Indege ya Tanzania yafatiwe muri Canada kubera imyenda yanze kwishyura

Indege y’ubucuruzi ya Tanzania yafatiwe muri Canada nyuma y’uko Tanzania inaniwe kwishyura ikompanyi y’ubwubatsi yari yayubakiye ariko Tanzania ikananirwa kwishyura rwiyemezamirimo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ndege y’ubucuruzi yari itegerejwe kugera muri Tanzania ivuye ku isoko mu kwezi kwa 7 uyu mwaka ariko na nubu ikaba itarahagera. Umuvugizi wa Chadema muri Tanzania, Tundu Lissu yabwiye itangazamakuru ko […]

Bimwe mu bintu bikwiye kwibandwaho muri manda nshya u Rwanda rwinjiyemo

Ijambo Politiki abantu bakunze kutarivugaho rumwe ,bamwe bavuga ko ari uburyo bwo kuyobora abantu hifashishijwe amaco yo kubabeshyabeshya, hagamijwe inyungu z’ukora iyo politiki ,no gushaka kwemeza abayoborwa iby’ubutegetsi [ administration ] buba buriho , nkuko hari n’abakagaragaza ko ibyo byose bijya byifashishwa n’abatavugarumwe rumwe nabwo mu rwego rwo kuburwanya cyangwa guhangana nabwo n’ibindi … Ikibabaje […]

Ubushakashatsi: Umugore n'umugabo biyahuriye rimwe ngo barebe uko bigenda nyuma y'urupfu

Umugabo wo mu gihugu cya misiri n’umugore we wo muri Ireland biyahuriye rimwe aho babaga mu mujyi wa Hurghada ku nkengero z’inyanja itukura mu misiri, iperereza rikaba ryafashe ibimenyetso ko aba biyahuye ngo barebe uko bavumbura indi si. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inzego z’ubushakashatsi muri kiriya gihugu zavuze ko uyu mugore n’umugabo biyishe bijugunye mu mazi nyuma […]

Kenya: Maina Kiai yafungiwe ku kibuga cy’indege ararekurwa ku mpamvu zitasobanutse

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa Muntu yo mu gihugu cya Kenya, Maina Kiai, kuri iki Cyumweru mu gitondo yafungiweho gato ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga, Jomo Kenyatta ubwo yiteguraga kuva mu gihugu. Ikinyamakuru Tuko cyo muri Kenya kikaba cyamenye ko Maina Kiai yatawe muri yombi ubwo yiteguraga kujya i Prague muri Repubulika ya Tcheque kuri iki Cyumweru, itariki […]

Muhanga: Abasigajwe inyuma n’amateka barashinja Mudugudu kubimisha inkunga ya mituweri

Ubusanzwe aba basigajwe inyuma n’amateka bo mu Kagari ka Kinini, bavuga ko bari bafite umugiraneza w’umubikira wabatangiraga ubwisungane mu kwivuza, ku buryo buri mwaka yayibatangiraga n’imiryango yabo, gusa ngo uyu mwaka batunguwe no kumva uwo mubikira ababwira ko atazongera kuyibatangira kuko umukuru w’Umudugudu wa Musezero batuyemo yamubwiye ko leta ibishyurira ubu bwisungane mu kwivuza, nyamara […]

Inama zigirwa umugore wageze muri menopause agakomeza kubona imihango

Imyaka rusange umugore ahagarikira gusama (M é nopause) ku isi ni hagati ya 50 na 52 ariko hari igihe umugore uri muri iyi myaka cyangwa uyirengeje akomeza kubona imihango kandi atabasha gusama. Ese wakora iki igihe ukomeje kuva nyamara warageze muri menopause? Urubuga Topsante.com rutanga inama y’uko umugore uri mu myaka nka 57 ariko agakomeza […]

Dore ibyo wakorera umukunzi wawe ukamurinda gushurashura

Abagore benshi bahora bataka ko abagabo babo babaca inyuma nyamara hari uburyo bworoshye bwo gukuraho izi mpungenge ugahagarika gukeka amababa umugabo wawe ukamwiyegurira burundu. Dore ibyo usabwa gukora mu gihe uri kugirana ibihe byiza n’umugabo wawe mu rwego rwo gutuma ataguhararukwa vuba bikaba byaba intandaro yo kwigira mu bandi bagore Muhate ibyo akunda kurusha ibindi […]

Umugabo yibye mu Kiriziya ageze mu rukiko ahinduka ikiragi

Urukiko rukorera mu gace ka Ejigbo mu mujyi wa Lagos, muri Nigeria ruherutse gusubika urubanza rw’umugabo wari wafatanywe amafaranga y’umwe mu bo bari bahuriye kiliziy, a yagezwa imbere y’ubutabera akihindura ikiragi. Uyu mugabo witwa Chinedu Samuel, yatawe muri yombi na polisi yo muri kariya gace ariko mu gihe yamushyikirizaga ubutabera yanze kuvuga akajya akoresha amarenga […]

Hussein Radjabu aramagana raporo ya Loni imwita umuyobozi wa FOREBU akavuga aho we abarizwa

Nyuma y’aho raporo y’impuguke z’umuryango w’Abibumbye ivuze ko imitwe yitwaje intwaro irimo n’iyo mu Burundi, ifite uruhare mu guhungabanya umutekano wa Congo, Hussein Radjabu bivugwa ko akuriye FOREBU ivugwa muri iyi raporo arahakana kuba muri uyu mutwe. Iyi raporo ivuga ko uyu mutwe wa FOREBU urwanya ubutegetsi bw’u Burundi uyobowe na Col Eduard Nshimirimana, wungirijwe […]

Afurika y’Epfo; Minisitiri ushinjwa guhohotera umugore bahuriye mu kabyiniro yeguye

Minisitiri wungirije mu gihugu cya Afurika y’Epfo, ukurikiranweho icyaha cyo guhohotera umugore bahuriye mu kabyiniro, yeguye ku mirimo ye nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida kuri uyu wa Gatandatu. Amafoto agaragaza minisitiri wungirije w’amashuri makuru, Mduduzi Manana, ahohotera uwo mugore yagaragaye mu ntangiriro z’uku kwezi ateza umwuka mubi muri sosiyete sivie no mu mashyaka atavuga rumwe […]

Muhanga: Imiryango ituriye ibirombe by'amabuye y'agaciro ishonje ihishiwe

Nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe mu Tugari dutatu two mu Murenge wa Muhanga mu ngo zisaga 190 zivukamo abaturage bakora mu birombe by’amabuye y’agaciro,Umuryango urwanya ubukene n’ibibazo bibushamikiyeho mu Karere ka Muhanga (BSD) ugaragaza ko imiryango ituriye ibirombe by’amabuye y’agaciro ishonje ihishiwe. BSD ivuga ko ibibazo by’ubukene biterwa no kuba abaturage bajya gushaka akazi mu birombe by’amabuye […]

Uganda: Abasirikare 2 bakurukiranyweho gukubita umuntu agapfa

Abasirikare 2 bo mu gisirikare cya Uganda, UPDF bakurikiranyweho gukubita umuturage wo mu gace ka Mutungo gaherereye mu Majyepfo ya Uganda kugeza ashizemo umwuka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa polisi ikorera muri Kariya gace, Emilian Kayima ngo aba basirikare 2 barimo Pte. Rogers Kasigazi ndetse na Pte. Shaban Musinguzi babanje gutoroka muri iki cyumweru nyuma yo […]

Umukwabu muri Kaminuza y’u Burundi, abasaga 90 batawe muri yombi

Igipolisi cy’u Burundi kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kanama, cyakoze umukwabu wo gusaka muri Kaminuza y’igihugu gita muri yombi abantu 98 babaga muri kaminuza mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nk’uko byatangajwe n’umuvuugizi wa minisiteri y’umutekano n’uw’igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye, ngo uyu mukwabu watumye abantu 98 barimo abantu 78 barangije amasomo yabo ariko bagakomeza kuba […]

Dore amagambo ukwiye kumenya aryohera amatwi y'abakundana

Mumagambo menshi akunzwe gukoreshwa n’abakundana usanga abenshi bifashisha ijambo ndagukunda gusa kuri ubu usanga rimaze kuba nkirimenyerewe cyane mu matwi yabakundana niyo mpamvu bwiza.com twagerageje kubakusanyiriza amagambo asigaye akunzwe gukoreshwa akarusha kuryohera amatwi yabakundana iyo bayabwiwe. amwe muri aya magambo twavuga nka: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe : Wari wabwirwa […]