None tariki ya 04 Kamena , mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Rusatira kuri paruwasi ya Kiruhura , hari abantu batawe muri yombi barimo umukwe n’umugeni ndetse n’umupadiri wabasezeranyaga kubera kurenga ku mabwiriza ya Covid19.
Bivugwa ko umuhungu witwa SIBOMANA Pascal yari yarasezeranye mu murenge mbere y’uko Coronavirus igera mu Rwanda , imaze kuhagera azitirwa n’ingamba zo kwirinda ikwirakwira leta yashyizeho. SIBOMANA Pascal n’umugeni ngo basanzwe muri Chapelle ya Paruwasi ya Kiruhura barimo basezeranywa na padiri mukuru w’iyi paruwasi.
Abaturage batuye hafi na Kiliziya batangaje ko imodoka ya RIB ari yo yaje igatwara Padiri mukuru maze umusore abakurikira kuri moto ataye umugeni we.
Umugore umwe wari mu batumiwe muri ubu bukwe ariko ntabwitabire kubera kugira ubwoba, we yavuze ko umuhungu wakoze ubukwe asanzwe ari inshuti ye. Ati: “Yego ni byo umuhungu ni umuveterineri, yari yantumiye ngira ubwoba ngo polisi itazanyifatira nanga kujyayo, RIB ni yo yaje irabatwara.”
Amakuru bwiza.com yayahawe n’abaturage n’umuyobozi umwe waho batashatse ko amazina yabo yandikwa. Aya makuru anashimangirwa n’ubutumwa bwahererekanwe n’abayobozi buvuye mu nzego z’umutekano buvuga ku ifatwa ry’umukwe n’umugeni ndetse n’Umupadiri wabasezeranyaga, bose bakaba bahise bajyanwa Rusatira kuri Sitasiyo ya Polisi.
Ubu butumwa buragira buti: “HUYE S: RUSATIRA C:KIRUHURA V:IMPINGA Ku wa 04/06/2020 Kuri paroisse kiruhura SIBOMANA Pascal afashwe arimo asezeranywa na padiri mukuru wa paroisse kiruhura NGOMANZUNGU Joseph, none bajyanywe kuri police station rusatira kuko barenze ku mabwiriza yo kurwanya kovid 19. “
Bwiza.com yahamagaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rusatira, avuga ko aza kuduhamagara nyuma y’isaha. Yahamagaye kandi Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko aya makuru atari yo, tumubwiye ko dufite ibimenyetso ko ari byo, atubwira ko yagiye aho bivugwa ko byabaye. Yadusezeranyije ko icyo amenya, ari buze kutubwira.



62 Responses
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
bahanwe byintangarugero kuva Kiri padiri kugeza kuwari witabiriye wese
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ese koko kujya Gusezerana mu Rusengero cyangwa mu Kiliziya biba ari ugusezerana “imbere y’imana”?Bible ivuga ko Imana itaba mu nsengero z’abantu nkuko Ibyakozwe 17:24 havuga.Dukurikije Bible,gusezerana mu nsengero ntabwo ari itegeko ry’imana.Icyo imana idusaba gusa ni ukujya “Kwiyandikisha” imbere y’ubutegetsi.Urugero, Maliya na Yozefu bagiye “kwibaruza” imbere y’ubutegetsi bw’I Bethlehem nkuko tubisoma muli Luka 2:5. Abantu bonyine Imana yasezeranyije,ni Adamu na Eva gusa.Kandi ntabwo yabasezeranyije mu Rusengero.Muli Bible,nta hantu tubona Abakristu ba mbere bagiye gusezerana mu rusengero.Ikibabaje nuko abanyamadini b’iki gihe bakoresha iyi mihango bishakira ifaranga.Barihisha ubukwe,abapfuye,ndetse basigaye barihisha na toilets z’insengero.Nubwo Yesu yasize adusabye “gukorera Imana ku buntu” nkuko tubisanga muli Matayo 10:8,Abakuru b’amadini bafata umushahara buri kwezi.Nyamara nabo bakora Business zisanzwe nk’abandi bose.Bible yerekana ko icyacumi cyari kigenewe gusa ubwoko bw’Abalewi,kubera ko batagiraga amasambu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ese koko kujya Gusezerana mu Rusengero cyangwa mu Kiliziya biba ari ugusezerana “imbere y’imana”?Bible ivuga ko Imana itaba mu nsengero z’abantu nkuko Ibyakozwe 17:24 havuga.Dukurikije Bible,gusezerana mu nsengero ntabwo ari itegeko ry’imana.Icyo imana idusaba gusa ni ukujya “Kwiyandikisha” imbere y’ubutegetsi.Urugero, Maliya na Yozefu bagiye “kwibaruza” imbere y’ubutegetsi bw’I Bethlehem nkuko tubisoma muli Luka 2:5. Abantu bonyine Imana yasezeranyije,ni Adamu na Eva gusa.Kandi ntabwo yabasezeranyije mu Rusengero.Muli Bible,nta hantu tubona Abakristu ba mbere bagiye gusezerana mu rusengero.Ikibabaje nuko abanyamadini b’iki gihe bakoresha iyi mihango bishakira ifaranga.Barihisha ubukwe,abapfuye,ndetse basigaye barihisha na toilets z’insengero.Nubwo Yesu yasize adusabye “gukorera Imana ku buntu” nkuko tubisanga muli Matayo 10:8,Abakuru b’amadini bafata umushahara buri kwezi.Nyamara nabo bakora Business zisanzwe nk’abandi bose.Bible yerekana ko icyacumi cyari kigenewe gusa ubwoko bw’Abalewi,kubera ko batagiraga amasambu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
bahanwe byintangarugero kuva Kiri padiri kugeza kuwari witabiriye wese
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Iyi nkuru irababaje uretseko harimo urujijo kuko muravugako RIB yataye muri yombi padiri, umusore n’ umugeni basezeranaga mwarangiza mukavugako RIB yatwaye padiri gusa umusore akabakurikira ari kuri moto asize umugeni!
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Iyi nkuru irababaje uretseko harimo urujijo kuko muravugako RIB yataye muri yombi padiri, umusore n’ umugeni basezeranaga mwarangiza mukavugako RIB yatwaye padiri gusa umusore akabakurikira ari kuri moto asize umugeni!
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Niba bari bake cyane, umukwe, umugeni na Padiri? Babareka rwose. None se mw isoko haba harimo abangana iki. Kwa muganga, muri za gare, ku mashantiye y ubwubatsi, mu nganda. Rwose bibaye atari ugukanira amadini, jye mbona gusezerana mu madini byakomorerwa ahubwo bakazitira reception y abantu barenze 15. Gufunga padiri wasezeranyaga abageni babiri se koko????????????????????????????????????????????
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Wamugani nabyo bazabitekerezeho kbsa
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Wamugani nabyo bazabitekerezeho kbsa
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Niba bari bake cyane, umukwe, umugeni na Padiri? Babareka rwose. None se mw isoko haba harimo abangana iki. Kwa muganga, muri za gare, ku mashantiye y ubwubatsi, mu nganda. Rwose bibaye atari ugukanira amadini, jye mbona gusezerana mu madini byakomorerwa ahubwo bakazitira reception y abantu barenze 15. Gufunga padiri wasezeranyaga abageni babiri se koko????????????????????????????????????????????
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Arko njyewe numva niba muri Chapelle harimo abantu batarenze 15 Bose bambaye udupfukamunwa kdi bahanye intera, ntakosa bakoze kuko uko Ku murenge basezeranya ni nako muri Chapelle basezeranya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Arko njyewe numva niba muri Chapelle harimo abantu batarenze 15 Bose bambaye udupfukamunwa kdi bahanye intera, ntakosa bakoze kuko uko Ku murenge basezeranya ni nako muri Chapelle basezeranya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Arko njyewe numva niba muri Chapelle harimo abantu batarenze 15 Bose bambaye udupfukamunwa kdi bahanye intera, ntakosa bakoze kuko uko Ku murenge basezeranya ni nako muri Chapelle basezeranya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nemeranywa nawe kabisa. Ahubwo bibagire vuba hari n’abandi bumva babikora. Ariko bagakumirwa nubwoba.
Ariko hashizweho inzira. Baba bagababije ibyaha byo gusezeranya abantu rwihishwa. Kandi nanjye ndi Padiri cg Pastor nasezeranya abantu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nemeranywa nawe kabisa. Ahubwo bibagire vuba hari n’abandi bumva babikora. Ariko bagakumirwa nubwoba.
Ariko hashizweho inzira. Baba bagababije ibyaha byo gusezeranya abantu rwihishwa. Kandi nanjye ndi Padiri cg Pastor nasezeranya abantu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Arko njyewe numva niba muri Chapelle harimo abantu batarenze 15 Bose bambaye udupfukamunwa kdi bahanye intera, ntakosa bakoze kuko uko Ku murenge basezeranya ni nako muri Chapelle basezeranya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Muradutuburiye!none kuki mutangaza amakuru kdi police ivugako itaribyo?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo nkawe uba uvuga iki? umunyamakuru se agendera ku byo Polisi itangaza cg agndera kubimenyetso? ahubwo polisi yimanye amakuru kandi abanyamakuru bayamenye
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo nkawe uba uvuga iki? umunyamakuru se agendera ku byo Polisi itangaza cg agndera kubimenyetso? ahubwo polisi yimanye amakuru kandi abanyamakuru bayamenye
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Muradutuburiye!none kuki mutangaza amakuru kdi police ivugako itaribyo?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Muradutuburiye!none kuki mutangaza amakuru kdi police ivugako itaribyo?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Muradutuburiye!none kuki mutangaza amakuru kdi police ivugako itaribyo?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nubwo barenze kumabwiriza ariko nashobora kuba baribahanye 2meters urumva nimba umurenge usezeranya icumi bo Bari 3 kd umusore ikwanoze zapfaga ubusa njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nubwo barenze kumabwiriza ariko nashobora kuba baribahanye 2meters urumva nimba umurenge usezeranya icumi bo Bari 3 kd umusore ikwanoze zapfaga ubusa njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nubwo barenze kumabwiriza ariko nashobora kuba baribahanye 2meters urumva nimba umurenge usezeranya icumi bo Bari 3 kd umusore ikwanoze zapfaga ubusa njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Nubwo barenze kumabwiriza ariko nashobora kuba baribahanye 2meters urumva nimba umurenge usezeranya icumi bo Bari 3 kd umusore ikwanoze zapfaga ubusa njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Mwaramutse ngewe ndumva arukubangamira abaturage rwose niba mwisoko baba buzuyemo ntana metero irimo nikuki batakomorera abifuza gusezerana aribacyets?abayobozi mubirebeho mugirerire umuturage impuhwe.
Bonanubeo hajyayo umukwe numugeni gusa na padiri.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Mwaramutse ngewe ndumva arukubangamira abaturage rwose niba mwisoko baba buzuyemo ntana metero irimo nikuki batakomorera abifuza gusezerana aribacyets?abayobozi mubirebeho mugirerire umuturage impuhwe.
Bonanubeo hajyayo umukwe numugeni gusa na padiri.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabazi ntayandi mahitamo Bari bafite
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabaz
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
njyewe ndumva bababarirwa kuko bakwiye imbabaz
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Niba abantu batarenze 15 kuki batabasezeranya?? Iri ni hohotera kuko niba gushyingura batarenga 30 kuki gushyingira bahohotera abantu aka kageni?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Niba abantu batarenze 15 kuki batabasezeranya?? Iri ni hohotera kuko niba gushyingura batarenga 30 kuki gushyingira bahohotera abantu aka kageni?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Abihaye Imana koko?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Abihaye Imana koko?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ibaze umusore arafungwa ukwe numugeni ukwe?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ibaze umusore arafungwa ukwe numugeni ukwe?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Imana ibatabare kuko banze kwishyingira gipagani.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Imana ibatabare kuko banze kwishyingira gipagani.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Mubyukuri ayamakuru ateye urujijo.Gusa icyiza kirimo nuko buri wese yamenye ko Virusi,ishobara kugera hose.Reka tuyirinde twese,ariko tudakabya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Mubyukuri ayamakuru ateye urujijo.Gusa icyiza kirimo nuko buri wese yamenye ko Virusi,ishobara kugera hose.Reka tuyirinde twese,ariko tudakabya.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Haba ku muryango w’Imana (Israel) Hana ku ruhande rw’abanyarwanda. Ntagihe abantu batateranaga ngo bashimire, basingize, basabe Imana igikenewe. Ubu Imana yigizwa yo kenshi twakuye Imana mu Mibereho yacu. Turagana hehe? Ngaho ibaze kiliziya n’utubari bishyirwa mu rwego rumwe. Ndahamya ko uwo mupadiri wasezeranyije abantu 2 byongeye muri chapelle ntakosa yakoze rimufunga.kwirinda ubwacu nibyo byagira akamaro kurenza uko twabwirizwa.tutaruhije ubuyobozi ntawe uyobewe ko covid ari umwanzi.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Haba ku muryango w’Imana (Israel) Hana ku ruhande rw’abanyarwanda. Ntagihe abantu batateranaga ngo bashimire, basingize, basabe Imana igikenewe. Ubu Imana yigizwa yo kenshi twakuye Imana mu Mibereho yacu. Turagana hehe? Ngaho ibaze kiliziya n’utubari bishyirwa mu rwego rumwe. Ndahamya ko uwo mupadiri wasezeranyije abantu 2 byongeye muri chapelle ntakosa yakoze rimufunga.kwirinda ubwacu nibyo byagira akamaro kurenza uko twabwirizwa.tutaruhije ubuyobozi ntawe uyobewe ko covid ari umwanzi.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo ninsengero nazo nibazifungure batange metr kubasezeranye ns
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo ninsengero nazo nibazifungure batange metr kubasezeranye ns
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo ninsengero nazo nibazifungure batange metr kubasezeranye ns
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ahubwo ninsengero nazo nibazifungure batange metr kubasezeranye ns
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Aha nanjye ndibaza niba abantu batatu muri chapel bateje ikibazo cyane kuruta 15 mu murenge. Aba bantu niba bari bahanye intera, bakaba bari bakurikije amabwiriza agenga abagiye ahahurira abantu ntibabe bari bari muri reception yateguriwe guhuza abantu bishakiraga isezerano gusa bababarirwe ahubwo leta nk’umubyeyi irebe uko yafasha abandi bafite ikibazo nk’icyuyu musore.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ibivugwa bibaye aribyo byaba ari amakosa “indisciplinary”.
Bibaye aribyo, byaba ari ukurengera.
Kumvira amabwiriza duhabwa bihagije kuba twese dukwiye kwihangana mugihe aho dukura umugati hatari hakomorerwa.
Uzashinga urugo rugakomezwa n’uko yasezeranijwe Imbere y’Imana, ntazatekereze ko gusezerana imbere y’amategeko kubera impavu yumvikana ari ubuyobe. Kuyoba kubi ni ukutumvira Leta yawe ku Nama zirinda abatuye igihugu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ibivugwa bibaye aribyo byaba ari amakosa “indisciplinary”.
Bibaye aribyo, byaba ari ukurengera.
Kumvira amabwiriza duhabwa bihagije kuba twese dukwiye kwihangana mugihe aho dukura umugati hatari hakomorerwa.
Uzashinga urugo rugakomezwa n’uko yasezeranijwe Imbere y’Imana, ntazatekereze ko gusezerana imbere y’amategeko kubera impavu yumvikana ari ubuyobe. Kuyoba kubi ni ukutumvira Leta yawe ku Nama zirinda abatuye igihugu.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ese kuki byemerwa ko abantu basezeranira m’umurenge m’urusengero ntibyemerwe?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Ese kuki byemerwa ko abantu basezeranira m’umurenge m’urusengero ntibyemerwe?
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Kiliziya Gatolica yagombye kumvikana na Leta na yo ikemererwa gysezeranya hari abantu batarenze 15 bikabera muri Chapelle bigaca kuba abantu babana mu cyaha cg Padiri akajya ku murenge abamaze gusezerana muri Leta Padiri akabaha umugisha bagataha.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Kiliziya Gatolica yagombye kumvikana na Leta na yo ikemererwa gysezeranya hari abantu batarenze 15 bikabera muri Chapelle bigaca kuba abantu babana mu cyaha cg Padiri akajya ku murenge abamaze gusezerana muri Leta Padiri akabaha umugisha bagataha.
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Kabisa leta babyiteho
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
Kabisa leta babyiteho