Imyaka 100 y’Abadiventisti mu Rwanda isize uruhurirane rw’ibikorwa by’iterambere

Mu gihe cy’iminsi itatu haba ibikorwa binyuranye byo kwizihiza yubile y’imyaka 100 Itorero ry’Abadiventisti b’Umunsi wa Karindwi rimaze mu Rwanda, habaye ibikorwa binyuranye, birimo kwishimira ibyagezweho no kumurika ibishya. Kuwa 31 Kanama 2019, habaye isengesho rikuru kuri Stade Amahoro, ahahuriye Abadiventisti baturutse hirya no hino mu Rwanda, bakuzura Stade yose, abandi bagatererwa intebe mu mpande […]

Umweyo muri ba Meya uhatse iki?-ibitekerezo by'abaturage

Mu minsi itarenze ibiri, komite nyobozi mu turere twa Karongi, Ngororero , Muhanga, Burera ,Gisagara na Musanze,  bamaze kwegura abandi bareguzwa. Ibi byatumye abaturage bibaza, bavuga ndetse batekereza byinshi ndetse bamwe babona ko bishobora gukomereza no mu tundi turere nk’uko byagenze mu nkubiri yiswe ‘Tour du Rwanda’ mu buyobozi bw’uturere. Kuri uyu wa 2 Nzeri […]

Izere Imana yawe ko igomba guhagarika ibyo bitero

Zaburi 46:9 “Akuraho intambara kugeza ku mpera z’ isi, Umuheto arawuvunagura, n’ icumu araricagagura, Amagare y’ intambara ayatwikisha umuriro.” Imana wizeye kandi ukaba uyikorera ifite ubushobozi. N’ Imana ihindura imitima y’ abami. Ibitekerezo byayo biri kuri wowe, amarira yawe, ubusharire bwawe, ubwoba ufitiye ibibazo urimo, cyangwa icyo wifuza kubona ariko ukabona ko bidashoboka bifite akamaro […]

Gasabo: Dosiye ya Mukamazimpaka ushinjwa kwica umugabo we yashyikirijwe urukiko

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo bwashyikirije urukiko rw’ibanze rwa Gasabo dosiye bukurikiranyemo umugore witwa Mukamazimpaka Chanitta ukekwaho kwica umugabo we witwaga Ndahimana Callixte afatanyije na basaza be. Abaregwa imbere y’ Ubushinjacyaha bemera icyaha bagasobanura uburyo bafatanyije kwica Nyakwigendera.    Uru rubanza ruzaburanishwa ku wa ku wa 05 Nzeli 2019. Mukamazimpaka Chanitta yashyingiranywe mu buryo bwemewe n’amategeko […]

Abaherwe batatu muri Afurika batunze ibiruta iby’abaturage miliyoni 650

Abantu batatu bakize kurusha abandi muri Afurika umutungo wabo uruta uw’abakene miliyoni 650 bo kuri uyu mugabane uwushyize hamwe nk’uko raporo shya ya Oxfam ku busumbane ibigaragaza. Aba bantu bose bangana na kimwe cya kabiri cy’abaturage bose ba Afurika. Iyi raporo yiswe ‘A Tale of Two Continents’ yasohotse mu ijoro ryakeye mu gihe abategetsi ba […]

Uwahoze ari manaja wa Wendy wahuye na Perezida Kagame yafashwe

Uwahoze ari manaja w’Umwana w’umukobwa uzwi mu mikino ngororamubiri, Wendy Waeni, witwa Joe Mwangi Nduta yatawe muri yombi. Wendy yahuye na Perezida  Kagame mu 2016 nyuma yo kubimwisabira akoresheje Twitter. Mwangi yafashwe n’inzego z’iperereza muri Kenya (DCI) nyuma y’aho umuyobozi wazo,  George Kinoti atanze impapuro zo kumuta muri yombi. Wendy yari aherutse gutangaza ko uyu […]

Libya: Abasesenguzi bavuga ko kujyana abimukira mu Rwanda ari ukurwongerera ibibazo

Abakurikiranira hafi iby’ubuzima bw’abimukira bari muri Libya bangiwe kujya mu Burayi bavuga ko kohereza abagera kuri  500 Rwanda atari umuti urambye w’iki kibazo, ko ahubwo ari ukwimurira umutwaro muri iki gihugu. U Rwanda rurateganya kuzana bamwe mu bimukira bari muri Libya. Ubutegetsi bw’u Rwanda bwemeje ko hari ibiganiro hagati yabwo na Libya ku kuba aba […]

12 bacukuraga imva ya Dj Arafat batawe muri yombi

Abantu bagera kuri 12 batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatwa bacukura imva ya DJ Arafat uherutse kwitaba Imana azize impanuka ya moto. Umuyobozi w’umujyi wa Abidjan muri CĂ´te d’Ivoire, Vincent Tohbi IriĂ© yatangaje ko abo bafana bamaze gutabwa muri yombi hakaba hari gushakishwa n’abandi bafatanyije muri icyo gikorwa kigayitse. Amakuru avuga ko icyateye […]

Amb. Gasamagera yikomye Umubiligi wabajije Min. Sezibera impamvu atakigaragara mu ruhame

Ambasaderi w’u Rwanda muri Angola, Gasamagera Wellars yikomye umunyamakuru w’Umubiligi, Peter Verlinden wabajije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Richard Sezibera aho yari amaze iminsi, atagaragara mu ruhame. Minisitiri Richard Sezibera yaherukaga kugaragara mu ruhame taliki 11 Nyakanga ubwo yari i Londres mu Bwongereza aho yari yitabiriye inama y’ abaminisitiri itegura inama y’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ […]

Kigali: Col. Byabagamba na muramu we basabwe gukukuza urubanza bonyine

Iburana ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Nzeri 2019, ubushinjacyaha mu rukiko rw’ubujurire i Kigali bwatangaje ko Franà§ois Kabayiza yarangije igihano cye cy’igifungo cy’imyaka itanu ubu akaba yararekuwe. Abo bareganwa, Col Byabagamba na muramu we, Rusagara Frank basabwa gukomeza kuburana. Col Byabagamba yahoze akuriye abarinda umukuru w’igihugu, naho Frank Rusagara uri mu kiruhuko […]

Amabuye y’agaciro y’u Rwanda yatakaje agaciro ku isoko mpuzamahanga

Amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda yatakaje agaciro ugereranyije n’umwaka wa 2018. Kuri ubu amabuye nka Tini, Koruta na Wolofuramu ni yo avugwaho guta agaciro. Toni imwe y’Itini irikugura amadolari 15,700 ivuye ku bihumbi $21,000 yaguraga mu mwaka ushize ku isoko rya Londre mu Bwongereza. Toni imwe ya Wolofuramu iragura  amadorali 110 mu gihe yagauraga 180 […]

RDC: Inyeshyamba za FDLR zagabweho ibitero simusiga

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyerekanye kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, intwaro cyafashe mu bitero simusiga cyagabye ku nyeshyamba. Ni intwaro 172 z’ubwoko butandukanye cyambuye inyeshyamba. 60% by’izi ntwaro ngo zikaba zambuwe inyeshyamba mu gace ka Rugari, Teritwari ya Rutshuru, aho inyeshyamba za FDLR zikambitse kuva muri Nyakanga […]

Mfite umwana nonsa ariko n'umugabo wanjye akunda kunyonka amabere mu gihe cy'imibonano- Nkore iki?

Amahoro amahoro kuri mwese, nejejwe no kubana namwe aha kuri Bwiza.com, kandi nabashimira ku bw’ibitekerezo byanyu. Ndisegura, sinifuza gutangaza uwo ndiwe, gusa ndi Umunyarwandakazi utuye mu Ntara y’Amajyepfo, ariko mfite akabazo nifuza ko mungiraho inama. Umugabo wanjye tumaranye imyaka ibiri, dufite umwana muto, tutarabyara  yakundaga kunyonka amabere mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina cyangwa se mbere arimo […]

Musanze: Abagize Komite nyobozi y'Akarere bose begujwe

Amakuru agera kuri Bwiza.com kuri uyu wa 3 Nzeri 2019, avuga ko Komite nyobozi y’Akarere ka Musanze yegujwe. Radio/TV1 yavuganye na Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Musanze, Abayisenga Emile yavuze ko ruswa n’imyitwarire mibi y’aba bayobozi mu maso y’abo bayobora ari zimwe mu mpamvu zatumye beguzwa. Ubu mu `cyumba cy’inama cy’akarere ka Musanze hari kubera […]

Nyabihu: Abanyeshuri barataka kwiga banyagirwa, ubuyobozi buti “ Turabizi.”

Abanyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa REGA Catholique mu Murenge wa Bigogwe bavuga ko biga nabi bitewe n’amashuri yabo atagira amadirishya n’inzugi. Bavuga ko iyo imvura iguye amasomo ahagarara kuko buri wese ahita yiruka ashaka aho yikinga kugira ngo atanyagirwa. Prince Mico wiga kuri iri shuri ati “  Iyo imvura iguye, ruhita tujya gushaka aho […]

Abayobozi batatu b'Akarere ka Ngororero beguye ku mirimo yabo

Visi Meya ushinzwe ubukungu, Madame Kanyange Christine, Visi Meya ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Bwana Kuradusenge Janvier na Rukazambuga Gilbert, umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere, bose ba Ngororero beguye ku mirimo yabo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2019, ni bwo habaye Inama Njyanama idasanzwe. Ku murongo w’ibyigwa hari ugusuzuma ubusabe bwo kwegura ku mirimo yabo, […]

Urujijo ku nkongi y'umuriro yafashe inyubako y'ubucuruzi mu mujyi wa Rusizi

Inyubako y’ubucuruzi  igizwe n’imiryango itanu y’uwitwa  Gahunga Innocent iri mu mujyi rwagati wa Rusizi, yafashwe n’inkongi y’umuriro saa kumi n’iminota 10 z’umugoroba zo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Nzeri 2019, inkomoko y’iyi nkongi ikaba ikiri urujijo. Muri iyi miryango yose uko ari Itanu, itatu ni yo yagezweho n’umuriro mwinshi harimo umwe nyira wo […]

Dufite impungenge duterwa n'itotezwa dukorerwa n’Imbonerakure- Impunzi nshya z’Abarundi

Mu gihe Tanzania yiteguye gucyura impunzi yari icumbikiye z’Abarundi bizezwa ko umutekano ari ntamakemwa mu gihugu, hari abarimo guhunga igihugu berekeza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko bahunga itotezwa bakorerwa n’Imbonerakure.   Izi mpunzi z’Abarundi zirimo guhungira muri Congo, ngo zigenda umwe ku wundi, bavuga ko bahunze kubera umutekano muke, bakirirwa mu nkambi […]

Umusaruro w'isoko ry'igura n'igurisha ry'abakinnyi ku mugabane w'i Burayi

Tariki ya 2 Nzeri ni wo munsi isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryafunze ku mugabane w’i Burayi. Abakinnyi nka Mauro Icardi na Kaylor Navas bisanga muri Paris Saint Germain yo mu Bufaransa. Bamwe mu bakinnyi bahabwaga amahirwe yo kwerekeza ahandi, byarangiye bagumyemo mu makipe babarizwamo, abandi baratungurana nk’uko hari abo byagenze nk’uko abenshi babitekerezaga. Umuzamu wafashije […]

Umwana wa Knowless na Clement yashyizwe ahagaragara ku nshuro ya mbere- AMAFOTO

Nyuma y’imyaka ikabakaba itatu Ishimwe Clement na Butera Knowless babyaranye umwana w’umukobwa bise Ishimwe Or Butera, bamushyize ahagaragara. Se w’umwana, Clement yashyize amashusho ku rubuga rwa Instagram acurangira uyu mwana, akoresheje Piano. Mu magambo uyu mugabo usanzwe atunganya umuziki mu buryo bw’amajwi, yavuze ko ari uwa mbere mu b’ingenzi acurangiye. Abenshi bibazaga impamvu aba babyeyi […]