The bride, groom and priest arrested for holding religious wedding amid Covid-19 restrictions
June, 4th 2020 in Huye District, Rusatira Sector at Kiruhura Parish, the bride, groom and the priest who lead their religious wedding arrested for violating the rules to combat Covid-19 pandemic. The groom, Pascal Sibomana and the bride held the civil marriage at Rusatira Sector before the report of the first Covid-19 case on February […]
Rusizi yabonetsemo abandi bantu 13 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Kamena 2020 yatangaje mu Karere ka Rusizi habonetsemo abandi bantu 13 banduye icyorezo cya Covi-19 mu bipimo 1369 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 280 barimo 9 b’uyu munsi. Abarwayi banduye bashyizwe mu kato n’abo bahuye bahise bakurikiranwa. Akarere ka Rusizi kugarijwe n’iki cyorezo muri uku kwezi […]
Gen. Evariste Ndayishimiye yemejwe burundu nka Perezida w’u Burundi
Urukiko rurengera iremezo ry’itegeko nshinga mu Burundi, rwemeje GĂ©nĂ©ral Major Ndayishimiye Evariste nka Perezida mushya w’iki gihugu, nyuma yo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 20 Gicurasi. Uru rukiko kandi rwanemeje ko ishyaka CNDD-FDD rya Perezida Evariste Ndayishimiye ari ryo ryatsinze amatora y’abagize inteko ishinga amategeko, ndetse n’ay’abayobozi b’amakomini agize u Burundi. Ibyavuye mu […]
Huye: Padiri n’abo yasezeranyaga batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza ya Covid-19
None tariki ya 04 Kamena , mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Rusatira kuri paruwasi ya Kiruhura , hari abantu batawe muri yombi barimo umukwe n’umugeni ndetse n’umupadiri wabasezeranyaga kubera kurenga ku mabwiriza ya Covid19. Bivugwa ko umuhungu witwa SIBOMANA Pascal yari yarasezeranye mu murenge mbere y’uko Coronavirus igera mu Rwanda , imaze kuhagera […]
Rusizi: Abaturage bari bazindukiye mu mirimo mu mujyi bawukuwemo shishi itabona
Saa yine z’igitondo zo kuri uyu wa kane tariki 4 Kamena 2020 ni bwo abari mu mujyi wa Rusizi mu mirimo itandukanye irimo n’ubucuruzi bagiye kubona bakabona abapolisi benshi bawugezemo bababwira kuwuvamo byihuse, bidatinze hakoreshwa n’indangururamajwi babwirwa kwihutira kuwuvamo, bamwe batangira gukeka ko intandaro ari umukarani Imbangukiragutabara yatwaye akekwaho COVID-19. Bamwe bavuze ko uyu mukarani […]
Ifatwa rya Kabgayi ryababaje Guverinoma ya Kambanda, ishyira umuvuduko mu kwihutisha Jenoside
Ku itariki 4 Kamena 1994, Guverinoma ya KAMBANDA yagaragaje mu nama ya Guverinoma ko ingabo zayo zari hafi gutakaza Umujyi wa Gitarama nyuma y’ifatwa rya Kabgayi. Mu nama ya ba Minisitiri be yabaye uwo munsi ndetse n’izakurikiyeho hemejwe ibikorwa byo kongera intwaro mu nterahamwe, gukaza ubugenzuzi bw’uburyo amabwiriza ya auto-dĂ©fense civile akorwa no gukomeza gushakisha […]
Musanze: Umugabo yishe mugenzi we amushinja kuryamana n’umugore we
Mu murenge wa Muko ho mu karere ka Musanze,umugabo witwa Bernard Habimana wari usanzwe ari umwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake(Youth Volunteers) yishwe atemaguwe mu gaco yatezwe ari gutaha ku mugoroba wo kuwa 03 Kamena 2020. Ibi byabereye mu mudugudu wa Kabere,akagari ka Coko,mu murenge wa Muko aho Habimana w’imyaka 33 y’amavuko yari atuye na Nyirazaninka bashakanye. […]
Umuyobozi Mukuru mu gisirikare cy’Amerika yabwiye Perezida Trump ko nta ngabo bateze kohereza mu mihanda
Umunyambanga wa leta muri Minisiteri y’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Mark Esper yavuguruje Perezida Donald Trump ku mwanzuro yari yafashe wo gushyira abasirikare mu muhanda ngo bahagarike abakomeje kwigaragambya nyuma y’urupfu rw’umwirabura George Floyd wishwe n’abapolisi bo muri Leta ya Minnesota. Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press kivuga ko mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu nyubako […]
Urukiko rwa EAC rwatesheje agaciro ubujurire bw’u Burundi ku itorwa rya Martin Ngoga
Urukiko rw’umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba (EAC J-Court), rwatesheje agaciro ubujurire bwa Leta y’u Burundi bw’uko umuyobozi w’inteko y’uyu muryango, Martin Ngoga, yatowe mu buryo budakurikije amategeko. Mu mwaka ushize, Leta y’u Burundi yari yatanze ikirego muri ruriya rukiko, ivuga ko mu Kuboza kwa 2017, Umunyarwanda Martin Ngoga yatorewe kuyobora inteko ya EALA, nyamara abahagarariye […]
Gen. Muhoozi yifuza ko Perezida Kagame na Museveni bakubakirwa ibibumbano nk’intwari

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba kuri uyu wa 4 Kamena 2020, yatangaje icyifuzo cye cyo kubakira abarimo Perezida Kagame ibibumbano mu mijyi itandukanye y’u Rwanda na Uganda. Gen. Muhoozi yifashishije urubuga rwa Twitter, yavuze ku butwari bwa se, Gen. Museveni, se wabo Gen. Salim Saleh, Gen. Fred Rwigema na Gen. Paul […]
Habaye inama ihuza u Rwanda na Uganda-Amafoto

Aka kanya hari kuba ibiganiro bya Komisiyo igizwe n’abaminisitiri n’abanyamabanga ba leta z’u Rwanda na Uganda ishinzwe gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Luanda yo ku wa 21 Kanama 2019, agamije kuzahura umubano w’ibi bihugu byombi. Iyi komisiyo igizwe n’amatsinda abiri; rimwe rituruka mu Rwanda rihagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr.Vincent Biruta, irituruka muri Uganda […]
Ikoranabuhanga ryatumye urubanza rwa Nsabimana Callixte Sankara rusubikwa
Uruhande rw’abaregera indishyi baherereye i Rusizi, ntirwabashije kubona ikoranabuhanga ryasabwaga bituma urubanza rwa Sankara rusubikwa, nkuko umucamanza w’urukiko rw’imanza z’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda yabitangaje. Nkuko muri iyi minsi ibikorwa bihuza abantu benshi biri kuba hifashijwe ikoranabuhanga, mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19 ni cyo cyatumye n’urubanza rwa Nsankara byari […]
Perezida Salva Kiir yategetse ko mubyara we ashyikirizwa ubushinjacyaha
Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo, yategetse ishyikiriza ry’ubutabera ry’ako kanya rya mubyara we, Lual Marine Akook, kubera uruhare yagize mu irasana ryaguyemo abantu batanu. Ku munsi w’ejo ku wa gatatu ni bwo Luan Marine n’abarinzi be bagaragaye mu bushyamirane bwabereye ahitwa Sherikat, agace gaherereye i Juba mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo. Amakuru avuga […]
Kabuga ngo arashaka ko abantu bamenya ukuri
Kuri uyu wa 03 Kamena 2020, umucamanza wo muri Ndemeye y’Urukiko rw’Ubujurire rwa Paris yafashe icyemezo ku rubanza rwa Kabuga FĂ©licien: « Kabuga agomba gushyikirizwa urwego rwasimbuye Inkiko mpanabyaha mpuzamahanga », nk’uko byemezwa na Alain Gauthier, umuyobozi w’Ihuriro ry’imiryango ihagariye Abahohotewe mu Rwanda (CPCR). Iki cyemezo nyir’ubwite ngo yacyakiriye nk’umuntu usa n’utumva neza ibimubayeho. Gusa […]
Ibitabo 8 byagufasha kugera ku iterambere wifuza
Mu masomero ndetse no ku mbuga za interineti hari ibitabo byinshi byo gusoma. Muri byo harimo ibyagufasha kumenya uko watera imbere [niba ubifite mu ntego] cyane ko biba bishingiye ku kuri kw’ibiri mu bukungu bw’Isi, byifashishije ubushakashatsi bwakorewe ku baherwe bamamaye batunze za miliyari z’amadolari birimo n’ubuhamya bwabo. Kugera ku iterambere bisaba kwiga kandi mu […]
Dore bimwe mu byaranze i tariki ya 04 Kamena mu mateka y’isi
Hari ibikorwa bitandukanye byaranze uyu munsi mu mateka harimo ibyakozwe ku bantu ku giti cyabo n’ibyakozwe n’ibihugu. Hari kuwa 04 Kamena mu 1944 ubwo ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi (Submarine) U-505 bwa Adolf Hitler bwafatwaga. Ubu ni ubwato butazibagirana mu mateka y’isi bitewe n’ukuntu bwari ntahangarwa mu ntambara Abadage barwanye. Ku munsi nk’uyu hari mu […]
Amateka ya JosĂ© Mujica ufatwa nka Perezida w’umukene wabayeho mu mateka y’Isi

Benshi mu babaye abanyapolitiki ku rwego rwo kuyobora ibihugu bagenda bagira ibyo bibukirwaho byaranze ubutegetsi bwabo n’ubuzima bwite, byaba byiza cyangwa bibi gusa hakaba bamwe bagenda bafite ibyihariye bibukirwaho kandi bitangaje. Ni benshi batekereza ko kwitwa perezida w’igihugu ari ibintu bihita bituma umuntu asezera ku bukene mu gihe yaba yari asanzwe nta mitungo ihambaye afite, […]