img-20200505-wa0022.jpg

Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi

Sangiza iyi nkuru

Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 5 Gicurasi 2020 yatangaje ko nta murwayi wa Covid-19 wagaragaye mu bipimo 896 byafashwe.

Abamaze gukira ni 129 harimo umwe w’uyu munsi.

Umubare w’abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri rusange wagumye 261, abakirwaye ni 132.

img-20200505-wa0022.jpg

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  2. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  3. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  4. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  5. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  6. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.

  7. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Kuba ntamurwayi wagaragaye Kandi Hari ibipimo byafashwe nintambwe nziza.Nkaba nsaba abantu Bose kubahiriza amabwiriza yagenwe muguhashya Covid19 kuko bireba buriwese.Bitabaye ibyo hakagira ababitwara uko bishakiye ingaruka zaba ziri kuribo kuko basubizwa mungo.Kuko Hari abo tubona badashaka kwambara udupfukamunwa reka buri wese none ibye kubwira utakambaye kukambara.

  8. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Kuba ntamurwayi wagaragaye Kandi Hari ibipimo byafashwe nintambwe nziza.Nkaba nsaba abantu Bose kubahiriza amabwiriza yagenwe muguhashya Covid19 kuko bireba buriwese.Bitabaye ibyo hakagira ababitwara uko bishakiye ingaruka zaba ziri kuribo kuko basubizwa mungo.Kuko Hari abo tubona badashaka kwambara udupfukamunwa reka buri wese none ibye kubwira utakambaye kukambara.

  9. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo

  10. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo

  11. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo

  12. Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
    Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *