Hari ubwoba ko abantu benshi bapfiriye mu gitero mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Kenya ubwo imodoka itwara abagenzi, yakandagiraga igisasu, kikayiturikana. Imodoka y’itagisi itwara abagenzi yakandagiye igiturika mu muhanda w’i Mandera, umujyi uri hafi y’umupaka Kenya ihana na Somalia nk’uko BBC ibitangaza. Iki gitero kibaye mu gihe iki gihugu cyakajije ibikorwa byo gucunga umutekano, nyuma yuko ambasade zimwe z’ibihugu by’i Burayi n’Amerika zo muri Kenya ziburiye ko hashobora kuba igitero cy’iterabwoba. Wasoma: https://bwiza.com/?U-Bufaransa-u-Bwongereza-n-u-Budage-byateguje-ko-Kenya-ishobora-kugabwamo ( U Bufaransa, u Bwongereza n’u Budage byateguje ko Kenya ishobora kugabwamo ibitero).



2 Responses
Kenya: Imodoka itwara abagenzi yaturikanwe n’igisasu
Nibyose kok
Kenya: Imodoka itwara abagenzi yaturikanwe n’igisasu
Nibyose kok