Abanyarwanda barasabwa kubyaza amahirwe yâishoramari aboneka mu gihugu cya Singapuru
Minisitiri wâUbucuruzi nâinganda Vincent Munyeshyaka, arasaba Abanyarwanda gushora imari mu gihugu cya Singapuru mu rwego rwo kubyaza umusaruro amasezerano yâishoramari yashyizweho umukono hagati yâu Rwanda na Singapuru. Ibi Munyeshyaka yabitangaje nyuma yaho Minisitiri âIntebe Dr.Edoaurd Ngirente yakiriye Minisitiri wâIntebe wungirije wa Singapuru, Koh Poh Koon kuri uyu kane tariki ya 14 Kamena, nyuma yâibiganiro byaba […]
Minisiteri yâuburezi yateye utwatsi ibyâuko abanyeshuri batunga telefoni ngendanwa ku mashuri
Minisitiri wâUburezi Dr. Eugene Mutimura yatangaje ko leta yâu Rwanda yamaze gufata icyemezo ko idashobora kwemerera abana biga mu mashuri abanza nâayisumbuye gutunga telefoni ngendanwa igihe bari ku ishuri. Minisitiri Mutimura yabitangaje mu kiganiro nâitangazamakuru kuri uyu wa kane tariki ya 14 Kamena 2018 ku biro bya Minisiteri w’intebe (Primature) , mu nama yavugaga ku […]
Burundi: Haravugwa uburyo bushya bwo kwikiza abatavuga rumwe nâubutegetsi bashinjwa amarozi
Impungenge ni zose mu baturage bo muri Komini Ruhororo mu Ntara ya Ngozi, ho mu gihugu cyâu Burundi, aho ngo kuri ubu hadutse uburyo bwo kwikiza abatavuga rumwe nâubutegetsi babashinja amarozi. Impamvu abaturage bavuga ko ari umugambi uhishe ni uko abo bantu bicwa barashwe mu gihe abaturage basanzwe nta burenganzira bwo gutunga imbunda bafite. Biravugwa […]
Jacob Zuma arashinjwa kugabanya igihugu mo Kabiri, Â ishyaka ANC ndetse nâitorero asengeramo
Uwahoze ari perezida wa Repubulika yâAfurika yâEpfo, Jacob Zuma ashinjwa kugabanya igihugu yari abereye umuyobozi mo ibice bibiri bihanganye, kugabanya ishyaka riri ku butegetsi ndetse vuba aha akaba aherutse no gutuma itorero yasengeragamo ricikamo ibice bibiri. Mu minsi yashize, nibwo perezida Zuma yashatse gushyiraho ihuriro ryâabanyamadini nâabanyepolitiki muri Afurika yâEpfo, iryo huriro rikaba ryagombaga gutangizwa […]
Umugabo wanjye arara arota undi mugore basambana, njye amfata nkâinjiji iri aho- Nkore iki?
Amahoro ya nyagasani ahorane na mwe, nitwa Uwingabire iwacu ni muri Nyamagabe, mfite umugabo nkaba umubyeyi wâumwana umwe. Nkâuko nakunze gusoma inama zinyura kuri iki kinyamakuru cyanyu âBwiza.comâ na njye ndashaka ko mungira inama. Mfite umugabo ariko amfata nkâudahari, kuko afite inshoreke igiye gutuma nsara nkiruka ku gasozi. Mu byâukuri umugabo wanjye twabanye nkiri muto, […]
Uganda: Haburijwemo imyigaragambyo yâabashyigikiye Gen Kale Kayihura nyuma yâitabwa muri yombi rye
Igipolisi cya Uganda muri Kisoro cyitambitse agatsiko kâabantu bashyigikiye uwahoze ari umukuru wâigipolisi, Gen. Kale Kayihura, watawe muri yombi kuri uyu wa Gatatu, aho bivugwa ko aba bashakaga guteza imyigaragambyo yamagana ifatwa rye. Iyi myigaragambyo ikomeye yo kwamagana itabwa muri yombi rya Gen. Kale Kayihura biravugwa ko yategurwaga na bamwe mu bayobozi bari munsi yâinama […]
RDB irateganya gufunga business zirangwamo ivangura
Ikigo cyâIgihugu cyâIterambere, RDB, kiraburira abakora mu bikorwa byâubukerarugendo no mu zindi serivisi kivuga ko bashobora gufungirwa business nibaramuka basanzweho kurangwa nâivangura. Iki cyemezo kikaba kireba ahanini ahantu hahurira abantu benshi nko mu maresitora, utubyiniro, ibigo bitembereza abantu, ababayobora (guides) nâamahoteli. Ngo gufunga business bizaba ari umwanzuro wa gatatu nyuma kuburirwa ku mugaragaro no gucibwa […]
Kenya na Uganda birashinjwa kuba indiri abayobozi bakuru ba Sudani yâEpfo basahuriramo imitungo
Amerika yashyizwe mu majwi leta ya Uganda na Kenya kuba bikomeje kuba indiri abayobozi bakuru bâigihugu cya Sudani yâEpfo basahuriramo imitungo yâigihugu.  The eastafrican dukesha iyi nkuru ivuga ko aba bayobozibakuru muri Sudani hamwe nâabandi batandukanye  bafite imitungo irimo nâinyubako zihenze nâamafaranga kuri konti mu mijyi ya Kampala na Nairobi ndetse bamwe mu bagize […]
Joseph Kanyabashi wabaye Burugumesitiri wa Ngoma akagira nâuruhare muri jenoside yitabye Imana
Joseph Kanyabashi wabaye Burugumesitiri wa Komini Ngoma, mu yahoze ari Perefegitura ya Butare, akaza kugira uruhare muri jenoside agakatirwa imyaka 20 yâigifungo nâUrukiko rwa Arusha, yitabye Imana aguye I Nairobi kuri uyu wa gatatu nkâuko amakuru agera kuri Bwiza avuga. Uyu mugabo yafatiwe mu gihugu cyâu Bubiligi mu 1995, ashinjwa uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, […]
Angola irateganya kwigana u Rwanda ikinjira muri Francophonie no muri Commonwealth
Perezida wa Angola, Joao Lourenco, yatangaje icyifuzo cyâigihugu cye cyo kuba umunyamuryango wâibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth) ndetse nâumuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie). Angola ikaba ishaka gufatira urugero ku Rwanda na Cameroon nkâibihugu bibarizwa muri iyi miryango ibiri. Perezida Lourenco yavuze ko igihugu cye gikikijwe nâibihugu bidakoresha Ikinya-Portugal (igihugu cyayikolonije), ahubwo ikikijwe nâibihugu bikoresha Igifaransa […]
Uganda: Abapfumu bashinjwa kwica umuntu bakamukata igitsina bari mu mazi abira
Polisi yo mu gace ka Jinja iri mu iperereza aho abapfumu babiri bashinjwa kwica umuntu bakamuka igitsina. Aba bapfumu bashinjwa kwica mu kwezi gushize uwitwa Lekuru Sabina wâimyaka 38 yâamavuko, umurambo we ukaba warabonwe mu murima wâibisheke. Ubwo umurambo we wajyanwaga mu bitaro bikuru bya Jinja gukorerwa isuzuma, ngo basanze yarishwe anizwe ndetse basanga yaranakaswe […]
RDC: Amatora agiye kuba atarimo perezida Kabila â Minisitiri wâIntebe Bruno Tshibala
Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ntabwo aziyamamariza manda ya gatatu mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu Ukuboza kubera ko itegeko nshinga ritabimwemerera nkâuko byatangajwe na minisitiri wâintebe, Bruno Tshibala kuri uyu wa Kabiri ushize. âAmatora agiye kuba atarimo perezida Kabila uzubaha itegeko nshingaâ, ibi byatangajwe naminisitiri wâintebe, Bruno Tshibala mu kiganiro […]
Amande ahanitse acibwa abacuruzi ni mwe mu mpamvu zituma RRA itagera ku ntego zayo
Amande ahanitse acibwa abacuruzi ni mwe mu mpamvu zatumye RRA itagera ku ntego zayo Ikigo cyâigihugu gishinzwe imisoro nâamahoro RRA kivuga ko ibihano biri muri politiki yâimisoreshereze bihanitse, aho umuntu akerererwa kwishyura umunsi umwe tukamuca 60% bityo ugasanga abacuruzi baciwe ayo mafaranga bahita bashaka andi manyanga bakoresha ntibayishyure cyangwa bagahitamo guhagarika bizinesi zabo. Ibi ni […]
Twagiramungu avuga ko Perezida Nkurunziza yatsinze igitego kitazishyurwa nâabakina politiki ishaje
Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin avuga ko Perezida Nkurunziza wâu Burundi, umukinnyi wâumupira wâamaguru akaba nâumunyapolitiki, yatsinze igitego abamurwanya batazabasha kumwishyura. Twagiramungu wabaye Minisitiri wâIntebe mu Rwanda, ubu akaba atavuga rumwe na Leta iriho, avuga ko Perezida Nkurunziza yabashije kunesha abashakaga kumuhirika ku butegetsi, anavuga ko adakeneye kwiyamamaza ku yindi manda mu mwaka wa 2020. Ibi ngo […]
Uganda: Uko itabwa muri yombi rya Gen Kale Kayihura ryagenze nâuko yagerageje gucika ntibimuhire
Ikinyamakuru Chimpreports cyashyize ahagaragara uko itabwa muri yombi ryâuwari umukuru wâigipolisi cya Uganda ryagenze, kigaragaza imvo nâimvano nâuko yaba yaragerageje gutoroka igihugu ariko ntibimukundire. Ni nyuma yâinama ikomeye yâamasaha atatu yâakanama kâumutekano kâigihugu yari iyobowe na perezida Yoweri Museveni ubwe. Bamwe mu bagize aka kanama ni minisitiri wâumutekano, Gen. Jeje Odong, Umunyamabanga Mukuru wa NRM, […]
Rwamagana: Kabarinda wabaga mu nzu yita âAkazu gatoâ arishimira iyo yaremewe na Polisi
Kabarinda Concilia, Umupfakazi wâimyaka 55 yâamavuko; wari utuye mu nzu itameze neza mu mudugudu wa Gatare, akagari ka Gatare, umurenge wa Nyakariro, mu karere ka Rwamagana; arishimira inzu yubakiwe na Polisi y’igihugu akabasha kuva mu iyo yabagamo yita ko yari âAkazu gatoâ. Yahawe iyi nzu ku wa kabiri tariki 12 Kamena 2018, ayishyikirijwe nâubuyobozi bwa […]