Boeing 737 Max yahitanye Umunyarwanda yasubukuye ingendo

Sangiza iyi nkuru

Kompanyi Gol ya Brezili itwara abantu mu ndege yongeye gutwara abantu nyuma y’aho indege yo muri ubu bwoko yahitanye abasaga 300.

Iyi kompanyi niyo ya mbere itangiye ingendo za Boeing 737 Max

Iyi ndege yari yarahagaritswe kw’isi yose kuva mu kwa Gatatu 2019, nyuma y’impanuka ebyiri zahitanye abantu y’abantu 346. Muri aba harimo Umunyarwanda, Musoni Edwin wakoraga muri UNHCR.

Amerika na Brasil nibyo bihugu byonyine bimaze kwemera ko Boeing 737 Max kongera gufata ikirere.

U Rwanda rwo rwatangaje ko rwabaye ruretse kugura indege zo muri ubu bwoko n’ubwo rwari rwabiteganyije.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *