Abazahagararira u Rwanda mu mahanga bashya
Ashingiye ku biteganywa nâItegeko Nshinga rya Repubulika yâu Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 111; none ku wa 15 Nyakanga 2019, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abazahagarira u Rwanda mu bihugu byâamahanga mu buryo bukurikira: Gasamagera Wellars azahagararira u Rwanda muri Repubulika ya Angola. Higiro Prosper azahagararira u […]
Asia: Umwuzure watwaye ubuzima bwa benshi mu bihugu bitatu
Kuri iyi tariki ya 15 Nyakanga 2019, umwuzure wishe abantu 130 mu bihugu by’Ubuhinde, Nepal na Bangladesh, abantu hafi miliyoni enye bavanwa mu byabo. BBC ivuga ko 67 bapfiriye muri Nepal, 30 barabura, abandi 38 barakomereka nk’uko igipolisi cy’iki gihugu kibitangaza. Umugezi wa Brahmaputra utemba unyura mu Buhinde, Bangladesh n’Ubushinwa wuzuye, ujya mu biturage bisaga […]
Minisiteri yâubuzima iraburira abakoresha umupaka wa Rubavu kutajya I Goma mu gihe hakivugwa Ebola
 Minisitiri wâubuzima Dr Diane Gashumba araburira abanyarwanda bakoresha umupaka wa Rubavu kwirinda kujya I Goma mu gihe hakivugwa Ebola ndetse nâabagiyeyo bakitwararika. Ibi minisitiri Gashumba yabisabye abanyarwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Nyakanga 2019 ,ubwo yaganiraga nâabanyamakuru ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo uherereye mu Burengerazuba bwâu Rwanda mu karere ka […]
Nyamasheke: Abayobozi ba FPR/ Inkotanyi basabwe kongera ingufu mu kuzamura imibereho myiza y'abaturage
Mu mahugurwa yâumunsi umwe yâinzego nshya zâumuryango FPR/Inkotanyi ku rwego rwâUmurenge muri Nyamasheke, abatowe basabwe byinshi birimo guharanira ko buri muturage wâaka karere agira imibereho irushijeho kuba myiza, ubunyangamugayo no kuba intangarugero muri byose byiza aho batuye no kwirinda icyabangamira cyose ko intego zâumuryango FPR Inkotanyi mu kuzamura imibereho myiza yâabaturage zigerwaho. Ni amahugurwa aje […]
Bobi Wine na Chameleone bambariye urugamba rwo kuvana Museveni ku butegetsi
Dr Chameleone na Bobi Wine, bombi bamenyekanye cyane kubera muzika, batangaza ko ubu bambariye urugamba rugamije impinduka muri Uganda. Jose Chameleone aherutse gutangaza ko na we yinjiye muri politiki, mu gihe Bobi Wine we ayimazemo igihe. Chameleone amazina ye y’ukuri ni Joseph Mayanja yatangaje ko yinjiye muri politiki nk’umuyoboke w’ishyaka Democratic Party ritavuga rumwe n’ubutegetsi. […]
Burundi: Ikinyamakuru cyari gisigaye kivuga ibitagenda gishobora gufungwa mbere yâamatora
Ikinyamakuru Iwacu cyo mu gihugu cyâu Burundi kiri mu gihirahiro nyuma yâaho amakuru gifite yemeza ko gishobora no gufungwa mbere yâamatora yo mu 2020. Ni nyuma yo kuburirwa nâIkigo gishinzwe kugenzura itangazamakuru, CNC. Aya makuru yemejwe nâumuyobozi wâIkinyamakuru Iwacu, Antoine kaburahe, kuri ubu ubarizwa mu buhungiro kuko nawe ari mu bashinjwa gushaka guhungabanya inzego zâigihugu […]
Uwari ihabara rya Diamond yibasiye Tanasha Donna
Uwari ihabara ryâumuhanzi Diamond Platnumz, Lynn yibasiye Tanasha Donna kuri ubu utwitiye uyu muhanzi ashaka kumvikanisha ko aciriritse. Uyu mukobwa na we uri mu bihagazeho mu bijyanye nâimitungo yannyeze Tanasha avuga  ko atunze imodoka ari uko atwite inda ya Diamond. Amwishongoraho avuga ko we yigize cyane ko atunze imodoka enye bidasabye ko atwita cyanwga ngo […]
Kigali: Hashyizwe ibuye ry'ifatizo ahagiye kubakwa ibiro by'Umudugudu wa Kamatamu utarangwamo ibyaha
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga 2019, ubwo Polisi yâu Rwanda yatangizaga ukwezi kwahariwe ibikorwa byayo, hashyizwe ibuye fatizo ahagiye kubakwa ibiro byâUmudugudu wa Kamatamu, uherereye mu Murenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali, nk’umudugudu watoranyijwe nkâutarangwamo ibyaha. Kamatamu iri mu midugudu itarangwamo icyaha izubakirwa ibiro byo gukoreramo muri uku […]
Sinkijya koga muri Pisine, banteye ubwoba ko nshobora kuzatwitiramo- Ese nibyo?
Mugire amahoro ya Nyagasani, nitwa Betty iwacu ni mu Karere ka Nyarugenge, nkaba mfite imyaka 25 y’amavuko. Nakundaga kujya koga muri Pisine rusange ariko bambwiye ko umugabo cyangwa se umusore ashobora gusohoreramo intanga ze zikaba zakwinjira mu gitsina, umukobwa akaba yahita atwitiramo. Aya makuru yanteye ubwoba, ku buryo hari inshuti zanjye nke nabajije zimbwira ko […]
Yagiye kwiba mu rusengero rwa PEFA asiga ibaruwa isaba imbabazi
Mu Ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nyakanga, igisambo kinjiye mu rusengero rwa PEFA ruherereye ahitwa Nyandarua, mu gihugu cya Kenya, kirangije gisiga ibaruwa isaba imbabazi kubwâicyo gikorwa. Ngo ni nyuma yo gusanga nta mafaranga ari mu rusengero. Ibi ngo byabaye nyuma yâamezi makeya abaturage baciye umutwe abantu bakekwagaho […]
Kicukiro: Abagabo basabwe kwitabira umugoroba wâababyeyi
Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro bavuga ko aho batangiriye kwitabira umugoroba wâababyeyi, hari byinshi bigenda bikemuka mu ngo birimo amakimbirane, igwingira ryâabana, isuku nâibindi, bityo nâabagabo bakaba basabwa kuwitabira ari benshi. Bavuga ko mu mugoroba wâababyeyi bahigira byinshi bitandukanye birimo nâiterambere ryâumudugudu batuyemo, bakaba bifuza ko ibyiciro byose birimo abagabo nâabagore byawitabira. Uyu atiâ […]
Ku ishuri bigeze kutubaza icyo tuzaba dukuze mvuga ko nzaba Perezida- Amb.Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Nduhungirehe Olivier, avuga ko yakunze Politiki akiri muto, byâumwihariko akaba yarumvaga mu nzozi ze yazaba Perezida. Gukunda politiki no kumva yazaba umuntu ukomeye muri Politiki, Nduhungirehe, avuga ko afite aho abikomora, ngo kuko se umubyara na we yari umunyapolitiki. Mu kiganiro yagiranye […]
Imana iguha ibyo ukeneye byose
IGICE CYA MBERE Abanyafilipi 4:19 âKandi Imana yanjye, mu bukungahare nâikuzo byayo, izabasenderezaho ingabire zayo mu byo mukeneye byose, muri Yesu Kristo.â Bibiliya iragira iti â Ibyo ukeneye bitari mu kwifuza kwawe.â Twese turifuza, siko biri? Iyo uguze ikintu hati ikindi gihita cyaduka maze ukumva nacyo wahita ukigura.  Dutunze telefoni, ariko iyo haje indi […]
Amakuru agezweho: Igura n'igurisha mu mupira w'amaguru
Amakuru y’igura n’igurisha aracyavugwa cyane mu mupira w’amaguru. Amwe aracyari impuha, andi ni impamo. Tuyakomora ku binyamakuru bitandukanye bivuga ku mupira w’amaguru, uyu munsi. Inkuru ya mbere ivuga ko Manchester United na Leicester City zamaze kumvikana kuri myugariro Harry Maguire nyuma y’aho atangarije ko atagikeneye kuguma muri iyi kipe ya Leicester. The Sun ivuga ko […]
Paris: Ibirori byâUmunsi wâUbwigenge byasojwe no guhangana hagati ya polisi nâabigaragambya
Ibirori byo kwizihiza Umunsi wâUbwigenge mu Bufaransa bizwi nka Bastille Day, kuri iki Cyumweru, itariki 14 Nyakanga, I Paris byasojwe no guhangana hagati yâigipolisi nâabigaragambya (bafitanye isano n’aba Gilets jaunes), aho abagera mu 170 batawe muri yombi nkâuko bitangazwa nâubuyobozi. Abayobozi mu Muryango wâUbumwe bwâu Burayi nka Chancelliere wâu Budage, Angela Melker na Minisitiri wâIntebe […]
Uganda: Gen. Henry Tumukunde yatangiye urugendo rwo guhatanira ubuyobozi bwa Kampala
Maj. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari minisitiri wâumutekano wa Uganda yatangiye kwiyamamariza bucece umwanya wâUmuyobozi wâUmujyi wa Kampala mu matora ateganyijwe mu 2021. Gen Henry Tumukunde akaba yiteguye guhangana na Erias Lukwago, usanzwe uyobora Umujyi wa Kampala, ubarizwa ku ruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi ndetse nâumuhanzi Jose Chameleone. Uyu wahoze ukuriye inzego zâubutasi, wagize uruhare mu […]
2019: Umusirikare wa Amerika wa 11 yapfiriye muri Afuganistani
Minisiteri y’Ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, itangaza ko umwe mu basirikare bayo kabuhariwe yapfiriye ku rugamba muri Afughanistani. Umusirikare James “Ryan” Sartor yapfuye ku wa Gatandatu tariki ya 13 Nyakanga 2019, nyuma yo gukomeretswa bikomeye nâamasasu yâumwanzi. Akaba abaye umusirikare wa Amerika wa 11 wiciwe muri Afuganistani kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, […]
Gakenke: Polisi yafashe umugabo ucyekwaho gukoresha impapuro mpimbano
Muri iki cyumweru dusoje, Polisi yâu Rwanda ikorere mu karere ka Gakenke yafashe uwitwa Havugimana Etienne ufite imyaka 36 yâamavuko atwaye imodoka Pickup/Hilux RAB 924 W afite icyangombwa cyâigihimbano kigaragaza ko imodoka ye yakorewe isuzumwa ryâubuziranenge nâikigo cya Polisi gishinzwe gusuzuma ubuziranenge bwâimodoka kizwi nka control technique. Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâAmajyaruguru Chief Inspector […]
AFCON 2019: Kwitsinda no guhusha penaliti ni byo byaranze imikino ya 1/2
Imikino ya 1/2 y’irushanwa ry’Afurika ry’ibihugu yabaye kuri uyu wa 14 Nyakanga, amakipe yose yifuza gukina umukino wa nyuma; amahirwe rukumbi yari kuzashobora kuyahesha igikombe. Uko ari ibiri yabereye ku masaha atandukanye. Saa kumi n’ebyiri za hano mu Rwanda, Senegal na Tunisia zahatanye saa tatu z’ijoro, Algeria na Nigeria biba uko ku kibuga mpuzamahanga cya […]