Africa’s urbanization summit urges for collaborative action for future cities

The 2023 Africa’s New Cities Summit formally opened in the Rwandan capital, Kigali, Thursday with a call to explore collaborative and innovative solutions to tackle the complexities associated with the continent’s urban growth. The event, co-organized by the Rwanda Development Board (RDB) and the Africa Infrastructure Development Association, serves as a platform for discussing challenges, […]
Imodoka za MONUSCO zari zigiye Kishishe zitambitswe n’abaturage
Uruhererekane rw’imodoka za Monusco ziherekejwe n’ingabo za FARDC zashakaga kwerekeza muri Kishishe, mu birometero 20 uvuye Kibirizi, ariko zitambikwa n’abaturage b’aha Kibirizi kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Ugushyingo, biba ngombwa ko zisubira inyuma mu birindiro bya Rwindi nk’uko bitangazwa n’urubuga libregrandlac.com rwo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi byabaye nyuma y’aho MONUSCO kuri […]
Minembwe: Twirwaneho iravuga ko batewe n’ingabo zitamenyekanye zivuga Ikirundi gusa

Umutwe wa Twirwaneho uratangaza ko kuri uyu wa Kane ushize, itariki 16 Ugushyingo 2023 ku isaha ya saa kumi n’imwe, ibiturage bya Minembwe byatewe n’ingabo nyinshi zivuga Ikirundi, hakaba imirwano yagejeje saa munani z’amanywa umutwe wa Mai-Mai Bilozebishambuke, uyobowe na Ngomanzito na wo winjira mu mirwano uje gufasha izo ngabo. Mu itangazo Twirwaneho yashyize ahagaragara […]
AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda : des suspects de fixation de l’Ă Âąge comparaissent devant le tribunal
Le 16 novembre, l’accusation a traduit devant le tribunal primaire de Kicukiro trois suspects accusĂ©s d’avoir truquĂ© l’Ă Âąge des enfants pour garantir leur admission Ă Â l’AcadĂ©mie du Bayern Munich au Rwanda. Les suspects sont Aristide Karorero, responsable des donnĂ©es du secteur Kinyinya, Leo Nisunzumuremyi, entraĂ Âźneur de football, et Marie Rose Rugendoruhire, officier de l’Ă©tat civil […]
Madagascar: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamaganye amatora yabaye
Amatora yarangiye mu cyiciro cya mbere cyâamatora yâumukuru wâigihugu muri Madagascar kuri uyu wa Kane ushize, yabaye nubwo hari umukandida ukomeye utavuga rumwe nâubutegetsi wanze kuyitabira ndetse hakaba imyigaragambyo yaranzwe n’urugomo mbere yâumunsi wâamatora. Amatora yabaye mu mahoro hamwe nâabashinzwe umutekano mucye mu murwa mukuru Antananarivo ariko abitabiriye gutora babaye bake. Abatavuga rumwe nâubutegetsi mu […]
Abanyatanzaniya basanga gusaba imbabazi gusa bidahagije ku byo bakorewe n’Abadage

Mu ntangiriro z’uku kwezi, Perezida wâu Budage, Frank-Walter Steinmeier yari muri Tanzania, aho yasabye imbabazi zishingiye ku mateka ku mahano yakozwe nâigihugu cye mu gihe cyâubukoloni bwacyo muri iki gihugu cya Afurika. Steinmeier yagize ati: “Ndashaka gusaba imbabazi z’ibyo Abadage bakoreye ba sogokuruza.” ‘Amagambo gusa ntacyo asobanura’ Kwigomeka ku bakoloni kwatangiye ari imyigaragambyo y’abakene ariko […]
Malawi yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo perezida
Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahagaritse ingendo zose zo mu mahanga ku bakozi ba leta barimo we ubwe nâabaminisitiri. Mu kiganiro kuri televiziyo mu ijoro ryo ku wa Gatatu, Perezida Chakwera yategetse abaminisitiri bose, ubu bari hanze yâigihugu, gusubira mu rugo. Yavuze ko iryo hagarikwa rizakurikizwa mu gihe gisigaye cy’umwaka w’ingengo y’imari uzarangira muri Werurwe, […]
Museveni arashinja Loni kuba ari yo ihembera iterabwoba muri Congo n’ahandi
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashinje Umuryango w’Abibumbye kuba ari wo uhembera iterabwoba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo no guteza akavuyo mu bihugu bitandukanye mu Karere ka Sahel. Perezida wa Uganda mu itangazo ryanyujijwe kuri twitter kuri uyu wa Gatatu ushize yagize ati “Igice kimwe cy’iterabwoba muri Afurika cyashinjwe cyangwa kibungwabungwa bamwe mu bantu […]
Germany can screen asylum claims abroad despite Rwanda ruling, lawmakers insist
UNHCR-supervised asylum procedures abroad could provide a workaround for human rights concerns raised by the Supreme Court, the FDP, a junior partner in Germanyâs coalition government, said on Wednesday (15 November). On Wednesday, the UKâs highest court ruled that a plan to send those wanting to seek asylum in the UK, to Rwanda, was ruled […]
Musanze: Umurinzi wa Pariki y’Ibirunga yishe arashe mugenzi we
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo 2023, uwitwa Ntegerejimana Christophe wâimyaka 37 akaba umwe mu barinda Pariki yâIgihugu yâIbirunga , yarashe mugenzi we witwa Irakoze Kevin wâimyaka 32. Ibi byabereye mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu nk’uko iyi nkuru dukesha Kigali Today ivuga. Umuyobozi wa Pariki yâIgihugu yâIbirunga, Uwingeri Prosper, […]
MINAGRI yasabwe kugaragaza ingamba ifite zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira
Inteko Rusange y’Inteko Ishinga Amategeko, yasabye Minisitiri wâUbuhinzi nâUbworozi kuyigaragariza uburyo bunoze bwo gushyira mu bikorwa ingamba bagaragarije Komisiyo yâUbutaka, Ubuhinzi, Ubworozi nâIbidukikije zo gukemura ibibazo biri mu mishinga yo kuhira. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo, ubwo Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije yasesenguraga raporo y’igenzura ricukumbuye ryakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya […]
Perezida wa Somalia n’uw’u Burundi basabye abarwana muri RDC guhagarika imirwano

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 17 Ugushyingo, Perezida Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia yageze mu Burundi kugira ngo abonane na Perezida Evariste Ndayishimiye akaba na Perezida wa EAC ucyuye igihe, aho basabye impande zihanganye mu burasirazuba bwa Congo guhagarika imirwano zikubahiriza amasezerano ya Luanda na Nairobi. Muri uru ruzinduko, Abakuru b’ibihugu byombi bakoze inama […]
MONUSCO igeze aho ijya gukora urugendo ikabanza kumenyesha abaturage aho igiye n’ibyo itwaye
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zimaze imyaka n’imyaka zoherejwe kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zigeze aho zisigaye zibanza kumenyesha abaturage aho zishaka kujya n’ibyo zigiyemo kugirango batazisagarira nyuma y’umwuka mubi umaze iminsi hagati y’impande zombi aho abaturage bifuza ko izi ngabo zibavira mu gihugu. Kuri uyu wa Gatatu rero nibwo hagaragaye ubutumwa bwa […]
Le président Kagame a présidé un haut conseil de commandement

Le prĂ©sident Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a prĂ©sidĂ© mercredi 15 novembre un Conseil de haut commandement auquel participent des officiers supĂ©rieurs actifs et retraitĂ©s des RDF, des officiers supĂ©rieurs de la Police nationale rwandaise (RNP), des services nationaux de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS), Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) […]
RDC: Inyeshyamba za Mobondo zongeye gukora ubwicanyi muri Kinshasa
Nyuma y’ibyumweru by’ituze, inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo zongeye kugaragara zica abantu byibuze icyenda kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Ugushyingo mu mudugudu wa Kie na Yoso wo muri Gurupoma ya Mbakana, Komini Maluku, mu Ntara ya Kinshasa. izi nyeshyamba zari ziherutse kwica abasirikare 15 ba FARDC muri Nzeri mu mirwano yabahuje mu mudugudu […]
Paris: Ku munsi wa mbere w’urubanza rwa Munyemana hibanzwe ku mubano yari afitanye na Kambanda
Iyi ni yo dosiye imaze igihe kirekire ikorwaho iperereza kurusha izindi mu Bufaransa ku bintu bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi y’uwahoze ari umuganga mu Rwanda, umaze imyaka igera kuri 30 aba mu Bufaransa, watangiye kuburanishwa n’urukiko rwâi Paris kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo. SosthĂšne Munyemana yari umuganga wâabagore i Butare mu […]
RDC: Hakozwe impinduka mu buyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru
Guverineri w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter, yavuguruye guverinoma y’intara. Albanz Kabaya na Madamu AdĂšle Bazizane, bagizwe umuyobozi mukuru wa cabinet nâumuyobozi mukuru wungirije ba Gen. Major Cirimwami Nkuba Peter nk’uko tubikesha mediacongo.net. Brig. Gen. Yangba Tene Danny yagizwe umujyanama mukuru ushinzwe ibikorwa, umutekano, ubutasi nâumutekano rusange, naho Eric Kitsa Kalobera […]
Nyamagabe: Arashinjwa gusambanya abana be babiri batarengeje imyaka 5
Ubushinjacyaha, Urwego Rwisumubuye rwa Nyamagabe, kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 13 Ugushyingo, bwaregeye urukiko umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana be babiri bafite imyaka itatu (3) nâimyaka itanu (5). Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko ibi byabereye, ku itariki ya 17 Ukwakira 2022, mu Mudugudu wa Mashya, Akagali ka Giheta, mu Murenge wa […]
Ukraine: Haravugwa umwuka mubi hagati ya Perezida Zelensky n’abayobozi b’ingabo
Aleksey Arestovich, wahoze ari umuntu wegereye umukuru w’igihugu, yabwiye El Mundo cyo muri Espagne kuri uyu wa Mbere ushize ko hari amakimbirane hagati ya Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky n’ubuyobozi bw’ingabo muri iki gihugu kubera ko yanze kwemera ko ibitero bya Kiev byo gusubiza inyuma ingabo z’u Burusiya bisa nk’ibyahagaze. Uyu wahoze ari umuyobozi yavugaga […]
Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje igihe amatora azarangiza inzibacyuho azabera
Abayobozi b’inzibacyuho muri Gabon batangaje kuri uyu wa Mbere ushize mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ko muri iki gihugu hazaba amatora rusange muri Kanama 2025, bigatuma inzibacyuho irangira. Komite ishinzwe inzibacyuho no kugarura inzego (CTRI), igizwe n’abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo ku itariki ya 30 Kanama uyu mwaka, yashyize ahagaragara ingengabihe y’igihe inzibacyuho […]
Les dirigeants de l’opposition congolaise s’entretiennent en Afrique du Sud
Des envoyĂ©s des principaux dirigeants de l’opposition congolaise sont arrivĂ©s lundi en Afrique du Sud pour discuter de la coordination en vue des prochaines Ă©lections dans ce pays d’Afrique centrale, ont indiquĂ© des responsables. Le prĂ©sident FĂ©lix Tshisekedi, le prĂ©sident sortant, brigue un second mandat lors du scrutin du 20 dĂ©cembre. De nombreux analystes estiment […]
RDC: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi i Pretoria mu nama yo gushaka uko bazafatanya mu matora
Intumwa zâabayobozi bakuru batavuga rumwe nâubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ushize kugira ngo baganire ku bijyanye nâimikoranire mbere yâamatora ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Felix Tshisekedi uri ku butegetsi, yiyamamariza manda ya kabiri mu matora yitezwe ku itariki ya 20 Ukuboza. Abasesenguzi benshi babona […]
Rwanda migrants plan must go ahead âno ifs, no butsâ, says Robert Jenrick
The Rwanda deportation plan must go ahead âno ifs, no butsâ, the immigration minister said, as he hinted that the Government was prepared to quit the European Convention on Human Rights. In an interview with The Telegraph, Robert Jenrick said for the first time that the Governmentâs aim was to âstop the boats in their […]
Kinshasa: Abandi bafunzwe bazira urupfu rwa L D Kabila barasaba gusubizwa imirimo bahoranye

Abahoze ari abagororwa bababariwe mu rubanza rw’iyicwa rya Perezida Laurent-Desire Kabila basabye kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 11 Ugushyingo, gusubizwa imirimo yabo ya mbere. Babisabye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Radio Okapi. Umwe muri bo, Constantin Nono Lutula wahoze ari umujyanama udasanzwe mu byâumutekano wa Laurent Desire Kabila, na we […]
Rutshuru: M23 yongeye gufata Kishishe nyuma y’imirwano ikaze
Imirwano hagati ya M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo yakomereje ahantu hatandukanye muri Kibumba, Buhumba kugeza Kishishe na Bambo, muri Teritwari za Rutshuru na Kilolirwe. Amakuru aturuka aha aremeza ko muri iki gitondo inyeshyamba za M23 zongeye kwigarurira agace ka Kishishe, ko muri Gurupoma ya Bambo, Teritwari ya Rutshuru, […]
Abashidikanya ku itegurwa ry’amatora Data ububabarire ntibazi ibyo bakora – DĂ©nis Kadima
Mu ijambo rye kuri uyu wa Mbere, ubwo hafungurwaga inama nyunguranabitekerezo hagati ya Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) n’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Perezida wa komisiyo yijeje ko amatora azaba nubwo batangiye gutegura bakererewe. DĂ©nis Kadima yashimangiye ko komisiyo yâamatora âyagaragaje icyizere kandi yanga kugandukaâ. Kuri we, ngo iyi komisiyo ishyigikira demokarasi ishyira mu […]
One dead and one injured in an exchange of fire between two armed fighters in Munigi
One person died and another was seriously injured in an exchange of fire between two fighters called âWazalendoâ, Sunday November 12 evening in Munigi, about ten kilometers north of Goma (North Kivu). According to local society, this incident created psychosis in the villages of Rukoko, Kihisi and their surroundings in the Munigi group, in Nyiragongo […]
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yagarutse muri guverinoma
Uwahoze ari Minisitiri wâIntebe w’u Bwongereza, David Cameron, yagizwe umunyamabanga wâububanyi nâamahanga mu buryo butunguranye ubwo Rishi Sunak yavugurura guverinoma ye. Ni ukugaruka muri guverinoma ku wahoze ari minisitiri wâintebe wâumu conservateur, wayoboye hagati ya 2010 na 2016. Cameron avuga ko mu gihe atemeranya nâ “ibyemezo bimwe na bimwe ku giti cye” byafashwe na Sunak, […]
Mogadishu: Umwiyahuzi yagabye igitero ku ishuri rya gisirikare
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, i Mogadishu, umurwa mukuru wa Somalia umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare nyuma yâibyumweru hari ituze kubera ibikorwa bya gisirikare. Umutangabuhamya yavuze ko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku ishuri rya gisirikare rya Jaalle Siyaad, mu majyaruguru ya Mogadishu, ahagana mu ma saa 08:25 ku itariki ya 13 Ugushyingo, […]
DĂ©but du procĂšs du “Boucher de Tumba” en France
Un tribunal de Paris ouvrira le 14 novembre les procĂ©dures dans une affaire impliquant le septiĂšme Rwandais jugĂ© en France pour son rĂŽle dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. A la Cour d’assises de Paris, le docteur SosthĂšne Munyemana sera jugĂ© pour avoir Ă©tĂ© Ă Â l’avant-garde des massacres de Tumba – une localitĂ© […]
Perezida wa Israel aremeza ko basanze igitabo ‘Mein Kampf’ cya Hitler ku murwanyi wa Hamas
Perezida wa Israel, Isaac Herzog, yatangaje ko umurwanyi wa Hamas yasanganwe igitabo cyanditswe na Hitler, ahakana ko Israel yibasiye ibitaro binini bya Gaza byitwa Al-Shifa amakuru yerekana ko ibi bicumbikiye Abanyapalestine ibihumbi babihungiyeho byabuze amashanyarazi. Aganira n’umunyamakuru wa BBC, Gaira Kuenssberg, Perezida wa Israel yavuze kandi ko kopi y’igitabo Mein Kampf cya Adolf Hitler yabonetse […]
USA: Umwirabura wa mbere wari wizeye kuba umukandida w’Abarepubulikani yivanye mu ihiganwa
Senateri wâUmunyamerika wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Tim Scott, ukomoka muri Caroline y’Amajyepfo yavuye mu guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2024. Yari yizeye kuzaba Umunyamerika wa mbere wirabura wemejwe n’ishyaka ry’Abarepubulikani ngo azarihagararire mu matora y’umukuru w’igihugu. Yatangarije Fox News ati “Ntekereza ko abatora, ari bo bantu b’ingenzi […]
Indorerezi z’amatora za EU ziragera muri RDC kuri uyu wa Mbere mu gihe hatizewe niba azaba
Itsinda ry’indorerezi z’amatora zâUmuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi rizoherezwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gukurikirana amatora rusange ateganijwe ku itariki ya 20 Ukuboza, guhera kuri uyu wa Mbere, mu gihe hakibazwa niba koko amatora azaba. Iri tsinda rigizwe nâindorerezi 42 z’igihe kirekire kugeza muri Mutarama 2024. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara na […]
Israel yemeye gufasha kuvana abana mu bitaro iregwa kuba imaze iminsi irasaho
Igisirikare cya Israel kiravuga ko cyemeye gufasha mu kuvana abana mu bitaro bya Al-Shifa muri Gaza bakimurirwa mu kigo “gifite umutekano”. BBC yoherejwe amafoto yâabana nibura 20 bavutse bacumbikiwe ahasanzwe hatangirwa serivisi zo kubaga muri ibyo bitaro bya Al-Shifa. Itsinda ry’abaganga rivuga ko abana babiri bavutse batagejeje igihe bapfuye kubera kubura amashanyarazi muri Al-Shifa; aho […]
RDC: Umwuzukuru wa Mobutu Sese Seko yirukanwe ku buyobozi bw’intara
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 11 Ugushyingo 2023, abadepite icumi muri cumi n’umunani bagize Inteko yâIntara ya Nord-Ubangi batoye icyifuzo cyo kwirukana umwuzukuru wa Mobutu, Guverineri Malo Ndimba Mobutu na guverinoma ye ku buyobozi. Ni icyifuzo cyatanzwe n’umudepite witwa Bembide Ndanu Polele Maxe. Umwanditsi w’iki cyifuzo, akaba n’umujyanama mu nteko y’intara, yatanze impamvu 17 […]
Paris: Abashyigikiraga Abayahudi bisubiyeho ababarwanyaga bajya kubashyigikira
Ikintu kitigeze kibaho kirimo kuba muri iyi weekend i Paris, cyazanywe n’intambara hagati ya Israel na Hamas ndetse no kwisuka kwayo mu Burayi, aho uruhande rwahoze rushyigikira Abayahudi rwanze kuyitabira ahubwo bitunguranye urwabarwanyaga rukemera kujya kubashyigikira. Ku nshuro ya mbere, imyigaragambyo ikomeye yitabiriwe nâabahagarariye amashyaka ya politiki akomeye arimo ayashyigikiye ko abantu baba ba nyamwigendaho […]
Sudani y’Epfo yitegura kuyobora EAC yabanje kwishyura ibirarane yari iyibereyemo
Igihugu cya Sudani y’Epfo cyateye intambwe igaragara mu kongera ingufu mu bikorwa byayo mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ikemura ibibazo byayo bisanzwe, kandi ikemura ikibazo cy’ibirarane by’umusanzu cyabangamiraga uruhare rwayo mu bikorwa by’uyu muryango. Ibi byabaye nyuma y’ubusabe bwa Perezida Salva Kiir mu nama ya 21 yâabakuru bâibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu […]
Imiterere y’icyambu cya mbere kinini mu Rwanda kizatahwa mu Kuboza

Imirimo yo kubaka icyambu cya Rubavu ubu igeze kuri 96 ku ijana kandi iki cyambu kizaba ari icya mbere kinini kandi kigezweho mu gihugu kigiye gufungura mu Kuboza. Icyambu cya Rubavu, kinini mu Rwanda, biteganijwe ko kizazamura ubukerarugendo nâubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati yu Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nikirangira. Nkâuko byatangajwe n’umuyobozi w’agateganyo […]
Ibihugu bya EAC byiyemeje kohereza mu kirere satellite bihuriyeho
Ibihugu byo muri EAC byemeranyije gukusanya ubushobozi bigafatanya kohereza mu kirere satellite bihuriyeho izafasha mu gutanga serivisi za internet mu karere. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yiga ku iterambere ry’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga n’itumanaho mu mishinga yo kwihuriza hamwe mu ikoreshwa ry’Umuhora wa Ruguru yabereye i Nairobi kuwa Kane ushize. Itangazo rihuriweho ryashyizwe ahagaragara rigira riti […]
Ukraine iravuga ko yarashe drones 19 z’u Burusiya
Ukraine yatangaje ko yarashe hafi bibiri bya gatatu by’indege zitagira abaderevu 31 zaraye zoherejwe na Moscou kugaba ibitero, cyane cyane mu turere turimo intambara, ariko zibasiye n’umurwa mukuru Kiev mu gitondo. Ingabo zirwanira mu kirere zagize ziti: “Indege zitagira abadereva 19 za Shahed-136/131 zasenywe. Abarusiya bohereje igice kinini cyâindege zitagira abadereva mu turere twâimbere ku […]
Burundi: Indwara itazwi irimo guhitana imfungwa muri Gereza ya Ruyigi
Indwara itazwi iri guhitana imfungwa muri Gereza Nkuru ya Ruyigi mu gihugu cy’u Burundi, aho bivugwa ko imfungwa enye zimaze gupfa mu gihe kitarenze ukwezi. Abafunzwe barasaba gutabarwa. Abagororwa bo muri Gereza Nkuru ya Ruyigi bavuga ko batazi icyateye urupfu rwa bagenzi babo bafunzwe. Bamwe basanze bapfuye mu gitondo abandi bapfira mu bigo nderabuzima. Muri […]
Ubwenegihugu bw’u Bubiligi bwa Gen. Ndaywell ukuriye ubutasi bwa FARDC bwateje urunturuntu
“Inzirakarengane y’umugambi wateguwe n’abanzi, Gen. Ndaywel ntabwo ari Umubiligi”, ibi ni ibitangazwa n’umuryango w’uyu musirikare mukuru wa FARDC ukuriye ubutasi bwa gisirikare nyuma yo kuregwa mu butabera bw’u Bubiligi. Gen. Maj. Christian Ndaywel warezwe nk’Umubiligi n’umunyamategeko wâumuryango wâumudepite wâigihugu Cherubin Okende, wishwe muri Nyakanga, umuryango we uvuga ko bigaragara ko ari inzirakarengane yâumugambi ugamije guhindanya […]
Perezida Macron yasabye Israel kurekeraho kwica abana n’abagore muri Gaza
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangarije BBC ko Israel igomba guhagarika kwica abana n’abagore muri Gaza. Mu kiganiro cyihariye cyabereye mu ngoro ya Ă â°lysĂ©e, yavuze ko nta mpamvu n’imwe Israel yari ifite yo gutera ibisasu, avuga ko guhagarika imirwano bizagirira akamaro Israel. Ati: “Mu gihe twemera uburenganzira bwa Israel bwo kwikingira,” turabasaba guhagarika gutera ibyo […]
Somalia could be admitted to the East African community this month
East African Community (EAC) Secretary-General Peter Mathuki says Somalia could be admitted to the bloc this month, The East African reports. An Ordinary Heads of State Summit is scheduled for November 23-24 in Arusha, and the regionâs presidents are expected to endorse Somaliaâs accession. Dr Mathuki told a panel at the Africa Investment Forum in […]
Darfur: RSF iravugwaho kwica abantu hafi 1500 mu gisa nka jenoside
Ku itariki ya 2 Ugushyingo, ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) zagose inkambi yâabavanywe mu byabo nyuma yo gutera ikigo cyâingabo za leta cyari hafi yaho mu burengerazuba bwa Darfur. Mu minsi itatu yakurikiyeho, uyu mutwe witwara gisirikare wakoze ibishobora kuba ubwicanyi bwakorewe abantu benshi mu gihe gito kuva intambara y’abenegihugu yatangira muri Mata. […]
Le Chef d’Etat-Major GĂ©nĂ©ral des Forces ArmĂ©es du Burkina Faso au Rwanda en visite officielle

Le Chef d’Etat-Major GĂ©nĂ©ral des Forces ArmĂ©es du Burkina Faso, le GĂ©nĂ©ral de Brigade CĂ©lestin SIMPORE et sa dĂ©lĂ©gation sont au Rwanda pour une visite officielle du 9 au 11 novembre 2023. Jeudi, aprĂšs-midi, il a visitĂ© le MĂ©morial du GĂ©nocide de Kigali et a rendu hommage aux victimes du GĂ©nocide de 1994 contre les […]
Umukuru w’Ingabo za Burkina Faso mu Rwanda gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare

Umugaba mukuru wâingabo za Burkina Faso, Brig. Gen CĂ©lestin SIMPORE nâintumwa ze bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Ugushyingo 2023. Ku gicamunsi, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali kandi yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ndetse anasura Ingoro Ndangamurage y’ubukangurambaga bwo kurwanya Jenoside ku nyubako […]
Corneille Nangaa yashinje Perezida Tshisekedi guteranya amoko amusaba kwegura
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Kane, itariki ya 9 Ugushyingo 2023, uwahoze ari perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora muri Congo (CENI) wahindutse utavuga rumwe n’ubutegetsi, Corneille Nangaa, arasaba kwegura Perezida FĂ©lix Tshisekedi ashinja gutwika intara ya Tshopo binyuze muâguteranya abavandimwe babiri, Aba-Mbole n’Aba-Lengola â. Aho ari mu buhungiro, Perezida wâishyaka Action pour […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Israel na Brazil nyuma y’ibyatangajwe na Mossad
Kuri uyu wa Kane, itariki 9 Ugushyingo, Minisitiri wâubutabera muri Brazil, Flavio Dino, yamaganye Israel bikomeye nyuma yâuko ikigo cyâubutasi cya Mossad kivuze ko cyafashije guhagarika igitero cyâumutwe wâabarwanyi ba kisilamu wa Hezbollah ku Bayahudi bo muri Brazil. Dino yasubizaga amagambo adasanzwe yatangajwe ku wa Gatatu aho ikigo cya Mossad cyo muri Israel cyashimiye igipolisi […]
Isasu riri kuvuza ubuhuha hagati y’ingabo za Israel na Hamas muri Gaza
Imirwano hagati ya Israel na Hamas yegereye ibitaro bya Al Quds mu mujyi wa Gaza, aho umunyamakuru wa BBC uri kubikurikirana avuga ko hari kubera urugamba rwa nyarwo rw’imbunda. Ibihumbi nâibihumbi by’abantu bahungiye mu bitaro kandi haracyari abarwayi 100 mu bitaro ubwabyo. Hagati aho, inzira yonyine yifashishwa mu guhunga, yemerera abantu kuva mu majyaruguru ya […]
Le Soudan du Sud s’apprĂ ÂȘte Ă Â assumer la prĂ©sidence de la CAE
Le prĂ©sident du Soudan du Sud, Salva Kiir Mayardit, devrait prendre la prĂ©sidence du sommet des chefs dâĂ â°tat de la CommunautĂ© dâAfrique de lâEst (EAC) lors du prochain sommet ordinaire des chefs dâĂ â°tat de lâEAC, rapporte The East African. Le prĂ©sident Kiir est sur le point de remplacer le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye dont le […]
Former prime minister Bunyoni recruited criminal enterprise to assassinate president – Prosecutor
The public prosecutor on Wednesday accused General Bunyoni of harming the national economy. He reported that the former prime minister held a significant amount of foreign currency at his home. He provided his currency to a criminal enterprise to kill President Ă â°variste Ndayishimiye in particular, according to the prosecution. The defendant rejected all the allegations […]
Bunyoni yashinjwe kwishyura agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Ndayishimiye
Ubushinjacyaha bw’u Burundi kuri uyu wa gatatu ushize bwashinje Gen Alain Guillaume Bunyoni gushaka guhungabanya ubukungu bw’igihugu ndetse no kuba yarishyuye agatsiko k’abagizi ba nabi ngo bazice Perezida Evariste Ndayishimiye, ibyaha byose ahakana. Urubanza rwa Bunyoni kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 8 Ugushyingo, rwari rukomereje mu Rukiko rw’Ikirenga mu murwa mukuru w’u Burundi, Gitega. […]
Nta mpamvu Ingabo z’u Rwanda zitaba ku mupaka ariko ntabwo ari rwo ruzashoza intambara – Mukurarinda
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yatangaje ko nta mpamvu yabuza u Rwanda kugira ingabo ku mipaka yarwo ndetse ashimangira ko ruhora rwiteguye kurinda ubusugire bwarwo nyuma y’aho Amerika isabiye u Rwanda gukura ingabo zarwo ku mupaka na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. “Hari itangazo mwabonye ryakozwe na perezidansi ya hano ndetse n’ibyo […]
Inyeshyamba zahanuye drone y’Abanyamerika ifite agaciro ka miliyari zisaga 30 Frw
Inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemeni zatangaje kuri uyu wa Gatatu, itariki 8 Ugushyingo, ko zarashe indege itagira abapilote y’Abanyamerika, ifite agaciro ka miliyari zisaga 32 z’Amanyarwanda, yagurukaga hejuru yâamazi ya Yemeni. Mu itangazo ryabo, Aba-Houti bavuze ko ingabo zabo zahanuye indege ya drone yo muri Amerika yo mu bwoko bwa MQ-9 mu gihe yakoraga ibikorwa […]
Afurika y’Epfo: Abadepite basabye ko ambasaderi wa Israel ahambirizwa
Depite Mbuyiseni Ndlozi wo mu ishyaka EFF ryo muri Afurika y’Epfo yasabye ko nyuma yo guhamagaza abadipolomate babo muri Israel igihugu cye gikwiye no guhambiriza ambasaderi wa Israel. âTugomba kwirukana Ambasaderi wa Israel!â Ntidushobora kuba inshuti kugeza igihe sosiyete yabo izubahiriza amategeko mpuzamahanga, n’uburenganzira bw’Abanyapalestine bwo kubana, â uyu ni Ndlozi ubwo kuri uyu wa […]
MoĂ ÂŻse Katumbi gives himself 6 months to put an end to insecurity
With more than 260 local and foreign armed groups present and active in five provinces for more than two decades, the eastern region of the DRC is in a situation of growing insecurity leading to the deterioration of the humanitarian situation with more of 6 million internally displaced people. Faced with this situation, MoĂ ÂŻse Katumbi, […]
Moise Katumbi aremeza ko natorwa azagarura umutekano mu mezi 6
N’imitwe yitwaje intwaro irenga 260 y’abanyagihugu ndetse nâabanyamahanga iri kandi ikorera mu ntara eshanu mu myaka irenga makumyabiri, akarere kâiburasirazuba bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo gafite ibibazo byâumutekano muke ugenda wiyongera biri kugira ingaruka ku bantu barenga miliyoni 6 bavanywe mu byabo. Mu guhangana n’iki kibazo, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida mu […]
L’ancien gouverneur Gasana comparaĂ Âźtra devant le tribunal vendredi
L’accusation devrait traduire en justice Emmanuel Gasana devant le tribunal de premiĂšre instance de Nyagatare, le vendredi 10 novembre, pour rĂ©pondre aux accusations liĂ©es Ă Â la sollicitation et Ă Â l’acceptation d’avantages illĂ©gaux et Ă Â l’abus de ses fonctions. Gasana, qui a Ă©tĂ© suspendu de ses fonctions de gouverneur de la province orientale par le Premier […]
M23 yafashe Kilolirwe mu gihe i Goma hari imyigaragambyo yamagana ubufatanye na MONUSCO

Amakuru atandukanye aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aremeza ko inyeshyamba za M23 zaba zamaze kwigarurira Kilolirwe, agace k’ingenzi muri Masisi kari mu birometero nka 30 uvuye mu Mujyi wa Sake. Inyeshyamba za M23 zikomeje gutera imbere muri Masisi nyuma y’iminsi micye hatangijwe Operation Spring Bok hagati ya MONUSCO na FARDC yo kurwanya inyeshyamba z’uyu mutwe. Hagati […]