Umuyobozi w’akarere ka Rutsiro, Ayinkamiye Emérence, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nzeri 2020 yiyemeje kuzakunda Nsengimana Fabrice akaramata imbere y’Imana n’abantu muri kiriziya yitiriwe umuryango mutagatifu (Saint Famille) i Kigali.
Gushyingirwa imbere y’Imana bibaye bikurikira umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko wabaye ku wa 05 Nzeri 2020, mu Murenge wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu.
Ibirori by’ubukwe bwa Meya wa Rutsiro byabaye hakurikijwe amabwiriza yo kurwanya Covid-19, ariko ntibyabujije ababyitabiriye kuryoherwa.







2 Responses
Meya wa Rutsiro yarongowe (Amafoto)
Ndifuza umukobwa ukunda lmana n’abantu utari timid wubaha buriwese wimibiri yombi ufite taille afite hagati y’imyaka 23ans-28ans nimero zanjy 0729023688
Meya wa Rutsiro yarongowe (Amafoto)
Ndifuza umukobwa ukunda lmana n’abantu utari timid wubaha buriwese wimibiri yombi ufite taille afite hagati y’imyaka 23ans-28ans nimero zanjy 0729023688