Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo

Sangiza iyi nkuru

Umugore uri mu rukundo na Pasiteri Aloysius Bugingo wo muri Uganda, Susan Makula Nantaba, avuga ko abagore benshi banga abagabo babakubita inshyi ku mabuno igihe bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.

Nantaba, umunyamakuru akaba n’umwe mu bakunze kuvuga ku bibazo by’abashakanye mu buriri, avuga ko we iyo Pasiteri Bugingo amukoreye ibyavuzwe haruguru, bituma atakaza ubushake bw’igikorwa nyir’izina.

Mu gihe bamwe mu bagore bakunze izo nshyi kuko zibafasha, uyu mugore we yavuze ko ari ibyo kwamaganwa.

Mu kiganiro cyitwa The Junction kuri imwe muri televiziyo zo muri Uganda, Makula yagize ati ” Abantu b’abagabo mukubita abagore inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro, birababaje. Ariko se na we umuntu arahuze ari mu gikorwa nyir’izina, ndaryohewe noneho ukajyaho uagakubita! Ukwiriye kumbwira ko unkunze ahubwo nanjye nkabyumva. Abagabo rero murekere aho kuko bituma tutaryoherwa.”

Uyu mugore byavuzwe ko yibye umugabo w’abandi Bugingo, yavuze ngo ” Nta kuntu naryoherwa mu gihe urimo kunkubita.”

Nantaba ari mu rukundo na Bugingo nyuma yo kumwiba Mama Pasiteri Teddy. Ni ingingo yatumye benshi bamutunga intoki.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Situation yo mu rugo rwa Pastor A. Bugingo narayikurikiranye, benshi bashinja amakosa Bugingo abandi bakikoma Makula, biragoye kubona udashyigikiye Teddy.

    Gusa bihita byerekana ko isi iri inclined ku gutega amatwi ukwiriza kw’abadamu ntihe umwanya na mucye ugutakamba kw’abagabo nubwo ntawe ushobora gufata umwanzuro nk’uwo Pastor Bugingo yafashe mu gihe anyuzwe n’uko afatwa mu rugo iwe. Ntibibaho. Abagore ntibagahohoterwe ariko nanone ntitukabashake ngo bumve ko ari bo mahitamo yacu ya nyuma ku buryo tugomba kwemera nonsense zabo unconditionally.

  2. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Situation yo mu rugo rwa Pastor A. Bugingo narayikurikiranye, benshi bashinja amakosa Bugingo abandi bakikoma Makula, biragoye kubona udashyigikiye Teddy.

    Gusa bihita byerekana ko isi iri inclined ku gutega amatwi ukwiriza kw’abadamu ntihe umwanya na mucye ugutakamba kw’abagabo nubwo ntawe ushobora gufata umwanzuro nk’uwo Pastor Bugingo yafashe mu gihe anyuzwe n’uko afatwa mu rugo iwe. Ntibibaho. Abagore ntibagahohoterwe ariko nanone ntitukabashake ngo bumve ko ari bo mahitamo yacu ya nyuma ku buryo tugomba kwemera nonsense zabo unconditionally.

  3. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Kandi umugabo kugirango agukubite agashyi muri gukora imibonano nuko aba yaguhenesheje!!!!

  4. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Kandi umugabo kugirango agukubite agashyi muri gukora imibonano nuko aba yaguhenesheje!!!!

  5. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Iyo umugore amaze kwifatiera umugabo abayumva yamugenza uko ashaka kose nkaho byarangiye atazongera kubona undi mugore

  6. Twanga ko abagabo badukubita inshyi ku mabuno mu gihe cy’akabariro-umugore wa Past. Bugingo
    Iyo umugore amaze kwifatiera umugabo abayumva yamugenza uko ashaka kose nkaho byarangiye atazongera kubona undi mugore

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *