Africa’s urbanization summit urges for collaborative action for future cities

f_in5laaqaaqxwe.jpg

The 2023 Africa’s New Cities Summit formally opened in the Rwandan capital, Kigali, Thursday with a call to explore collaborative and innovative solutions to tackle the complexities associated with the continent’s urban growth. The event, co-organized by the Rwanda Development Board (RDB) and the Africa Infrastructure Development Association, serves as a platform for discussing challenges, […]

Imodoka za MONUSCO zari zigiye Kishishe zitambitswe n’abaturage

Uruhererekane rw’imodoka za Monusco ziherekejwe n’ingabo za FARDC zashakaga kwerekeza muri Kishishe, mu birometero 20 uvuye Kibirizi, ariko zitambikwa n’abaturage b’aha Kibirizi kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Ugushyingo, biba ngombwa ko zisubira inyuma mu birindiro bya Rwindi nk’uko bitangazwa n’urubuga libregrandlac.com rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi byabaye nyuma y’aho MONUSCO kuri […]

Minembwe: Twirwaneho iravuga ko batewe n’ingabo zitamenyekanye zivuga Ikirundi gusa

f_iw9cpxoaamm-o.jpg

Umutwe wa Twirwaneho uratangaza ko kuri uyu wa Kane ushize, itariki 16 Ugushyingo 2023 ku isaha ya saa kumi n’imwe, ibiturage bya Minembwe byatewe n’ingabo nyinshi zivuga Ikirundi, hakaba imirwano yagejeje saa munani z’amanywa umutwe wa Mai-Mai Bilozebishambuke, uyobowe na Ngomanzito na wo winjira mu mirwano uje gufasha izo ngabo. Mu itangazo Twirwaneho yashyize ahagaragara […]

AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda : des suspects de fixation de l’Ă Âąge comparaissent devant le tribunal

Le 16 novembre, l’accusation a traduit devant le tribunal primaire de Kicukiro trois suspects accusĂ©s d’avoir truquĂ© l’Ă Âąge des enfants pour garantir leur admission à  l’AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda. Les suspects sont Aristide Karorero, responsable des donnĂ©es du secteur Kinyinya, Leo Nisunzumuremyi, entraĂ Âźneur de football, et Marie Rose Rugendoruhire, officier de l’Ă©tat civil […]

Madagascar: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamaganye amatora yabaye

Amatora yarangiye mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’umukuru w’igihugu muri Madagascar kuri uyu wa Kane ushize, yabaye nubwo hari umukandida ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi wanze kuyitabira ndetse hakaba imyigaragambyo yaranzwe n’urugomo mbere y’umunsi w’amatora. Amatora yabaye mu mahoro hamwe n’abashinzwe umutekano mucye mu murwa mukuru Antananarivo ariko abitabiriye gutora babaye bake. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu […]

Abanyatanzaniya basanga gusaba imbabazi gusa bidahagije ku byo bakorewe n’Abadage

german-apology-tanzania-20231102030340.webp

Mu ntangiriro z’uku kwezi, Perezida w’u Budage, Frank-Walter Steinmeier yari muri Tanzania, aho yasabye imbabazi zishingiye ku mateka ku mahano yakozwe n’igihugu cye mu gihe cy’ubukoloni bwacyo muri iki gihugu cya Afurika. Steinmeier yagize ati: “Ndashaka gusaba imbabazi z’ibyo Abadage bakoreye ba sogokuruza.” ‘Amagambo gusa ntacyo asobanura’ Kwigomeka ku bakoloni kwatangiye ari imyigaragambyo y’abakene ariko […]

Malawi yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo perezida

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo we ubwe n’abaminisitiri. Mu kiganiro kuri televiziyo mu ijoro ryo ku wa Gatatu, Perezida Chakwera yategetse abaminisitiri bose, ubu bari hanze y’igihugu, gusubira mu rugo. Yavuze ko iryo hagarikwa rizakurikizwa mu gihe gisigaye cy’umwaka w’ingengo y’imari uzarangira muri Werurwe, […]

Museveni arashinja Loni kuba ari yo ihembera iterabwoba muri Congo n’ahandi

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashinje Umuryango w’Abibumbye kuba ari wo uhembera iterabwoba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo no guteza akavuyo mu bihugu bitandukanye mu Karere ka Sahel. Perezida wa Uganda mu itangazo ryanyujijwe kuri twitter kuri uyu wa Gatatu ushize yagize ati “Igice kimwe cy’iterabwoba muri Afurika cyashinjwe cyangwa kibungwabungwa bamwe mu bantu […]

Germany can screen asylum claims abroad despite Rwanda ruling, lawmakers insist

UNHCR-supervised asylum procedures abroad could provide a workaround for human rights concerns raised by the Supreme Court, the FDP, a junior partner in Germany’s coalition government, said on Wednesday (15 November). On Wednesday, the UK’s highest court ruled that a plan to send those wanting to seek asylum in the UK, to Rwanda, was ruled […]

Musanze: Umurinzi wa Pariki y’Ibirunga yishe arashe mugenzi we

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, uwitwa Ntegerejimana Christophe w’imyaka 37 akaba umwe mu barinda Pariki y’Igihugu y’Ibirunga , yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin w’imyaka 32. Ibi byabereye mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu nk’uko iyi nkuru dukesha Kigali Today ivuga. Umuyobozi wa Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, Uwingeri Prosper, […]

MINAGRI yasabwe kugaragaza ingamba ifite zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira

Inteko Rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, yasabye Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi kuyigaragariza uburyo bunoze bwo gushyira mu bikorwa ingamba bagaragarije Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo, ubwo Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije yasesenguraga raporo y’igenzura ricukumbuye ryakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya […]

Perezida wa Somalia n’uw’u Burundi basabye abarwana muri RDC guhagarika imirwano

f--0ac4a4aaa-th.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17 Ugushyingo, Perezida Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia yageze mu Burundi kugira ngo abonane na Perezida Evariste Ndayishimiye akaba na Perezida wa EAC ucyuye igihe, aho basabye impande zihanganye mu burasirazuba bwa Congo guhagarika imirwano zikubahiriza amasezerano ya Luanda na Nairobi. Muri uru ruzinduko, Abakuru b’ibihugu byombi bakoze inama […]

MONUSCO igeze aho ijya gukora urugendo ikabanza kumenyesha abaturage aho igiye n’ibyo itwaye

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zimaze imyaka n’imyaka zoherejwe kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zigeze aho zisigaye zibanza kumenyesha abaturage aho zishaka kujya n’ibyo zigiyemo kugirango batazisagarira nyuma y’umwuka mubi umaze iminsi hagati y’impande zombi aho abaturage bifuza ko izi ngabo zibavira mu gihugu. Kuri uyu wa Gatatu rero nibwo hagaragaye ubutumwa bwa […]

Le président Kagame a présidé un haut conseil de commandement

f-_jh8bxiaaasoz.jpg

Le prĂ©sident Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a prĂ©sidĂ© mercredi 15 novembre un Conseil de haut commandement auquel participent des officiers supĂ©rieurs actifs et retraitĂ©s des RDF, des officiers supĂ©rieurs de la Police nationale rwandaise (RNP), des services nationaux de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS), Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) […]

RDC: Inyeshyamba za Mobondo zongeye gukora ubwicanyi muri Kinshasa

Nyuma y’ibyumweru by’ituze, inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo zongeye kugaragara zica abantu byibuze icyenda kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo mu mudugudu wa Kie na Yoso wo muri Gurupoma ya Mbakana, Komini Maluku, mu Ntara ya Kinshasa. izi nyeshyamba zari ziherutse kwica abasirikare 15 ba FARDC muri Nzeri mu mirwano yabahuje mu mudugudu […]

Paris: Ku munsi wa mbere w’urubanza rwa Munyemana hibanzwe ku mubano yari afitanye na Kambanda

Iyi ni yo dosiye imaze igihe kirekire ikorwaho iperereza kurusha izindi mu Bufaransa ku bintu bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi y’uwahoze ari umuganga mu Rwanda, umaze imyaka igera kuri 30 aba mu Bufaransa, watangiye kuburanishwa n’urukiko rw’i Paris kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo. SosthĂšne Munyemana yari umuganga w’abagore i Butare mu […]

RDC: Hakozwe impinduka mu buyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru

Guverineri w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter, yavuguruye guverinoma y’intara. Albanz Kabaya na Madamu AdĂšle Bazizane, bagizwe umuyobozi mukuru wa cabinet n’umuyobozi mukuru wungirije ba Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter nk’uko tubikesha mediacongo.net. Brig. Gen. Yangba Tene Danny yagizwe umujyanama mukuru ushinzwe ibikorwa, umutekano, ubutasi n’umutekano rusange, naho Eric Kitsa Kalobera […]

Nyamagabe: Arashinjwa gusambanya abana be babiri batarengeje imyaka 5

Ubushinjacyaha, Urwego Rwisumubuye rwa Nyamagabe, kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 13 Ugushyingo, bwaregeye urukiko umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana be babiri bafite imyaka itatu (3) n’imyaka itanu (5). Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko ibi byabereye, ku itariki ya 17 Ukwakira 2022, mu Mudugudu wa Mashya, Akagali ka Giheta, mu Murenge wa […]

Ukraine: Haravugwa umwuka mubi hagati ya Perezida Zelensky n’abayobozi b’ingabo

Aleksey Arestovich, wahoze ari umuntu wegereye umukuru w’igihugu, yabwiye El Mundo cyo muri Espagne kuri uyu wa Mbere ushize ko hari amakimbirane hagati ya Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky n’ubuyobozi bw’ingabo muri iki gihugu kubera ko yanze kwemera ko ibitero bya Kiev byo gusubiza inyuma ingabo z’u Burusiya bisa nk’ibyahagaze. Uyu wahoze ari umuyobozi yavugaga […]

Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje igihe amatora azarangiza inzibacyuho azabera

Abayobozi b’inzibacyuho muri Gabon batangaje kuri uyu wa Mbere ushize mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ko muri iki gihugu hazaba amatora rusange muri Kanama 2025, bigatuma inzibacyuho irangira. Komite ishinzwe inzibacyuho no kugarura inzego (CTRI), igizwe n’abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo ku itariki ya 30 Kanama uyu mwaka, yashyize ahagaragara ingengabihe y’igihe inzibacyuho […]

Les dirigeants de l’opposition congolaise s’entretiennent en Afrique du Sud

Des envoyĂ©s des principaux dirigeants de l’opposition congolaise sont arrivĂ©s lundi en Afrique du Sud pour discuter de la coordination en vue des prochaines Ă©lections dans ce pays d’Afrique centrale, ont indiquĂ© des responsables. Le prĂ©sident FĂ©lix Tshisekedi, le prĂ©sident sortant, brigue un second mandat lors du scrutin du 20 dĂ©cembre. De nombreux analystes estiment […]

RDC: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi i Pretoria mu nama yo gushaka uko bazafatanya mu matora

Intumwa z’abayobozi bakuru batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ushize kugira ngo baganire ku bijyanye n’imikoranire mbere y’amatora ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Felix Tshisekedi uri ku butegetsi, yiyamamariza manda ya kabiri mu matora yitezwe ku itariki ya 20 Ukuboza. Abasesenguzi benshi babona […]

Rwanda migrants plan must go ahead ‘no ifs, no buts’, says Robert Jenrick

The Rwanda deportation plan must go ahead “no ifs, no buts”, the immigration minister said, as he hinted that the Government was prepared to quit the European Convention on Human Rights. In an interview with The Telegraph, Robert Jenrick said for the first time that the Government’s aim was to “stop the boats in their […]

Kinshasa: Abandi bafunzwe bazira urupfu rwa L D Kabila barasaba gusubizwa imirimo bahoranye

dsa.jpg

Abahoze ari abagororwa bababariwe mu rubanza rw’iyicwa rya Perezida Laurent-Desire Kabila basabye kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 11 Ugushyingo, gusubizwa imirimo yabo ya mbere. Babisabye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Radio Okapi. Umwe muri bo, Constantin Nono Lutula wahoze ari umujyanama udasanzwe mu by’umutekano wa Laurent Desire Kabila, na we […]

Rutshuru: M23 yongeye gufata Kishishe nyuma y’imirwano ikaze

Imirwano hagati ya M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo yakomereje ahantu hatandukanye muri Kibumba, Buhumba kugeza Kishishe na Bambo, muri Teritwari za Rutshuru na Kilolirwe. Amakuru aturuka aha aremeza ko muri iki gitondo inyeshyamba za M23 zongeye kwigarurira agace ka Kishishe, ko muri Gurupoma ya Bambo, Teritwari ya Rutshuru, […]

Abashidikanya ku itegurwa ry’amatora Data ububabarire ntibazi ibyo bakora – DĂ©nis Kadima

Mu ijambo rye kuri uyu wa Mbere, ubwo hafungurwaga inama nyunguranabitekerezo hagati ya Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) n’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Perezida wa komisiyo yijeje ko amatora azaba nubwo batangiye gutegura bakererewe. DĂ©nis Kadima yashimangiye ko komisiyo y’amatora “yagaragaje icyizere kandi yanga kuganduka”. Kuri we, ngo iyi komisiyo ishyigikira demokarasi ishyira mu […]

One dead and one injured in an exchange of fire between two armed fighters in Munigi

One person died and another was seriously injured in an exchange of fire between two fighters called “Wazalendo”, Sunday November 12 evening in Munigi, about ten kilometers north of Goma (North Kivu). According to local society, this incident created psychosis in the villages of Rukoko, Kihisi and their surroundings in the Munigi group, in Nyiragongo […]

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yagarutse muri guverinoma

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, David Cameron, yagizwe umunyamabanga w’ububanyi n’amahanga mu buryo butunguranye ubwo Rishi Sunak yavugurura guverinoma ye. Ni ukugaruka muri guverinoma ku wahoze ari minisitiri w’intebe w’umu conservateur, wayoboye hagati ya 2010 na 2016. Cameron avuga ko mu gihe atemeranya n’ “ibyemezo bimwe na bimwe ku giti cye” byafashwe na Sunak, […]

Mogadishu: Umwiyahuzi yagabye igitero ku ishuri rya gisirikare

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, i Mogadishu, umurwa mukuru wa Somalia umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare nyuma y’ibyumweru hari ituze kubera ibikorwa bya gisirikare. Umutangabuhamya yavuze ko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare rya Jaalle Siyaad, mu majyaruguru ya Mogadishu, ahagana mu ma saa 08:25 ku itariki ya 13 Ugushyingo, […]

DĂ©but du procĂšs du “Boucher de Tumba” en France

Un tribunal de Paris ouvrira le 14 novembre les procĂ©dures dans une affaire impliquant le septiĂšme Rwandais jugĂ© en France pour son rĂŽle dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. A la Cour d’assises de Paris, le docteur SosthĂšne Munyemana sera jugĂ© pour avoir Ă©tĂ© à  l’avant-garde des massacres de Tumba – une localitĂ© […]

Perezida wa Israel aremeza ko basanze igitabo ‘Mein Kampf’ cya Hitler ku murwanyi wa Hamas

Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yatangaje ko umurwanyi wa Hamas yasanganwe igitabo cyanditswe na Hitler, ahakana ko Israel yibasiye ibitaro binini bya Gaza byitwa Al-Shifa amakuru yerekana ko ibi bicumbikiye Abanyapalestine ibihumbi babihungiyeho byabuze amashanyarazi. Aganira n’umunyamakuru wa BBC, Gaira Kuenssberg, Perezida wa Israel yavuze kandi ko kopi y’igitabo Mein Kampf cya Adolf Hitler yabonetse […]

USA: Umwirabura wa mbere wari wizeye kuba umukandida w’Abarepubulikani yivanye mu ihiganwa

Senateri w’Umunyamerika wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Tim Scott, ukomoka muri Caroline y’Amajyepfo yavuye mu guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2024. Yari yizeye kuzaba Umunyamerika wa mbere wirabura wemejwe n’ishyaka ry’Abarepubulikani ngo azarihagararire mu matora y’umukuru w’igihugu. Yatangarije Fox News ati “Ntekereza ko abatora, ari bo bantu b’ingenzi […]

Indorerezi z’amatora za EU ziragera muri RDC kuri uyu wa Mbere mu gihe hatizewe niba azaba

Itsinda ry’indorerezi z’amatora z’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi rizoherezwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gukurikirana amatora rusange ateganijwe ku itariki ya 20 Ukuboza, guhera kuri uyu wa Mbere, mu gihe hakibazwa niba koko amatora azaba. Iri tsinda rigizwe n’indorerezi 42 z’igihe kirekire kugeza muri Mutarama 2024. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara na […]

Israel yemeye gufasha kuvana abana mu bitaro iregwa kuba imaze iminsi irasaho

Igisirikare cya Israel kiravuga ko cyemeye gufasha mu kuvana abana mu bitaro bya Al-Shifa muri Gaza bakimurirwa mu kigo “gifite umutekano”. BBC yoherejwe amafoto y’abana nibura 20 bavutse bacumbikiwe ahasanzwe hatangirwa serivisi zo kubaga muri ibyo bitaro bya Al-Shifa. Itsinda ry’abaganga rivuga ko abana babiri bavutse batagejeje igihe bapfuye kubera kubura amashanyarazi muri Al-Shifa; aho […]

RDC: Umwuzukuru wa Mobutu Sese Seko yirukanwe ku buyobozi bw’intara

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 11 Ugushyingo 2023, abadepite icumi muri cumi n’umunani bagize Inteko y’Intara ya Nord-Ubangi batoye icyifuzo cyo kwirukana umwuzukuru wa Mobutu, Guverineri Malo Ndimba Mobutu na guverinoma ye ku buyobozi. Ni icyifuzo cyatanzwe n’umudepite witwa Bembide Ndanu Polele Maxe. Umwanditsi w’iki cyifuzo, akaba n’umujyanama mu nteko y’intara, yatanze impamvu 17 […]

Paris: Abashyigikiraga Abayahudi bisubiyeho ababarwanyaga bajya kubashyigikira

Ikintu kitigeze kibaho kirimo kuba muri iyi weekend i Paris, cyazanywe n’intambara hagati ya Israel na Hamas ndetse no kwisuka kwayo mu Burayi, aho uruhande rwahoze rushyigikira Abayahudi rwanze kuyitabira ahubwo bitunguranye urwabarwanyaga rukemera kujya kubashyigikira. Ku nshuro ya mbere, imyigaragambyo ikomeye yitabiriwe n’abahagarariye amashyaka ya politiki akomeye arimo ayashyigikiye ko abantu baba ba nyamwigendaho […]

Sudani y’Epfo yitegura kuyobora EAC yabanje kwishyura ibirarane yari iyibereyemo

Igihugu cya Sudani y’Epfo cyateye intambwe igaragara mu kongera ingufu mu bikorwa byayo mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ikemura ibibazo byayo bisanzwe, kandi ikemura ikibazo cy’ibirarane by’umusanzu cyabangamiraga uruhare rwayo mu bikorwa by’uyu muryango. Ibi byabaye nyuma y’ubusabe bwa Perezida Salva Kiir mu nama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu […]

Imiterere y’icyambu cya mbere kinini mu Rwanda kizatahwa mu Kuboza

33833.webp

Imirimo yo kubaka icyambu cya Rubavu ubu igeze kuri 96 ku ijana kandi iki cyambu kizaba ari icya mbere kinini kandi kigezweho mu gihugu kigiye gufungura mu Kuboza. Icyambu cya Rubavu, kinini mu Rwanda, biteganijwe ko kizazamura ubukerarugendo n’ubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati yu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nikirangira. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo […]

Ibihugu bya EAC byiyemeje kohereza mu kirere satellite bihuriyeho

Ibihugu byo muri EAC byemeranyije gukusanya ubushobozi bigafatanya kohereza mu kirere satellite bihuriyeho izafasha mu gutanga serivisi za internet mu karere. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yiga ku iterambere ry’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga n’itumanaho mu mishinga yo kwihuriza hamwe mu ikoreshwa ry’Umuhora wa Ruguru yabereye i Nairobi kuwa Kane ushize. Itangazo rihuriweho ryashyizwe ahagaragara rigira riti […]

Ukraine iravuga ko yarashe drones 19 z’u Burusiya

Ukraine yatangaje ko yarashe hafi bibiri bya gatatu by’indege zitagira abaderevu 31 zaraye zoherejwe na Moscou kugaba ibitero, cyane cyane mu turere turimo intambara, ariko zibasiye n’umurwa mukuru Kiev mu gitondo. Ingabo zirwanira mu kirere zagize ziti: “Indege zitagira abadereva 19 za Shahed-136/131 zasenywe. Abarusiya bohereje igice kinini cy’indege zitagira abadereva mu turere tw’imbere ku […]

Burundi: Indwara itazwi irimo guhitana imfungwa muri Gereza ya Ruyigi

Indwara itazwi iri guhitana imfungwa muri Gereza Nkuru ya Ruyigi mu gihugu cy’u Burundi, aho bivugwa ko imfungwa enye zimaze gupfa mu gihe kitarenze ukwezi. Abafunzwe barasaba gutabarwa. Abagororwa bo muri Gereza Nkuru ya Ruyigi bavuga ko batazi icyateye urupfu rwa bagenzi babo bafunzwe. Bamwe basanze bapfuye mu gitondo abandi bapfira mu bigo nderabuzima. Muri […]

Ubwenegihugu bw’u Bubiligi bwa Gen. Ndaywell ukuriye ubutasi bwa FARDC bwateje urunturuntu

“Inzirakarengane y’umugambi wateguwe n’abanzi, Gen. Ndaywel ntabwo ari Umubiligi”, ibi ni ibitangazwa n’umuryango w’uyu musirikare mukuru wa FARDC ukuriye ubutasi bwa gisirikare nyuma yo kuregwa mu butabera bw’u Bubiligi. Gen. Maj. Christian Ndaywel warezwe nk’Umubiligi n’umunyamategeko w’umuryango w’umudepite w’igihugu Cherubin Okende, wishwe muri Nyakanga, umuryango we uvuga ko bigaragara ko ari inzirakarengane y’umugambi ugamije guhindanya […]

Perezida Macron yasabye Israel kurekeraho kwica abana n’abagore muri Gaza

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangarije BBC ko Israel igomba guhagarika kwica abana n’abagore muri Gaza. Mu kiganiro cyihariye cyabereye mu ngoro ya à‰lysĂ©e, yavuze ko nta mpamvu n’imwe Israel yari ifite yo gutera ibisasu, avuga ko guhagarika imirwano bizagirira akamaro Israel. Ati: “Mu gihe twemera uburenganzira bwa Israel bwo kwikingira,” turabasaba guhagarika gutera ibyo […]

Somalia could be admitted to the East African community this month

East African Community (EAC) Secretary-General Peter Mathuki says Somalia could be admitted to the bloc this month, The East African reports. An Ordinary Heads of State Summit is scheduled for November 23-24 in Arusha, and the region’s presidents are expected to endorse Somalia’s accession. Dr Mathuki told a panel at the Africa Investment Forum in […]

Darfur: RSF iravugwaho kwica abantu hafi 1500 mu gisa nka jenoside

Ku itariki ya 2 Ugushyingo, ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zagose inkambi y’abavanywe mu byabo nyuma yo gutera ikigo cy’ingabo za leta cyari hafi yaho mu burengerazuba bwa Darfur. Mu minsi itatu yakurikiyeho, uyu mutwe witwara gisirikare wakoze ibishobora kuba ubwicanyi bwakorewe abantu benshi mu gihe gito kuva intambara y’abenegihugu yatangira muri Mata. […]

Umukuru w’Ingabo za Burkina Faso mu Rwanda gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare

f-g3latxeaamccd.jpg

Umugaba mukuru w’ingabo za Burkina Faso, Brig. Gen CĂ©lestin SIMPORE n’intumwa ze bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2023. Ku gicamunsi, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali kandi yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse anasura Ingoro Ndangamurage y’ubukangurambaga bwo kurwanya Jenoside ku nyubako […]

Corneille Nangaa yashinje Perezida Tshisekedi guteranya amoko amusaba kwegura

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane, itariki ya 9 Ugushyingo 2023, uwahoze ari perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora muri Congo (CENI) wahindutse utavuga rumwe n’ubutegetsi, Corneille Nangaa, arasaba kwegura Perezida FĂ©lix Tshisekedi ashinja gutwika intara ya Tshopo binyuze mu“guteranya abavandimwe babiri, Aba-Mbole n’Aba-Lengola ”. Aho ari mu buhungiro, Perezida w’ishyaka Action pour […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Israel na Brazil nyuma y’ibyatangajwe na Mossad

Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Ugushyingo, Minisitiri w’ubutabera muri Brazil, Flavio Dino, yamaganye Israel bikomeye nyuma y’uko ikigo cy’ubutasi cya Mossad kivuze ko cyafashije guhagarika igitero cy’umutwe w’abarwanyi ba kisilamu wa Hezbollah ku Bayahudi bo muri Brazil. Dino yasubizaga amagambo adasanzwe yatangajwe ku wa Gatatu aho ikigo cya Mossad cyo muri Israel cyashimiye igipolisi […]

Isasu riri kuvuza ubuhuha hagati y’ingabo za Israel na Hamas muri Gaza

Imirwano hagati ya Israel na Hamas yegereye ibitaro bya Al Quds mu mujyi wa Gaza, aho umunyamakuru wa BBC uri kubikurikirana avuga ko hari kubera urugamba rwa nyarwo rw’imbunda. Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu bahungiye mu bitaro kandi haracyari abarwayi 100 mu bitaro ubwabyo. Hagati aho, inzira yonyine yifashishwa mu guhunga, yemerera abantu kuva mu majyaruguru ya […]

Le Soudan du Sud s’apprĂ ÂȘte à  assumer la prĂ©sidence de la CAE

Le prĂ©sident du Soudan du Sud, Salva Kiir Mayardit, devrait prendre la prĂ©sidence du sommet des chefs d’à‰tat de la CommunautĂ© d’Afrique de l’Est (EAC) lors du prochain sommet ordinaire des chefs d’à‰tat de l’EAC, rapporte The East African. Le prĂ©sident Kiir est sur le point de remplacer le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye dont le […]

Bunyoni yashinjwe kwishyura agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Ndayishimiye

Ubushinjacyaha bw’u Burundi kuri uyu wa gatatu ushize bwashinje Gen Alain Guillaume Bunyoni gushaka guhungabanya ubukungu bw’igihugu ndetse no kuba yarishyuye agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Evariste Ndayishimiye, ibyaha byose ahakana. Urubanza rwa Bunyoni kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Ugushyingo, rwari rukomereje mu Rukiko rw’Ikirenga mu murwa mukuru w’u Burundi, Gitega. […]

Inyeshyamba zahanuye drone y’Abanyamerika ifite agaciro ka miliyari zisaga 30 Frw

Inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemeni zatangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Ugushyingo, ko zarashe indege itagira abapilote y’Abanyamerika, ifite agaciro ka miliyari zisaga 32 z’Amanyarwanda, yagurukaga hejuru y’amazi ya Yemeni. Mu itangazo ryabo, Aba-Houti bavuze ko ingabo zabo zahanuye indege ya drone yo muri Amerika yo mu bwoko bwa MQ-9 mu gihe yakoraga ibikorwa […]

Afurika y’Epfo: Abadepite basabye ko ambasaderi wa Israel ahambirizwa

Depite Mbuyiseni Ndlozi wo mu ishyaka EFF ryo muri Afurika y’Epfo yasabye ko nyuma yo guhamagaza abadipolomate babo muri Israel igihugu cye gikwiye no guhambiriza ambasaderi wa Israel. “Tugomba kwirukana Ambasaderi wa Israel!” Ntidushobora kuba inshuti kugeza igihe sosiyete yabo izubahiriza amategeko mpuzamahanga, n’uburenganzira bw’Abanyapalestine bwo kubana, ” uyu ni Ndlozi ubwo kuri uyu wa […]

MoĂ ÂŻse Katumbi gives himself 6 months to put an end to insecurity

With more than 260 local and foreign armed groups present and active in five provinces for more than two decades, the eastern region of the DRC is in a situation of growing insecurity leading to the deterioration of the humanitarian situation with more of 6 million internally displaced people. Faced with this situation, MoĂ ÂŻse Katumbi, […]

Moise Katumbi aremeza ko natorwa azagarura umutekano mu mezi 6

N’imitwe yitwaje intwaro irenga 260 y’abanyagihugu ndetse n’abanyamahanga iri kandi ikorera mu ntara eshanu mu myaka irenga makumyabiri, akarere k’iburasirazuba bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo gafite ibibazo by’umutekano muke ugenda wiyongera biri kugira ingaruka ku bantu barenga miliyoni 6 bavanywe mu byabo. Mu guhangana n’iki kibazo, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida mu […]

L’ancien gouverneur Gasana comparaĂ Âźtra devant le tribunal vendredi

L’accusation devrait traduire en justice Emmanuel Gasana devant le tribunal de premiĂšre instance de Nyagatare, le vendredi 10 novembre, pour rĂ©pondre aux accusations liĂ©es à  la sollicitation et à  l’acceptation d’avantages illĂ©gaux et à  l’abus de ses fonctions. Gasana, qui a Ă©tĂ© suspendu de ses fonctions de gouverneur de la province orientale par le Premier […]

M23 yafashe Kilolirwe mu gihe i Goma hari imyigaragambyo yamagana ubufatanye na MONUSCO

f-afjwma0aejysg.jpg

Amakuru atandukanye aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aremeza ko inyeshyamba za M23 zaba zamaze kwigarurira Kilolirwe, agace k’ingenzi muri Masisi kari mu birometero nka 30 uvuye mu Mujyi wa Sake. Inyeshyamba za M23 zikomeje gutera imbere muri Masisi nyuma y’iminsi micye hatangijwe Operation Spring Bok hagati ya MONUSCO na FARDC yo kurwanya inyeshyamba z’uyu mutwe. Hagati […]