Babu Owino warasiye umuntu mu kabyiniro k’Umunyarwanda yoroherejwe igihano
Urukiko Rukuru rwo muri Kenya rwavuguruye ingwate ingana na miliyoni 10 z’amashilingi ya Kenya Depite Babu Owino yari yategetswe gutanga, mu rubanza aregwamo gushaka kwica umuntu. Depite Owino ashinjwa kuba yarashatse kwivugana Felix Orinda uzwi ku izina rya DJ Evolve, mu ijoro ry’itariki ya 17 Mutarama ubwo bari bahuriye mu kabyiniro kitwa B Club gaherereye […]
Umudamu Germaine yatubwiye uburyo akuramo imyenda yose akereka igitsina cye abo agiye gucira imyeyo
Uwamurera Germaine ni umubyeyi w’abana babiri, yatangarije Bwiza Tv ko akazi ke ka buri munsi ari ugufasha abana b’abakobwa bageze mu myaka 12 kuzamura, akabigisha uburyo baca imyeyo cyangwa se gukunda atibagiwe n’abagore bakuze rimwe na rimwe banashatse. Germaine yatubwiye ko hari igihe ahura n’imbogamizi, yajya gucira nk’umudamu imyeyo akagira isoni bityo akabanza gukuramo imyenda […]
Head of Field Office at The United Nations World Food Programme
The United Nations World Food Programme is the world’s largest humanitarian agency fighting hunger worldwide. The mission of WFP is to help the world achieve Zero Hunger in our lifetimes. Every day, WFP works worldwide to ensure that no child goes to bed hungry and that the poorest and most vulnerable, particularly women and children, […]
Tanzania igiye gutanga isoko ryo kubaka umuhanda wa gariyamoshi uzanyura i Kigali
Guverinoma ya Tanzaniya yavuze ko iri mu mirimo ya nyuma yo gutumira abashoramari mpuzamahanga kugira ngo bapiganire kubaka umuhanda wa gari ya moshi ugomba kuva Isaka muri Tanzania ukanyura mu Rwanda ujya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni amakuru yemejwe na Hassan Abbasi, Umuvugizi wa Guverinoma ya Tanzania akaba n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Itangazamakuru, […]
Tanasha yamaze kuzinga utwangushye asubira muri Kenya
Uwari umukunzi wa Diamond Platnumz, Tanasha Donna yamaze gupakira ibye yerekereza muri Kenya nyuma y’ibyafashwe nko gutandukana n’uwari umukunzi we babanaga muri Tanzania. Amakuru avuga ko Tanasha Donna atabashije kwihanganira ingeso ya Diamond yo gucana inyuma, we yakekaga ko ngo yaretse. Esma Platnumz, mushiki w’umuhanzi Diamond Platnumz, yaciriye ku mayange Tanasha Donna wari umukunzi wa […]
Information Security officer at AB BANK Rwanda Plc
AB BANK Rwanda Plc has been operating in Rwanda since January 2014. It is a member of an international network of commercial banks providing banking services to micro, small and medium-sized enterprises and private individuals in Africa, Asia, and Latin America. Website: http://www.abbank.rw AB BANK Rwanda Plc. is looking for qualified and competent staff to […]
Rusizi: Umwarimu akurikiranweho ingengabitekerezo ya Jenoside
Umwarimukazi wigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntura Protestant mu Murenge wa Giheke mu Karere ka Rusizi, Nyirambonigaba Agnès kuva ku wa 26 Gashyantare ari mu maboko ya RIB Sitasiyo ya Kamembe akurikiranweho amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside. Uyu mwarimukazi ngo yabwiye umuyobozi we ushinzwe amasomo kuri iri shuri, Mukamuhirwa Médiatrice ko nakomeza kumugendaho amukangisha ko ingoma […]
Coronavirus yageze mu bindi bihugu bitatu bya Afurika
Umuntu wa mbere wanduye coronavirus yaraye atangajwe muri Sénégal, nkuko byemejwe na Abdoulaye Diouf Sarr, Minisitiri w’ubuzima w’iki gihugu,Tunisia na Maroc nabyo byatangaje umuntu wa mbere wanduye iyo virusi. Uwo murwayi ni Umufaransa w’umugabo uba muri Sénégal, wasubiye muri Sénégal avuye mu Bufaransa ku itariki ya 26 y’ukwezi gushize kwa kabiri, nkuko Bwana Sarr yabivugiye […]
Kuvuga ko amatsinda y’abahanzi azaramba ni nk’ubuhanuzi bw’ibinyoma
Mu mpera za Mutarama 2020, Platini Nemeye yavuze ko ‘nta gahora gahanze’. Icyo gihe yavugaga ku makuru avuga ko itsinda rya Dream Boys ritakiriho. Nyamara kandi iri tsinda ni ryo ryahabwaga amahirwe yo kumara ibinyacumi by’imyaka bihekeranye kugeza abahanzi byibuze bagejeje mu myaka nka The Rolling Stones, Golden Earring cyangwa The Beach Boys yabayeho kuva […]
Abadepite batewe impungenge n’amabanki ashyira imbere cyamunara
Abadepite bagaragaje ko batumva impamvu ibigo by’imari bikoresha cyamunara yonyine kugira ngo byishyurwe imyenda biba biberewemo, kandi nyamara hari n’ubundi buryo buteganywa n’amategeko bushobora gukoreshwa. Abadepite bagaragaje iki kibazo mu gihe amategeko ateganya ko hari uburyo bune ibigo by’imari bishobora kwishyurwamo imyenda, gusa ibyinshi muri byo bikaba bihitamo gukoresha cyamunara gusa. Itegeko ryo muri Gicurasi […]
2020: U Rwanda rwasubiye inyuma mu koroshya ubucuruzi ku Isi

Raporo nshya ya Banki y’Isi ” Doing Business 2020″ yagaragaje ko mu koroshya ubucuruzi, u Rwanda rwasubiye inyuma imyanya 9 rukagera ku mwanya wa 38 ruvuye kuwa 29 ku Isi rwariho mu 2019. Raporo yo mu mwaka wa 2020 Bwiza.com ifitiye kopi, igaragaraza ko u Rwanda rwasubiye inyuma imyanya icyenda. Ni urwa 38 mu bihugu […]
Hiring of 3 Minibuses for Staff Transportation at KT Rwanda Networks Ltd
KT Rwanda Networks Ltd is the only 4G LTE infrastructure company in Rwanda, jointly invested by the Government of Rwanda and kt exclusively for wholesale provision of universal mobile broadband network in Rwanda using 4G LTE technology. The wholesale network service for mobile broadband will help to promote healthy competition for advanced retail services and […]
FARDC yafashe Col. Masamba wari mu bakomeye muri FLN
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyataye muri yombi Col. Masamba Marc wari umuyobozi wungirije w’umutwe w’inyeshyamba za FLN zishamikiye ku mpuzamashyaka MRCD. Amakuru avuga ko Col. Masamba yafatanwe n’abandi barwanyi babarirwa muri 30. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ziriya zafashwe nyuma yo kugwa mu gico cya FARDC zigerageza kwinjira mu Burundi. […]
Request for Expression of Interest for Access Control
ISCO is the leading provider of security services in Rwanda which provides forward thinking solutions that have been streamlined and digitized for efficient and timely operational standards. ISCO rebranded from Intersec Security Company transforming herself from a traditional security company to an innovative service provider in services that require our expertise & vast national network […]
Abageni bahagaritse ubukwe babanza kuvura uwakoze impanuka

Jonathan na Sarah ni abaganga bemeye kurushinga, bahitamo gukorera ubukwe bwabo muri Krabi ho muri Thailand tariki ya 17 Gashyantare 2020. Inkuru yabo yakoze ku mitima y’abayumvishe ubwo basubitse umuhango wo kwiyakirira muri hoteli, babanza kwita ku murwayi wari umaze gukora impanuka. Nk’uko igitangazamakuru Gh Gossip kibivuga, icyo gihe aba bageni bari bavuye mu wundi […]