Gusobanukirwa ikibazo cyugarije Iran: hagati y’idini, ubutegetsi n’amahanga

Kugira ngo dusobanukirwe neza ibibera muri Iran uyu munsi, ni ngombwa kwirinda kubireba mu ndorerwamo imwe. Si ikibazo cy’ubukungu gusa, si n’ikibazo cy’idini gusa, kandi si n’ikibazo cy’ibihano mpuzamahanga byonyine. Ahubwo, ni ikibazo cy’urusobw (crise structurelle) gishingiye ku mateka maremare ya politiki, ku miterere y’ubutegetsi bwa none (thĂ©ocratie), ndetse no ku muco w’igihugu ufite imizi […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya Gatanu
HAKORWA IKI ? Mbere yo kuvuga icyakorwa uyu munsi, turebere hamwe muri macye ibyakozwe nyuma y’iseswa y’ibyari nationalisme arabe. Ahagana mu mwaka wa 1969-1970, Abasilamu bashatse icyabisimbura maze bamwe muri bo nka Mouhamar Kadhafi Perezida wa Libya arabibyutsa ariko noneho mw’ishusho y’ubuyisilamu. Bityo ubuyisilamu buba bufashe umwanya wo gukangura imbaga yari iguye mu kangaratete. Nibwo […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya Kane
Ingaruka ya gatatu : Ubwisumbure bw’ibikwiye k’ukwishushanya (prima de l’authenticitĂ© sur la conformitĂ©) Uku guha Muntu kwihitiramo cyangwa kwigenga mu myemerere, biteza isumbanya ry’ibyitwa authenticitĂ© na conformitĂ©: UMWIMERERE cyagwa UKWISANISHA, UKWISHUSHANYA. Muntu yumva ariwe wamenye ukuri ashingiye k’uburyo abyumva atitaye k’uko izindi nzego zibivuga, zibigaragaza. Icyo yishingikiriza ni icyo we yita UKURI nyako atitaye k’ukwishushanya […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya gatatu
Byaba byiza tuvuze amateka magufi kw’iyinjizwa rya modernitĂ© Nyaburayi mu mbaga y’Abayisilamu n’uko yakiriwe. Mu nyandiko ye yise “Modernisation de l’islam ou islamisation de la modernitĂ© »2001 pag139-144 Prof Jocelyne Cesari asobanura muri macye uko imbaga y’abasilamu yakiriye modernitĂ© Nyaburayi. Abasilamu bamaze guhura na modernitĂ© nyaburayi bagize icyo yita choc, maze biba imbarutso yo kwitekerezaho […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya kabiri
Ingero nke : Ikibazo cya Shia na Suni gikomoka ku kibazo cy’imiryango aho Abashiya bakomeza kwemeza ko uwari gusimbura Intumwa ari Ally kubera ko ari umukwe we na mwene se wabo, nyamara Coran ivuga ibinyuranye n’ibyo muri 49 :13 ; urundi rugero isimburana ry’Ingoma za Banu Umayah na Banu Abbasi byashingiye ku miryango yabo. Abo […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya mbere
IRIBURIRO Dushingiye ku mpaka zigibwa kuri aya magambo yombi (reiligion na modernitĂ©) asa n’aho ahanganye, twiyemeje gutanga umuganda wacu mu kubisobanukirwa kuko wenda hari abo byafasha. Idini rishingira k’ukwamamaza ubutumwa bw’Imana nk’Imbaraga zitaboneka zabaye isoko ya byose ndetse zinabiha kubaho. Ibyo bigasaba guhora dutsura umubano n’izo mbaraga mu buryo buhoraho dufite icyizere ntayegayezwa cy’uko iherezo […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU Igice cya 8 ari nacyo cya nyuma
Ku kibazo cy’imihango n’imyemerere: Mu gihe cyitwa icy’ubupagani: abantu bose bemeraga imigenzo y’abakurambere (culte des ancĂŞtres) imana z’imiyaga (dieux des vents) imanakazi z’imigezi n’amariba (dĂ©esse des puits et des pluies), bakagira ibyitwa gushushanya. Ubukrisitu bwa mbere butemeraga (sculpture cg iconographie) , ariko byabaye ngombwa ko busimbuza imihango y’abakurambere(culte des ancĂŞtres) kwemera abatagatifu, birakomeza baha Bikiramariya […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU Igice cya 7
Ataha yanyuze Antiokiya muri Syria, atumiza indi nama y’abasenyeli bo muri Syria na Asia nayo ntiyagira ikivamo. Uko iminsi igenda ni ko Arius yagendaga agira abayoboke maze nabo batumiza inteko ebyiri iya : iya Bithnie n’iya Palestine maze bemeza ko ahubwo imyemerere ya Arius ariyo ikwiye Impugu yose. Arius yaje kwirukanwa Alexandiriya maze ahungira I […]
INKOMOKO Y’UBUKIRISITU Igice cya 6
Inyigisho za gikirisitu zibonekamo ibice bibiri byemejwe n’ubuyobozi bwa Kiliziya: INYANDIKO ZEMEWE (TEXTES CANONIQUES) Mu nyandiko zemewe harimo: • Inzandiko 13 za Paulo yandikiye abantu batandukanye (mu myaka ya 50-57) • Inzandiko za Jacques (mu myaka ya 60) • Ivanjili ya Mariko umwigishwa wa Petero (mu mwaka wa 70) • Ivanjili ya Matayo (mu mwaka […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU Igice cya gatanu
Ariko kandi hari ibintu umuntu ashobora kuvuga biboneka mu mavanjili, kuba Yezu avuka k’umugore w’isugi, kuba, yaravukiye i Betelehemu, kuba akomoka mu muryango wa Dawudi, bisa kandi bigahura n’imyemerere ya kiyahudi itangira mu kinyejana cya 5 mbere ya Yezu. Ibi rero byakwerekana kw’imyandikire y’amavanjili yagiye mu murongo w’imigani ya cyera na kare kuko Yezu akiriho, […]
INKOMOKO Y’UBUKIRISITU : Igice cya kane
Bivugwa ko Yezu w’i Nazareti yavutse mu mwaka wa -6/5 kuko yavutse ku Ngoma y’Umwami HĂ©rodi, uyu HĂ©rodi akaba yarategetse hagati y’umwaka wa 37n’uwa -4, Ubukristu bwo buvuga ko yavutse mu mwaka wa 0 ari nawo kubara imyaka bitangiriraho, ubukristu bukongeraho ko yavukiye i Betelehemu ngo kuko Yozefu na Mariya bari bagiye kwibaruza kw’ivuko. Amateka […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya Gatatu
Icyitonderwa: Itsinda ry’aba MaccabĂ©ens ryashyizeho ubwami bw’abayobozi b’idini (le grand prĂŞtre) bitandukanye n’abashyiragaho umwami w’irindi zina ry’ubutegetsi politique. Ibi bigahamya ko rĂ©volte y’abamacabe yari ishingiye kw’idini kuruta k’ubutegetsi. ITERA RY’INGOMA Y’ABAROMANI MU KARERE Tutiriwe tujya mu ntambara zo kumaranira ubutegetsi hagati ya bene Alexandre kuko atari cyo cyigambiriwe, muri macye guhera muri -65 havutse ikibazo […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya Kabiri
• Mu mwaka wa-586, igihugu cya Yudeya giterwa n’aba Babylone basenya Temple (Hekalu) ya Yeruzalemu maze batwara bunyago benshi mu baturage cyane abakomeye n’abahanga muri bo. • Bageze muri Babylone, bahuye n’umuco wo kwemera Imana imwe yigishwaga n’idini ry’aba perse rya MazdĂ©isme na Zoroastrisme bayoboka ibyo bitekerezo ariko mu murongo wabo. • Mu mwaka wa […]
INKOMOKO Y’UBUKRISTU : Igice cya mbere
Kubera ko iyi nkuru iri ndende twiyemeje kuyitangaza mu bice kugirango itarambira abasomyi. Twatekereje kwandika iyi nyandiko kugirango dufatanye n’imbaga y’Abemera kugerageza guhuza ibyo bemera n’amateka yabyo. Kuko burya buri dini ryose rigira urugendo, rigira inzira rinyuramo kugirango ribe uko rimeze mu gihe runaka. Nyamara usanga kenshi ibyo abayoboke baba batabizi, bibaza k’uko rimeze icyo […]
Ibitambo mu madini -Igice cya kabiri
Inkuru yari igizwe n’igice cya mbere wayisoma hano ugakomereza no ku cya 2 Ibitambo mu madini -I gice cya “mbere” 3. ABASILAMU Nk’uko bivugwa na Mohamed Hocine Benkheira muri dictionnaire du Coran, mu busilamu bagira ubwoko bune bw’ibitambo : – Igitambo gikorwa mu gihe cyo kurangiza umuhango wa Hija kizwi nk’icy’umunsi mukuru w’Ilayidi nkuru (10 […]
Ibitambo mu madini -I gice cya mbere
Mu nyandiko isa n’ibaza, twari twibajije ikibazo kijyanye n’ibitambo biboneka mu madini cyane cyane amadini yahishuwe, isoko yabyo, akamaro kabyo, igihe byaba byaratangiriye n’ibindi n’ibindi. Twaribajije tuti : ese ibitambo bikorwa n’abantu mu madini yose, byaba bifite inkomoko ku Mana mw’ihishurwa cyangwa se byaba ari imico iboneka mu bantu bose, mu bihe byose kandi no […]
Ivugururwa ry’ibya Kisilamu: Igice cya 6
Muri iki gice cya gatandatu turakomeza kubereka uburyo abamenyi batavuga rumwe mu bijyanye n’amateka n’amategeko yitwa ko agize sharia bavuga ko iva ku Mana. Aha rero havuka ikibazo igihe abamenyi b’idini bazaba batavuga rumwe. Ni nde uzabakiranura ku rwego rwa Leta nta bubasha bafite ? Umuturage azaba uwa nde? Igihe bakibyibaza, ibyiswe ‘printemps arabe’ biba […]
Ivugurura ry’ibya Kisilamu igice cya 5
Fiqh hagati y’amategeko y’Imana n’ibyemezo bya muntu (fiqh entre droit divin et jurisprudence humaine) Uvuga kandi ivugurura, aba avuga byanga bikunze ibisanzweho mu mahame ya kisilamu cyane bishingiye ku bizwi nka fiqh byubatswe n’aba Imamu, (4 muri sunni). Bityo kuvugurura ni ukwibaza kuri ibyo byemezo by’ubutabera nkuko byemejwe na bariya ba Imamu nkuko na Tariq […]
Ivugururwa ry’ibya kisilamu igice cya kane 4
Ivugurura ryatangiye rite ? ryatewe n’iki ? Nyuma y’ibibazo byinshi mu mbaga y’abasilamu, (kwamburwa impugu bategekaga, isubiranyuma mu buhanga bwayoboye isi bukifatirwa n’abandi, abasilamu baricaye baribaza bati : Limadha taakhara al musilimuna wa limadha taqadamu ghayruhum ? = kuki abasilamu dusubira inyuma mu gihe abandi batera imbere ? Mu gushaka igisubizo cy’ibi bibazo by’ingutu, abasilamu […]
Ivugururwa ry’ibya Kisilamu : Igice cya Kabiri (2)
Urugendo rw’ivugurura kuva kw’ikubitiro kugeza none Kugirango tubashe gusubiza neza iki kibazo turifashisha imirimo ya Mohamed Haddad kuko yabisesenguye mu gitabo cye le rĂ©formisme musulman, une histoire critique akabigaragaza muri Kiriya giterane (colloque) navuze. Abiva I muzingo akerekana urugendo rw’ivugurura kugeza none . Iby’ivugurura bivugwa kandi na Tariq Ramadan mu gitabo cye “La rĂ©forme radicale […]
Ivugurura ry’ibya Kisilamu
Basomyi, nshuti bakunzi bacu, muri iyi nyandiko turabagezaho ikibazo kitoroshye kivuga ku mavugurura ku bya kisilamu, kuko ari ikibazo gitanga icyizere cy’ejo hazaza, kibanda ku myemerere, ku myizerere. Si ikibazo cyo gufatwa mu buryo bujenjetse cyangwa bworoshye, kuko ari igihuza Umuremyi n’ibiremwa, Intama n’Abashumba, ndetse kigahuza ab’isi tubona n’ab’ijuru tubwirwa tukizera. Gituma hibazwa niba koko […]
Abahanzi : Abarinzi n’abasakaza muco, tubatere ingabo mu bitugu

Muri iyi nyandiko ndashaka kuvuga ku Bahanzi, abo bari bo, akamaro kabo mu kurinda, no gusakaza umuco wacu, kugirango turebe niba ibyo bakora tubiha agaciro bikwiye, bityo turebe icyakorwa ngo tubatera ingabo mu bitugu, maze ibikorwa byabo natwe tubigiremo uruhare kuko ari ingirakamaro ku Gihugu cyose. Ndarangiza mbagezaho ibyifuzo byabafasha kubigeraho. Umuhanzi ni iki ? […]
Kuba Umusilamu w’Umututsi byari ikibazo ku butegetsi bwo hambere
Iyi nyandiko kuyemeza no kuyihakana bisaba kubisesengura neza ukabona kugira uruhande ufata, cyane ko ibi byafatwa nk’ikibazo cy’ubwumvane ( communication). Gusa rero igikwiye ari ukwandika uziga (nuancer) kuko Abasilamu bigijweyo kubera impamvu zishingiye ku mateka yabo, naho Abatutsi baratotejwe, barahigwa kugeza kw’irimburwa ryabo kandi ryagiye ribaho mu bihe bitandukanye. Muri ibyo bihe byose siko abasilamu […]
Rwanda Day: Umuco n’ururimi nibihabwe agaciro

Bimaze kumenyerwa ko ubuyobozi bw’Igihugu cyacu na bamwe mu baturarwanda bo mu gihugu imbere bahura n’abatuye mu bihugu byo hanze, bazwi ku izina rya Diaspora nyarwanda mu cyitwa Rwanda day. By’umwihariko, uwo mushyikirano ubahuza na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika.
Rwanda Day: Umuco n’ururimi nibihabwe agaciro
Bimaze kumenyerwa ko ubuyobozi bw’Igihugu cyacu na bamwe mu baturarwanda bo mu gihugu imbere bahura n’abatuye mu bihugu byo hanze, bazwi ku izina rya Diaspora nyarwanda mu cyitwa Rwanda day. By’umwihariko, uwo mushyikirano ubahuza na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika. Iri huriro rimaze kuba urubuga ndasimburwa mu gushimangira isano idacika ihuza abayobozi n’abayoborwa, ku ruhande rumwe; […]
Rwanda uteye neza kandi ukita neza
Naraye ndose u Rwanda ndaza umutima i rwanda Nkoze ku bahanzi ngo bamvune nkivuga Babyiganira kuza mu mvugo inavumera Ivumbitse imvumbara isumba ikivumvuli Imvano iva ku Muvumba uhuza imvano nyinshi.  Inzira y’uru rugendo ihera amajyaruguru Igakomereza ahandi mu mpugu z’i Gasabo Nturutse kuri Gasabo iteganye na Rutunga Nshyama ngana i Gasagara ndeba ku Bwimiyange […]