Minisitiri Evode Uwizeyimana aravugwaho guhutaza umusekirite

[[Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutabera Ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi Mategeko, Evode Uwizeyimana, aravugwaho guhutaza no gutura hasi umukobwa w’umusekirite wamusabaga guca mu cyuma gisaka (scaner ) mbere yo kwinjira mu nyubako ya Grand Pension Plaza iri mu Mujyi wa Kigali rwagati. Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 3 Mutarama […]
Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yakoze impinduka mu gisirikare, azamura bamwe mu ntera ari nako atanga inshingano ku basirikare umunani bari bafite amapeti atandukanye. Itangazo ririmo amakuru yizewe Bwiza.com yabonye rivuga ko abasirikare umunani ari bo barebwa n’iki cyemezo gusa. Muri bo harimo Capt. Danny Gatsinzi wagizwe Liyetona […]
Umutwe wa ADF woherereje FARDC ubutumwa
Umutwe witwaje intwaro wa ADF woherereje ubutumwa ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ku nshuro ya mbere kuva Operasiyo Sokola ya kabiri yatangira mu mpera z’Ukwakira 2019. Iyi operasiyo yatangiye tariki ya 30 Ukwakira, izana uburyo buvuguruye bugamije kurandura burundu imitwe yitwaje intwaro ikambitse mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo. Imwe muri yo yarashegeshwe, […]
Urugendo rwa Minisitiri Netanyahu muri Uganda rwiswe urw’amayobera
Ibitangazamakuru byo muri Israel bivuga ko uruzinduko Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yagiriye muri Uganda kuva kuwa Mbere tariki 3 Mutarama uyu mwaka, ruteye urujijo. Urugendo rwa Netanyahu ruje nyuma y’uwo yagiriye mu Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwibajijwe n’ibitangazamakuu nka Jewishpress, Tazpit n’ibindi bivuga ko bidasobanutse uko uyu mugabo yasura Uganda inshuro eshatu […]
Banki yo mu Rwanda yareze Umunya-Kenya mu nkiko imwishyuza akayabo
Banki yitwa I&M Bank Rwanda yamaze kugeza ikirego mu rukiko rukuru rwa Nairobi muri Kenya isaba gufashwa kwishyuza Umunya-Kenya witwa Atulkumar Maganlal Shah ivuga ko yayambuye agera kuri 1,000,000,000Rwf. Umucamanza mukuru w’uru rukiko, David Majanja, yavuze ko iyi Banki yagaragaje ibya ngombwa nkenerwa byose biyemerera gutanga ikirego mu rukiko rwo muri Kenya. Majanja avuga ko […]
Ruswa iravuza ubuhuha mu Rwego rw’Abikorera mu Rwanda
Urwego rw’Abikorera mu Rwanda ruri mu zatangajwe ko zazahajwe na ruswa mu 2019. Ibi ni ibyagaragajwe na Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane, Ishami ry’ u Rwanda (TI-Rwanda) yo kuwa 3 Ukuboza 2019 yiswe ‘Rwanda Bribery Index. Uko inzego za Leta zikurikirana mu kugaragaramo ruswa (Rwanda Bribery Index 2018-2019). – TVETs (12.80%), – Traffic Police […]
Medical Doctor at American Refugee Committee (ARC)
ARC works with its partners and constituencies to provide opportunities and expertise to refugees, displaced people and host communities – to better survive conflicts and crisis, and to rebuild lives of dignity, health, security, and self-sufficiency. ARC presently works in and with partners in ten countries globally. ARC has consistently operated in Rwanda since 1994, […]
Rusizi: Bahangayikishijwe n’umurengera w’amafaranga bakwa n’abasore ngo babagire abagore
Abakobwa bo mu murenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi bahangayikishijwe n’amafaranga menshi abasore babaca kugira ngo babagire abagore, hakaba n’ubwo babahemukiye, bakishakira abandi. Mu kiganiro bagiranye na TV1 dukesha iyi nkuru, ababyeyi ndetse n’abakobwa bavuga ari ikibazo giteye inkeke kuko abakobwa batinya kugumirwa, ababyeyi bagatinya kubona abana babo baguma mu rugo, bakiyemeza bagashaka amafaranga […]
Uganda: Mu bukwe bwitabiriwe na Janet Museveni, uwahoze ari Minisitiri yatanze umukobwa we nta nkwano asabye

Mu muco w’ibihugu byinshi, inkwano ni ikintu gihabwa agaciro cyane, igafatwa nk’ishimwe ku babyeyi b’umukobwa, gusa hari n’abamaze kuyimenyera nk’igiciro cy’umukobwa cyangwa se umugeni (Bride Price), bihuye n’uko ubusanzwe hari ibihugu bitanga inkwano mu mafaranga, ibyari bisanzwe bitanga inka bikaba biri kuwigana. Mu karere k’uburasirazuba bw’Afurika, gutanga inkwano ni umuco umenyerewe mu bakomeye n’abohoroheje, umuryango […]
Abakozi babiri muri Minisiteri y’Ubuzima birukanwe n’uwatwitswe n’umugore we mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 27 Mutarama kirangira tariki ya 2 Gashyantare 2020. Twamaze kugitera umugongo, dutangira ikindi. Ni umwanya wo kwiyibutsa inkuru z’ingenzi zakiranze, ziganjemo izidasanzwe. Imikino n’imyidagaduro biza mu gice cy’inyuma cy’iki cyegeranyo. Ikaze! Umupangayi yakomerekeje nyir’inzu amwita Interahamwe n’Umuhutu Mu gihe u Rwanda rumaze gutera intambwe ishimishije muri gahunda y’ubumwe n’ubwiyunge no […]