Massimo Moratti arifuza Messi muri Inter Milan

Massimo Moratti wahoze ayobora ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani, yatangaje ko inzozi z’iyi kipe zo gusinyisha Lionel Messi zigishoboka, anahishura ko izabigerageza mu gihe yaba ananiranwe na FC Barcelona ku ngingo yo kongera amasezerano. Ubwo Moratti yari akiyobora iriya kipe yo mu mujyi wa Milan, yagerageje kujyana Messi i San Siro gusa […]

Umubyeyi wa Pep Guardiola yishwe na Coronavirus

Dolors Sala, umubyeyi w’Umunya-Espagne Pep Guardiola utoza ikipe ya Manchester City, yitabye Imana kuri uyu wa 06 Mata azize icyorezo cya Virusi ya Corona. Ni amakuru yemejwe n’ikipe ya Manchester City ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Manchester City yagize iti” Buri wese ufite aho ahuriye n’ikipe yihanganishije Pep Guardiola n’umuryango we muri ibi bihe bibabaje […]

Ibintu bishobora kudogera hagati y’u Bushinwa n’u Bwongereza kubera Coronavirus

Ubwami bw’u Bwongereza bushaka akayabo k’amafaranga ku Bushinwa nk’icyiru cyo kuba bwararangaranye bugatuma amahanga agerwaho n’ingaruka z’icyorezo cya Coronavirus, bitaba ibyo hakitabazwa inkiko mpuzamahanga. Icyiru u Bwongereza bushaka kibarirwa muri miliyari 351 z’amayero, zirenga tiliyari 360 z’amafaranga y’u Rwanda, ahuye n’igiciro cy’ibyo ubu bwami buri gutakaza mu guhangana n’iki cyorezo. Abayobozi bakuru mu Bwongereza 15 […]

Kicukiro: Umurambo w’umusore wasanzwe mu murima w’imyumbati

Umuturage witwa Mukandatirwa Lawurensiya utuye mu Kagari ka Muyange, Umurenge wa Kagarama, Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa 6 Mata 2020, yasanze umurambo w’umusore mu murima we w’imyumbati. Abatuye muri ako gace babwiye TV 1 ko uyu musore wapfuye utamenyekanye amazina byagaragaraga ko yari akiri muto. Bavuga ko ” Ku munsi wabanje bari babonye uyu […]

Rihanna yatangaje ko yifuza umwana yaba afite umugabo cyangwa atamufite

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi,Robyn Rihanna Fenty, wamamaye cyane nka ‘Rihanna’ , yatangaje ko yifuza umwana mu maguru mashya, yaba afite umugabo cyangwa atamufite. Ibi Rihanna yabitangaje mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, nyuma y’amafoto uwahoze ari umukunzi we Chris Brown yashyize kuri Instagram ye, yishimiye kuba ari se w’abana be babiri. Chris Brown afite umukobwa w’imyaka […]

Bamwe mu Bongereza ntibishimiye ijambo ry’Umwamikazi kuri coronavirus

Bamwe mu Bongereza biganjemo urubyiruko ntibishimye ijambo Umwamikazi Elizabeth II yaraye atangaje,rigamije guhumuriza abaturage no gukomeza gufata mu mugongo ababuze ababo kubera icyorezo cya covid-19. Umwamikazi Elizabeth mu ijambo rye yatambukije mu buryo bw’amashusho,y ashimiye abaganga n’abandi bakora mu nzego z’ubuzima, yashimiye kandi abitanga mu buryo bwo gushyigikira bagizweho n’ingaruka z’icyorezo ndetse anakangurira abaturage kuguma […]

Kigali: Harakemagwa abakobwa batwara imyambaro y’abasore

Abasore bakomeje kuvuga ko hari abakobwa baziranye usanga baba bashaka gutwara imwe mu myambaro yabo by’umwihariko amakote cyangwa imyenda y’imbeho. Umwe muri aba basore utashatse ko amazina ye atangazwa, avuga ko bigoye kumenyana n’umukobwa amezi atandatu ataratwara umwe mu myambaro. Uyu ati ” Biragoye ko wamenyana n’umukobwa mezi atandatu akaba ataratwara umwe mu myenda yawe. […]

Panama: Musenyeri yayoboye misa ari mu ndege

Musenyeri wo muri Panama, Jose Domingo Ulloa ku Cyumweru cya Mashami cyizihizwa mu Idini gatolika, yayoboreye Misa mu ndege yo mu bwoko bwa helikobuteri (helicopter) kubera Coronavirus. Musenyeri Domingo yari aherekejwe n’abapadiri babiri, yambaye agapfukamunwa, yazengurutse insisiro n’uduce twegereye ibirindiro bya Gisirikare byitwa Howard ahabereye igitambo cya misa. AFP dukesha iyi nkuru ivuga ko Arikiyepisikopi […]

RDC: Vital Kamerhe yatumijweho n’umushinjacyaha mukuru

Vital Kamerhe, umuyobozi mu biro bya Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, yatumijweho n’umushinjacyaha wa Leta ngo yisobanure ku cyaha akekwaho. Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI), ivuga ko Kamerhe akekwaho kunyereza amafaranga agenewe gahunda yihutirwa ya Perezida Felix Tshisekedi y’iminsi 100. Nta mubare w’ayo mafaranga wigeze ushyirwa mu itangazamakuru. Iyi radiyo ivuga […]

Habyarimana/Ntaryamira: Kuvuguruzanya no kwivuguruza byahejeje dosiye mu kirere

Tariki ya 6 Mata 1994 ni bwo indege yari itwaye abakuru b’ibihugu bibiri: Habyarimana JuvĂ©nal wayoboye u Rwanda na Cyprien Ntaryamira w’u Burundi yarashwe ivuye i Arusha muri Tanzaniya, iri hafi kugwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe. Ni igitero cyatwaye ubuzima bw’aba babiri ndetse n’abapilote babiri b’Abafaransa. Mu 1998, iperereza ku ihanurwa […]

Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yasabye abaturage kuzimya amatara

Mu Buhinde mbere y’uko saa 21:00 z’ijoro zigera, ejo tariki ya 5 Mata 2020, abaturage bazimije amatara maze bahagarara imbere y’ingo zabo, bacanye za buji, amatoroshi, telefoni n’amatadowa nk’uko bari babisabwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu Narendra Modi. Uretse abaturage ba rubanda rugufi, iki gikorwa cyanitabiriwe n’abayobozi bakomeye ndetse n’ibindi byamamare byo mu Buhinde birimo […]

Inkoni Abanyerondo bakomeje kuvunisha igufwa rubanda bayikuye he?

Ikibazo cy’Abanyerondo bahohotera rubanda gikunze kumvikana hirya no hino mu gihugu, na cyane ko ari ikibazo kimaze igihe kirekire cyumvikana mu matwi y’inzego zitandukanye kizakemurwa nande? itangazamakuru ntirisiba kugaragaza abahohotewe. Akenshi na kenshi kumva ngo Runaka yakubiswe n’abashinzwe umutekano, wenda ari ukumunyuzaho akanyafu kubera ikosa yakoze nta nkuru iba irimo ndetse nta n’uwabitaho umwanya we, […]

Kigali: Mtume akamatwa kwa kudanganya polisi

Mtume kwa majina ya Liliane Mukabadege amekamatwa jana na jeshi la polisi Mjini Kigali juu ya uongo wa anapokwenda wakati wa kujikinga virus vya Corona. Mukabadege anadaiwa kuwadanganya polisi kuwa anakwenda mjini kwenye show ya radio lakini akachepuka kuelekea kanisani. ” Jeshi la polisi limekamata mtume Mukabadege kwa kudanganya kuwa anakwenda kwenye radio. Polisi imemfuata […]

E-learning muri UR izagongana n’ubushobozi bw’abanyeshuri

Muri ibi bihe u Rwanda n’Isi muri rusange bahanganye n’Icyorezo cya Virus ya Corona (Covid-19), hafashwe umwanzuro ko amasomo mu mashuri abanza, ayisumbuye, amakuru na za kaminuza yaba ahagaze mu rwego rwo kwirinda ko iki cyorezo cyakwirakwizwa. Icyemezo gihagarika amasomo kireba na Kaminuza y’u Rwanda (UR) muri ibi bihe yahise itangiza uburyo bushya bwo guha […]

Rwandan gov’t officials to forfeit April salary

Senior government officials including Cabinet Members, Permanent Secretaries and heads of parastatals, among other senior leaders will forfeit April’s salary to contribute to social protection of vulnerable citizens. This was announced through a statement issued by the Office of Prime Minister Dr Edouard Ngirente. According to a statement released on Sunday evening, the move is […]

Burundi-Gitega:CVR yerekanye indi mibiri 2,653 y’abazize ubwicanyi bwo muri 1972

Ishyaka rishinzwe kumenya ukuri no kubabarirana,CVR,ryongeye kwereka imbaga y’abarega 4000,imibiri 2,653 y’abantu bishwe mu bwicanyi bwo mu mwaka wa 1972 hari mu gitambo cya misa yo kubasabira mu mudugudu wa Mashitsi ho mu ntara ya Gitega. Iyi mibiri 2653 y’abaguye mu bwicanyi bwo mu 1972,bari batawe mu binogo birindwi muri komine Giheta y’intara ya Gitega,ikaba […]

Uganda: Abasirikare n’abapolisi bandagaje abagore mu buryo bukomeye-AMAFOTO

5b84f885-f2c0-4b30-9b06-883e61303ac8.jpg

Mu karere ka Amuru tariki ya 3 Mata 2020, abapolisi 11 n’abasirikare 6 bari ku burinzi bugamije kureba iyubahirizwa ry’amabwiriza yo gukumira Coronavirus basanze abagore n’abagabo muri ‘lodge’ bamwe bambaye ubusa, babahata ibiboko ndetse babagaragura mu isayo. Mu mafoto yagiye hanze, aba bagore bagaragaraho inkoni zishushanyije ku bibuno byabo [batatewe isoni no gushyira gufotorwa], abandi […]