Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hacicikana amashusho y’umugeni wavuye aho ubukwe bwe bwaberaga yiruka cyane ku muhanda abamutahiye ubukwe bamwoma inyuma bagerageza kumugarura.

Ibinyamakuru binyuranye byandikirwa muri Nigeria bivuga ko uyu mugeni yirutse avuga amagambo ngo: ”Ngiye Kubivuga”. Ibi byatumye abantu benshi bibaza niba ibyo yashakaga kuvuga ari byo byamukuye mu bukwe bwe ikitaraganya agafata inzira y’umuhnda yiruka.
Kugeza ubu abantu bakomeje guhura n’urujijo ku cyaba cyarateye uyu mugeni kuva mu bukwe butarangiye Vakagenda yiruka ku muA
Amashusho


