Umugore yafashwe n’impiswi yumvise ko napfuye- Gen. Tumwine

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Umutekano muri Uganda, Gen. Elly Tumwine avuga ko hari uburwayi bwadutse mu baturage ubwo abantu batazwi bakwirakwije amakuru ko yapfuye.

Uyu mugabo byavugwaga ko yapfuye, we yaje nyuma abibeshyuza avuga ko atari no mu bitaro.

Ubu atangaza ko aya makuru yateye uburwayi rubanda. Ati ” Ubutumwa bw’urukundo bwabaye bwinshi muri telefoni yanjye. Telefoni ntiyarekeragaho gusona. Umugore umwe muri Bunyoro yagize impiswi, abandi umuvuduko w’amaraso urazamuka kubera ariya amakuru.”

Ntihamenyekanye uwabitse Gen. Tumwine wivugira ko ari we warashe isasu rya mbere ku kigo cya gisirikare cya Kabamba, bashaka kubohoza Uganda.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *