Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali

Sangiza iyi nkuru

Umugabo witwa Nkusi (izina ryahinduwe nk’uko yabisabye) avuga ko atuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali ariko ngo asigaye arara mu modoka kubera inkeke ashyirwaho n’umugore we.

Nkusi yandikiye Bwiza.com kuri info@bwiza.com avuga ko muri ibi bihe atorohewe n’umugore umushinja kumuca inyuma. Avuga ko umugore we yarakajwe n’uburyo ngo yabonye Nkusi ahobera umugore bakorana.

Avuga ko ubwo yabonaga iki kibazo cyavutse, yasobanuriye umugore we bafitanye abana batatu kuva babana mu 2005.

Nkusi yagerageje kwisobanura ariko biba iby’ubusa. Ati “ Nsanzwe nkora muri kimwe mu bigo bya Leta. Iyo ntashye akenshi hari igihe ndambura umusego w’imodoka nkayiryamamo. Nterwa ubwoba n’uburyo nasobanuriye umugore wanjye ibyo akeka akaba atarabyemeye. Namusabye ko yakora iperereza rye bwite ariko ntiyanyumva. Namubwiye ko nta mubano udasanzwe uri hagati yanjye n’undi mugore.”

Ibibazo byabye ibindi ubwo utubare twafungwaga hirindwa Coronavirus

Nkusi avuga ko akimara kubona uko umugore we yahindutse mu mezi abiri ashize: Nta kumuvugisha, nta kabariro, apanga gahunda za wenyine n’ibindi, yari asigaye arara mu kabari, agataha aje koga no gusubira mu kazi.

Aho utubari badufungiye, avuga ko abura aho yerekeza, aganira n’abandi bake, agahita ataha. Ubundi akicara mu modoka, akumva radiyo. Avuga ko hari igihe asinzira akisanga ijoro rigiye gucya ari ho yaraye.

Abandi bagabo bamugira inama ko uwo mugore ufite ifuhe ringana rityo yazanamwica mu gicuku. Arasaba inama kuri iki kibazo kuko we abona yasaba gatanya ariko akazitirwa n’ahazaza ku bana be.

Soma Izindi Nkuru

28 Responses

  1. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ntago ikibazo ari Umugore mukorana wasuhuje ahubwo iyo unamenya ko umugore wawe asambanywa na J.G ngirango wamumenye ndetse na Claude.N umwe muraba yaramuryohereje ahubwo iyo nimpamvu yo kugirango urakare ukore ikosa bagute mabuso ngo wahohoteye madamu ubundi umwe murabo akomeze yirongorere umugore ntankomyi… No bahinduye izina ariko ndakuzi muvandi… Gusa ihangane.

  2. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ntago ikibazo ari Umugore mukorana wasuhuje ahubwo iyo unamenya ko umugore wawe asambanywa na J.G ngirango wamumenye ndetse na Claude.N umwe muraba yaramuryohereje ahubwo iyo nimpamvu yo kugirango urakare ukore ikosa bagute mabuso ngo wahohoteye madamu ubundi umwe murabo akomeze yirongorere umugore ntankomyi… No bahinduye izina ariko ndakuzi muvandi… Gusa ihangane.

  3. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ihangane siwowe wenyine nange nuko …nyine se umugore ko ubu ari intakoreka …ge namusanze asambana bica no mwitangazamakuru asaba imbabazi ndamubabarira ngirango birarangiye kumbe biratangiye wamurega he? Nahugiye ko bakubwira ngo umugore ntagihanurwa ntanumuvuga …ipusi yatangiye kujya irara hanze koko iba yabaye inturo

  4. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ihangane siwowe wenyine nange nuko …nyine se umugore ko ubu ari intakoreka …ge namusanze asambana bica no mwitangazamakuru asaba imbabazi ndamubabarira ngirango birarangiye kumbe biratangiye wamurega he? Nahugiye ko bakubwira ngo umugore ntagihanurwa ntanumuvuga …ipusi yatangiye kujya irara hanze koko iba yabaye inturo

  5. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ihangane siwowe wenyine nange nuko …nyine se umugore ko ubu ari intakoreka …ge namusanze asambana bica no mwitangazamakuru asaba imbabazi ndamubabarira ngirango birarangiye kumbe biratangiye wamurega he? Nahugiye ko bakubwira ngo umugore ntagihanurwa ntanumuvuga …ipusi yatangiye kujya irara hanze koko iba yabaye inturo

  6. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ihangane siwowe wenyine nange nuko …nyine se umugore ko ubu ari intakoreka …ge namusanze asambana bica no mwitangazamakuru asaba imbabazi ndamubabarira ngirango birarangiye kumbe biratangiye wamurega he? Nahugiye ko bakubwira ngo umugore ntagihanurwa ntanumuvuga …ipusi yatangiye kujya irara hanze koko iba yabaye inturo

  7. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    ihangane ibyonibyatwese gusa ntuzateranenawe amagambo ubundazigarura
    komeza kwihangana

  8. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    ihangane ibyonibyatwese gusa ntuzateranenawe amagambo ubundazigarura
    komeza kwihangana

  9. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  10. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  11. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  12. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  13. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  14. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  15. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  16. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo Mugabo akeneye inama ihagije kugirango gubake, inama mvuga akeneye kuganirizwa by’umwihariko
    Kuko wasanga Umugore we ataricyo kibazo afite gusa ku Mugabo asanzwe afite nibindi bikomeri byinshi. Niyo mpamvu numva ko akeneye ku ganirizwa ndetse byaba byiza n’Umugorewe akaganirizwa.
    Naho ibyo Divorce ntabwo aribyo rwose ahubwo igikenewe ni ukuganira kandi bizashyira ubane n’Umugore wawe amahoro.
    Mukeneye ko twavugana njyewe nagufasha tukaganira by’umwihariko mwamuha telephone yanjye akanyandikira kuri whatsaap +2507385000062.
    Imana ibatabare mwizina rya Yesu-Kristu.

  17. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Nkusi azaganire numugore we kugirango yumve icyifuzo umugore afite.bizamufasha gufata undi mwanzuro.

  18. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Nkusi azaganire numugore we kugirango yumve icyifuzo umugore afite.bizamufasha gufata undi mwanzuro.

  19. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo mugore Ni mutima mucye wo mu mutiba nka ya mbeba,ubwo koko arakwicira iki umutima,ihangane abagore benshi Niko bateye,ntabwo ari ugufuha byo kugukunda,ahubwo n’ibyabindi bita ama Code bagira muribo,ntibemere gusubiza ubwenge inyuma,ubundi niyo wanamuca inyuma iyo siyo nzira yo kugukosora,
    Icyambere ni ukuganira hagati yanyu mwenyine,nawe kdi mugabo ukemera guca bugufi ukamuha umwanya mukaganira.ikiganiro mwagirana nicyo cyakavuyemo igisubizo,ariko niba mutavugana mwanahura bikaba byabindi byo gucagagurana,ndakurahiye umwe azuca undi,nako ubwo mu mutima umwe yarangije kwica undi.

    Dore rero inama nakugira wowe mugabo,tera intambwe uganirize umugore wawe,kdi ugerageze kumusaba imbabazi nubwo waba utarabikoze,nubona yanze kuziguha cg akanga ko muvugana umuteze abana,ntekereza ko niba nwarashyingiwe muri 2005 mufite abana bamaze kumenya ubwenge kandi n’ubundi ubwo abana banyu ntacyo mukibahisha, niba babona ko mutagisabana neza nubona atavuye ku izima uzamuteze inshuti ze z’akadasohoka Uzi neza zishobora kumukura ku izima,nubona ntacyo bitanze uzamuteze Umuryango wamugushyingiye,natavanwa ku izima nabo bantu mu byiciro byabo,hari inama bazakugira ibyaribyo byose.Ariko nawe rwose va ku izima umwegere umuguyaguye,nufungiramo nawe agafungiramo,niwowe uzagirerwa cyane,kdi icyo nakubwira cyo nuko abagore muri kamere yabo batajya bava ku izima,iyo ubaye nkawe rero birusha kuba bibi,erega umugore n’umgabo ni nka za nsinga za z’amashanyarazi (Monofaze na Trifaze)zose nubwo zitanga urumuri ariko ntizihuye,n’ikimenyimenyi iyo zikomanyeho zibyara Siriko ibintu bigashya.Umugore n’umugabo nabo ntibashobora guhuza, ningombwa gutandukana haba mu mico mu mitekerereze,mu magambo yewe no mu bikorwa,Nkusi rero niba nta zindi ngeso mbi usanzwe Uzi ku mugore wawe uretse kugufuhira gusa mwegere wongere umwereke urukundo,biragoye kwegera umuntu Uzi ko yakwanze ariko niyo nzira yonyine yo kumugarura mu murongo mbere yo kumuteza itangazamakuru na Leta.

    Inama ya nyuma ariko yakabaye ari nayo ya mbere ni Ugusenga,abagabo benshi murabikerensa(murabipinga)ariko Gusenga niho ingo nyinshi zisigaye zubakiye niba mudasenga muzasenya munasenyuke burundu munasenye n’imiryango,Gusenga nshaka kuvuga si byabindi byo gukurikira abasenga ngo mwagiye mu Ruhango kucyumweru cy’isengesho cg mu biterane,oya mwese wawe na Madame sinzi aho musengera,ariko aho mwaba musengera hose (idini),haba harimo harimo amatsinda,n’ayabashakanye rero abamo,Arya matsinda rero atwubakira ingo,niba ntayo mubamo,mukaba muri babantu bibera muby’isi gusa cg mukajya Gusenga mukurikiye abandi gusenya urugo rwanyu bitoroshye.

    Aka nyuma umpe nimero za Phone ya Madame wawe,cg nawe uzampamagare kuri izi nimero 0789265470 tujyire ubundi bufasha tubaha bushingiye ku Isengesho.

    wihangane kuba nanditse byinshi,ndi bantu bakunda kunga ingo z’abashakanye,kuko mbabazwa cyane no gutandukana kw’abashakanye kuko n’umuvumo baba bikururiye uzakurikurana n’uzabakomokaho,
    -Gutandukana kw’abashakanye Imana ntikwemera
    -Muri macye Gutandukana kw’abashakanye ni ukurwanya ugushaka kw’Imana,niyo mpamvu bibyara umuvumo.muakoze.

  20. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Uwo mugore Ni mutima mucye wo mu mutiba nka ya mbeba,ubwo koko arakwicira iki umutima,ihangane abagore benshi Niko bateye,ntabwo ari ugufuha byo kugukunda,ahubwo n’ibyabindi bita ama Code bagira muribo,ntibemere gusubiza ubwenge inyuma,ubundi niyo wanamuca inyuma iyo siyo nzira yo kugukosora,
    Icyambere ni ukuganira hagati yanyu mwenyine,nawe kdi mugabo ukemera guca bugufi ukamuha umwanya mukaganira.ikiganiro mwagirana nicyo cyakavuyemo igisubizo,ariko niba mutavugana mwanahura bikaba byabindi byo gucagagurana,ndakurahiye umwe azuca undi,nako ubwo mu mutima umwe yarangije kwica undi.

    Dore rero inama nakugira wowe mugabo,tera intambwe uganirize umugore wawe,kdi ugerageze kumusaba imbabazi nubwo waba utarabikoze,nubona yanze kuziguha cg akanga ko muvugana umuteze abana,ntekereza ko niba nwarashyingiwe muri 2005 mufite abana bamaze kumenya ubwenge kandi n’ubundi ubwo abana banyu ntacyo mukibahisha, niba babona ko mutagisabana neza nubona atavuye ku izima uzamuteze inshuti ze z’akadasohoka Uzi neza zishobora kumukura ku izima,nubona ntacyo bitanze uzamuteze Umuryango wamugushyingiye,natavanwa ku izima nabo bantu mu byiciro byabo,hari inama bazakugira ibyaribyo byose.Ariko nawe rwose va ku izima umwegere umuguyaguye,nufungiramo nawe agafungiramo,niwowe uzagirerwa cyane,kdi icyo nakubwira cyo nuko abagore muri kamere yabo batajya bava ku izima,iyo ubaye nkawe rero birusha kuba bibi,erega umugore n’umgabo ni nka za nsinga za z’amashanyarazi (Monofaze na Trifaze)zose nubwo zitanga urumuri ariko ntizihuye,n’ikimenyimenyi iyo zikomanyeho zibyara Siriko ibintu bigashya.Umugore n’umugabo nabo ntibashobora guhuza, ningombwa gutandukana haba mu mico mu mitekerereze,mu magambo yewe no mu bikorwa,Nkusi rero niba nta zindi ngeso mbi usanzwe Uzi ku mugore wawe uretse kugufuhira gusa mwegere wongere umwereke urukundo,biragoye kwegera umuntu Uzi ko yakwanze ariko niyo nzira yonyine yo kumugarura mu murongo mbere yo kumuteza itangazamakuru na Leta.

    Inama ya nyuma ariko yakabaye ari nayo ya mbere ni Ugusenga,abagabo benshi murabikerensa(murabipinga)ariko Gusenga niho ingo nyinshi zisigaye zubakiye niba mudasenga muzasenya munasenyuke burundu munasenye n’imiryango,Gusenga nshaka kuvuga si byabindi byo gukurikira abasenga ngo mwagiye mu Ruhango kucyumweru cy’isengesho cg mu biterane,oya mwese wawe na Madame sinzi aho musengera,ariko aho mwaba musengera hose (idini),haba harimo harimo amatsinda,n’ayabashakanye rero abamo,Arya matsinda rero atwubakira ingo,niba ntayo mubamo,mukaba muri babantu bibera muby’isi gusa cg mukajya Gusenga mukurikiye abandi gusenya urugo rwanyu bitoroshye.

    Aka nyuma umpe nimero za Phone ya Madame wawe,cg nawe uzampamagare kuri izi nimero 0789265470 tujyire ubundi bufasha tubaha bushingiye ku Isengesho.

    wihangane kuba nanditse byinshi,ndi bantu bakunda kunga ingo z’abashakanye,kuko mbabazwa cyane no gutandukana kw’abashakanye kuko n’umuvumo baba bikururiye uzakurikurana n’uzabakomokaho,
    -Gutandukana kw’abashakanye Imana ntikwemera
    -Muri macye Gutandukana kw’abashakanye ni ukurwanya ugushaka kw’Imana,niyo mpamvu bibyara umuvumo.muakoze.

  21. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Wamusigiye urugo se ukigendera utegereje ko azakwica?

  22. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Wamusigiye urugo se ukigendera utegereje ko azakwica?

  23. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ngo akazitirwa n’ahazaza? Nareke uwo mugore ejo atazicuza amazi yarenze inkombe.

  24. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ngo akazitirwa n’ahazaza? Nareke uwo mugore ejo atazicuza amazi yarenze inkombe.

  25. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ntawe ntunze urutoki arko wowe mugabo niba uri sebayazana kuki uhimisha umugore wawe kurara mukabari? Reka kwigira ndi igabo uce bugufi ugerageze kumwitaho,dore ubu ntanakazi uri kujyamo wirinde gutabanyika niba ari nagacupa ugasomere murugo ,pourqoi pas utakareka niba nako kabateranya ,maze ukarebako umugore adacururuka .Wowe wakoze amakosa uhobera umugore wabandi niba atabikunda ntukabyongere dore na Leta ntibyemera nkanswe umugore wawe.Jya ubyuka mufatanye imirimo yo murugo ureke kumutererana nk’abyabindi byacu ,ngo umugore niwe uteka ,koza abana ,amasuku ,gusasa n’ibundi.Buriya nabyo byatera umuntu umunabi mugihe abikoze wenyine woe mwashakanye urebera.En bref niba kugirana ikiganiro byaranze ,mwereke urukundo ukoresheje ubikora uzambwira

  26. Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo w’ i Kigali
    Ntawe ntunze urutoki arko wowe mugabo niba uri sebayazana kuki uhimisha umugore wawe kurara mukabari? Reka kwigira ndi igabo uce bugufi ugerageze kumwitaho,dore ubu ntanakazi uri kujyamo wirinde gutabanyika niba ari nagacupa ugasomere murugo ,pourqoi pas utakareka niba nako kabateranya ,maze ukarebako umugore adacururuka .Wowe wakoze amakosa uhobera umugore wabandi niba atabikunda ntukabyongere dore na Leta ntibyemera nkanswe umugore wawe.Jya ubyuka mufatanye imirimo yo murugo ureke kumutererana nk’abyabindi byacu ,ngo umugore niwe uteka ,koza abana ,amasuku ,gusasa n’ibundi.Buriya nabyo byatera umuntu umunabi mugihe abikoze wenyine woe mwashakanye urebera.En bref niba kugirana ikiganiro byaranze ,mwereke urukundo ukoresheje ubikora uzambwira

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *