Umuyobozi w’ikigo gishinzwe iperereza muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Mike Pompeo, yagiriye uruzinduko rw’ibanga muri Leta ya Pyongyang, aho yagiranye inama na Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un.
Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri Amerika, ngo iyi nama yari igamije gutegura uburyo Perezida Donald Trump na Kim Jong Un bazahura, bakagirana ibiganiro.
BBC itangaza ko uyu mubano urimo kugeragezwa hagati y’ibihugu byombi, utangiye mu gihe ibi bihugu byari bimaze imyaka igera muri 20 bidacana uwaka.
Ubwo yabonanaga na Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, Shinzo Abe muri Leta ya Florida, perezida Trump yatangaje ko habayeho ibiganiro hagati ya Amerika na Koreya ya Ruguru, aho yagize ati ” Twagiranye ibiganiro amaso ku yandi,
Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya


