Bavutse mu 1916 ari impanga none ubu bizihije isabukuru y’imyaka 100 y’amavuko
Irene Crump na Phylis Jones bavutse ku wa 20 Ugushyingo 1916, bakaba barizihije isabukuru y’imyaka 100 y’amavuko, ari ibyishimo n’umunezero kuba bose bakiriho bakaba bujuje iyi myaka. Ikinyamakuru 7sur 7 gitangaza ko aba bakecuru bavutse umunsi umwe, umwe arusha undi iminota 25, bakurira hamwe bakora hamwe mu ruganda rumwe rukora ibikoresho byo mu rugo by’amadongo, […]
Burundi: Major Désiré Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi yasabiwe gufungwa umwaka
Major DĂ©sirĂ© Uwamahoro wayoboraga igipolisi kidasanzwe cyari gishinzwe guhangana n’abigaragambyaga mu Burundi, yasabiwe igifungo cy’umwaka umwe gusa abandi bari 5 bahuje ikirego awe basabirwa icy’imyaka 5. Mu gihe we asabirwa igifungo cy’umwaka abandi itanu, bahamwe n’icyaha ngo banagomba gutanga amande ya miliyoni y’amafaranga y’amarundi buri umwe. Mu iburanisha ryabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]
USA: Uwari wakatiwe gufungwa imyaka 70 yongerewe igihano nyuma yo gutuka umucamanza
Umusore wari wakatiwe igifungo kirekire muri gereza azira ubujura yongerewe imyaka y’igifungo nyuma yo gutuka umucamanza nk’uko inyandiko zo mu rukiko rwo muri Indiana ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zibigaragaza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore w’imyaka 25 witwa Steven Burns yatawe muri yombi ashinjwa ubugizi bwa nabi mu kwiba kandi akoresheje imbunda. Nk’uko inyandiko […]
Nyamagabe: Batatu bafatanywe imifuka 3 y'urumogi
Abantu batatu barimo umugore umwe bafatiwe mu mukwabu wari ugamije kurwanya ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge mu karere ka Nyamagabe. Mu mukwabu wabaye mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu, Polisi y’u Rwanda yafashe Simbakure Jean paul w’imyaka 32 na Hakizimana Boniface w’imyaka 56, bafatiwe ku muhanda munini wa kaburimbo Rusizi — Nyamasheke bafite imifuka itatu n’igice […]
Uwase Nadege ubana na VIH avuga ko kubona umugabo bishoboka
Uwase Nadege, umukobwa uba mu muryango RCW w’Abanyarwandakazi babana na Virus itera SIDA, avuga ko n’ubwo biba bitoroshye ariko ko umukobwa ufite ubwandu abona umugabo. Nadege avuga ko n’ubusanzwe abakobwa bahura n’imbogamizi nyinshi hakiyongeraho ikibazo cya VIH bikaba nk’icyo yita ko ari nk’akarusho. Ati: “Nibaza ko rero haba mu buzima busanzwe, haba muri iyo myigire, […]
U Buyapani bugiye gufasha EAC kubaka uruganda rw’imodoka mu karere
Igihugu cy’u Buyapani ari nacyo cya mbere gitumizwamo imodoka nyinshi ku Isi yose kigiye gufasha Tanzania n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kujya bakorera imodoka mu karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’Abayapani cy’ubufatanye mpuzamahanga (JICA) muri Tanzania, Kuniaki Amatsu, yemeje ubushake bw’igihugu cye mu gufasha EAC mu bijyanye no kubaka uruganda rukora imodoka. Bwana Amatsu wasuye […]
Sudani y’Epfo: Abasirikare 300 ba leta baba bagiye kwifatanya n’abarwanyi ba Dr Riek Machar
Ubuyobozi bw’igisirikare cya Sudani y’Epfo cyahakanye amakuru yavugaga ko ingabo zacyo 300 zitandukanyije nacyo zikajya kwiyunga ku nyeshyamba za Dr Riek Machar. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba basirikare bavugwa nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo za Machar hafi aho, James Yoach, ngo bakaba barafashe icyemezo cyo kwitandukanya na guverinoma kubera ko idashoboye kububakira ibigo aho bakorera ndetse ntibashe no […]
CNLG ikomeje gusobanurira urubyiruko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Muri iyi minsi abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bari mu biruhuko. Mu turere dutandukanye tw’igihugu, abo banyeshuri bajya mu ngando, bakaganirizwa n’inzego zitandukanye ku buzima bw’igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside iboneraho akanya keza ko kuganiriza urwo rubyiruko, ikarukangurira gukumira jenoside no kurwanya ingengabitekerezo yayo. Tariki ya 1/12/2016, hatanzwe ibiganiro mu Murenge wa […]
Umushyikirano 2016: Hazigwa uko hakubakwa u Rwanda Abanyarwanda bifuza hashingiwe ku ndangagaciro zabo
Guhera kuwa 15 kugeza kuwa 16 Ukuboza 2016 mu Rwanda hategerejwe gutangira inama y’Umushyikirano ku nshuro ya 14 uzayoborwa na prezida wa Repubulika, Paul Kagame. Umushyikirano w’uyu mwaka ufite insanganyamatsiko igira iti: “ Dufatanyije, Twubake u Rwanda Twifuza ”, ukaba uzabera muri Kigali Convention Centre. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umushyikirano w’uyu mwaka uzarangwa n’ibikorwa bitandukanye birimo kurebera […]
Angola: Dos Santos arashyize yemeye kurekura ubutegetsi nyuma y’imyaka 37
Perezida wa Angola, Jose Eduardo dos Santos, arashyize agiye kurekura ubutegetsi nyuma y’imyaka 37 aburiho, aho kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko azatanga ubutegetsi mbere y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha wa 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Radio y’iki gihugu niyo yatangaje ko ishyaka MPLA riri ku butegetsi ryahisemo minisitiri w’ingabo, Joao Lourenà §o , ngo abe ari we […]
Leta y’u Rwanda yihanganishije umuryango wa Sana Maboneza witabye Imana
Louise Mushikiwabo, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane akanaba umuvugizi w’u Rwanda yihanganishije umuryango wa Sana Maboneza wari umujyanama wa mbere muri Ambasade y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye witabye Imana. Abicishike ku rukuta rwe twa Twitter, Min Mushikiwabo yagize ati: “Ruhukira mu mahoro Sana”. Anakomeza agaragaza ubwitonzi ubupfura n’umurava byaranze Sana, Min Mushikiwabo yaboneyeho no kwihanganisha umunyango […]
Burundi: Abasirikare 5 barimo Col Miruho J.Baptiste batawe muri yombi
Muri Gereza y’urwego rushinzwe iperereza i Bujumbura hafungiye abasirikare batanu b’u Burundi barimo na Col Jean Baptiste Miruho uzwi ku izina rya Miros, wanahoze ari umurwanyi w’inyeshyamba za CNDD FDD mbere y’uko ifata igihugu. Bafashwe ku wa Kane tariki ya Mbere Ukuboza, Amakuru bo bitangariza mu gihe Leta nta kintu yari yabitangazaho, ngo nuko bashinjwa […]
Gasabo: Abagabo batatu bafatanwe amafaranga y’amiganano
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gasabo ku itariki 2 Ukuboza yafatanye abagabo batatu amafaranga y’amiganano. Abayafatanwe ni Twagizimana Theodore, Hakizimana Justin na Irakoze Landrie. Bafatiwe ahantu hatandukanye mu murenge wa Kimironko. Uwa mbere (Twagizimana) yafatiwe mu kagari ka Kimironko agerageza kuvunjisha Amayero (Euro) 650 y’amiganano agizwe n’inoti 13 za 50; naho babiri baheruka bafashwe […]