Umukobwa witwa Doreen Kabareebe wo muri Uganda yasabye abagabo kugabanya gukabya kubonka amabere mu gihe cy’akabariro kuko bituma agwa, maze ubundi abagabo bakirirwa bijujuta ngo abagore bafite ayaguye kandi aribo ba nyirabayazana. Mu kiganiro na Radiyo yitwa Galaxy FM, uyu munyamideli yagarukaga ku by’imibanire hagati y’abagabo n’abagore, aho abagore basigaye bashinjwa kutanyurwa n’umugabo umwe. Yagize ati ” Banange (Mwa bantu mwe). Bagabo rwose murakabya mureke kwangiriza abagore. Birakabije iyo wonka amabere y’umugore wawe kuva mu gitondo kugeza mu ijoro. Umwana niyo yonka, na we umugabo ukirirwa uyariho, warangiza ngo abagore bafite amabere yaguye!!” Yavuze ko ntacyo bitwaye kuba umugore yaryamana n’abagabo batatu batandukanye mu munsi umwe, n’ubwo abagabo bo batabishobora. Abajijwe niba bidahabanye n’umuco, Kabarebe yavuze ko ” Njye sinshaka kuzitirwa n’umuco.” Kabareebe yavutse kuwa 25 Ukuboza 1990. Avukira ahitwa Kakigaani, Ndeija, Rwampara mu Karere ka Mbarara. Ni umunyamideli akaba anamamaza wigeze no kuba Miss Ambience mu 2012, akaba n’umushabitsi.



2 Responses
Umukobwa yasabye abagabo kureka gukabya kubonka amabere
ABAGABO BO MURI UGANDA BASIGAYE BACURA ABANA AMASHEREKA BARAKABIJE
Umukobwa yasabye abagabo kureka gukabya kubonka amabere
ABAGABO BO MURI UGANDA BASIGAYE BACURA ABANA AMASHEREKA BARAKABIJE