank
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 18 Ugushyingo, Chencellier w’u Budage, Olaf Scholz, yanenze politiki yâimiturire ya Israel muri West Bank ndetse yongera gusaba igisubizo cya leta ebyiri zigenga za Israel na Palestine. Ibi Scholz yabitangaje mu ruzinduko yagiriye i Nuthetal muri leta ya Brandenburg, aho yagize ati: “Ntabwo dushaka gutuza gushya abantu muri West Bank, […]
Gasabo: Umugabo arashinjwa kuruma umunwa w’umugore baturanye akawuca
Dosiye yâumugabo ukekwaho guca umunwa umugore baturanye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo. Iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga ko ibi byabereye mu Mudugudu w’Urugarama, Akagali ka Gacuriro, umurenge wa Kinyinya; ku itariki ya 31 Ukwakira 2023 saa 15h 00 ubwo umugabo uri mu kigero cyâimyaka 50 yari mu nzira ataha yahura nâumugore […]
Museveni yasabye rubanda kuba maso nyuma yo kwigamba ikindi gitero cyashegeshe ADF
Perezida Yoweri Museveni yihanangirije umutwe w’inyeshyamba wa Allied Democratic Forces (ADF) nyuma y’ikindi gikorwa cya gisirikare avuga ko cyashegeshe uyu mutwe aboneraho ariko gusaba Abagande kuba maso. Mu byumweru bishize, byagaragaye ko ADF yari yateguye ibitero byo kwibasira ibirori bya Nyege Nyege mu mujyi wa Jinja. Icyakora, nta kintu cyigeze kiba nyuma yo kohereza abashinzwe […]
Masisi: M23 yaba yafashe agace ka Kalenga nyuma y’imirwano yaharamukiye
Guhera saa kumi n’imwe z’igitondo kuri iki Cyumweru, haravugwa imirwano hagati ya M23 na FARDC ahitwa Kalenga, muri Teritwari ya Masisi hafi y’ahitwa Kausa muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri ibyo bice agera ku mbuga z’amakuru zegereye leta ya Congo, avuga ko iyi mirwano ihuje igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri iki Cyumweru, […]
Rutshuru: Imitwe ibiri igize Wazalendo yarasanye abasivili aba ari bo babigenderamo
Imitwe ibiri y’inyeshyamba imwe mu yigize ihuriro rya Wazalendo kuri uyu wa Gatanu ushize yakozanyijeho ahitwa Nyamilima na Kisharo. Iyi mitwe yombi ibarizwa muri Gurupoma ya Binza, Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru. Umwe mu baturage bavuganye n’urubuga Kivumorningpost, avuga ko iyi mitwe ari Mai-Mai AFPL iyoborwa na Surambaya hamwe n’umutwe wa Mai-Mai FPP/AP wa […]
Senegal: Umunyapolitiki Sonko yongeye kwimwa amahirwe yo kuziyamamaza
Urukiko rw’Ikirenga rwa Senegal kuwa Gatanu rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ibanze rwaba rwasubije umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi Ousmane Sonko kuri lisiti y’itora, bihita binamubuza kwiyamamariza kuba perezida mu matora yâumwaka utaha. Guverinoma yakuye Sonko, wari ufitiwe ikizere cyo kuba perezida, ku rutonde rw’itora nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo “guha ruswa urubyiruko” muri Kamena, ibintu yahakanye […]
Gaza: Israel iremeza ko yabonye umurambo w’umusirikare washimuswe na Hamas
Israel iravuga ko ingabo zayo zabonye umurambo wâumugore wa kabiri wafashwe bugwate na Hamas, mu gihe cyo gusaka hafi yâibitaro bya Al-Shifa muri Gaza. Noa Marciano, umusirikare w’imyaka 19, yari umwe mu bantu bagera kuri 240 bashimuswe nâabarwanyi ba Hamas mu gihe cyâigitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira, cyahitanye abantu 1200 mu majyepfo ya […]