Yverry yahakanye amakuru yo gusimbura Christopher muri Kina Music
Umuririmbyi wo mu njyana ya R&B, uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Yverry, aranyomoza amakuru yaramaze iminsi avugwa na bimwe mu bitangazamakuru byo mu Rwanda, ko yaba yarasimbuye umuhanzi Christopher muri Lebel ya Kina Music. Ibi bije nyuma yâigihe gito uyu muhanzi ashyize hanze indirimbo yise âMbona dukundanaâ, yakoreye mu nzu itunganya umuziki ya Kina Music, […]
Amoko si cyo kibazo mu Burundi, Nkurunziza ushaka kugundira ubutegetsi ni we ntambamyi- Mbonimpa Claver
Umuyobozi w’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), Claver Mbonimpa avuga ko mu gihugu cyabo cyâu Burundi, ikibazo gikomeje kuremerera abaturage atari igishingiye ku moko, ahubwo ko ari ikibazo cya Politiki, gitizwa umurindi na Perezida uriho ushaka kuguma ku butegetsi. Claver Mbonimpa usanzwe uba ku mugabane wâu Burayi, ibi yabitangarije muri Canada, ashimangira ko Perezida Nkurunziza […]
Nawe reba wisekere: Amafoto 10 yâabageni yagiye atangaza imbaga y'abatuye Isi
Umunsi wo gushyingirwa, ni umunsi wâibyishimo uhuruza imbaga bagamije gushyigikira abagiye kurushinga, buri wese aba yumva agomba kuzana agashya ke kuri uwo munsi, ari naho bamwe usanga bashaka ko ako gashya kaba aka mbere mu twabayeho ku isi. Agahugu umuco wako n’akandi uwako, hari aho uzasanga umwana ashyingiranwa n’uwakamubyaye, umugabo agashyingiranwa n’abagore 2, abashyingiranwa bahuje […]
Havumbuwe umuti urwanya sida ku kigero cya 99%
Abahanga mu by’ubuganga bavumbuye umuti ushobora kugwanya ibice 99% bya virusi itera Sida. Ibyo bishobora gutuma ibinyabuzima byo mu bwoko bwa bufite ibiganza “primates” birimo n’umuntu bishobora gukingirwa kwandura iyi virusi. Iki gikorwa cyakozwe n’ikigo cya Amerika cyita ku buzima âUS National Institutes of Healthâ hamwe n’uruganda rwâimiti Sanofi nkuko bigaragara kuri BBC. Ikigo gifasha […]
Impunzi z'Abanye Congo ziri 'kwibasirwa' na guverinoma
Impunzi zihungira muri Zambiya ziva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zabwiye Loni ko ziri kwibasirwa na guverinoma ya Congo. Abanye-Congo bagera kuri 500 bari kugera muri Zambia buri munsi, bahunga imvururu mu bice bitandukanye by’igihugu. Isubika ry’amatora y’umukuru w’igihugu ryateye ubushyamirane bukomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Impunzi zabwiye Umuryango w’Abibumbye ko abasirikare […]
Inzego n'abantu batandukanye mu Rwanda bagiye guhembwa n'umuryango Isange Corporation
Umuryango ukora ibikorwa byo kwamamaza ubutumwa bwiza mu itangazamakuru rya Gikristo mu Rwanda, ugiye guhemba ababaye indashyikirwa muri uru rwego, barimi abanyamadini nâimiryango ya Gikristo n’abandi. Ni mu gikorwa ngarukamwaka gitegurwa nâuyu muryango wa gikristo Cyitwa â SIFA Rewardsâ, ukora ubaha igihembo cyâicyubahiro wita âRewardsâ Umuyobozi wa Isange Corporation, Ntigurirwa Pierre Claver avuga ko iki […]
Umugabo wanjye afite ibya rimwe, tumaze imyaka 3 tubana ariko nta kana turabyara, ese yaba ariyo mpamvu?
Ndabaramukije bakunzi bâiki kinyamakuru, nkuko mbivuze haruguru, ndi umugore, maze imyaka 3 mbana nâumugabo wa njye umunsi ku wundi, ariko nta kana twari twabyara. Iyo ubana nâumugabo ntacyo muhishanya, ariko yambwiye ko afite ibya rimwe, koko na njye nkoraho nkasanga nibyo, twagiye kwa muganga batubwira ko nta kibazo twembi dufite ariko ntabwo nari nanyurwa. [xyz-ihs […]
Kenya: Amatora azakorwa niyo abatavuga rumwe na Leta batayitabira
Perezida wâurukiko rwâikirenga wa Kenya Githu Muigai yavuze ko amatora ya perezida ateganyijwe muri iki gihugu nta kizayahagarika no mu gihe abatavuga rumwe nâubutegetsi batayitabira. Aya matora ateganyijwe tariki 26 Ukwakira azatangazwa tariki ya 1 Ugushyingo, mu gihe nâabo batavuga rumwe na leta batayitabira. Muigai yabitangaje mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye i Nairobi, mu gihe bivugwa […]
Dr Jose Chameleone yatangaje icyamuteye kureka kunywa ibisindisha
Dr Jose Chameleone, yatangaje ko amaze igihe yararetse ibisindisha, kubera gushaka guha urugero rwiza urubyaro rwe ndetse nâabamukurikirana umunsi ku munsi. Mu gihe gishize nibwo inshuti za Chmaeleone zamutangiye ubuhamya, aho ku mbuga nkoranyambaga za bamwe mu bakunze gusangira nâuyu mugabo, bakomeje kwemeza ko yakomeye ku cyemezo yafashe cyo kutanywa ibisindisha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi […]
U Bushinwa bwagabanyije ubucuruzi na Koreya ya Ruguru kubera Amerika
U Bushinwa bwavuze ko bwagabanyije ingano y’umusaruro wa peteroli muri Koreya ya Ruguru kandi buzahagarika kugura ibiva ku myambaro. Ibyo bwabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2017. U Bushinwa ni umuhuzabikorwa w’ingenzi mu bucuruzi na Koreya ya Ruguru, ni nabwo bwonyine ivanamo amafaranga ku buryo bufatika. Ihagarika ry’ibicuruzwa biva ku ndodo rizahungabanya […]
Amerika: Perezida Kagame yasobanuye uburyo Afurika na AU bidakwiriye kurambiriza ku nkunga z'amahanga
Perezida wa Republika Paul Kagame avuga ko amavugurura y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) yari akwiye hagamijwe imikorere myiza y’uyu muryango, yongeraho udakwiye kurambiriza no gushingira ku nkunga ihabwa nâamahanga nyamara zidafite uburambe kuko zishobora kuvaho igihe icyari cyo cyose. Ibi umukuru yabivugiye mu kiganiro yatangiye mu kigo Brookings Institution giherereye i Washington D.C muri Leta […]
Dore amagambo uzirinda kubwira uwo mumaze gukorana imibonano mpuzabitsina
Mu gihe abantu bagiye gukora imibonano mpuzabitsina usanga baba bagomba kubwirana utugambo twiza ndetse akenshi bakanabiganiraho mbere yâuko binjira mu gikorwa kugira ngo hataza kugira ikibabera inzitizi mu kwiyumvanamo no kugirango icyo gikorwa kize kugenda neza, ibi bwiza.com irabwira abashakanye. Nyamara usanga bitewe nâintego abaryamana baba bafite, hari abamara gukora urukundo bakumva ko barangije icyo […]
Irani yagerageje misile mu rwego rwo guhangana na Perezida Trump
Irani iravuga ko yagerageje igisasu cyo mu bwoko bwa misile, mu rwego rwo guhangara perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump. Igeragezwa ry’igisasu cyiswe Khoramshahr, kigenda ku bilometero 2.000 cyerekanwe kuri televiziyo ya leta. Ntibizwi neza igihe igerageza ryabereye. Ku wa Kabiri mu nteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye, Trump yanenze gahunda ya Irani y’ibitwaro […]
Batanu bafungiye gukodeshanya icyuma cyâimodoka kigura 10 000 bajijisha mu gukoresha controle
Polisi yâu Rwanda yataye muri yombi abantu batanu barimo abashoferi nâabakanishi bafashwe bakekwaho gukoresha uburiganya ngo babone ibyangombwa byâubuziranenge bwâibinyabiziga. Bose berekanywe Polisi yâu Rwanda ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda Kuwa gatanu tariki ya 22 Nzeri 2017. Abisobanura Umuvugizi wâiri shami CIP Emmanuel Kabanda yagize atiâ Abashoferi baje gusuzumisha ubuziranenge bwâibinyabiziga byabo, ababishinzwe […]
Super Cup: Umunsi wari utegerejwe nâabakunzi ba ruhago wageze âRayon Sports Vs APR Fcâ
Ikipe ya APR FC na Rayon Sports zigiye gucakirana zihatanira igikombe cya mbere kiruta ibindi mu Rwanda ‘Super Cup’. Iki gikombe gihuza ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cyâamahoro izi kipe zigiye guhura nyuma yâuko Rayon sports itwaye igikombe cya shampiyona naho mukeba wayo APR FC yatwaye igikombe cy’amahoro. Uyu mukino ukunzwe kurangwa nâishyaka […]
Karongi: Abajyanama bâubuzima biyubakiye igorofa ya miliyoni 350
Abajyanama bâubuzima bo mu karere ka Karongi bujuje umuturirwa wa miliyoni 350 zâamafaranga yâu Rwanda yubatswe hifashishijwe imisanzu yabo nâinkunga bahawe na Minisiteri yâUbuzima. Iri nyubako yiswe âAgaciro Legacy, ikorerwamo ibikorwa byâubucuruzi yatashwe ku wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri 2017 na Minisitiri wâUbuzima Dr Diane Gashumba. Biteganyijwe ko izajya yijiza miliyoni zisaga 95 ku […]
Diego Costa agiye gusubira muri Atletico Madrid
Rutahizamu Diego Costa, agiye gusubira mu ikipe yahozemo, nyuma yâamasezerano ikipe ya Chelsea ibarizwa mu gihugu cyâUbwongereza, yagiranye na Atletico Madrid yo muri Espagne. Aya masezerano amakipe yombi yagiranye avuga ko uyu mukinnyi azerekeza muri Atletico Madrid muri Mutarama 2018, akazatangwaho miliyoni 60 zâamayero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Diego Costa wâimyaka 28 yaje muri Chelsea mu mwaka […]
Intambara yâamagambo hagati ya Perezida Trump nâuwa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un hamwe nâuwa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump bakomeje guterana amagambo, umwe yita undi umusazi nâundi akamusubiza. Kim Jong-un avuga ko nyuma yâamagambo Perezida Trump yavugiye mu nama ya Loni, we afata nk’ayavuzwe nâumuntu [Trump] wataye umutwe, yatumye akomeza umugambi we wo gukomeza gukorera Koreya ya Ruguru […]
Sheebah Karungi yahamije ko yabaye umumansuzi mu tubari two mu Rwanda
Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda, yemereye itangazamakuru ko mbere yâuko aba umuhanzi yabanje gukora akazi ko kubyina mu bubari butandukanye bwo mu Rwanda. Ibi yabitangaje mu kiganiro nâabanyamakuru cyabereye kuri Marriot Hotel, ubwo we na mugenzi we Run Town baganiraga nâitangazamakuru ku gitaramo bazahuriramo kuri uyu wa 23 Nzeri 2017. Ubwo umunyamakuru yabaza Sheebah […]
Nyamasheke: Umwana wâimyaka 6 yahiriye mu nzu arapfa
Mu mudugudu wa Cyivugiza, akagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru yâurupfu rwâumwana wâumukobwa wâimyaka 6 yâamavuko witwaga Bimenyimana Bellange mwene Bimenyimana Peter na Musabiyingabire Marie Louise, wigaga mu mwaka wa mbere wâamashuri abanza wahiriye mu nzu agakongoka. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumunyamabanga nshingwabikorwa wâumurenge wa Kanjongo, Twagirayezu Zacharie, ngo […]