epxev8xwaaeywfm_1596886467069_1598773408264.jpg

Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru

Sangiza iyi nkuru

Abacungagereza ni urwego rwihariye rushinzwe kurinda umutekano w’amagereza n’abayafungiwemo. Iteka rya Minisitiri w’Intebe No. 243/03 ryo ku wa 27/12/2016 rigena imishahara igenerwa aba bakozi ndetse n’ibindi bagenerwa.

Tubibutse ko abakozi b’uru rwego rw’umutekano barangwa n’amapeti arimo: Warder (WDR), Corporal (CPL), Sergeant (SGT), Senior Sergeant (SSGT), Chief Sergeant (CSGT), Assistant Inspector of Prison (AIP), Inspector of Prison (IP), Chief Inspector of Prison (CIP), Superintendent (SUPT), Senior Superintendent of Prison (SSP), Chief Superintendent of Prison (CSP).

Hari kandi Assistant Commissioner of Prison (ACP), Commissioner of Prison (CP), Deputy Commissioner General of Prison (DCGP) na Commissioner General of Prison (CGP).

Nk’uko iri teka ribivuga, imishahara y’abacungagereza igenwa hashingiwe ku mbonerahamwe y’urutonde rw’imirimo kandi hakurikijwe amahame ngenderwaho mu kubara imishahara mu butegetsi bwa leta. Urwego, umubare fatizo n’umushahara mbumbe bigendana na buri mwanya w’umurimo w’umucungagereza.

Ibigenerwa abayobozi mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS)

Umuyobozi w’uru rwego yitwa ‘Komiseri Mukuru’. Umushahara mbumbe ahembwa ku kwezi ni 2,304,540 RWF. Agenerwa amafaranga yo kwishyura itumanaho rya telefone, internet na fagisi byo mu biro, angana n’100,000 RWF buri kwezi, amafaranga y’u Rwanda 40,000 RWF buri kwezi ya interineti ngendanwa n’itumanaho rya telefone igendanwa angana n’amafaranga y’u Rwanda 150,000 RWF buri kwezi. Agenerwa kandi amafaranga yo kwakira abashyitsi mu kazi, angana n’300,000 RWF buri kwezi, aya akaba anyura kuri konti ya RCS.

Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS ahabwa umushahara mbumbe 2,094,795 RWF buri kwezi. Agenerwa amafaranga yo kwishyura itumanaho rya telefone, internet na fagisi byo mu biro, angana n’100,000 RWF buri kwezi, amafaranga y’u Rwanda 40,000 RWF buri kwezi ya interineti ngendanwa n’itumanaho rya telefone igendanwa angana n’amafaranga y’u Rwanda 150,000 RWF buri kwezi. Agenerwa kandi amafaranga yo kwakira abashyitsi mu kazi, angana n’200,000 RWF buri kwezi, aya akaba anyura kuri konti ya RCS.

Ba Division Managers n’Umujyanama wa Komiseri Mukuru wa RCS, buri wese agenerwa amafaranga y’itumanaho rya telefone igendanwa 70,000 RWF buri kwezi n’andi 70,000 RWF ya telefone yo mu biro. Abandi nib a Directors of Units n’abayobozi ba za gereza bagenerwa 30,000 RWF ya telefone igendanwa n’100,000 rwf ya telefone yo mu biro.

Imishahara y’abacungagereza bose

Twabonye ko Komiseri Mukuru wa RCS ufite ipeti rya CGP ahembwa umushahara mbumbe 2,304,540 RWF ku kwezi, Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS, ufite ipeti rya DCGP akaba ahembwa 2,094,795 RWF.

Ufite ipeti rya Warder ahembwa 60,586 RWF, Corporal ahembwa 71,624 RWF, Sergeant ahembwa 83,646 RWF, Senior Sergeant ahembwa 160,456 RWF, Chief Sergeant ahembwa 179,954 RWF.

Assistant Insepector of Prison ahembwa 227,583 RWF, Inspector of Prison ahembwa 277,653 RWF, Chief Inspector of Prison ahembwa 374,191 RWF, Superintendent ahembwa 484,588 RWF, Senior Superintendent of Prison ahembwa 581,506 RWF, Chief Superintendent of Prison ahembwa 718,243 RWF.

Assistant Commissioner of Prison ahembwa 951,074 RWF, Commissioner of Prison ahembwa 990,235 RWF, Deputy Commissioner General of Prison ahembwa 1,141,310 RWF naho Commissioner General of Prison ahembwa 1,428,485 RWF.

Ubu Komiseri Mukuru wa RCS ni CGP George Rwigamba, naho Komiseri Mukuru Wungirije ni DCGP Jeanne Chantal Ujeneza.

epxev8xwaaeywfm_1596886467069_1598773408264.jpg CGP George Rwigamba ni we uyoboye RCS

arton104447-56273.jpg DCGP Jeanne Chantal Ujeneza ni Komiseri Mukuru Wungirije wa RCS

Soma Izindi Nkuru

34 Responses

  1. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abakuru ntibikoraho! mbega akavagari k’amafaranga ko babigenera byose izo million bazimaza iki koko

  2. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abakuru ntibikoraho! mbega akavagari k’amafaranga ko babigenera byose izo million bazimaza iki koko

  3. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Amafaranga yo kwakira abashyitsi akwiye kuvaho,n’aya ya communication ni menshi kuko aruta umushahara w’aba bo hasi ,haba harimo ubusumbane bukabije.

  4. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Amafaranga yo kwakira abashyitsi akwiye kuvaho,n’aya ya communication ni menshi kuko aruta umushahara w’aba bo hasi ,haba harimo ubusumbane bukabije.

  5. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    sha ababo bagabo bahembwa menshi kdi abato barya umunyu wagirango barasahura

  6. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    sha ababo bagabo bahembwa menshi kdi abato barya umunyu wagirango barasahura

  7. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Hari ubusumbane bukabije mu mishahara kandi abo hasi nibo bakora akazi gakomeye…..

    Ariko da nibura baruta abarimu!

  8. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Hari ubusumbane bukabije mu mishahara kandi abo hasi nibo bakora akazi gakomeye…..

    Ariko da nibura baruta abarimu!

  9. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Kbsa byo bakwiye kwibuka n’abarimu kuko umushahara wa mwarimu urihasi cyane ntabwo ucyijyanye n’ibiciro byo ku isoko

  10. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Kbsa byo bakwiye kwibuka n’abarimu kuko umushahara wa mwarimu urihasi cyane ntabwo ucyijyanye n’ibiciro byo ku isoko

  11. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Kbsa byo bakwiye kwibuka n’abarimu kuko umushahara wa mwarimu urihasi cyane ntabwo ucyijyanye n’ibiciro byo ku isoko

  12. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Kbsa byo bakwiye kwibuka n’abarimu kuko umushahara wa mwarimu urihasi cyane ntabwo ucyijyanye n’ibiciro byo ku isoko

  13. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Njye,sinabona icyo mvuga ariko koko abantu bakomeje kwiyita ibifi binini bazakomeza gukandamiza abo bakorana babahembe intica ntikize .minecofin ikwiye kubyigaho bigahinduka.

  14. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Njye,sinabona icyo mvuga ariko koko abantu bakomeje kwiyita ibifi binini bazakomeza gukandamiza abo bakorana babahembe intica ntikize .minecofin ikwiye kubyigaho bigahinduka.

  15. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Bwiza, muzatuzanire n’imishahara y’abarimu muzaba mukoze!

  16. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Bwiza, muzatuzanire n’imishahara y’abarimu muzaba mukoze!

  17. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  18. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  19. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  20. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  21. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  22. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  23. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  24. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  25. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  26. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Nabazaga ese abakoze exam ya rcs bazamenya gute abemerewe nabatemerewe kujya kuri training

  27. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abatoya bararyamirwa cyane bahembwa make cyane nukuri mubyigeho pe harimo ikinyuranyo kinini cyane

  28. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abatoya bararyamirwa cyane bahembwa make cyane nukuri mubyigeho pe harimo ikinyuranyo kinini cyane

  29. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abantu bakoze ikizamini cya Rcs
    Bamenya gute ko batsinze?

  30. Imishahara igenerwa abacungagereza kuva ku muto kugera ku mukuru
    Abantu bakoze ikizamini cya Rcs
    Bamenya gute ko batsinze?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *