Batawe muri yombi bazira kwivugana urusamagwe rwishe mugenzi wabo
Igipolisi cyo mu Buhinde cyataye muri yombi abaturage bakubise urusamagwe rukarinda rupfa. Aba baturage baruhoraga gukomeretsa mugenzi wabo bimuviramo urupfu. Aya mashusho y’urusamagwe rwakubiswe yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga. Abayobozi bavuze ko uru rusamagwe rwateye abantu icyenda, uyu wapfuye rwari rwamukomerekeje cyane. Umubare w’inyamaswa zo mu ishyamba zigabiza ibiturage ugenda wiyongera muri iki gihugu, abahanga mu […]
Uburanga bw'abakobwa bari muri Miss Uganda 2019/2020-amafoto
Irushanwa rya Miss Uganda 2019/2020 rirarimbanyije, aho ubu hasigayemo abakobwa 20 bahatanira ikamba. Muri iri joro ryo ku wa 26 Nyakanga ni bwo hamenyekana Nyampinga mushya w’iki gihugu, asimbure Quiin Abenakyo umazeho umwaka. Ibi birori birabera muri hoteli ya Sheraton Kampala,
Uganda: Minisitiri yasabye abagemuraga ibicuruzwa mu Rwanda kurwibagirwa
Minisitiri wâUbucuruzi wa Uganda, Amelia Kyambadde yasabye abacuruzi kwirengagiza kugurisha ibicuruzwa byabo mu Rwanda kuko ngo ari isoko rito. Mu nama yâIkigo cyâIgihugu cyâIgenamigambi (NPA) ku bufatanye nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) yabereye muri Serena Hoteli i Kampala ku wa 25 Nyakanga 2019, Min. Kyambadde yasabye abacuruzi kuva mu byo yise â Amarangamutimaâ […]
Rusizi/ Nkombo: Imiryango 24 yashyikirijwe inzu zo guturamo- AMAFOTO
Imiryango 24 yo mu tugari tunyuranye two mu murenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi yabaga mu buryo buteye agahinda urebye uko inzu yabagamo zari zimeze yashyikirijwe inzu nziza zo guturamo nâamatorero ya ADEPR Ishywa,EMLR Nkombo na EAR Nkombo ku bufatanye na Compassion international,ikaba yishimiye gutura heza habereye ikiremwamuntu. Muri izi nzu harimo 8 zo […]
Byinshi wamenya ku ndwara ya Ebola imaze guhitana abagera ku 1600 muri Congo
Indwara ya Ebola  ( EVD ) or Ebola irangwa no kuvira imbere no guhinda umuriro  ( EHF ) ni indwara abantu barware bayitewe nâ Agakoko ka Ebola. Ibimenyetso nyir’izina byayo bitangira kugaragara guhera ku minsi ibiri kugera ku byumweru bitatu umuntu yandujwe n’ako gakoko, akagira umuriro, akababara mu muhogo, akaribwa mu mitsi, no kurwara umutwe. Byâumwihariko agira iseseme, akaruka, kandi agahitwa hakurikiraho, […]
Niringiyimana Emmanuel wakoze umuhanda wa 3km afite ibaruwa yifuza guha Perezida Kagame
Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko akaba atuye mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi avuga ko yifuza guhura na Perezida Kagame akamuha ibaruwa amushimira ibikorwa by’intashyikirwa yagejeje ku Bnayarwanda. Niringiyimana yamenyekanye ku bw’igikorwa yakoze iwabo, aho uyu musore amaze imyaka itatu akora umuhanda wapimwe bagasanga ufite […]
Kampala/ Kansanga: Hari abandi Banyarwanda batawe muri yombi bavanwe mu rusengero
Hari amakuru avuga ko hari abandi Banyarwanda batazwi umubare batawe muri yombi mu gace ka Kansanga na Ndeeba mu Mujyi wa Kampala. Abandi Banyarwanda basaga 40 baherutse gutabwa muri yombi kuwa Kabiri wâiki cyumweru basanzwe mu rusengero rwa ADEPR. Ikinyamakuru Eyalama dukesha iyi nkuru kivuga ko ubwo cyaganirizaga abaturage bo mu gace ka Besania ku […]
Umwe mu barwanya Leta arakemanga umubano wâu Bufaransa nâu Burundi wubuwe
Umuyobozi wa Focode, umwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, Pacific Nininahazwe, yakemanze ibyâumubano wâu Burundi nâu Bufaransa wubuwe, mu gihe iyi Leta ya Nkurunziza ishinjwa ibyaha birimo  ibyibasira inyoko muntu. Ubufaransa n’Uburundi ni ibihugu byari bisanzwe bifitanye umubano mwiza ariko amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu 2015 aza kuba imbarutso yo kuba uhagaze. […]
Uwakoranye indirimbo na Urban Boyz arembeye mu bitaro
Umuhanzikazi wâUmunyayuganda, Jackie Chandiru wafatanyije indirimbo na Urban Boyz yitwa arembeye mu bitaro bimwe byo muri Kampala. Amakuru ava mu bantu be ba hafi, bavuga ko uyu mukobwa wakoranye na Urban Boyz (iyari igizwe na batatu) yitwa âTake it offâ yakunzwe na benshi yageze mu bitaro umubiri wose wabaye ibisebe kandi yambaye imyenda isa nâinkweto […]
Hamenyekanye igihe guverinoma nshya ya Congo izatangarizwa
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Guverinoma yâigihugu yari itarashyirwaho kuva hajyaho umukuru wâigihugu mushya, hazatangazwa igihe izashyirirwaho kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Nyakanga nyuma yâibiganiro byahuje impande zizaba ziganje muri guverinoma. Senateri Francois Mwamba, umwe mu bari muri ibi biganiro ukomoka mu ihuriro CACH (Cap pour le Changement), niwe […]
Byabaye agahomamunwa: Umugabo wanjye yagiye gusaba mama icyumba cyo gusambaniramo- Nkore iki?
Mu Kinyarwanda baca umugani ngo iminsi yâigisambo iba ibaze, nâumugabo wanjye navuga ko yabaye igisambo afatwa ku munsi wa 40. Kuko ubwo yari yagiye mu mahugurwa mu Karere ka Nyagatare, yagiye gukodesha icyumba (Lodge) cyo kuraramo, uwo yacyakaga ari mama wanjye, ariko yarakimwimye. Ndi umugore, maze imyaka ine mbana nâumugabo wanjye, nta mwana twari twabyara […]
Nyakariro-Kabuga: Bavuga ko iterambere ryabo rikomwa mu nkokora n'umuhanda mubi
Bamwe mu baturage b’Akarere ka Kicukiro na Rwamagana bakoresha umuhanda Masaka-Nyakariro uhuza utu turere, bahangayikishijwe n’iyangirika rikabije ry’uyu muhanda ku gice cy’Akarere ka Kicukiro. Iyangirika ry’umuhanda rigaragara ku gice cy’Akarere ka Kicukiro mu Murenge wa Masaka, aho usanga warajemo ibinogo, abawukoresha bavuga ko utaborohereza mu buhahirane kuko ibinyabiziga bitwaye imyaka birangirika. Gusa, iki kibazo kiri […]
Ntibizorohera Koreya yâEpfo kwirinda iki gisasu- Kim Jong-Un
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-Un atangaza ko igisasu igihugu cye giherutse kugereragezwa, kizahitana mukeba, Koreya yâEpfo nta kabuza. Igisasu giherutse kugeragerezwa mu nyanja yâAbayapani byavuzwe ko ngo kigenda ahantu hato ariko kigenda ibirometero 690 nkâuko Umugaba wâIngabo za Koreya ya Ruguru zibivuga. Perezida Kim avuga ko uku kugerageza ibi bisasu biba ari uguhangana […]
Wigira ubwoba-Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministries (NEMI)â asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. 2 Amateka 20:17 âMuri iyo ntambara ntimuzagomba kurwana, muzihagararire mwiremere inteko gusa, mwirebere agakiza Uwiteka […]
RNC irashinjwa kuba inyuma yâitabwa muri yombi ryâAbanyarwanda 40 riherutse muri Uganda
Nyuma yâitabwa muri yombi ryâAbanyarwanda bagera kuri 40 baherutse gufatirwa mu rusengero rwa ADEPR muri Uganda ahitwa Kibuye, mu nkengero za Kampala, amakuru yizewe agera kuri The New Times aravuga ko aba bagambaniwe nâabayoboke bâishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa ari bo; Frank Ruhinda na Pasitoro Busigo. Amakuru yavuye muri bamwe mu bayoboke bâiri torero batashatse […]
âHMS Montroseâ igiye kujya iherekeza amato yâAbongereza anyura mu Kigobe cya Hormuz
Ubwato bwâintambara bwâu bwongereza bugiye kujya buherekeza amato yose yâAbongereza anyura mu Kigobe cya Hormuz, impinduka zatangajwe mu gihe hakomeje gututumba intambara mu kigobe. Ubwato bwâintambara buzwi nka HMS Montrose bwâAbongereza nibwo bwahawe inshingano zo kujya buherekeza andi mato yâubucuruzi yâAbongereza akoresha inzira yo mu Kigobe cya Hormuz ikunze kunyuramo amato atwaye peteroli. Buzajya buherekeza […]
Dr. Ntirushwa yakebuye abitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro
Dr. Ntirushwa David umuganga mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUKÂ Â avuga ko bidakwiye ko umugabo n’umugore bitana bamwana mu gihe batarabona urubyaro, ahubwo ko hari ibyo bombi baba batuzuza neza. Kuba hari abashyira igitutu ku bamaze gushakana bamaze igihe kitagera ku myaka ibiri batarabona urubyaro,abakurikiranira hafi ibyâubuzima bavuga ko atari byo kuko nta shingiro […]
RDC: Inyeshyamba zitari zizwi za CODECO zishe abantu batanu
Abantu batanu bishwe amatungo menshi arasahurwa mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane rishyira kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Nyakanga bikozwe nâinyeshyamba zo mu mutwe wa CODECO, mu giturage cya Tchusa, groupement ya Buku, sheferi ya Bahama-Nord muri teritwari ya Djugu, ho mu burasirazuba bwa Congo. Perezida wa Sosiyete Sivile yâaha witwa DĂ©sirĂ© Banza […]
Uganda: Abanyarwanda 40 Â bafashwe bari âbaranzeâ kwimenyekanisha mu nzego zâibanze
Abaturage bâagace ka Besania, muri Kibuye muri Rubaga mu Mujyi wa Kampala bavuga ko Abanyarwanda bafashwe bashinjwa kuba intasi bari baranze gutanga ibyangombwa bibaranga mu nzego zâibanze za Uganda. Ubusanzwe, iyo umuturage wa Uganda yakiriye umushyitsi abimenyesha inzego zâibanze zâaho atuye ( babyita kwiyanzuza). Umuyobozi Ushinzwe Umutekano mu gace ka Besania ahari urusengero rwa ADEPR […]
Abapolisi basaga 100 batanze amaraso yo gufasha abarwayi
Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi gukorwamo ibikorwa byinshi bitandukanye birimo kubaka ibiro byâimidugudu itarangwamo ibyaha, kubakira abatishoboye, gutanga ubwisungane mu kwivuza, kugabira abantu, gutanga amatara nâamazi ndetse hakiyongeraho nâigikorwa cyo gutanga amaraso. Ibi byose Polisi ibikora mu rwego rwo kurushaho kuzamura imibereho myiza yâabaturage no gushimangira ubufatanye hagati yayo nâabaturage. Ni muri urwo rwego mu […]
RDC: Minisitiri wâubutabera yakubitiwe mu myigaragambyo ajyanwa mu bitaro
Abayoboke bâishyaka UDPS, riri ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Mbuji, mu Ntara ya Kasai-Oriental kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 24 Nyakanga bigabije imihanda banibasira minisitiri wâubutabera wâintara arakubitwa ajyanwa mu bitaro. Abigaragambya basabaga gusubiza muri guverinoma yâintara umuntu wabo witwa Boniface Kapena. Kuri uyu munsi bivugwa ko wari uwa kabiri […]
IBITEKEREZO BYAWE BISHUSHANYA IKARITA IGOMBA KU KUYOBORA-Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Ibitekerezo byawe igihe cyose biba bitegereje ko ubibwira icyo ushaka kuba cyo, cyangwa uko ushaka ko […]
Lt. Gen. Henry Tumukunde mu bazahatana na Museveni mu matora
Lt. Gen. Henry Tumukunde wahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda yavuze ko ashobora kuzahatana na Museveni n’abandi mu matora y’umukuru w’igihugu azaba mu 2021. Lt. Gen.Tumukunde yatangiye mu buryo buri wese atakekaga ko yagera kuri uru rwego. Nk’uko Chimp Reports ibivuga, yatangiye avuga ko aziyamamariza umwanya wa meya w’umugi wa Kampala. Yagiye ahura n’imiryango itandukanye […]