The Chainsmokers, Marshmello na C. Harris mu ba-DJs barumbukiwe mu 2019
Abavanga umuziki (DJs) ni bamwe mu bagira uruhare mu iterambere ry’umuziki cyane ko bari mu bawukina kenshi bagashyiramo n’ubuhanga bwabo. Aka ni ko kazi kabatunze kuva ubwo Jimmy Savile yakoraga igitaramo cya mbere avanga umuziki wa jazz mu 1943. UmuDJ ashobora gukora igitaramo wenyine kandi akakiryoshya bitewe n’uburyo avanga umuziki buryoheye amatwi. Abahanzi bamaze kubona […]
Willy Paul, umubwirizabutumwa washyize hanze indirimbo, abafana basaba ko ihagarikwa igitaraganya
Willy Paul ni umuhanzi w’Umunyakenya ujya anyuzamo agakora n’indirimbo ziramya zikanahimbaza Imana ariko ubu akaba ari kwibanda mu muziki usanzwe (secular music). Yashyize hanze indirimbo yise Lamba Nyonyo, bituma Abanyakenya basaba leta kuyihagarika byihutirwa. Impamvu ngo indirimbo igomba guhagarikwa ni izina ryayo ndetse n’ubutumwa buyirimo butesha agaciro umugore. Nk’umuhanzi, birashoboka ko Willy Paul hari ikindi […]
Abaholandi batatu n'abakinira Liverpool batatu mu bakinnyi 10 b'umwaka-FIFA
Umunya-Senegal, Sadio Mane, Umunyamisiri, Mohamed Salah na Virgil Van Dijk w’Umuholandi bari mu bakinnyi 10 b’umwaka w’imikino wa 2018/2019 batoranyijwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA. Aba uko ari batatu bakinira Liverpool FC mu Bwongereza. Uru rutonde ni rwo ruzashyingirwaho mu gutoranya umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino, hashingiwe ku ruhare bagize mu myitwarire myiza ya ‘club’ […]
Burundi: Ingoro ya CNL muri Rumonge yatwitswe n’abakekwa kuba Imbonerakure
Abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi bakomeje kwibasirwa mu gihe hitegurwa amatora y’umukuru w’igihugu mu mwaka utaha, aho kuri ubu havugwa itwikwa ry’ingoro y’ishyaka CNL, rya Agathon Rwasa, muri Rumonge. Amakuru aturuka mu binyamakuru by’I Burundi aravuga ko ubu ikigezweho kuri iri shyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ari ugusenya ingoro zaryo hirya no hino ndetse no […]
Rubavu: Umusore na nyina barashinjwa gufatanya kwica se
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugore witwa Uzabakiriho Theodosie ndetse n’umuhungu we Ngirimana Vedaste, bakekwaho icyaha cy’Ubwicanyi, bakoreye umugabo w’uwo mugore ndetse akaba na se w’uwo muhungu. Ibi byabaye mu Mudugudu wa Butenga, Akagali ka Nyabipfura, Umurenge wa Sovu, Akarere ka Ngororero, Intara y’Iburengerazuba, aho uyu nyakwigendera yabwiraga umugore we ngo bajye gushaka […]
Perezida Museveni yagize ibanga ibyo yaganiriye na mugenzi we Kagame muri Angola
Perezida Yoweli Museveni wa Uganda avuga ko ibibazo by’umupaka biri hagati y’u Rwanda na Uganda bizakemuka bitewe n’ibiganiro byamuhuje na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame muri Angola gusa avuga ko ibyaganiriweho ntacyo yabivugaho. Mu ruzinduko yagiriraga mu Karere ka Kabare, Museveni yabwiye abaturage ko afite icyizere bitewe n’uko iki kibazo cyaganiriweho n’impande zombi muri […]
Rwamagana: Abaturage barasaba gufashwa gusobanukirwa amategeko
Abaturage barasaba gufashwa kubona ubumenyi bw’ibanze ku mategeko bashingiye ku bahuye n’akarengane biturutse ku mategeko badasobanukiwe bagasanga byabafasha ntibazahure n’akarengane Mu nteko y’abaturage yateraniye ku kibuga cya Polisi giherereye mu Murenge wa Kigabiro kuwa kabiri hahuriye abaturage batuye mu mirenge ya Kigabiro,Muhazi,Gishari na Rubona . Abayobozi n’abakozi b’akarere bafatanyije n’abakozi b’imirenge bagejweho ibibazo by’abaturage bafatanya […]
Goma: Umuntu wa Kabiri wasanzwemo Ebola yamuhitanye
Umugabo basanzemo indwara ya Ebola, mu mujyi wa Goma yamuhitanye mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Nyakanga 2019. Uyu yari uwa kabiri basanzemo iki cyorezo muri uyu mujyi w’abantu barenga miliyoni. Uwa mbere, nawe yamuhitanye hatarashira amasaha 24 bamusanzemo iyi ndwara. Porofeseri Jean Jacques Muyembe ushinzwe ibikorwa byo […]
Nyamasheke: Baremeza ko hari abaturage bakibona mu ndorerwamo z'amoko
Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge isaba abarebwa na gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge bose mu karere ka Nyamasheke, cyane cyane abayobozi mu nzego z’ibanze, abanyamadini n’abandi, kongera imbaraga mu kuganiriza abaturage kuri gahunda ya Ndi umunyarwanda, kwita ku bumwe bwabo no kwirinda ivangura iryo ari ryo ryose mu gihe hari abacyirebera mu ndorerwamo z’amako. Mu biganiro biherutse guhuza […]
Koreya ya Ruguru yagerageje izindi missiles ebyiri ziraswa mu ntera ngufi
Koreya ya Ruguru yongeye kurasa mu nyanja izindi missiles ebyiri ziraswa mu ntera ngufi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, akaba ari inshuro ya kabiri mu cyumweru nk’uko byemezwa n’Igisirikare cya Koreya y’Epfo. Izi missiles ziraswa mu ntera ngufi zarashwe mu rukerera saa 5:06 na 5:27 zirasiwe ku nkombe zo mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu […]
Umugore yikoze mu nda atabizi yigongera umwana wari inyuma y’ imodoka
Umwana w’ umukobwa w’imyaka itanu yapfuye bitunguranye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Nyakanga 2019, ubwo nyina yasubizaga imodoka inyuma akamugonga. Ni impanuka yabereye muri Komini Saint-Jean-de-Monts, mu gihugu cy’u Bufaransa. Uyu mwana w’imyaka itanu akaba yari ari mu modoka hamwe n’ababyeyi be ndetse na bakuru be, umwe w’imyaka 11 n’undi wa 14. Uyu […]
Igipolisi cya Uganda kiravugwaho gushyingura huti huti Umunyarwanda wari umaze kwicwa
Umusore w’imyaka 21 w’Umunyarwanda witwa Janvier Nsanzimana yiciwe muri Uganda, umuvandimwe we, Jean d’Amour Rwabayeho, abasha kurokoka, none Igipolisi cya Uganda cyahise kimushyingura huti huti umuryango utagihaye uburenganzira. Biravugwa ko nyakwigendera na mukuru we bagabweho igitero n’abantu bitwaje imihoro mu Karere ka Kyenjojo, mu burengerazuba bwa Uganda. Nsanzimana na Rwabayeho bari bamaze amezi atandatu bakoreraga […]
Rusizi: Abagore 74 baremewe na bagenzi babo bibumbiye mu rugaga rushamikiye kuri FPR/ Inkotanyi
Mu gihe bigaragara ko bamwe mu bagore,cyane cyane abo mu cyaro muri aka karere bakirangwa n’ubushobozi buke bw’ifaranga aho bavuga ko kubona icyo barikuraho bigoye, abagore bagize urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi muri aka karere bavuga ko ibi bibazo bya bagenzi babo babizi kandi bahagurukiye kubafasha kubikemura,aho bahereye ku bagore 74 baremeye. Nk’uko […]
Abarundi barimo Jules Ulimwengu basabiwe kugenzurwa ku bijyanye n’indangamuntu
Umuyobozi wa Rugende WFC, Rurangirwa Louis, yasabye Urwego rw’Igihugu rw’Abinjira n’Abasohoka gusuzuma ibyangombwa bya bamwe mu bakinnyi b’Abarundi barimo Jules Ulimwengu ukinira Rayon Sports, bafite indangamuntu z’u Rwanda, we yemeza ko bamwe bazibonye binyuze mu buriganya kugira ngo bakine nk’abenegihugu. Ku rutonde rw’abakinnyi 16 yashyikirije uru  rwego, harimo rutahizamu wa Rayon Sports ukunzwe cyane, Jules […]
RDC: Jean-Pierre Bemba yasimbuye Moise Katumbi ku buyobozi bwa Lamuka
Urugamba rw’ukuri ku matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu mpera z’umwaka ushize muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ngo ntirarangira mu ihuriro Lamuka, aho mu nama yaryo yo kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Nyakanga I Lubumashi, ryongeye kwemeza ko ari ryo ryatsinze amatora yo kuwa 30 Ukuboza 2018 kandi rikaba rikomeje kwamagana ihimbwa ry’ibyavuye matora […]
Umusore namubwije ukuri ko mfite VIH/SIDA ariko ntabikozwa ngo tugomba kubana- NKORE IKI?
Nk’uko mbona hano ubutumwa buba bumeze, abandi babanza amazina n’aho batuye ariko mbiseguyeho mbere rwose, ntabwo mbitangaza, gusa ndi umunyarwandakazi w’imyaka 24, iyi myaka yose nkaba nyimaze mfite ubwandu bw’agakoko gatera SIDA. Mu buzuma  habaho gukunda no gukundwa, nanjye rero umusore yarankunze, tukajya tuganira ariko nkakunda kumubwira ko nta gahunda mfite yo kuzashaka umugabo. Kubera agahinda […]
Burundi: Abasirikare barataka gukatwa amafaranga batabimenyeshejwe
Bamwe mu basirikare b’u Burundi bavuga ko bakaswe amafaranga bahabwaga y’agahimbazamusyi k’uku kwezi kwa Karindwi, bityo bakababazwa n’uko byakozwe batabimenyeshejwe. Abasirikare bari bagenewe aka gahimbazamusyi ni abari mu myitozo ya gisirikare yo kubongerera ubumenyi mu birebana n’umwuga wabo. Agahimbazamusyi bagombaga guhabwa kangana na 10 % by’umushahara buri musirikare ahembwa, ariko bagakatwa batabwiwe impamvu. Nk’uko bitangazwa […]
Londres: Umugore w’umwami wa Dubai wafashe iy’ubuhungiro yishinganye mu butabera
Umwe mu bagore b’umwami wa Dubai, Igikomangomakazi Haya, wahunze Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE) mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Nyakanga agahungira I Londres, kuri uyu wa Kabiri yishinganishije mu butabera bw’u Bwongereza. Uyu mukobwa w’Umwami Hussein wayoboraga Jordania witabye Imana, yanegereye abacamanza bashinzwe ibibazo byo mu miryango mu Rukiko Rukuru rwa Londres asaba uburenganzira bwo […]
Gen. Tumukunde ku bavuga ko iyirukanwa rya Gen. Kayihura hari aho rihuriye n’u Rwanda
Uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano wa Uganda, Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde yagize icyo avuga ku byagiye bivugwa ko iyirukanwa rya Gen. Kayihura ryaba rifitanye isano n’u Rwanda. Gen. Kayihura yirukanwe ku mwanya w’Umuyobozi wa Polisi ya Uganda (IGP) muri Mata 2018. Muri Kamena, yatawe muri yombi agezwa imbere y’inkiko ashinjwa gushimuta impunzi z’Abanyarwanda akazohereza mu […]
Ababyeyi ba wa musore wakoze umuhanda wa 3km, bahishuye byinshi kuri we
Uyu muhungu Niringiyimana Emmanuel ni imfura yacu, nyina amutwise yaje kumera nk’ugize imibereho mibi ariko nyuma yo kuvuka aza kugira imibereho myiza. Ni umwana wakuranye igikuriro cyiza, yari afite urubavu ruto, ntabwo yakuze kurwaragurika, ntabwo ajya adusuzugura, mbese Imana yaramurinze natwe twese nk’ababyeyi be na barumuna be. Ibi ni ibyatangajwe n’ababyeyi ba Niringirimana Emmanuel, umusore […]
Igipolisi cya Tanzania cyemeye ko gifite umunyamakuru Erick Kabendera byakekwaga ko yashimuswe
Igipolisi cya Tanzania kuri uyu wa kabiri, itariki 30 Nyakanga cyatangaje ko ari cyo cyataye muri yombi umunyamakuru witwa Erick Kabendera, nyuma y’aho kuwa Mbere umuryango we wari watangaje ko Kabendera yashimutiwe n’abantu batazwi ariko bavugaga ko ari abapolisi. Polisi yo yabanje kuvuga ko itazi ibye. Kuri uyu wa Kabiri ariko Umukuru wa Polisi mu […]
Sudani y’Epfo: IGP Dan Munyuza kandi yitabiriye n’umuhango wo kwizihiza umunsi w'intwari
Ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rw’akazi agirira muri Sudan y’epfo, kuri uyu wa 30 Nyakanga, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yakiriwe na Mugenzi we wa Sudan y’Epfo General Majak Acek. Bagirana ibiganiro byibanze ku kurwanya no gukumira ibyaha, gusangira ubunarararibonye, kubaka ubushobozi no guhanahana amakuru. Ibi biganiro byagarutsweho n’aba bayobozi bombi […]
Hinjirwa n’ umuntu ufite ibintu bitatu mu maboko ye- Rev. Nibintije
Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Zaburi 100:4 “ Muze mu marembo ye mushima, muze mu bikari bye mu musingiza, Mu mushimire […]