Mu bice bimwe na bimwe by’abatuye isi abantu basigaye binezeza mu buryo butandukanye aho usanga bamwe barongora imbwa, ihene, ingurube, intama, ibiti, imisego n’ibindi ariko noneho akaba aribwo bwa mbere umugabo yahisemo kurongora igipupe akakigira umugore.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umugabo uzwi ku izina rya Dirk yatunguye abatari bake ubwo yirengagije igitsina gore aho bava bakagera ahitamo gukora ubukwe n’igipupe kandi akacyita izina ry’ikiremwa muntu “Jenny”.

Dirk yatangaje uburyo uyu mugore we w’igipupe amunezeza cyane kandi ngo nta kintu na kimwe cyangwa umuntu wasimbura Jenny yihebeye, kuko ngo no mu mibonano mpuzabitsina aryoherwa cyane birenze uko abantu babitekereza.

Dirk akomeza avuga ko uyu mugore we yamuhenze, ngo yamuguze amadolari 6.750 y’amanyamerika kandi amukunze cyane kuko ngo iyo agiye gutera akabariro aramunyura cyane amuterura bitamugoye mu munezero we wa buri munsi.

Abashishozi bakaba bavuga ko ari ibimenyetso byo mu bihe bya nyuma aho bamwe batagitekereza iherezo ryabo aho bazajya nyuma y’ubu buzima bwambaye umubiri w’ibyaha.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


