Kwizera guturuka ku Mana – Rev. Nibintije

ni-14.png

Si ukwizera kwange ahubwo ni ukwawe Mwami. Abantu benshi bakoresha imyizerere ya kamere batekereza ko ari iy’Imana maze bakibaza impamvu batakira ibituruka mu bikanza cyayo. Niba ushaka kwakira imigisha y’Imana, gutabarwa, ibitangaza n’ubuvuzi bwawe, ugomba kugira kwizera guturuka ku Mana. Kwizera ni impano y’Imana. “Mwakijijwe n’ubuntu bwo kwizera, ntibyavuye nuri mwe ahubwo ni impano y’Imana” […]

Tanzania: Umugore yiyiciye umwana, aramuteka arangije aramurya

Abaturage bagiye kureba iby'iyi nkuru adasanzwe

Hagati ya tariki ya 22 na 23 Ugushyingo 2019, Tanzaniya mu gace kitwa Njombe kari mu magepfo y’igihugu, umugore Christina Mlelwa yacunze umugabo atariyo, yica umwana we, aramuteka arangije aramurya. Aya makuru dukesha SDE avuga ko umuyobozi muri aka gace yavuze ko uyu mugore yari yasigaye mu rugo n’umwana we wari ukiri muto. Ubwo umugabo […]

Umurwayi yakuwemo impyiko ipimye ibiro birenze 7

Impyiko y'umurwayi wa 'Autosomal Dominant Polycystic Kidney Disease' ni uku imera

Mu Buhinde, abaganga bakuye mu murwayi impyiko ipimye ibiro 7.4 mu gihe impyiko y’umuntu usanzwe ipima hagati y’ikiro 0.12 (amagarama 120) na 0.15 kg. BBC dukesha aya makuru yatangaje ko umwe mu baganga bakuye impyiko muri uyu murwayi yemeza ko bisanzwe ko umuntu urwaye iyi ndwara agira impyiko isumba isanzwe gusa uburemere bw’iyi ntibusanzwe. Ubunini […]

Gen. Mugisha Muntu yasabye Museveni guta muri yombi abaminisitiri niba ashaka kurwanya ruswa

Umwe mu batavuga rumwe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, Rtd. Maj.Gen. Mugisha Muntu avuga ko bitakoroha kumvisha Abagande ko Leta iriho irwanya ruswa kandi ba minisitiri n’abandi bategetsi baza ku isonga mu kuyirya. Gen. Muntu kuri ubu uyoboye Ishyaka Alliance for National Transformation (ANT) avuga ko Abagande bashobora kuba bibeshya ko Perezida Museveni […]

Western Rwanda: Whole sector has not yet got electricity

Only one Sector namely Nyabirasi has not yet got electricity amongst 13 that make up Rutsiro District. The Sector, according to the residents, has suffered a big loss in terms of social and economic development. Some told media that they have to got about two hours to reach in Rubavu District to access services which […]

Mu mateka: Urugamba hagati y’abayoboke ba Kabila, aba Tshisekedi na polisi

Abapolisi bifashishije ibyuka biryana mu maso

Hari ku wa gatandatu tariki ya 26 Ugushyingo mu 2011, umunsi wa nyuma wari uwo kwiyamamariza amatora y’Umukuru w’Igihugu kuri sitade mpuzamahanga ya Martyrs iri i Kinshasa. Abiyamamazaga bari bahanganye cyane bari Joseph Kabila wari umukuru w’igihugu akaba umukandida wigenga, Etienne Tshisekedi w’ishyaka riharanira demukarasi n’iterambere ry’abaturage, UDPS (Union pour la DĂ©mocratie et le Progrès […]

Gisagara: Mkazi aeleza alivyopokonywa ng’ombe wake

Mkazi Wilayani Gisagara, Tarafa ya Save Kijijini Syanda, Clementine Mukeshimana ameonekana mbele ya Gavana wa Mkoa wa Kusini, Emmanuel Gasana akiwa na malalamiko ya kunyanganywa ng’ombe aliyepatiwa na serikali kwa mradi wa ‘ Gira Inka’ kumaanisha ” Miliki ng’ombe’ Mkuu wa Kijiji, alimuambia Gavana tarehe 5 Novemba kwamba Mukeshimana alinyimwa ng’ombe wake kwani hakuwa na […]

Urubanza rwa Neretse: Isaha irenga rwabuze gica mu banyamategeko, itangazamakuru ryemerewe gukurikira

Uwahoze ari Superefe wa Busengo mu Ruhengeri yasabye ko Abanyamakuru basohorwa agatanga ubuhamya badahari. Ni impaka zikomeye zatumye abacamanza biherera kuva satatu kugera saa sita , birangira hemejwe ko abanyamakuru batagomba gukumirwa. Ni umwanzuro usa nkuwatunguranye aho umwe mubatangabuhamya yasabye ko abutanga mu muhezo nta banyamakuru bahari kumpamvu yavugaga adashaka ko ubuzima bwe bwajya mu […]

Mibirizi: Umubyeyi arashinja muganga guhugira kuri mudasobwa kugeza ubwo nyababyeyi ye yangiritse

Umubyeyi witwa Nyiragasigwa Jeanne avuga ko yagiye mu bitaro bya Mibirizi tariki ya 16 ugushyingo 2019 ubwi yari yoherejwe n’Ikigo Nderabuzia cya Nyakarenzo. Uyu mugore wari ugiye kubyara avuga ko umuganga witwa Marisiyana ngo yaramurangaranye kugeza ubwo yamuhamagaraga ngo amufashe, uyu muganga akamubwira ko niba abishoboye yakwibyaza. Uwari urwaje Nyiragasigwa Jeanne akaba na nyirabukwe, Mukantagara […]

Rubavu: Umwana ukekwaho gucukura ibirayi yaratemwe

Abaturage bahuruye ari benshi bamujyana kwa muganga

Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyundo, haravugwa umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 watemwe ikirenge kuri uyu wa gatatu taliki 20 Ugushyingo 2019 , azira ko yaba ari we ucukura ibirayi by’umuturanyi. Ibi byabaye mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba mu mudugudu wa Kanyahene, akagari ka Gatovu, umurenge wa Nyundo mu […]

Bruxelles : Urukiko ruramara impungenge abibwira ko abatangabuhamya badatekanye

neretse_3.jpg

Kuri uyu wa mbere, urubanza rwa Neretse Fabien uburanira mu rukiko rwa rubanda i Bruxelles mu Bubiligi rugeze ku munsi wa 12. Umucamanza yafashe umwanya wo gusobanura ko abatangabuhamya batekanye, ko n’abavugira ku ikoranabuhanga ntawe ubahungabanya. Mu cyumweru gishize nibwo humviswe umutangabuhamya wa mbere wavuganye n’urukiko biciye ku ikoranabuhanga. Abari mu rukiko babonye umuntu amunyura […]

Gasabo: Baravuga ko babangamiwe n’amafaranga bishyura nyuma yo kugurisha isambu

Bamwe mu batuye mu Karere ka Gasabo bavuga ko babangamirwa n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 30 basabwa mu gihe bagurishije isambu mu rwego rwo guhindura nyirayo (mutation). Aba baturage bavuga ko ari menshi, bityo bakifuza ko itegeko ryavugururwa bakagena uyishyura kandi ngo akanagabanywa. Ufitinema Chanelle waganiriye na Radiotv10 yavuze ko “Hashize igihe abaturage bagaragaza ko batumva […]

TENDER: Supply of Fuel at IPAR-RWANDA

The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org TENDER […]

Umugore wa Joel Mutabazi arasaba Perezida Kagame guca inkoni izamba nk’umubyeyi we

Umugore wa Lt. Joel Mutabazi, Gloria Kayitesi aramusabira imbabazi kuri Perezida wa Repubulika y’u Rwanda nyuma y’umwanzuro w’urukiko rw’ubujurire wo ku wa 22 Ugushyingo 2019 rwamugumishirijeho igihano cya burundu. Mu kiganiro yagiranye na Radio Ijwi ry’Amerika, Gloria Kayitesi uba muri Finland avuga ko Perezida Kagame ari we mubyeyi wa Joel Mutabazi kubera ko ngo yinjiye […]

Prevention Officer at AHF RWANDA

AIDS Healthcare Foundation (AHF) Rwanda is an international NGO that has been registered in Rwanda since 2006 and is committed to support the Government of Rwanda through the Ministry of Health in its efforts to curb the HIV epidemic by providing HIV prevention, counseling, HIV testing, treatment and care services to the people of Rwanda. […]

Gatsibo/Kiziguro : Abakora irondo barataka kumara amezi atatu badahembwa

Abakora irondo ry’umwuga mu kagari ka Ndatemwa barinubira gucunga umutekano badahembwa bakavuga ko badahawe amafaranga yabo bashobora guhagarika akazi bakoraga ko gucunga umutekano . Abanyerondo bavuga ko bamaze amezi 3 badahebwa umushahara wabo bemerewe bagomba guhabwa buri kwezi . Umwe mu banyerondo ukorera mu kagari ka Ndatemwa avuga ko bagenerwa umushahara udahagije nabwo bakaba bakora […]

Keep in mind these 10 questions before having sex with someone

You may find it difficult to talk about sexually transmitted diseases (STDs) while you are just getting to know someone intimately. Nevertheless, you should ask the following questions before you have sex to reduce your risk of getting infected by an STD. Consider printing the list and keeping it in your wallet or pocketbook. 1.Are […]

Rusizi: Nzahaha: Bamwe bavuga ko iby’icuruzwa ry’abantu babyumva ku maradiyo

Aba baturage bavuga ko bifuza ko abafatirwa mu byaha by'icuruzwa ry'abantu bajya baburanishirizwa mu ruhame

Bamwe mu baturage b’umurenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi bavuga ko bumva iby’icuruzwa ry’abantu ku maradiyo gusa batabona abandi babibasobanurira bihagije bakifuza ko inzego zibegereye n’abandi babisobanukiwe bajya babibasobanurira kugira ngo n’uwahura na byo babe yabimenya. Babitangarije Bwiza.com ubwo umuryango Never again Rwanda ku bufatanye n’akarere ka Rusizi n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bimukira […]

TENDER: Provision of Hotels and Catering Services

The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org TENDER […]

Goma: Uko umwana umwe yarokotse impanuka y’indege yahitanye ab’iwabo

_109883756_nelsonasani.jpg

Umwana wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza witwa Rene wari wagiye kugura umugati na Se wari utari mu rugo ni bo barokotse impanuka y’indege yaguye ku ngo z’abantu kuwa 24 Ugushyingo mu Mujyi wa Goma. Umwe mu baturanyi b’uyu muryango, Nelson Asani yavuze ko iyi mpanuka yabaye mu gitondo areba. Yabwiye BBC dukesha iyi […]

Urumuri rw’Imana ni rwinshi – Rev. Nibintije

ni-13.png

Si urumuri rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Si urukundo rwange ahubwo ni urwawe Mwami. Abantu benshi b’Imana bishingikiriza urukundo rw’abantu kurusha urw’Imana kandi urw’Imana ni rwo rwinshi. Urukundo rw’Imana rwakuzura imigezi yose, inyanja zose, rukuzura isi yose kandi rukanasaga. Ariko urukundo rw’abantu rurashira; rugira integer nke kandi rukagenda. Ese hari uwigeze kugukunda nyuma ukabona ko […]

Senior Auditor at RUMA

RUMA CPA Sector: Accounting RUMA CPA, a leading Audit, Accountancy and Consultancy firm. Website: HOME RUMA CPA, a leading Audit and Professional Accountancy firm invite applications for the position of Audit Senior. This is a senior member of the audit team and shall report to the Audit Manager. The Job: The suitable candidate shall be […]