Uganda: URSB irahakana ko Gen Salim Saleh afite imigabane mu nganda za Rujugiro
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kwandika business muri Uganda kizwi nka Uganda Registration Services Bureau (URSB), cyahakanye amakuru avuga ko umuvandimwe wa Perezida Museveni, Gen Caleb Akandwaho uzwi nka Salim Saleh, afite imigabane mu nganda zâitabi Meridian Tobacco Company no muri Leaf Tobacco and Commodities Ltd byâumuherwe Tribert Rujugiro wâUmunyarwanda. Ni nyuma yâuko byakunze kuvugwa mu itangazamakuru […]
Amajyaruguru: Min. Nyirahabimana yasabye inzego zose kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije umuryango
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Amb. Soline Nyirahabimana, avuga ko hakenewe ukwishyira hamwe kwâinzego mu guhangana nâibibazo bikigaragara mu miryango kuko hatabaye uruhare rwa buri wese ngo inzego zitandukanye z’ubuyobozi zibigize ibyazo bitakemuka. Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2019, mu nama mpuzabikorwa n’abayobozi b’Intara y’Amajyaruguru, ab’uturere n’abafatanyabikorwa bo muri iyi Ntara mu […]
Kwibuka25 – Nyanza: Urubyiruko rurahurira mu muganda wo gutunganya imibiri 90. 000 yâAbatutsi izashyingurwa
Akarere ka Nyanza gafatanyije n’Umuryango w’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Mayaga (OSRGM); bateguye umuganda rusanjye, uzabera mumurenge wa Muyira Kuwa 30/03/2019. Muri uyu muganda, hateganyijwe gutangiza igikorwa cyo gutunganya imibiri y’abatutsi bishwe muri 1994, bashyinguwe mu buryo budashimishije mu mirenge itandukanye igize agace k’amayaga ya Nyanza, ariyo: Kibilizi, Ntyazo, Busoro, Muyira na […]
Ibicuruzwa byo mu Rwanda mu bikunzwe ku isoko ryo muri Asia
Ibicuruzwa byo mu Rwanda biri mu bikunzwe mu bicururizwa kuri internet ku isoko ryo muri Asia. Ababikora bakaba bafite intego yo kubyongera kugira ngo babashe kungukira mu mahirwe aboneka kuri iryo soko. Ibicuruzwa byâikawa nka Gorilla, West Hills na Land Of Thousand Hills bikomeje kuza ku isonga mu bigurwa na benshi ku rubuga mbuzamahanga rwa […]
Migi afashije APR FC gutsindira Mukura VS imbere y'abafana bayo
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste bakunze kwita âMigiâ afashije ikipe ya APR FC gutsinda ikipe ya Mukura Victory Sports ibitego bibiri kuri kimwe (2:1) bikaba bifashije APR gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa Shampiyona. Uyu mukino watangiye ikipe ya APR FC isatira mu buryo bukomeye aho yaje kubona igitego ku munota wa 18 gitsinzwe na […]
Umubyeyi utwite apfiriye ku mupaka yambuka ajya muri Uganda
Umubyeyi wâUmunyarwandakazi utwite yapfiriye ku mupaka mu nzira zâubusamo , ubwo yambukaga ajya kugura ibiribwa nâimiti hakurya muri Uganda. Uyu mubyeyi Mukarugwiza Elizbeth yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27/03/2019, azize kwitura hasi ubwo yirukanswaga nâabantu bamubuzaga kwambuka ngo agere muri Uganda. Mu ntege nke zâumubiri nkâumubyeyi utwite, yikubise hasi ararabirana, […]
Nyamasheke/ Karambi: Kutagira interineti, kimwe mu bikoma mu nkokora ireme ryâuburezi
Ubuyobozi bwâishuri âCollège officiel Mburabuturoâ riri mu Murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, ababyeyi barirereramo, abanyeshuri nâabarezi babo, bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye no kuba nta Interineti ihagera ngo aba bana babashe kwiga ikoranabuhanga, bakabibona nka kimwe mu bibangamiye cyane ireme ryâuburezi muri iri shuri. Mu kiganiro na Bwiza.com, abarebwa nâiri shuri risanzwe ari iryâuburezi […]
Abize nâurubyiruko ku isonga mu bifuza kwimukira mu bindi bihugu
Ubushakashatsi bwakozwe nâikigo cyâubushakashatsi cya Afrobarometer mu bihugu 33, bwerekanye ko urubyiruko nâabize aribo benshi bifuza kwimukira no kuba mu bihugu bifite ubukungu bwifashe neza. Mu rubyiruko rwo muri kenya, umwe muri batatu yifuza kwimukira mu bindi bihugu agiye gushaka akazi cyangwa kwiga aramutse ahawe ayo mahirwe. Gyimah Boadi, Umuyobozi wâicyo kigo yavuze ko aho […]
Justin Bieber yabaye ahagaritse ibikorwa byâumuziki
Ku wa mbere, tariki ya 25 Werurwe, umuhanzi wo muri Canada, Justin Bieber yatangaje ko abaye ahagaritse ibikorwa byâumuziki mu gihe ubuzima bwe budahagaze neza . Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Instagram nyuma yâaho abakunzi be bari bamaze igihe kinini bamusaba gukora izindi ndirimbo, Justin Bieber yabasubije ati: â Nakoze ibitaramo byinshi ariko mu […]
Burundi: Abana bari bafungiye kwangiza ifoto ya Nkurunziza iri mu gitabo bafunguwe
Minisitiri wâUbutabera, Kanyana Aimee Laurentine atangaza ko abanyeshuri batatu bâabakobwa bari bafungiye konona ifoto yâumukuru wâigihugu, Pierre Nkurunziza, bafunguwe. Min. Kanyana yabitangaje mu itangazo iyi Minisiteri yashyize hanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, akavuga ko aba banyeshuri bazakomeza gukurikiranwa bari hanze. Yasabye abakiri bato kwirinda kugwa mu byaha bishobora kubaviramo guhanwa, […]
Visi Meya wa Kicukiro na Gitifu wa Kanombe beguye
Mukunde Angelique wari Umuyobozi wâAkarere ka Kicukiro Wungirije ushinzwe ubukungu, ndetse na Higiro Emmanuel wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Kanombe, beguriye rimwe ku mirimo yabo nkâuko bigaragara ku rubuga rwâakarere. “Mukunde AngĂŠlique wari Umuyobozi wâAkarere ka Kicukiro wungirije ushinzwe iterambere ryâubukungu, yeguye ku mirimo ye ku mpamvu ze bwiteâ. Ubwo ni ubutumwa bwa mbere bugaragara […]
Umuhanzi Clarisse Karasira avuga ko abangamiwe nâibivugwa ko agiye gukorana ubukwe na Kizito Mihigo
Umuhanzikazi Clarisse Karasira urimo kuzamuka mu ruhando rwa muzika nyarwanda atangaza ko ibivugwa ko agiye gukorana ubukwe nâumuhanzi Kizito Mihigo bimubangamira ahanini bitewe nâuko ari ibinyoma. Mu ntangiro zâiki cyumweru,ku mbuga nkoranyambaga hadutse urupapuro rugaragaza ko hari ubukwe buteganyijwe hagati ya Karasira na Kizito Mihigo. Uru ruzwi nka Save The Date mu rurimi rwâIcyongereza. Uyu […]
Dr Gallimore arashinja Canada uruhare mu guhakana no gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi
Umunyamerika, Dr Tim Gallimore arashinja Abanyamategeko bâAbanyakanada bunganiraga abashinjwa uruhare muri jenoside kuba ari bo nyirabayazana yâibikorwa byo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bijya byumvikana hirya no hino ku Isi. Dr Tim Gallimore yahoze ari umuvugizi wâUmushinjacyaha wâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha. Aritegura kuzavuga ku ngengabitekerezo ya Jenoside no kuyihakana kuwa 11 Mata mu […]
RDC: Batatu bashinjwa kwica Abashinwa bafashwe
Guverineri wâIntara ya Ituri, Pacifique Keta yatangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, ko inzego zâumutekano zataye muri yombi abashinjwa kwica Abashinwa babiri nâumunye-Congo umwe. Aba bashinwa nâuyu muturage wo muri Congo bishwe mu cyumweru gishize, mu gace gacukurwamo amabuye yâagaciro, muri teritwari ya Mambasa. Ikinyamakuru Actualitecd gitangaza ko ari abantu batatu […]
Perezida Tshisekedi arizera ko u Rwanda na Uganda bitazagera aho kurwana
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi avuga ko nâubwo umubano wâu Rwanda na Uganda utifashe neza, yizeye ko bitazagera aho bikozanyaho. Perezida Tshiseketi yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2019, mu nama Nyafurika yâabayobozi bâibigo, Africa CEO Forum 2019, yaberaga i Kigali. Avuga ko nkâumuyobozi wâigihugu cyo mu karere […]
Gasabo : Urukiko rwemeye kwakira ubujurire bwâumuryango wa Rwigara
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwemeye kwakira ikirego cyâuruganda rwâitabi rwa Rwigara gisaba gutesha agaciro cyamunara yâimitungo yarwo. Ni icyemezo cyasomewe mu cyumba cyâurukiko baba abanyamategeko bahagarariye abaregwa, uhagarariye ikigo MM&RGD cyatsindiye cyamunara, ndetse nâumunyamategeko uhagarariye uruganda rwâitabi rwa Rwigara badahari. Mu rukiko hagaragaye gusa Uwamahoro Anne Rwigara umuyobozi wâuruganda Premier Tobacco Company Ltd akaba nâumunyamigabane […]
U Rwanda na Maroc byiyemeje gusangizanya ubunararibonye bifite
Itsinda ryâabayobozi bagera ku 100 ryaturutse mu gihugu cya Maroc ryakiriwe mu Rwanda, rigirana ibiganiro na Minisitiri wâIntebe wâu Rwanda, Dr. Ngirente Edouard ndetse na Perezida wa Sena yâu Rwanda, Hon. Makuza Bernard. Mu biganiro bagiranye impande zombi zikaba zishima umubano mwiza uri hagati yâibihugu byombi. Itsinda ryâabayobozi bâabanya- Maroc ryari riyobowe na Hon. Mohcine […]
Uganda: Umunyarwanda yishe umugore we amukebye ijosi nâamabere abana bareba
Umunyarwanda William Bizimungu utuye ahitwa Luteete- Gayaza mu Mujyi wa Kampala yakebye ijosi nâamabere byâumugore we Justine Kayitesi uzwi nka mama Rachel na we ufite inkomoko mu Rwanda abana babo bareba. Ubusanzwe aba bombi bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku kuba umugabo atita ku bana batatu bafitanye bitewe no kujya mu nshoreke. Kayitesi yagannye inkiko zitegeka […]
Hon. Mbidde arashinja igihugu cye kuba inyuma yâumwuka mubi hagati yacyo nâu Rwanda
Dennis Mukasa Mbidde, Umudepite uhagarariye Uganda mu Nteko shinga Amategeko ya EAC (EALA) arashinja igihugu cye kuba ari cyo nyirabayazana yâumwuka mubi uri hagati yacyo nâu Rwanda muri iki gihe. Mu kiganiro yagiranye na The New Times ku murongo wa telephone, yavuze ko kuba Uganda ntacyo ivuga ku birego ikomeje gushinjwa nâu Rwanda birushaho gukomeza […]
Ukuriye igisirikare cya Algeria yasabye Perezida Abdelaziz Bouteflika kuva ku butegetsi
Ukuriye igisirikare cya Algeria yasabye Perezida wa Repubulika, Abdelaziz Bouteflika kurekura ubutegetsi mu gihe imyigaragambyo yâabaturage ikomeje imusaba kubuvaho. Gen. Ahmed Gaid Salah, asanzwe yungirije Minisitiri wâIngabo akaba asaba Abdelaziz kwegura hakurikijwe ingingo yo mu Itegeko Nshinga. Nkâuko BBC yabitangaje, ngo iyo ngingo yo mu Itegeko Nshinga yemera ko hatangazwa ko umwanya wâumukuru wâigihugu nta […]
Twe abayobozi ntituzahoraho, ariko ibihugu byacu bizaturana iteka âTshisekedi
 Perezida Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavugiye i Kigali mu Rwanda ijambo rikomeye akebura abakuru bâibihugu byâumwihariko nâabandi bayobozi muri rusange, ko bagomba kwirinda ibyatuma ibihugu byabo bitabana neza, kuko bazabisiga nyamara byo bigakomeza guturana iteka.  Ibi Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yabivuze mu nama mpuzamahanga yiswe CEOs Forum, mu kiganiro […]
KU MUNSI NK'UYU: Amwe mu mateka yaranze tariki ya 27 Werurwe ku isi yose
Mbahaye ikaze mu cyegeranyo âKu Munsi nkâUyuâ kivuga ku mateka yâingenzi yaranze isi kuri buri tariki. Ngewe ugitegura nitwa Tuyizere Jean de Dieu. Iki cyegeranyo kandi kizajya gikomoza ku byaranze isi harimo ibikorwa bitandukanye byakozwe nâibyamamare muri politiki, abaturage ubwabo, imyidagaduro, ubukungu nâizindi ngeri. Hari ibyaranze ibihugu bikomeye ku isi mu bihe byatambutse; ibi na […]