Izabayo William wiga muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye, ari mu maboko y’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha aho akurikiranweho icyaha cyo gusambanya abakobwa babiri barimo utarageza ku myaka y’ubukure. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Werurwe ni bwo Izabayo w’imyaka 29 y’amavuko wiga mu Ishami ry’ubuvuzi no gucunga imiti muri Kaminuza y’u Rwanda, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’iz’ibanze zo mu kagari ka Cyarwa ho mu Murenge wa Tumba, nyuma yo kumenya amakuru y’uko yari kumwe na bariya bana b’abakobwa aho yari acumbitse. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Migabo Vital, yahamirije Bwiza.com aya makuru agira ati” Twamenye ko uwo musore ashobora kuba arimo asambanya abana babiri, umwe afite imyaka 20 undi afite 17.” Gitifu Kiganiro yakomeje avuga ngo ” Ku bufatanye n’inzego z’ibanze na Polisi twabasanganye mu cyumba, inzego zibishinzwe zahise zitangira iperereza twe dutegereje ibizava mu iperereza.” Bwiza.com yageragaeje kuvugana na Marie Michelle Umuhoza uvugira Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ngo imubaze ibyaha Izabayo ari gukorwaho iperereza, gusa ntiyitaba terefoni ye igendanwa. Cyakora cyo andi makuru agera kuri Bwiza.com ni uko bariya bakobwa bombi ari abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye, bakaba baratashye nyuma y’uko Minisiteri y’Ubuzima ifashe icyemezo cyo gucyura abanyeshuri kubera COVID-19.



24 Responses
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Abayobozi bajye bashishoza abakobwa bubu ntiboroshye. Umwana wa 17 usanga ashaka gukunda umusore wa27.abasore mujye mubarenganura baragowe???????
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Abayobozi bajye bashishoza abakobwa bubu ntiboroshye. Umwana wa 17 usanga ashaka gukunda umusore wa27.abasore mujye mubarenganura baragowe???????
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Urumva Umuntu yarongora abakobwa babiri icyarimwe.? Amakuru yanyu muge muyavuga neza.mwamusanganye nababiri? Cyanke numwe?urumva c abo bakobwa ataribo baje kumwibambagizaho?hari uwo yasanze iwabo?
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Urumva Umuntu yarongora abakobwa babiri icyarimwe.? Amakuru yanyu muge muyavuga neza.mwamusanganye nababiri? Cyanke numwe?urumva c abo bakobwa ataribo baje kumwibambagizaho?hari uwo yasanze iwabo?
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Huye: Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
ndumvabikomeyegusanahanwe
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
@ Munyemana.
Mu bitekerezo utanga akenshi werekana ibibaho n’uko Bibiliya ibivugaho. Ni umusanzu ariko ibi abenshi baba basanzwe babizi.
Ahanini ibitekerezo biba bikenewe cyane ni ukureba impamvu ziba zatumye icyaha kiba n’inama z’uko zakwirindwa cyangwa uko abantu babyitwaramo.
Nk’ubu n’ubwo umusore akurikiranyweho icyaha si we ukwiye kurebwaho wenyine: abakobwa ubwabo (ni abana mu myaka ariko si ibitambambuga bitari responsible), umuryango babamo n’ibindi.
Ibi bitanga ingamba zo gukumira ibyaha mu nzego zinyuranye kuko ibihano byonyine ntibituma ibyaha bishira.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
@ Munyemana.
Mu bitekerezo utanga akenshi werekana ibibaho n’uko Bibiliya ibivugaho. Ni umusanzu ariko ibi abenshi baba basanzwe babizi.
Ahanini ibitekerezo biba bikenewe cyane ni ukureba impamvu ziba zatumye icyaha kiba n’inama z’uko zakwirindwa cyangwa uko abantu babyitwaramo.
Nk’ubu n’ubwo umusore akurikiranyweho icyaha si we ukwiye kurebwaho wenyine: abakobwa ubwabo (ni abana mu myaka ariko si ibitambambuga bitari responsible), umuryango babamo n’ibindi.
Ibi bitanga ingamba zo gukumira ibyaha mu nzego zinyuranye kuko ibihano byonyine ntibituma ibyaha bishira.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Iyo nkuru mwayifashe nabi muzongere muge kuyandika uko imeze kuko mwarengereye kbx
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Iyo nkuru mwayifashe nabi muzongere muge kuyandika uko imeze kuko mwarengereye kbx
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Abakobwa bubu we!
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Abakobwa bubu we!
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Ibi ni agahomamunwa.
Rwose urubyiruko twihangane twe gukosa isoni ababyeyi,Igihugu ndetse dutinye Imana kuko nkuko bigaragara mu nkuru,ari uyu musore basanganye abakobwa babiri ni urubyiruko ,ari abakobwa na bo ni urubyiruko.
Imyaka dufite ya gosore ndetse harimo n’abitwaza ngo ni amaraso ashyushye ya gisore ntibibe urwitwazo rwo gutuma twishora mu bibi.
Mberuka kera abakobwa baritondaga ,rwose ba nyampinga barumuna banjye mumfashe tugaruke ku muco wo kurinda ubusugi bwacu kandi ubusugi ntiburindirwa nuri getto z’abahungu.
Abasore namwe basaza banjye murarye muri menge kuko nubwo waba warafashe umwanzuro wo kurinda ubumanzi bwawe hanze aha hari abakobwa batahawe uburere buhagije cyangwa imico yabo ikangirika bitewe n’ikigare bagendamo ,mubitondere rero mushishoze mutagwa mu mitego .
Ku burebana no gusambanya umwana yaba umukobwa cyangwa umuhungu (atagejeje ku myaka 18),byo mu Rwanda ntibyihanganirwa pe.
Uwo icyo cyaha gihamye arabihanirwa .
Kandi rwose muri iki gihe isi n’u Rwanda twugarijwe
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Ibi ni agahomamunwa.
Rwose urubyiruko twihangane twe gukosa isoni ababyeyi,Igihugu ndetse dutinye Imana kuko nkuko bigaragara mu nkuru,ari uyu musore basanganye abakobwa babiri ni urubyiruko ,ari abakobwa na bo ni urubyiruko.
Imyaka dufite ya gosore ndetse harimo n’abitwaza ngo ni amaraso ashyushye ya gisore ntibibe urwitwazo rwo gutuma twishora mu bibi.
Mberuka kera abakobwa baritondaga ,rwose ba nyampinga barumuna banjye mumfashe tugaruke ku muco wo kurinda ubusugi bwacu kandi ubusugi ntiburindirwa nuri getto z’abahungu.
Abasore namwe basaza banjye murarye muri menge kuko nubwo waba warafashe umwanzuro wo kurinda ubumanzi bwawe hanze aha hari abakobwa batahawe uburere buhagije cyangwa imico yabo ikangirika bitewe n’ikigare bagendamo ,mubitondere rero mushishoze mutagwa mu mitego .
Ku burebana no gusambanya umwana yaba umukobwa cyangwa umuhungu (atagejeje ku myaka 18),byo mu Rwanda ntibyihanganirwa pe.
Uwo icyo cyaha gihamye arabihanirwa .
Kandi rwose muri iki gihe isi n’u Rwanda twugarijwe
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Birababaje.
Muri iki gihe isi n’u Rwanda twugarije n’icyorezo cya COVID-19 ,biteye isoni kubona urungano rujya mu biteye isoni nk’ibi .
Uwo icyaha gihama ahanywe nkuko amategeko abiteganya.
Kuguma mu rugo ntibivuze kujya muri getto z’abahungu.
Kandi rwose rungano tugaruke ku muco wo gukomera ku busugi n’ubumanzi.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Birababaje.
Muri iki gihe isi n’u Rwanda twugarije n’icyorezo cya COVID-19 ,biteye isoni kubona urungano rujya mu biteye isoni nk’ibi .
Uwo icyaha gihama ahanywe nkuko amategeko abiteganya.
Kuguma mu rugo ntibivuze kujya muri getto z’abahungu.
Kandi rwose rungano tugaruke ku muco wo gukomera ku busugi n’ubumanzi.
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Nigute umuntu yarongora abantu babiri icyarimwe Koko? Uziko bitoroshye nonese yarongoraga umwe undi yamushyize hehe?
Tuvugese ko umwe yamucungiraga? Ese ntibishobokako abobana baribagiye kumusura ?
Igihe cyose nukurongora peeeeee igitsinagabo turashize peeeeeee
Umunyeshuri wa UR akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri barimo uw’imyaka 17
Nigute umuntu yarongora abantu babiri icyarimwe Koko? Uziko bitoroshye nonese yarongoraga umwe undi yamushyize hehe?
Tuvugese ko umwe yamucungiraga? Ese ntibishobokako abobana baribagiye kumusura ?
Igihe cyose nukurongora peeeeee igitsinagabo turashize peeeeeee