Dr Rose Mukankomeje yatawe muri yombi na polisi
Dr Rose Mukankomeje, wari umuyobozi mukuru w’Ikigo gishinzwe kubungabunga Ibidukikije (REMA), yatawe muri yombi na polisi akurikiranweho icyaha cyo kubangamira ubutabera. Umuvugizi wa polisi, ACP Celestin Twahirwa, yemeje aya makuru, avuga ko ibyaha akurikiranweho bifitanye no kugerageza gukingira ikibaba abayobozi ba Rutsiro bakurikiranwe n’ubutabera. ACP Twahirwa yagize ati: “N’ukuri yafashwe ari gukorwaho iperereza ku kibazo […]
Burundi:Leta yongeye gutoteza kiliziya Gaturika
Nyuma y’aho guverinoma itangarije ko kiliziya gaturika mu Burundi yarenze ku nshingano zayo zo kubwiriza ubutumwa bwiza ikinjira mu bya politiki, ubu noneho leta iyobowe na Perezida yatangiye kuburizamo misa ikintu abantu bafashe ngo gushaka gutoteza no gutera ubwoba Kiliziya gaturika. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize abashinzwe umutekano batandukanye barimo abapolisi bafatanyije n’Imbonerakure baburijemo misa […]
Imijyi 10 igaragaramo uburaya bukabije kurusha indi ku isi
Nk’uko muri buri bihugu usanga hagaragaramo imijyi ikunzwe cyane kubera ibiberamo, hari iyo usanga izwiho ibyaha bitandukanye ubwicanyi, ubusambanyi,… kuri ubu iyi yashyizwe hanze ko iri ku rwego ndengakamera kurusha indi mu bihugu bigize isi mu gukorerwamo ubusambanyi, . 1.Amsterdam mu Buhorandi Uyu mujyi ukabije ku byaha bikakaye birimo kunywa itabi ,inzoga ndetse usanga barabigize […]
Miss Shanel yagaragaje itandukaniro hagati ye n’abandi bahanzikazi Nyarwanda
Nirere Shanel uzwi nka “Miss Shanel” yagaragaje itandukaniro hagati ye n’abandi bahanzikazi Nyarwanda aho yacuranze Piano bigatinda, mu gitaramo yakoreye muri Hotel Selena kuri icyi Cyumweru taliki 20 Werurwe 2016. Mu gihe bitari bimenyerewe ko mu Rwanda hagaragara abari cyangwa abategarugori babasha gucaranga bimwe mu bikoresho bya muzika “Piano”, Shanel we yagaragaje ubwo buhanga buhanitse […]
Abami bayoboye u Rwanda bagera kuri 28 kuva 1091-1960
Nkuko impuguke mu mateka Alexis Kagame n’abandi banditse ku mateka y’u Rwanda, Abami 28 ni bo bayoboye u Rwanda kuva ahagana mu mwaka w’ 1091. Bamwe mu bami babaye ibihangange ku bw’inyurabwenge rijimije ryabo ryihariye, abandi babaye indatwa ku bw’ ibikorwa by’indashyikirwa mu rugamba rwo kwagura igihugu no kurinda ubusugire bwacyo. Amateka y’u Rwanda kugirango […]
Agasuzuguro Raul Castro yagaragarije Obama ngo katumye Donald Trump afatwa n’ikiniga
Uruzinduko Obama n’umuryango we bagiriye mu gihugu cya Cuba kuri iki cyumweru taliki ya 20 Werurwe 2016, ntaze kwakirwa ku kibuga cy’indege ” Havana” na Perezida w’icyo gihugu Raul Castro, byatumye Donald Trump wiyamamariza kuyobora USA afatwa n’ikiniga aho yabifashe nk’agasuzuguro gakomeye Obama yagaragarijwe. Byateganywaga ko Obama azakirwa na Perezida Raul, bakaza kwakirwa na Ministre […]
Abayobozi na Njyanama bazikubira ibya rubanda ntibazihanganirwa “ Francis Kaboneka”
Francis Kaboneka Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’imibereho y’abaturage arasaba abayobozi na Njyanama by’uturere n’umujyi wa Kigali kwirinda akaboko karekare kuko uzatinyuka kwiba ibya rubanda atazihanganirwa kuko azahita yerekwa umuryango usohoka. Ibi Minisitiri Kaboneka yabivuze ku munsi w’ejo ubwo yatangizaga ku mugaragaro itorero ry’abayobozi na Njyanama y’umujyi wa Kigali baherutse gutorwa. Iri torero rikaba riri kubera I […]
Abatwara abagenzi kuri moto bo muri Rulindo na Kirehe basabwe kuba 'ijisho ry’umutekano'
Ku wa 18 Werurwe, Polisi y’u Rwanda mu turere twa Rulindo na Kirehe yagiranye inama n’abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bagera kuri 300 ibakangurira kuba ‘ijisho ry’umutekano’, ibi bikaba bishatse kuvuga kwirinda ibyaha no kuba abafatanyabikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu kubirwanya no kubikumira. Abakora uyu mwuga bo muri Kirehe bahawe ubu butumwa […]
Burundi: Urupfu rw’ababikira 3 rwashinjwaga Gen.Adolphe rwegetswe kuri Alex Sinduhije
Umwe mu bishyikirije inzego zishinzwe umutekano mu Burundi, yatangaje ko ari muri bane bishe ababikira 3 b’Abataliyani biciwe i Burundi mu mpera z’umwaka wa 2014, akemeza ko bari batumwe na Alex Sinduhije mu gihe byatangazwa ko ari Gen Adolphe wari ubiri inyuma. Nyuma y’urupfu rwabo, hari ibyashyizwe hanze n’itangazamakuru, Iperereza ryakozwe na radiyo RPA ryatunze […]
Manny Pacquiao yahuriye n’uruva gusenya i Los Angeles
Umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga ukomoka muri Phillipines, Manny Pacquiao, yahuriye n’uruva gusenya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubwo yabuzwaga kwinjira mu isoko ryo muri Los Angeles azizwa amatwara ye yo kwamagana kuryamana kw’abahuje ibitsina. Nk’uko byatangajwe na PEP News, nyiri iri soko, Rick Caruso, yatangaje ko icyateye iki cyemezo ari uko abakiliya benshi babo […]
Jean Pierre Bemba : Ukuri kurajya ahabona ″ Jacques Djori ʺ
Jacques Djori umwe mu bayobozi bakuru b’ishyaka MLC , aravuga ko ukuri ku rubanza rw’umuyobozi mukuru w’umutwe wa MLC (Mouvement pour la LibĂ©ration du Congo) Jean Pierre Bemba kugomba kurara gushyizwe ahagaragara akajya hanze. Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha CPI kuri uyu wa mbere tariki ya 21/03/2016, rurashyira ahagaragara ukuri kose kw’ibyavugiwe mu rubanza rwa senateur w’umukongoman […]
RDC: FDLR yari yivuganye umupadiri Imana ikinga akaboko nubwo atarakira
Umupadiri w’ahitwa Nyamilima muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yakomerekejwe bikomeye n’amasasu kuri iki Cyumweru tariki 20 Werurwe mu gitondo cya kare ahitwa Katwiguru mu birometero nka 30 uvuye Rutshuru. Imodoka ye biravugwa ko yagabweho igitero ari kujya mu misa, mu gihe abaturage bashinja iki gitero inyeshyamba za FDLR. Iki n’igitero cya kabiri cy’abitwaje intwaro […]
Perezida Obama yatangiye urugendo rw’amateka muri Cuba: Reba amafoto
Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu gihugu cya Cuba, aho yasesekaye kuri iki Cyumweru mu rugendo rw’amateka mu mubano mushya hagati y’ibihugu byombi.  Muri urwo rugendo nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika, Obama yajyanye n’umufasha we, Michelle Obama, n’abakobwa be babiri, Sasha na Malia Obama, ndetse tutibagiwe na nyirabukwe, Marian […]
Polisi iramagana abayiyitirira bashaka kwaka ruswa abaturage bababeshya kubafasha
Kimwe mu bigo bya Polisi byashyizeho ingamba zo gukumira no kurwanya ruswa, ni ikigo cya Polisi gipima ubuziranenge bw’ibinyabiziga, imikorere y’iki kigo ikaba idaha agahenge uwagerageza gutanga ruswa ngo akorerwe ibitemewe n’amategeko. Mu Rwanda ruswa ifatwa nk’umuziro, Polisi y’u Rwanda nayo ikaba itihanganira ruswa yaba uyitanga n’uyihabwa. Nubwo hashyizweho ingamba zitandukanye ariko ngo hirinde ruswa, […]
Muhanga: Aba DASSO basabwe guhitamo gukora neza cyangwa bakirukanwa
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’inzego zishinzwe umutekano baraburira aba DASSO ko gukora nabi bishobora kubaviramo ibyago byo kugawa no kwirukanwa. Mu muhango wo kurahiza aba DASSO 64 muri iki cyumweru gishize, binjiye mu mirimo yabo nyuma yo kurangiza amahugurwa, umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Uwamaliya Beatrice yavuze ko aba DASSO bashya bamenya ko ari abakozi b’Akarere […]