Umugore utamenyekanye amazina yakwirakwije amashusho ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yari agiye muri resitora, yahawe ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ), abonamo umutwe w’igitsina cy’umugabo. Iyo witegereje ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ) bikunzwe cyane mu bihugu byo mu burengerazuba bwa Afurika cyane mu bihugu nka Ghana, ubona ko ari imvange y’ibisa n’isombe, inyama n’ubugari. Uyu mugore we avuga ko yari yasabye ko bamuha inyama y’inka muri Tuo Zaafi (TZ), ariko ” Ngwa mu kantu bambaye isonga y’igitsina cy’umugabo). Mu kuvuga impamvu yakwirakwije ayo mashusho, uwo mugore yavuze ko ” Nshaka kugira ngo rubanda imenye ko igomba kwigengesera, bakitondera ibiryo bagura hanze.” Hari abasaba ko uwagurishije Tuo Zaafi (TZ) uwo mugore yatabwa muri yombi, agasobanura impamvu agurisha ibice by’umubiri w’umuntu. Mu biryo bigurishwa mu maresitora, humvikana ibitekeshwa ibinini, abateka imbwa, abagabura ibirimo imbeba n’ibindi biribwa na bake. Dr Kayumba ntazoroherwa na politike y’u Rwanda/Inteko z’abaturage zasubukuwe/consulat ya Kenya iGoma
VIDEWO: https://www.instagram.com/p/CTiIogXKS6r/
youtube.com


