Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo, aravuga ko abakora mu butabera bakwiye kwirinda icyo ari cyo yose cyatuma rubanda rwinubira serivisi batanga, bakaba bakwiye gushyira imbaraga mu kurwanya ruswa. Yabitangaje kuwa Gatanu, ubwo yasuraga Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga, mu ruzinduko rugamije kureba imikorere yarwo no kuganira ku cyatuma ubutabera buhatangirwa bunogera abaturage. Urukiko rw’ikirenga rwibutsa abaturage ko nta kiguzi kigomba kwishyurwa mu nzego z’ubutabera mu gihe kitagenwa n’itegeko nk’uko RBA yabitangaje. Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga avuga ko gukoresha abakozi b’amasezerano ari kimwe mu byakozwe, hagamijwe gushaka umuti w’ikibazo cy’abakozi badahagije bari mu rwego rw’ubutabera. Kugeza tariki 11 Gicurasi uyu mwaka, Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwari rumaze kwakira imanza 2959 hakaba haraciwe 1896. Mu mbogamizi zigaragazwa harimo ubucye bw’abacamanza, ubwinshi bw’imanza ziregerwa mu rukiko n’ihuzanzira ridahagije rikadindiza imanza ziburashishwa mu buryo bw’ikoranabuhanga ridahagije.



6 Responses
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Niyivugire.Njyewe ndu umunyamategeko narayize neza kandi nigisha amategeko ariko birababaje kubona umucanza utsinda ibirego bigize urubanza ariko ukabazwa indishyi watsinze,pour réparer quoi.Ugasabwa kwishyura igihembo cya cy’umuhesha winkiko n’a avoka utahaye umurumo nta nacyamunara yabaye.Watakamba perezida ati wararenganye jya Kumuvunyi.Ikibazo Kiri murwanda nabacamanza bazica zidashyingiye ku amategeko,abafunga ntabimenyetso bafite,bagiye bahanwa nti babypngera,nubwo bamwe baba batumwe,mot d’ordre, cyangwa ubuswa naruswa nibifu binini.Abantu bararesha imbere ya amategeko théoriquement pratique ni oya,cfr art 15 de la constitution.Quid.
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Niyivugire.Njyewe ndu umunyamategeko narayize neza kandi nigisha amategeko ariko birababaje kubona umucanza utsinda ibirego bigize urubanza ariko ukabazwa indishyi watsinze,pour réparer quoi.Ugasabwa kwishyura igihembo cya cy’umuhesha winkiko n’a avoka utahaye umurumo nta nacyamunara yabaye.Watakamba perezida ati wararenganye jya Kumuvunyi.Ikibazo Kiri murwanda nabacamanza bazica zidashyingiye ku amategeko,abafunga ntabimenyetso bafite,bagiye bahanwa nti babypngera,nubwo bamwe baba batumwe,mot d’ordre, cyangwa ubuswa naruswa nibifu binini.Abantu bararesha imbere ya amategeko théoriquement pratique ni oya,cfr art 15 de la constitution.Quid.
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Muraho,nagiye nandika ahantu hatandukanye ariko nta feed back nabonye,nibwe inzu yanjye binyitiriwe hakoreshejwe impapuro mpimbano,navukiye mumajyepfo,akarere ka HUYE,umurenge wa ngoma,akagali ka matyazo,umudugudu wa ruvuzo. ariko bitewe na Genocide yakorewe abatutsi siho nakuriye,nibwe nabiyitaga abayobozi ariwe nyumbakumi wicyo gihe agirana inama numugabo wumukire uyibamo yitwa TWAHIRWA Jerome,niwe wavuze ko yayiguze.narayikurikiranye gusa bitewe nishuri nigaga ibujumbura,sinabashije kumenyeshwa ryari baburanye,sinasabwe ibyangombwa kandi narimbifite,ubwo urukiko rwahuye ruterana ntabizi ntanahari,nyuma ngarutse ngo naratsinzwe.impapuro ndazifite zose uko byagenze.ubu mba kampala ataruko nanze kuba murwambyaye ariko nanze kuba utagira iyaba kandi narimpafite.mumfashije mwansabira nkasubizwa ibyanjye,murakoze.number yanjye ni +256751303509,iri no kur whatsapp
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Muraho,nagiye nandika ahantu hatandukanye ariko nta feed back nabonye,nibwe inzu yanjye binyitiriwe hakoreshejwe impapuro mpimbano,navukiye mumajyepfo,akarere ka HUYE,umurenge wa ngoma,akagali ka matyazo,umudugudu wa ruvuzo. ariko bitewe na Genocide yakorewe abatutsi siho nakuriye,nibwe nabiyitaga abayobozi ariwe nyumbakumi wicyo gihe agirana inama numugabo wumukire uyibamo yitwa TWAHIRWA Jerome,niwe wavuze ko yayiguze.narayikurikiranye gusa bitewe nishuri nigaga ibujumbura,sinabashije kumenyeshwa ryari baburanye,sinasabwe ibyangombwa kandi narimbifite,ubwo urukiko rwahuye ruterana ntabizi ntanahari,nyuma ngarutse ngo naratsinzwe.impapuro ndazifite zose uko byagenze.ubu mba kampala ataruko nanze kuba murwambyaye ariko nanze kuba utagira iyaba kandi narimpafite.mumfashije mwansabira nkasubizwa ibyanjye,murakoze.number yanjye ni +256751303509,iri no kur whatsapp
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Muraho,nagiye nandika ahantu hatandukanye ariko nta feed back nabonye,nibwe inzu yanjye binyitiriwe hakoreshejwe impapuro mpimbano,navukiye mumajyepfo,akarere ka HUYE,umurenge wa ngoma,akagali ka matyazo,umudugudu wa ruvuzo. ariko bitewe na Genocide yakorewe abatutsi siho nakuriye,nibwe nabiyitaga abayobozi ariwe nyumbakumi wicyo gihe agirana inama numugabo wumukire uyibamo yitwa TWAHIRWA Jerome,niwe wavuze ko yayiguze.narayikurikiranye gusa bitewe nishuri nigaga ibujumbura,sinabashije kumenyeshwa ryari baburanye,sinasabwe ibyangombwa kandi narimbifite,ubwo urukiko rwahuye ruterana ntabizi ntanahari,nyuma ngarutse ngo naratsinzwe.impapuro ndazifite zose uko byagenze.ubu mba kampala ataruko nanze kuba murwambyaye ariko nanze kuba utagira iyaba kandi narimpafite.mumfashije mwansabira nkasubizwa ibyanjye,murakoze.number yanjye ni +256751303509,iri no kur whatsapp
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasabye abakora mu butabera kwirinda ibituma rubanda rwinubira ibyo bakora
Muraho,nagiye nandika ahantu hatandukanye ariko nta feed back nabonye,nibwe inzu yanjye binyitiriwe hakoreshejwe impapuro mpimbano,navukiye mumajyepfo,akarere ka HUYE,umurenge wa ngoma,akagali ka matyazo,umudugudu wa ruvuzo. ariko bitewe na Genocide yakorewe abatutsi siho nakuriye,nibwe nabiyitaga abayobozi ariwe nyumbakumi wicyo gihe agirana inama numugabo wumukire uyibamo yitwa TWAHIRWA Jerome,niwe wavuze ko yayiguze.narayikurikiranye gusa bitewe nishuri nigaga ibujumbura,sinabashije kumenyeshwa ryari baburanye,sinasabwe ibyangombwa kandi narimbifite,ubwo urukiko rwahuye ruterana ntabizi ntanahari,nyuma ngarutse ngo naratsinzwe.impapuro ndazifite zose uko byagenze.ubu mba kampala ataruko nanze kuba murwambyaye ariko nanze kuba utagira iyaba kandi narimpafite.mumfashije mwansabira nkasubizwa ibyanjye,murakoze.number yanjye ni +256751303509,iri no kur whatsapp