Me Nzayisenga yaciwe amande nyuma yo kubura mu rukiko ku munota wa nyuma

Mu iburanishwa ryabaye tariki ya 2 Werurwe 2022 , Urukiko rw’Ubujurire rwaciye Me Nzayisenga Francis ihazabu y’amafaranga ibihumbi magana abiri kubera kwivana mu rubanza ku munota wa nyuma, aho Umunyarwandakazi Kanyabutembo Virgine aregamo Rugamba Xavier. Rugamba yagaragaye mu Rukiko wenyine nta mwunganizi afite, maze abwira Urukiko ko umwunganizi we yakoze impanuka kandi na we bamwibye […]

Rubavu: Kutagaragaza uko yishyuye igarama no gufunga ‘system’ kwa Me Uwayezu byakuruye impaka mu rukiko

Abitabiriye iburanishwa rya tariki ya 23 Gahyantare 2022

Kuri uyu wa 23 Gashyantare 2022, Umuhesha w’Inkiko Me Anselme Uwayezu yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Rubavu cyo guhagarika cyamunara y’inzu y’Umunyarwandakazi uba muri Amerika Kanyabutembo Virginie, mu Rukiko rwisumbuye rwa Rubavu. Tariki ya 7 Mutarama 2022, urukiko rwari rwafashe iki cyemezo nyuma yo gusanga iyi cyamunara yakozwe na Me Uwayezu wateje iyi nzu iri […]

Rubavu: Abashaka kwigarurira umutungo w’uba muri USA wanatabaje Perezida Kagame bari gusubiranamo

uwambuga_alice.jpg

Nyuma y’uko Umunyarwandakazi uba hanze y’u Rwanda, Kanyabutembo Virginie akomeje gutabaza izego zinyuranye z’ubuyobozi, iz’ubutabera kugeza n’aho umuryango we n’abaturage bamuzi batabazaga Umukuru w’Igihugu Perezida Kagame, biturutse ku cyo bita kurenganyirizwa mu butabera no gukeka ruswa ku bo baburanaga ngo yamburwe umutungo we utwarwe n’uwitwa Rugamba Xaver, hakomeje kugaragara abantu benshi batanga ubuhamya ndetse no […]

Election du Maroc au Conseil de Paix et de SĂ©curitĂ© de l’Union Africaine

arton164782

A l’occasion de la 40Ăšme session ordinaire du Conseil exĂ©cutif de l’Union africaine, tenue du 02 au 03 fĂ©vrier, au siĂšge de l’organisation panafricaine Ă  Addis-Abeba, le Maroc a Ă©tĂ© Ă©lu au Conseil de Paix et de SĂ©curitĂ© de l’Union Africaine, pour un mandat de trois ans. Le Royaume du Maroc a Ă©tĂ© Ă©lu Ă  […]

AllĂ©gations fallacieuses quant Ă  l’implication du Maroc dans l’affaire Pegasus

L’affaire Pegasus est apparue, le 18 juillet 2021, lorsque 17 journaux de rĂ©fĂ©rence internationale ont relayĂ© des informations accusant certains pays dont le Maroc d’utiliser le logiciel israĂ©lien pour espionner des journalistes, des militants, des responsables politiques et mĂȘme des Chefs d’Etat. Ces allĂ©gations ont Ă©tĂ© publiĂ©es en l’absence de preuves. Elles reprochent au Maroc […]

Rwa rupangu rugurishwa rurimo inzu ziza cyane 4 bagabanyije ibiciro

kal_9850_copy.jpg

Urupangu rugurishwa i Gasanze harimo inzu enye kandi nziza cyane rushaka Million 27 : Inzu nini ifite ibyumba 3 na salon n’igikoni mu nzu na doushe na wese. Harimo Parikingi y’imodoka 3 kandi ni ku muhanda. Hamagara kuri : +250788479967 \+250788379015 Izindi nzu -Indi ifite ibyumba bitatu na salon -Indi ifite ibyumba bibiri na salon […]

ABS yazanye imashini n’imiti isukura mu nzu , ku ntebe,Tapis n’amakaro bakirukana imperi n’udukoko twose

Bimwe mu bikoresho ABS ikoresha

Amarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yazanye imashini zifasha mu gutera imiti mu nzu , kwica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe , tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo. Semigabo Charles ukora muri ABS, aganira na bwiza yavuze ko bashinze […]

PrĂ©sence Ă  New York de Sidi Mohamed Omar pseudo reprĂ©sentant du fp pour servir des intĂ©rĂȘts purement personnels

Sidi Mohamed Omar, le soi-disant reprĂ©sentant du front polisario “fp” Ă  New-York est un exemple flagrant d’incompĂ©tence et de dĂ©faillance de la diplomatie du front qui perd, peu Ă  peu, du terrain et de sympathie de ses pseudos alliĂ©s Ă  l’échelle internationale. Pour ceux qui ne le connaissent pas, Sidi Mohamed Omar est en rĂ©alitĂ© […]

L’enrĂŽlement militaire des enfants par le polisario est un “crime de guerre”

L’ONG française “Alliance Internationale pour la DĂ©fense des Droits et des LibertĂ©s” (AIDL) a publiĂ©, le 04.01.2021, une dĂ©claration condamnant le recrutement des enfants-soldats par le front polisario. L’ONG en question a rĂ©itĂ©rĂ© sa condamnation totale du recrutement et de l’exploitation des enfants dans des zones de conflit et de guerre, en qualifiant cet acte […]

Perezida Kagame yashyizeho Minisitiri mushya w’Umutekano usimbura Gen Nyamvumba

fgp9ojpwuayty0h.jpg

None kuwa Gatanu tariki ya 10 Ukuboza 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyizeho minisitiri mushya w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana. Minisitiri Alfred Gasana, asimbuye Gen. Patrick Nyamvumba, wakuweho muri izi nshingano mu 2020 nyuma y’amezi atandatu gusa ayiyobora, nawe wayigiyeho hashize imyaka yarakuweho kuko yagarutseho hashize imyaka isaga ine, bikavugwa ko agiye […]

Umunyamakuru MBARUSHIMANA Jean Paul ariyamamariza gutorerwa kuba Umujyanama rusange mu karere ka Gakenke

Nyuma y’aho Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangarije itariki yo gutangira kwiyamamaza ku bajyanama rusange bazajya mu turere, MBARUSHIMANA Jean Paul wamenyekanye cyane mu Itangazamakuru akaza no kujya gukora mu nzego za Leta nawe yasohowe ku Rutonde rw’abiyamamaza ndetse yatangiye no kwiyamamaza gutorerwa kuba Umujyanama rusange w’akarere ka Gakenke. MBARUSHIMANA JEAN PAUL avuga ko yahisemo kwiyamamaza kuri […]

Ntabwo tuzaceceka cyangwa ngo turekere, keretse ibyo byose dusaba bimaze gukorwa_Dr. Frank Habineza

Dr Gashumba wa Green party mu bari ku ruhembe rw'ubu bushakashatsi

Depite Dr Frank Habineza yatangaje ko inshingano yabo ari ukuvugira abaturage ndetse badateze guceceka cyangwa ngo barekere keretse ibibazo bihari bikemutse. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 16 Ukwakira 2021 ubwo hamurikwaga ku mugaragaro ubushakashatsi bwakozwe n’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), bugaraza ukuntu umugezi wa Nyabarongo n’indi migezi yisuka mu […]

Maroc / FMI : Revue à la hause des prévisions de croissance

Le Fonds MonĂ©taire International (FMI) a revu Ă  la hausse, le 12 octobre 2021, ses prĂ©visions de croissance pour le Maroc en 2021 et s’attend dĂ©sormais Ă  un taux de 5,7% contre les 4,5% initialement annoncĂ©s. Ces nouvelles prĂ©visions publiĂ©es par le FMI, en droite ligne du dernier Discours Royal au Parlement, Ă  l’occasion de […]

Maroc / Nomination du nouveau Gouvernement

Le Roi Mohammed VI du Maroc a prĂ©sidĂ©, le jeudi 07 octobre 2021 Ă  FĂšs, la cĂ©rĂ©monie de nomination des membres du nouveau Gouvernement marocain, composĂ© de 24 Ministres et dominĂ© par les trois formations politiques arrivĂ©es en tĂȘte des Ă©lections lĂ©gislatives, rĂ©gionales et communales tenues, le 08 septembre dernier. Le nouvel exĂ©cutif qui est […]

Maroc/Terrorisme : Mise en Ă©chec d’un plan terroriste imminent Ă  Tanger

Le Bureau Central d’Investigation Judiciaire (BCIJ), en collaboration avec la Direction GĂ©nĂ©rale de la Surveillance du Territoire (DGST), a mis en Ă©chec, le 6 octobre 2021, un plan terroriste imminent, suite au dĂ©mantĂšlement d’une cellule terroriste s’activant dans la ville de Tanger, composĂ©e de 5 individus ĂągĂ©s de 22 Ă  28 ans, qui ont prĂȘtĂ© […]

Kigali: Avoka MHAYIMANA mu rubanza n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda asaba gutesha agaciro igihano yahawe agahabwa indishyi ya miliyoni 50

ibaruwa_ya_kavaruganda.jpg

Kuri uyu wa 04 Ukwakira, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, habaye urubanza ku Kirego cyo kujuririra icyemezo cyo guhagarikwa na Komisiyo Ishinzwe Imyitwarire y’abavoka yafatiye Avoka MHAYIMANA, uvuga ko mu kumufatira icyo gihano habayemo amakosa menshi ndetse no kunyuranya n’amategeko, aho yanasabye urukiko gutegeka urugaga rukamwishyura miliyoni 50 y’indishyi, urugaga narwo rwasabye miliyoni […]

Urukiko rwemeje ko inzitizi yatanzwe n’Urugaga mu rubanza na Me MHAYIMANA ku karengane nta shingiro ifite

ibaruwa_ya_kavaruganda.jpg

Kuri uyu wa 27 Nzeri, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, rwemeje ko inzitizi yatanzwe n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda nta shingiro ifite, urubanza bafitanye na Avoka MHAYIMANA ubarega kumurenganya mu byemezo yafatiwe na Komite yarwo ishinzwe imyitwarire rugomba gukomeza. Nkuko bigaragara mu nyandiko yasinyweho n’inteko y’abacamanza , ivuga ko inzitizi yatanzwe n’Urugaga rw’Abavoka mu […]

Jardin nini mu Mujyi wa Kigali yo gukoreramo ubukwe wisanzuye twagabanyije ibiciro- REBA AMAFOTO

Muri Jardin ya Zenith wakirwa nk'umwami kandi ugahabwa serivice yose wifuza

Igiciro cyagabanyijwe kubifuza gukorera ibirori mu busitani bwa Zenith Garden burimo indabyo zitoshye, buherereye I Gasanze, mu karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali. Bukorerwamo ubukwe, isabukuru, inama, kwifotorezamo, gusaba no gukwa n’ibindi birori bitandukanye, ukabikora wisanzuye kubera ubwiza ni ubunini bwayo. Zenith Gardin ni ahantu hisanzuye wakwakirira inshuti n’abandimwe nta nkomyi , harazitiye, ushyiramo […]

GenÚve : alerte sur le recrutement des membres du polisario en tant que mercenaires évoluant dans la région sahélo-saharienne

Dans le cadre de la 48Ăšme session du Conseil des Droits de l’Homme (CDH), une confĂ©rence interactive, a Ă©tĂ© organisĂ©e, le 22 septembre 2021, avec le Groupe de travail sur les mercenaires, lors de laquelle l’ONG “Forum Africain pour la Recherche et les Etudes sur les Droits de l’Homme” (AFORES), a confirmĂ© la connexion entre […]

Isomwa ry’urubanza Me MHAYIMANA Isaïe aburana n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda ryasubitswe

Kuri uyu wa 20 Nzeri, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, hasubitswe isomwa ry’urubanza Avoka MHAYIMANA arega Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kubwo kumurenganya mu byemezo yafatiwe na Komite yarwo ishinzwe imyitwarire , aho hari gutangazwa imyanzuro ku nzitizi zari zagaragajwe n’ababuranyi tariki ya 13 Nzeri , 2021. Nkuko bigaragara mu nyandiko yasinyweho n’inteko y’abacamanza […]

Umuhanzi Mazimpaka Cadet yisunze Gahongayire mu ndirimbo nshya yise “Ndi amahoro”

aline_3.jpg

Umuhanzi uhimbaza Imana Mazimpaka Cadet yahuje imbaraga na Gahongayire Aline basohora indirimbo bise “Ndi amahoro” ihumuriza abantu baca mu bikomeye ko Uwiteka ari mu ruhande rwabo. Mazimpaka Cadet utuye mu Mujyi wa QuĂ©bec muri Canada, nyuma y’igihe yari amaze asa n’ucecetse mu muziki, Mazimpaka yafatanyije na Gahongayire mu ndirimbo nshya. Amwe mu magambo ayigize, aba […]

Ngororero : Abagabo nibo baheka abana babajyana mu marerero, ntibitaye kubavuga ko bariye inzaratsi

Mukeshimana Thomas, arimo koza umwana

Kubera ikibazo cy’ubugwingire mu bana cyavuzwe mu karere ka Ngororero, cyatumye bamwe mu bagabo bahaguruka ngo barwanye ikibazo cy’imirire mibi hagamijwe no kwimakaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango. Bamwe mu bagabo baganiriye na bwiza.com bavuga ko batitaye kubavuga ko bihengekera udukono cyangwa baba barahawe inzaratsi. Mukeshimana Thomas, utuye mu mudugudu wa Kabyiniro, akagari ka Mwiha, […]

Gahongayire yasubiyemo indirimbo “Hari impamvu pe” nyuma y’imyaka 11

alga8.jpg

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yasohoye indirimbo “Hari impamvu pe” yanditse, akanasohora mu myaka 11 ishize. Mu 2009 ni bwo Gahongayire yasohoye bwa mbere indirimbo “Hari impamvu pe”, irimo ubutumwa bukangurira abantu gushima Imana nubwo banyura mu bikomeye. Iyi ndirimbo ifite amateka yihariye kuko ariyo ya mbere uyu muhanzikazi uri […]

Maroc-migration /communiquĂ© : CommuniquĂ© des ministĂšres de l’intĂ©rieur et des affaires Ă©trangĂšres (Mardi 01 Juin 2021)

1.Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI, Que Dieu L’assiste, a bien voulu rĂ©itĂ©rer Ses TrĂšs Hautes Instructions aux Ministres chargĂ©s de l’IntĂ©rieur et des Affaires Ă©trangĂšres afin que la question des mineurs marocains non accompagnĂ©s, se trouvant en situation irrĂ©guliĂšre dans certains pays europĂ©ens, soit dĂ©finitivement rĂ©glĂ©e. 2. Sa MajestĂ© le Roi, Que Dieu Le […]

Hatangijwe amasomo ya live streaming mu gihe gito

training.jpg

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo y’igihe gito ya Live streaming, uburyo bwifashishwa mu isakazamashusho n’amajwi hifashishijwe internet. Live streaming ni uburyo bwo gufata amajwi n’amashusho bigasakazwa imbonankubone (LIVE) hifashishijwe internet ukaba wakurikira umuhango cyangwa igikorwa runaka nk’uhibereye unyuze ku mbugankoranyambaga cyangwa se urubuga rwa internet biri gutambukaho. Live streaming kandi yabaye igisubizo muri iki gihe […]

Gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi – Frank Habineza

Mu nama nyunguranabitekerezo ku mavugurura yifuzwa mu bijyanye n’amatora (Dialogue Meeting on Electroral Reforms in Rwanda ) yabaye kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 22 Gicurasi 2021, ihuje abarwanashyaka b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda). Umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yavuze ko gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi. Mu kiganiro yahaye […]

Accueil par l’Espagne de Brahim Ghali, chef du polisario: les Partis politiques marocains dĂ©noncent un “acte inacceptable”

Les Partis politiques reprĂ©sentĂ©s au Parlement marocain ont affirmĂ©, samedi 8 mai, que l’accueil par l’Espagne du chef des sĂ©paratistes du “polisario”, le dĂ©nommĂ© Brahim Ghali, est un acte « inacceptable » et « condamnable » et s’inscrit en flagrante contradiction avec la qualitĂ© des relations entre le Maroc et l’Espagne. Dans un communiquĂ© conjoint […]

Le chef des séparatistes du polisario, Brahim Ghali accusé de viol

Dans son Ă©dition du samedi 1er Mai 2021, le quotidien espagnol gĂ©nĂ©raliste “La RazĂłn” a publiĂ© le tĂ©moignage de la sahraouie vivant sur le sol ibĂ©rique Khadijatou Mahmoud, intitulĂ© : « Je n’avais que 18 ans, j’étais vierge. Brahim Ghali m’a violĂ©e » (Par Esther Sieteiglesias). Khadijatou Mahmoud accuse le chef des sĂ©paratistes du polisario, […]

Kicukiro: Umuryango wubakiwe umusarani, ugahabwa na ‘Girinka’ urishyuzwa umusoro wa miliyoni 4 FRW

kicukiro_2.jpg

Umuryango w’umuturage witwa Ntahonsigaye Donath utuye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Nyanza mu Kagari ka Nyanza, uratabaza inzego z’ubuyobozi n’abagiraneza babishobora kubafasha bagakurwaho imisoro y’ubukode bw’ubutaka y’arenga miliyoni 4 FRW, aho bavuga ko ku mwaka basabwa urenga 500,000 FRW nyamara no kubona ibyo kurya batabasha kubibona. Kumufasha wahamagara : 0781776139 Mu kiganiro na Bwiza […]

Aline Gahongayire yasubiyemo indirimbo ya Alex Dusabe

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya Imana, Aline Gahongayire afatanyije na Serge Rugamba basubiyemo indirimbo ya Alex Dusabe yitwa ‘Umwami Yesu’. Gahongayire yatangaje ko yasubiyemo iyi ndirimbo kubera ko ayikunda cyane. Ati “Indirimbo yanditswe na Alex Dusabe imaze imyaka isaga icyenda. Ni indirimbo nakunze kera ndi muto hanyuma negera Alex Dusabe nk’umuntu w’umunyabigwi mu muziki musaba […]

Mu rukiko : Umunyamategeko w’umunyarwanda yihannye inteko iburanisha urubanza afitanye n’umunya-Pakisitani

whatsapp_image_2021-03-23_at_23.55.01.jpg

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Werurwe 2021, nibwo mu rukiko rw’ubujurire hari hateganijwe urubanza rw’Umunyamategeko Mhayimana Isaie uburana n’umunyapakistani wakodeshaga inzu ye. Mu minota 30 gusa, iburanisha ryahise rihagarara kuko Me Mhayimana yihannye inteko yagombaga kuruburanisha. Kwihana umucamanza cyangwa inteko iburanisha birasanzwe, kuko biteganywa n’ingingo ya 103 y’itegeko No 22/2018 ryo ku wa […]

Ouverture Ă  LaĂąyoune d’un Consulat gĂ©nĂ©ral de Jordanie

Le Royaume hachĂ©mite de Jordanie a ouvert, jeudi le 4 mars 2021, un Consulat gĂ©nĂ©ral Ă  LaĂąyoune. Il s’agit de la 11Ăšme reprĂ©sentation diplomatique inaugurĂ©e dans la capitale du Sahara marocain, depuis un peu plus d’un an. La cĂ©rĂ©monie d’ouverture de ce Consulat a Ă©tĂ© prĂ©sidĂ©e par le Ministre des Affaires trangĂšres, de la CoopĂ©ration […]