Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa 5 Gicurasi 2020 yatangaje ko nta murwayi wa Covid-19 wagaragaye mu bipimo 896 byafashwe.
Abamaze gukira ni 129 harimo umwe w’uyu munsi.
Umubare w’abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri rusange wagumye 261, abakirwaye ni 132.




12 Responses
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Byiza cyane,Rwanda nziza gihugu cyacu,ubuyobozi abaganga n,abanyarwanda dukomeze kubera maso u Rwatubyaye!Imana idushyigikire kuko abajya inama irabasanga.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Kuba ntamurwayi wagaragaye Kandi Hari ibipimo byafashwe nintambwe nziza.Nkaba nsaba abantu Bose kubahiriza amabwiriza yagenwe muguhashya Covid19 kuko bireba buriwese.Bitabaye ibyo hakagira ababitwara uko bishakiye ingaruka zaba ziri kuribo kuko basubizwa mungo.Kuko Hari abo tubona badashaka kwambara udupfukamunwa reka buri wese none ibye kubwira utakambaye kukambara.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Kuba ntamurwayi wagaragaye Kandi Hari ibipimo byafashwe nintambwe nziza.Nkaba nsaba abantu Bose kubahiriza amabwiriza yagenwe muguhashya Covid19 kuko bireba buriwese.Bitabaye ibyo hakagira ababitwara uko bishakiye ingaruka zaba ziri kuribo kuko basubizwa mungo.Kuko Hari abo tubona badashaka kwambara udupfukamunwa reka buri wese none ibye kubwira utakambaye kukambara.
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo
Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Nta murwayi wagaragaye uyu munsi
Bibe inshingano yaburiwese kubwira utambaye agapfukamunwa gusubira murugo