U Rwanda rwihimuye kuri Uganda, muri Kigali Arena babyina intsinzi
Umukino wa shampiyona Nyafurika ya Volleyball wahuzaga ikipe y’Igihugu y’u Rwanda n’iya Uganda, urangiye u Rwanda ruwutsinze ku maseti 3 kuri 2, ruyobora itsinda A amakipe yombi yari asangiye. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa nyuma wo mu tsinda wagombaga kugena igomba kuzamuka iyoboye itsinda, nyuma y’uko yombi yari yashoboye gutsinda imikino ibiri ya […]
Museveni yitakanye abasirikare bakora iyicarubozo avuga ko atari we wabatoje
Perezida Yoweri Museveni yitakanye ingabo zâigihugu zivugwaho gukorera ibikorwa byâiyicarubozo abaturage ba Uganda ashimangira ko abakora ibi atari abo yitoreje ahubwo ari abatorejwe mu bihugu byâamahanga. Perezida Museveni yavuze ko abasirikare bijandika mu bikorwa nkâibyo byâubugizi bwa nabi, ari abasirikare bashya mu ngabo zâigihugu kandi baherewe imyitozo hanze yâigihugu. âBamwe mu bantu bakiri bato bashya […]
CondĂ© yigeze kubazwa niba afite impungenge za âCoupâ nkâiyari iherutse kuba muri Mali, asubiza ko yizeye ingabo
Mu gitondo cya tariki ya 5 Nzeri 2021 ni bwo mu murwa mukuru Conakry wa Guinea ku ngoro yâUmukuru wâIgihugu humvikanye urusaku rwinshi rwâamasasu, rutuza ubwo abasirikare kabuhariwe b’umutwe uyobowe na Col. Mamady Doumbouya bahirikaga ku butegetsi Alpha CondĂ©. CondĂ© watangiye kuyobora Guinea mu Kuboza 2010 yahiritswe ku butegetsi nyuma yo kwegukana amatora ya manda […]
Urukiko rwasubitse iyicwa ry’umugabo wakatiwe urupfu wasabye ko yazicwa pasiteri amushyizeho ibiganza
Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika rwasubitse iyicwa rya John Henry Ramirez imfungwa yo muri leta ya Texas yasabye uburenganzira ngo pastoro we azabe amufasheho ariho apfa. Ramirez avuga ko politiki ya Texas yo kutemerera abanyedini gukora ku bantu babo bari kunyongwa ihonyanga uburengnazira bwo kwisanzura mu kwemera. Abashinzwe gereza bo bavuga ko iryo tegeko ririho “kubera […]
Karasira yavuze impamvu atahisemo kuririmba indirimbo ‘zigezweho’
Umuhanzikazi Clarisse karasira yatangaje impamvu atigeze akora umuziki abantu bita uw’indirimbo zigezweho kuko zo zisaza mu gihe bitajya bibaho ku ndirimbo z’umuco. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, cyagarukaga ku ngingo zitandukanye. Mu gusubiza ikibazo cyagiraga giti ” Ko ukiri muto ni gute utagiye mu kuririmba indirimbo ‘zigezweho’? Yasubije agira ati ” Buriya rero […]
Nyaruguru: Umukecuru wâimyaka 71 yasabye Minisitiri Gatabazi ikibuga cyâumupira w’amaguru

Umukecuru w’imyaka 71 y’amavuko witwa Bwahuhe Judith utuye mu murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru, yasabye Minisitiri w’Ubutegetsi w’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney ikibuga cy’umupira w’amaguru. Ubwo Minisitiri Gatabazi yasuraga Akarere ka Nyaruguru, yagiranye ibiganiro n’abatuye mu murenge wa Ruheru, bahabwa umwanya wo gutanga ibitekerezo. Ubwo Bwahuye yahawe ijambo, asaba iki kibuga, dore ko […]
Mushikiwabo ahangayikishijwe na coups d’etat za hato na hato muri Francophonie
Nyuma yâaho mu nama yayo kuwa 8 Nzeri, CEDEAO ifatiye icyemezo cyo guhagarika igihugu cya Guinea mu muryango, kubera abasirikare bo muri iki gihugu bahiritse ku butegetsi Perezida Alpha Conde, Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe nâihirika ryâubutegetsi rya hato na hato mu bihugu bigize uyu muryango. Mu itangazo Afurika Yunze […]
Volleyball: Umukino wa Tanzania na Kenya na wo wasubitswe kubera ikibazo cy’amafaranga
Umukino wa shampiyona Nyafurika ya Volleyball iri kubera i Kigali wagombaga guhuza Kenya na Tanzania, wasubitswe kubera amafaranga Tanzania yagombaga kwishyura itatanze. Amakipe yombi yagombaga guhurira mu mukino wo mu tsinda D wagombaga gutangira saa sita zo kuri uyu wa Gatanu, ariko ntabwo wigeze uba. Amakuru BWIZA yakuye ahantu hizewe n’uko amakipe yitabiriye iyi mikino […]
Karongi: Urubanza ruregwamo Umushinwa iyicarubozo rwasubitswe kubera ururimi
Urubanza ruregwamo Umushinwa na bagenzi be bakekwaho bakekwaho ibyaha byâiyicarubozo, itwarwa nâifungiranwa ryâumuntu bitemewe nâamategeko nâicyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake; rwasubitswe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 08 Nzeri 2021 kugirango habanze hashakwe umusemuzi. Urukiko Rwibanze rwa Gihango rwasubitse urubanza rwagombaga kuburanisha ku ifunga nâifungurwa ryâagateganyo Umushinwa na bagenzi be batanu bakurikiranwe […]
Volley: Umukino wari guhuza u Burundi na Burkina Faso ntukibaye
Impuzamashyirahamwe yâumukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, yasubitse umukino wâirushanwa rya Africa Volley Championship riri kubera mu Rwanda wari wuhuza ikipe yâu Burundi na Burkina Faso kuri uyu wa 10 Nzeri 2021. CAVB yafashe iki cyemezo bitewe nâubwandu bwa Covid-19 bwabonetse mu bakinnyi bâikipe yâu Burundi mu rwego rwo gusigasira ubuzima bwâabakinnyi, abatoza nâabandi bayoboye […]
Amarira y’ibyishimo ku maso ya Messi nyuma yo gukuraho agahigo ka Pele (Amafoto)

Rutahizamu wa Paris-Saint Germain, Lionel Messi, yafashije ikipe y’Igihugu cye cya Argentine gutsinda Bolivia ibitego 3-0, anakuraho agahigo kari gafitwe n’umunya-BrĂ©sil Edinson Arantes do Nascimento ‘Pele’. Argentine na Bolivia bari bahuriye mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar mu mwaka utaha warangiye Messi ayitsindiye ibitego bitatu wenyine muri uriya mukino. Uyu mugabo […]
Cinq officiers RDF promus au grade de colonel
Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a promu cinq officiers militaires du grade de lieutenant-colonel Ă celui de colonel. Selon un communiquĂ© publiĂ© par les Forces de dĂ©fense rwandaises le jeudi 9 septembre, ces promotions prennent effet immĂ©diatement. Parmi les officiers promus figurait François-RĂ©gis Gatarayiha […]
Umugabo wanjye aramfubya mu buriri-Umugore abwira urukiko ngo rumuhe gatanya
Umugore wâimyaka 25 uzwi ku izina rya Lubabatu Ibrahim, ku wa kabiri wâiki Cyumweru yitabye urukiko rwa Sharia asaba ubutane nâumugabo we, Habibu Ibrahim, kubera ibibazo bimwe na bimwe atagishoboye guhangana na byo birimo no kudahazwa mu gihe cyo gutera akabariro. Lubabatu Ibrahim utuye mu gace ka Rigasa muri Kaduna mu gihugu cya Nigeria, yavuze […]
Icyo Polisi ya Uganda ivuga ku Banyarwanda babiri biciweyo
Ubuyobozi bwa Uganda buhagarariwe na Meya wâAkarere ka Kabale kuri uyu wa 9 Nzeri 2021 bwashyikirije ubwâu Rwanda imirambo yâAbanyarwanda babiri biciweyo mu bihe bitandukanye. Abishwe ni Dusabimana wâimyaka 52 yâamavuko bikekwa ko yishwe hagati ya tariki ya 30 Kanama 2021 na Bangirana Jean Paul wâimyaka 47 yâamavuko bikekwa ko yishwe tariki ya 1 Nzeri […]
Umunyamakuru Uwamahoro wa NTV arwaye indwara ‘y’amayobera’
Hari amakuru ko Uwamahoro Lynda, uzwi nka Lynda Ddane, umunyamakuru wa Televiziyo ya NTV muri Uganda yafashwe n’indwara bamwe bavuga ko ari amayobera. Ibinyamakuru bimwe byo muri Uganda byandika imyidagaduro bivuga ko ” Amasengesho menshi akenewe ku munyamakuru wa NTV na KFM Uwamahoro Lynda kuko ubu arwaye indwara y’amayobera.” Blizz ivuga ko uyu mukobwa yise […]
Umugore yasanze umutwe w’igitsina cy’umugabo mu biryo yagaburiwe muri resitora (Videwo)
Umugore utamenyekanye amazina yakwirakwije amashusho ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yari agiye muri resitora, yahawe ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ), abonamo umutwe w’igitsina cy’umugabo. Iyo witegereje ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ) bikunzwe cyane mu bihugu byo mu burengerazuba bwa Afurika cyane mu bihugu nka Ghana, ubona ko ari imvange y’ibisa n’isombe, inyama n’ubugari. Uyu […]
Perezida wa Philippines yemeye bidasubirwaho kwiyamamariza umwanya wa Visi Perezida
Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte yemeye bidasubirwaho ubusabe bwâishyaka rye bwo kwiyamamarira umwanya wa Visi Perezida mu 2022, aho kwiyamamariza uwâUmukuru wâIgihugu. Perezida Duterte washakaga kwiyamamariza manda ya kabiri yakumiriwe nâItegekonshinga, abanyapolitiki batavuga rumwe nâubutegetsi bwe nabo bamwamaganira kure. Mu rwego rwo kwirinda umwuka mubi muri politiki yâigihugu, ishyaka PDP-Laban riri ku butegetsi ryamusabye ko […]
Ibimenyetso by’uko âUmushinga wa Muhooziâ wo gusimbura Museveni waba ari ukuri

Perezida Museveni yongeye guhakana yivuye inyuma ibyo kuba yaba arimo gutegurira umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuzamusimbura ku butegetsi igihe azaba amaherezo yemeye kuburekura, mu gihe ariko hari abatangiye ubukangurambaga bwo gukwirakwiza ko miliyoni zâAbagande zifuza Muhoozi nka perezida wabo utaha. âKuki nategura umuhungu wanjye? Abaturage ba Uganda barahari. Bazahitamo uwo bashaka,â ibi Perezida […]
Bijombo: Imyigaragambyo ikaze yibasiye Abanyamulenge ngo ni Abanyarwanda basubizwe iwabo
Mu mujyi wa Uvira uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo mu ntara ya Kivu y’Epfo, abaturage biriwe mu myigaragambyo yo kwamagana umuyobozi mushya wa Groupement ya Bijombo. Muri yo myigaragambyo abaturage basenye urusengero rumwe rwâAbanyamulenge. Amajwi ya bamwe muri abo baturage bari mu Mujyi wa Uvira yumvikanaga bamagana abo bavuga ko ari […]
Adil wa APR FC na Didier Gomes wa Simba mu batoza batemerewe gutoza CAF Champions league
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru hano ku mugabane wa Afurika (CAF), yasohoye urutonde rw’abatoza batemerewe gutoza mu mikino ya CAF Champions league barimo umunya-Maroc Mohamed Adil Erradi utoza APR FC. Aba batoza bangiwe gutoza iriya mikino kuko ibyangombwa bafite bitabemerera kuyitoza. Ni mu gihe Adil yakabaye atoza APR FC mu mukino w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions league […]
Hari n’uwo bazanye bamuciye ubugabo- Meya wa Burera ku Banyarwanda bapfira muri Uganda
Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Uwanyirigira Marie Chantal, avuga ko hari Abanyarwanda bagiye bakorerwa ibyo yise ibikorwa bya kinyamaswa muri Uganda, bakicwa, bakajugunyirwa u Rwanda, aho yatanze urugero rw’umurambo wahageze nta bugabo ufite. Meya Uwanyirigira kuwa 9 Nzeri 2021, nyuma yo kwakira Abanyarwanda 16 bari bamaze iminsi bafungiwe muri Uganda, avuga ko hari igihe babona ku […]
RDF yungutse ba Colonel bashya batanu
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera abasirikare batanu bari bafite ipeti rya Lieutenant Colonel abagira ba Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda barimo Lt Col Francis RĂ©gis Gatarayiha wagizwe Colonel. Col Gatarayiha wahoze akuriye Urwego rw’Igihugu rw’abinjira n’abasohoka, uretse kuba […]