Umuntu wa 27 mu Rwanda yishwe na Covid-19

eidcuhawsaan1_d.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 21 Nzeri 2020 yatangaje ko umuntu wa 27 yishwe na Covid-19, mu gihe bipimo abashya banduye ari 11 mu bipimo 1448 byafashwe. Uwapfuye ni umugabo w’imyaka 58 y’amavuko, waguye i Kigali. Abanduye barimo 7 banonetse i Kigali, bahuye n’abanduye n’abandi 4 babonetse mu Karere ka Nyamagabe. Abamaze gukira […]

Amafoto yihariye ya Perezida Magufuli wiyamamarije muri Tabora

fb_img_16007062453903637.jpg

Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli uri kwiyamamariza amatora y’Umukuru w’Igihugu, kuri uyu wa 21 Nzeri 2020 yigaragaje mu buryo bwihariye muri Tabora. Ni ibikorwa byateguwe n’ishyaka ahagarariye rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) rirangwa n’amabara y’icyatsi. Iri shyaka riri gukora ibishoboka byose kugira ngo umukandida waryo azegukane insinzi mu matora ateganyijwe tariki ya 28 […]

Umugeni yavuye mu bukwe ariruka, ababutashye bamwirukaho n’imodoka(Amashusho)

umugeni yatunguranye yiruka ku muhanda

Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hacicikana amashusho y’umugeni wavuye aho ubukwe bwe bwaberaga yiruka cyane ku muhanda abamutahiye ubukwe bamwoma inyuma bagerageza kumugarura. Ibinyamakuru binyuranye byandikirwa muri Nigeria bivuga ko uyu mugeni yirutse avuga amagambo ngo: ”Ngiye Kubivuga”. Ibi byatumye abantu benshi bibaza niba ibyo yashakaga kuvuga ari byo byamukuye mu bukwe bwe ikitaraganya agafata […]

Ntibisanzwe! Umurambo wasabye amazi yo kunywa mbere yo kururutswa mu mva

Mu gace ka Ahero gaherereye mu ntara ya Kisumu ho gihugu cya Kenya, habereye igisa n’igitangaza ubwo umurambo w’uwashyingurwaga wasabaga amazi yo kunywa. Byabaye ku wa kabiri w’iki cyumweru ubwo habaga umuhango wo gushyingura nyakwigendera, bageze mu gihe cyo kururutsa umurambo mu mva. Nk’uko abatuye muri kariya gace babitangarije kimwe mu bitangazamakuru byo muri Kenya, […]

Rayon Sports yasinyishije rutahizamu mukeba yagenderagaho

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Mbere, yasinyishije umunya-Cameroon Ghislain Armel wari umaze igihe ari umukinnyi wa Kiyovu Sports. Uyu rutahizamu uri mu bo Kiyovu Sports yari imaze igihe igenderaho yasinye imyaka itatu yo gukinira Rayon Sports. Ghislain Armel yari afitanye amasezerano na Kiyovu Sports, gusa ahitamo kuyitera umugongo nyuma yo gutegereza amafaranga iriya […]

Kinshasa: Hateguwe indi myigaragambyo yo gusaba iyirukanwa rya Ambasaderi Karega

Amashyirahamwe y’abaturage aharanira uburenganzira bwa muntu muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nka Filimbi, Lucha, ECCHA n’ayandi, kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Nzeri 2020 azongera kuramukira mu mihanda y’I Kinshasa asaba iyirukanwa rya Ambasaderi w’u Rwanda, Vincent Karega, nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere rivuga. Aba bavuga ko ku itariki 04 Nzeri […]

Lionel Messi yagaragaje imbamutima asezera kuri Artulo Vidal

mini_messi-suarez-vidal.jpg

Kapiteni Lionel Messi wa FC Barcelona, yanditse ubutumwa bwuzuye imbamutima asezera kuri Artulo Vidal byemejwe ko agomba kuva muri iriya kipe y’i Catalunya. Byitezwe ko Vidal ukomoka mu gihugu cya Chile kuri uyu wa Mbere atangazwa nk’umukinnyi mushya wa Inter Milan yo mu Butaliyani. Ni ku ncuro ya kabiri uyu mugabo w’imyaka 33 agiye gukina […]

Abadamu bamwe batanye n’abagabo babo- Abahanzi b’igisope batakambira leta

papy.jpg

Abaririmbyi b’indirimbo za karahanyuze zamanyekanye nk”Igisope”, baratabaza leta y’u Rwanda nyuma y’uko imibereho yabo ikomeje kuba mibi kubera icyorezo cya Virusi ya Corona . Abenshi mu bahanzi baririmba bene ziriya ndirimbo usanga batunzwe ahanini no kuzicuranga ahantu habaye ibirori nko mu mahoteli, utubari dukomeye, utubyiniro no mu bukwe, bakahavana amafaranga abatunga mu buzima bwa buri […]

Uganda: Imfungwa zacitse gereza y’i Moroto ngo zahungaga Covid-19 ivuza ubuhuha muri gereza

Imfungwa zacitse gereza y’i Moroto muri Uganda zatangaje ko Covid-19 ivuza ubuhuha muri iyi gereza iri mu mpamvu zaziteye gupanga kuyicika igitaraganya. Daily Monitor yatangaje ko itsinda rihuriwemo n’abacungagereza, ingabo na polisi ryashinzwe guhiga imfungwa 219 zacitse gereza y’i Moroto muri Uganda ryatangaje ko ryongeye kurasa izindi mfungwa 2 mu zacitse. Zimwe mu mfungwa zagaruwe […]

Perezida Ndayishimiye arasabwa kugira icyo akora ku birego bishinjwa Ingabo z’u Burundi muri Centrafrica

Perezida mushya w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye yasabwe gukora iperereza ku birego by’ihohotera rishingiye ku gitsina ryashinjwe Ingabo z’u Burundi mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Centrafrica. Abarundi bagera kuri 43 boherejwe muri Repubulika ya Centrafrique (CAR) barashinjwa ibyaha bikomeye by’ihohotera rishingiye ku gitsina byakozwe kuva mu 2015. Abakorewe ihohoterwa barimo abana 49, abantu […]

Abanyamategeko bavuga ko kwereka ukekwaho ibyaha itangazamakuru ari kumwambura uburenganzira

Abanyamategeko bo mu Rwanda bemeje ko iyo ukekwaho ibyaha yeretswe itangazamakuru byongera igitutu ku butabera , bikanambura ukekwa bumwe mu burenganzira ahabwa n’amategeko. Ni kenshi urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda( RIB) rutumira itangazamakuru rukabereka abantu runaka baba bakekwaho gukora ibyaha. Hari abahabwa umwanya bakavugana na ryo ariko hari n’abatemererwa kurivugisha gusa hari abahabwa uyu mwanya bakagaragaza […]

Motari watwaye umwana amuziritse nk’umuzigo yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umumotari ukorera mu Karere ka Gicumbi witwa Ngendonziza Gilbert nyuma yo gufotorwa yazirikiye umwana kuri moto nk’umuzigo. Amakuru avuga ko Ngendonziza yazirikiye uyu mwana w’imyaka 10 y’amavuko kuri moto, amuziza ko yamututse. RIB mu iperereza ry’ibanze yamenye ko Ngendonziza yagaragaye mu gasoko ka Nkoto gaherereye mu […]

Umugore ukekwaho koherereza Perezida Trump ibaruwa irimo uburozi yafashwe

Ubuyobozi bwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwatangaje ko kuri uyu wa 20 Nzeri 2020 bwataye muri yombi umugore wajyaniye Perezida Trump ibaruwa irimo uburozi. Uyu mugore utangarijwe amazina yafatanwe imbunda i New York muri USA, avuye muri Canada. Umuyobozi ushinzwe uburinzi bw’umupaka na gasutamo, Aaron Bowker yabwiye ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) ati: “Ndahamya ko […]

Kagame, Blair, Sarkozy, Modi n’abandi mu muhango wo kwibuka Perezida wa 9 wa Israel

peres_web_3.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ni umwe mu bantu bitezweho kwifatanya n’abaturage ba Israel kuri uyu wa Kabiri, itariki 22 Nzeri, mu muhango wo kwibuka Perezida wa 9 na Minisitiri w’Intebe wa 8 w’iki gihugu, Shimon Peres, wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel akaba n’umuntu waranzwe n’ibikorwa n’icyerekezo, umaze imyaka 4 atabarutse. “Igihe cyonyine kidashidikanywaho kuri […]

Adil utoza APR FC yavuze ikintu gikomeye yiteze kuri Jacques Tuyisenge

Umutoza Mohammed Adil Erradi utoza ikipe ya APR FC, asanga rutahizamu Jacques Tuyisenge afite ubunararibonye buzafasha ikipe atoza kwisubiza igikombe cya shampiyona yegukanye umwaka ushize, ndetse no kugera mu matsinda y’amarushanwa y’imikino nyafurika. Ku wa Gatanu Tariki 18 Nzeri ni bwo Jacques yerekanwe ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa APR, nyuma yo kuyisinyira amasezeramo y’imyaka ibiri. […]

Umusirikare warokotse igitero cyiciwemo Gen. Kararuza n’umuryango we yahishuye byose

Nyuma y’imyaka ine Brig. Gen. Athanase Kararuza wari umujyanama wa Visi Perezida wa Repubulika y’u Burundi yiciwe hamwe n’umugore ndetse n’umukobwa we, ngo ababikoze barazwi kandi bafite imyanya ikomeye muri leta. Aya makuru yemejwe na Cpl. Dieudonne Kwizera, wari umurinzi wa Gen. Kararuza, akaba n’umwe rukumbi wabashije kurokoka iki gitero. Cpl Kwizera bigaragara ko yacikiye […]

IRMCT-Rwanda: The court has denied Semanza Laurent’s provisional release

It’s now for the first time in the history of inter- collaboration, the IRMCT Court remained for International criminal tribunal for Rwanda ICTR to value the government of Rwanda’s request before releasing the convicts. it’s now from Semanza Laurent who was former Mayor of Bicumbi currently Rwamagana District. In his decision of 17th September 2020, […]

Kagere na Ally bafunguye konteri z’ibitego muri shampiyona ya Tanzania

img_20200921_073027.jpg

Abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu Amavubi, Meddie Kagere na Ally Niyonzima, ku Cyumweru bitwaye neza bafasha amakipe yabo kwitwara neza ku munsi wa gatatu wa shampiyona ya Tanzania. Ni shampiyona ibarizwamo amakipe atanu afite aho ahuriye n’Abanyarwanda. Yanga Africans ikinamo Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Haruna Niyonzima; Simba SC yo ikinamo rutahizamu Meddie Kagere, Azam FC ikinamo Ally […]

Sharifa wari umugore wa Jay Polly yambitswe impeta n’undi mukunzi

Uwimbabazi Sharifa umaze ukwezi atandukanye n’umuhanzi Tuyishime Joshua (Jay Polly) bari babanye nk’umugore n’umugabo, yambitswe impeta n’umukunzi mushya. Mu kwezi gushize ni bwo byamenyekanye ko Sharifa na Jay Polly bagiye bagira amakimbirane y’urudaca, bemeranyije gutandukana. Sharifa abicishije ku rubuga rwa Instagram, yahamirije abamukurikira ko afite umukunzi mushya, ashyiraho n’ifoto y’ikiganza cye cyambaye impeta. Bimwe mu […]

Tshisekedi yongeye guhura na Kabila mu gihe umwuka mubi ukomeje hagati ya FCC na CACH

Kuri iki cyumweru, tariki 20 Nzeri, Perezida FĂ©lix Tshisekedi yabonaniye i N’sele n’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, akaba n’umufasha we mu ihuriro riri ku butegetsi. Ese Perezida FĂ©lix Tshisekedi na Joseph Kabila bavuganye iki kandi kubera iki? Abasesenguzi benshi bavuga ko aba bagabo bombi bifuza guturisha umwuka mubi ukomeje guhungabanya ihuriro ryabo, bakemura ibikomeje gutanya […]

Iby’inama y’i Goma byaranze, Ndayishimiye ajya Tanzania, Rusesabagina avuga uko yafashwe

Icyumweru gishize cyaranzwe n’amakuru atandukanye muri politiki yerekeye Akarere, by’umwihariko u Rwanda n’u Burundi bimaze imyaka igera kuri itanu bidacana uwaka. Ingaruka z’umubano utifashe neza w’ibi bihugu zikomeje kugera butabera, umutekano n’ububanyi n’amahanga. Imikino n’imyidagaduro nabyo biri mu gice kigize iki cyegeranyo cy’amakuru y’ingenzi yaranze icyumweru. Mu Karere: Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu ikomeje kuba agatereranzamba […]

Israel: Imyigaragambyo isaba Minisitiri w’Intebe Netanyahu kwegura irakomeje

f723811bfb8c4419a9766bfb2ffce62c.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki 20 Nzeri, Abanya-Israel ibihumbi n’ibihumbi basubukuye imyigaragambyo yabo ya buri cyumweru hanze y’urugo rwa Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu ruherereye i Yeruzalemu rwagati, aho bakomeje kumusaba kwegura ku mirimo ye. Ni imyigaragambyo ya mbere yari ibaye kuva mu gihugu hashyirwaho itegeko rishya ryo guhagarika imirimo kubera icyorezo cya Covid-19. Igihugu cya Israel […]

Rutsiro: Polisi yarokoye abari bamaze kurohwa mu Kivu n’abashakaga kubiba

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nzeri abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi batabaye Babonampoze Boniface w’imyaka 33 na Nsigeziragwa Ildefonse w’imyaka 43 ubwo bari bamaze kurohwa mu Kiyaga cya Kivu n’abagizi ba nabi bashakaga kubiba ubwato n’imitego yabo. Abakoze icyo gikorwa cy’ubugizi bwa nabi bafashwe ahagana saa mbiri z’umugoroba uko […]