Dirk yanze abagore ahitamo kujya asambanya igipupe-REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Mu bice bimwe na bimwe by’abatuye isi abantu basigaye binezeza mu buryo butandukanye aho usanga bamwe barongora imbwa, ihene, ingurube, intama, ibiti, imisego n’ibindi ariko noneho akaba aribwo bwa mbere umugabo yahisemo kurongora igipupe akakigira umugore.
pupe2
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umugabo uzwi ku izina rya Dirk yatunguye abatari bake ubwo yirengagije igitsina gore aho bava bakagera ahitamo gukora ubukwe n’igipupe kandi akacyita izina ry’ikiremwa muntu “Jenny”.
pupe
Dirk yatangaje uburyo uyu mugore we w’igipupe amunezeza cyane kandi ngo nta kintu na kimwe cyangwa umuntu wasimbura Jenny yihebeye, kuko ngo no mu mibonano mpuzabitsina aryoherwa cyane birenze uko abantu babitekereza.
pupe1
Dirk akomeza avuga ko uyu mugore we yamuhenze, ngo yamuguze amadolari 6.750 y’amanyamerika kandi amukunze cyane kuko ngo iyo agiye gutera akabariro aramunyura cyane amuterura bitamugoye mu munezero we wa buri munsi.
pupe3
Abashishozi bakaba bavuga ko ari ibimenyetso byo mu bihe bya nyuma aho bamwe batagitekereza iherezo ryabo aho bazajya nyuma y’ubu buzima bwambaye umubiri w’ibyaha.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *