Ibintu 5 bishobora gutuma umugore atazana amavangingo mugihe cyakabariro, nicyo yakora kugirango bikemuke

Iyo ugerageje kuganira nabantu benshi bubatse ingo usanga bakubwira ko umugore we ntamavangingo agira mugihe cyakabariro ariko ntabe yakubwira impamvu nyamukuru ituma umugore we atagira amavangingo,kandi akenshi umugabo agira uruhare runini mugutuma umugore we azana amavangingo.Kunyara ku mugore igihe cy’ akabariro umugabo abigiramo uruhare [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu Rwanda ho kuva cyera abagore bari bafite amahirwe […]

Ubuyobozi bushya bwa ADEPR buri kwaka abakirisito imisanzu bwise iyo kugoboka itorero

Ubuyobozi bushya bw’itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) mu gihe butaramara n’amezi 3, buravugwaho gutangira kwaka abayoboke buhereye ku bakozi umusanzu bise uwo kugoboka itorero. Buhereye ku bakozi bakora ku kicaro gikuru cy’iri torero ku Kimihurura, ubu bamwe batangiye gusinya ngo iyo nkunga yo kugoboka itorero bazajye bayikatwa ku mishahara ya buri kwezi mu gihe […]

Leta y’u Rwanda igiye kwagura pariki y’ibirunga

Pariki y’igihugu y’ibirunga ibumbye urusobe rw’ibinyabuzima byiganjemo ingagi zo mu birunga, igiye kwagurwa mu rwego rwo kuziha ubuhumekero. Ni umushinga uri kwigwaho ukeneye ingengo izafasha muri ibyo bikorwa nkuko byatangajwe na Kaliza Belise, Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo mu kigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere(RDB) mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa kabiri tariki ya 22 Kanama 2017. Muri […]

Irinde gukora kuri ibi bice kuko bituma umugore ashaka imibonano kuburyo budasanzwe

Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku muntu w’igitsina gore bikaba ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y’igitsina gabo iyo abikozeho agahita yumva […]

Dore uko ibiciro by'ifaranga ry'u Rwanda bihagaze ku igura n'igurisha

Ni kenshi usanga abantu bamenyereweho gukora akazi ko kugura cyangwa kugurisha amafaranga y’amanyamahanga ngo bayavunjemo andi bashaka (Abavunjayi) bakoresha ibiciro bitagenwe na banki nkuru y’igihugu, aho usanga akenshi ifaranga rikoreshwa cyane nk’idorari barihenda ku muntu uba atabisobanukiwe. Ni muri urwo rwego haba hari ibiciro by’ifaranga cyane cyane ku mafaranga yo mu karere u Rwanda ruherereyemo […]

Umupasiteri akurikiranyweho gutekera imitwe abayoboke be

Umupasiteri witwa Dickens Obuku w’imyaka 33 acumbikiwe na polisi yo mu mujyi wa Kampala azira guteka imitwe kuri bamwe mu bo abwiriza akabacuza utwabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu wiyita umukozi w’Imana akaba n’umuyobozi w’itorero Pure Water Living Ministry ashinjwa guteka umutwe ku bayoboke b’idini rye bamwe akabambura asaga ibihumbi 740 by’Amashilingi ya uganda n’inka 2, ababeshya […]

Kigali: Hari impungenge z’ubujura bukorwa n’abamotari bwongeye kwaduka

Ubwiyongere bw’ubujura bukorwa n’abamotari bo mu Mujyi wa Kigali bwubuye muri iyi minsi bwatangiye guhangayikisha abatari bacye, aho usanga aba bamotari biba abagenzi batwaye bakiba abanyamaguru babashikuza ibintu bafite n’ibindi. Ibi bikaba byongeye kuvugwa nyuma y’uko hari hashize igihe iyi ngeso isa nk’iyacitse. Ubusanzwe abamotari bazwiho kugira uruhare mu koroshya ingendo muri Kigali. Ariko, hamaze […]

2017:U Rwanda rurateganya kwinjiza miliyoni 64 $ mu nama rukomeje kwakira

Inama mpuzamahanga zabaye mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2016 zinjirije u Rwanda amadolari ya Amerika asaga miliyoni 47 , izikomeje kuba muri uyu mwaka wa 2017 zizinjiza izisaga 64. Ibi ni ibitangazwa n’Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku nama n’ibindi bikorwa bibera mu Rwanda (Rwanda Convention Bureau). Ubuyobozi bw’iki kigo bwongeraho ko […]

Kenya: Umugore yazengurutse umujyi wa Nairobi n'icyapa cyanditseho ko ashaka umugabo (Amafoto)

Umugore wo muri Kenya w’imyaka 28 yatunguye abantu ubwo yagaragaraga mu muhanda mu mujyi wa Nairobi yambaye imyenda y’abageni ari kumwe n’umwana we w’umukobwa w’imyaka 7, uyu mugore afite icyapa kinini cyanditseho amagambo avuga ko ashaka umugabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore witwa Pris Nyambura ubyaye rimwe, yazengurutse mu duce dutandukanye ry’umujyi n’icyo cyapa n’abana yari […]

Ibitero 10 by’iterabwoba bitazibagirana kubera abantu byahitanye

Uko bukeye n’uko bwije niko ibikorwa by’iterabwoba bigenda bifata indi ntera hirya no hino ku isi, ugasanga inzirakarengane zitagira umubare zibigenderamo buri mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibitero 10 by’iterabwoba bitazibagirana kubera abantu byahitanye: Igitero kuri World trade centre Kuwa 11 Nzeri 2001, ibyihebe 19 byakoranaga n’umutwe wa Al-Qaida byashimuse indege 4 zitwara abagenzi z’amasosiyete 2 […]

Umugore yishwe n’uwo bari bagiye guhura bwa mbere nyuma yo kumenyanira kuri Facebook

Polisi ya Kisii muri Kenya icumbikiye umusore uherutse kwivugana umugore witwa Lydia Nyaboke w’imyaka 26, akaba yaramwishe ubwo bapangaga guhura ngo bamenyane amaso ku maso kuko bari bamaze igihe bamenyaniye kuri facebook. Uyu mugore ngo yabanje kumenyana n’uyu witwa Richard Nyakina kuri facebook ari na we ukekwaho kuba yaramugiriye nabi ubwo bapangaga aho bagomba guhurira […]

Wari uziko abagore bagira ahantu bakunda gutererwa akabariro by'umwihariko?

Kumvikana ku ngingo yo gutera akabariro ni kimwe mu bituma urugo rwubakwa neza kandi rugakomera, ni yo mpamvu akabariro ari kimwe mu bintu byubahwa kandi abantu bagomba kwitondera kuko iyo uruhande rumwe rutanyuzwe n’iki gikorwa urugo ruvukamwo ibibazo by’urudaca bikaviramo no gutandukana. Abagabo benshi bibwira ko imibonano mpuzabitsina igomba guhora ikorerwa mu cyumba cy’uburiri ariko […]

Nyuma ya Guma Guma umuhanzi Davis D. ahugiye mu biki?

Nyuma yo kwitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ya 7, umuhanzi Davis D yaganiriye na bwiza.com, adutangariza ibyo amaze iminsi ahugiyeho na gahunda afite mu muziki. Ubwo yatugezagaho indirimbo ye nshya yise “S weet love ”, Davis D, yakomoje ku bindi bikorwa ateganyiriza abakunzi be, anavuga ku mwanya yabonye mu irushanwa rya Guma […]

Leta y’u Rwanda igiye kugeza amavomo ku baturage ibarinda kwicwa n’ingona

Mu gihe cy’ukwezi kumwe abaturage batuye mu Murenge wa Rugarika mu karere ka Kamonyi mu gice cyegereye umugezi wa Nyabarongo, basezeranyijwe kuba bahawe amazi meza azabarinda kongera kuvoma muri uyu mugezi aho bamwe bahicirwaga n’ingona. Icyo ni igisubizo cyihuse kibonetse nyuma yuko iki kibazo cyavuzwe igihe, bamwe bakavuga ko inzego zibishinzwe zabarangaranye, abantu babo bagakomeza […]

U Rwanda na rwo rwanze kuzitabira amarushanwa ya gisirikare azabera mu Burundi

U Burundi buri gutegura kwakira imikino ya gisirikare ndetse n’indi y’ibijyanye n’umuco mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba, aho ibihugu byose bigize uyu muryango byiteguye kwitabira uretse u Rwanda. Ni imikino iteganyijwe kuwa 26 Kanama 2017, aho izaba ibaye ku nshuro ya 11, imikino iheruka ikaba yarabereye mu Rwanda. Ikaze iwacu cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru […]

Imurikagurisha ryatumye inganda 10 z’abanyamahanga zitangira gukorera mu Rwanda

Minisiteri y’ubucuruzi,inganda n’ibikorwa by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba iravuga ko hari inganda 10 z’abanyamahanga zimaze gufungura imiryango mu Rwanda biturutse ku imurikagurisha Ni mu gihe u Rwanda rukomeje gutegura amamurikagurisha atandukanye harimo n’iriri ku rwego mpuzamahanga riba buri mwaka, aho abantu ngo bagenda barushaho kwitabira imurikagurisha yaba ab’imbere mu gihugu cyangwa abanyamahanga, yaba abakorera ibikorwa byabo […]

Angola:Bwa mbere kuva mu 1979 hagiye kuba amatora perezida Dos Santos atazitabira

Abaturage ba Angola bari mu myiteguro yo kwitorera umukuru w’igihugu mushya bwa mbere mu matora yo kuri uyu wa Gatatu, atazaba arimo perezida Jose Eduardo Dos Santos uri ku butegetsi kuva mu 1979. Gusa BBC iravuga ko nubwo uyu agiye kuva ku butegetsi, we n’umuryango we ngo basa nk’abatiteguye kuburekura burundu. Perezida Dos Santos w’imyaka […]