Rutanga yatandukanye na Police FC yaherukaga kumuvana muri Rayon Sports

Myugariro Eric Rutanga wari umaze igihe gito asinye amasezerano muri Police FC nyuma yo kuyigeramo avuye muri Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri Young Africans yo muri Tanzania. Rutanga wari ufitanye na Police FC amasezerano y’imyaka ibiri yatandukanye na yo nta mukino n’umwe arayikinira. Amakuru avuga uyu musore ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso […]

Rusizi na Rusumo habonetse abantu 15 banduye Covid-19

img-20200619-wa0057.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 19 Kamena 2020 yatangaje ko mu Karere ka Rusizi no ku mupaka wa Rusumo hagaragaye abantu 15 banduye Covid-19 mu bipimo 3033 byafashwe. Abamaze gukira iki cyorezo bagumye kuri 351 barimo 1 w’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 661, abantu 308 ni […]

Dr Léo Mugesera yanze kugira icyo avuga ku jambo ashinjwa kuvugira ku Kabaya

Dr Léon Mugesera wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yirinze kugira icyo avuga ku mbwirirwaruhame ashinjwa kuvugira ku Kabaya mu 1992 ivugwa kuba yari yuzuye urwango rukomeye ku Batutsi, ndetse ikanabagiraho ingaruka kuko abenshi batangiye kwicwa nyuma gato y’uko yari imaze kuvugwa. Kuri uyu wa gatanu ni bwo hari hasubukuwe urubanza ku bujurire […]

Abamotari bahamagara abagore b’abandi bifashishije MoMo bagiye gukeburwa

ea2z3sfxkaays3g.jpg

Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA kuri uyu wa 19 Kamena 2020 zatangaje ko zigiye gushakira umuti ikibazo cy’abamotari basigaye bifashisha serivisi ya ‘Mobile Money’ bagahamagara abakobwa n’abagore b’abandi. Iki kibazo cyazamuwe n’uwiyise Ndamaze ku rubuga rwa Twitter. Mu gitondo yabajije Polisi y’Igihugu ati: “Ni byiza kwishyura abamotari dukoresheje momo, ariko se ko basigarana nimero […]

Covid-19: Moroccan medical aid for Zambia arrives in Lusaka

Kigali, 19 June (RNA) – Moroccan medical assistance aid for Zambia, as part of a package of aid granted on Very High Instructions from His Majesty Mohammed VI, King of Morocco, to several sister African countries to support them in their efforts to fight coronavirus, arrived Thursday 18 June 2020, at Lusaka International Airport. The […]

Covid-19 : Le Président zambien exprime sa gratitude à Sa Majesté Mohammed VI, Roi du Maroc, pour l’aide accordée à son pays

Kigali, 19 Juin (ARI) – Le Président zambien SE. Edgar Lungu, a exprimé sa gratitude à Sa Majesté Mohammed VI, Roi du Maroc, pour l’aide marocaine envoyée à ce pays d’Afrique australe afin d’appuyer ses efforts de lutte contre le Coronavirus, rapporte la chaine de télévision publique zambienne (ZNBC). Le Maroc et la Zambie partagent […]

L’exercice par le Maroc de sa souveraineté sur son Sahara est conforme aux dispositions du droit International

Kigali, 19 Juin (ARI) – L’ancien Ministre jordanien des Affaires Municipales, actuel député et Secrétaire général du parti politique Al-Rissala, M. Hazem Qashou et le Me. Omar Aljazy, avocat jordanien et arbitre international, sont intervenus lors de l’émission citoyenne “Sahara Debate” en vue de réitérer l’appui clair et constant de leur pays à l’intégrité territoriale […]

The Exercise by Morocco of its sovereignty over its Sahara goes within the provisions of International law – A Former Minister and a Lawyer from Jordania

Kigali, 19 June (RNA) – The former Jordanian Minister of Municipal Affairs, current Deputy and Secretary General of the Al-Rissala Political Party, Mr. Hazem Qashou and the Jordanian lawyer and international arbitrator, Dr. Omar Aljazy, have spoken during the “Sahara Debate” citizens broadcast in order to reiterate the clear and the constant support of their […]

Musanze: Abajura bafashwe babaga ihene bibye, batambagizwa umujyi bikoreye inyama

Mu gitondo cy’uyu wa 19 Kamena 2020, Nshimiyimana Rajab, umugore we na Itangishaka Wilson bafashwe n’abaturage bo mu mudugudu wa Kavumu mu Kagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze ubwo babagaga ihene n’icyana cyayo bibye unuturage witwa Kanyamibwa Immaculée, babajyana kuri Sitasiyo ya RIB babikoreje inyama. Amakuru ava mu baturage avuga ko […]

Nyaruguru: Undi mukozi ku rwego rw’umurenge yatawe muri yombi

Ku gicamunsi cyo kuwa 17 Kamena 2020, Mayira Jean, wari umukozi w’umurenge wa Kivu mu Karere ka Nyaruguru, ushinzwe amakoperative, umurimo n’iterambere (BDE) yatawe muri yombi na RIB akekwaho kugira uruhare mu kunyereza imbuto y’ibirayi n’ifumbire mvaruganda byagenewe abaturage. Haravugwa kandi n’abandi bakozi babiri: Hagenimana Emmanuel wari ushinzwe imibereho myiza (SEDO) mu kagari ka Gahurizo, […]

Gatsibo: Yakubiswe agirwa intere, bikekwa ko azira gutanga amakuru ku muntu wafunguwe

Umugabo witwa Gasangwa Dismas utuye mu mudugudu wa Kumana mu Kagari ka Gakoni mu murenge wa Kiramuruzi, mu ijoro ryo kuwa gatatu kuwa 17 Gicurasi yatezwe n’abagizi ba nabi baramukubita bamugira intere akaba arembereye mu bitaro bya Kanombe. Mukankumburwa Caritas umugore wa Gasangwa yabwiye Bwiza.com ko umugabo arembereye mu bitaro bya Kanombe bitewe n’inkoni yakubiswe […]

Muhanga: Abaturage bubatse amashuri bamaze imyaka 4 batarishyurwa

Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Mbuga, Umurenga wa Nyabinoni mu karere ka Muhanga barasaba kurenganurwa bakishyurwa amafaranga bakoreye muri 2016 ubwo bubakaga ibyumba bitandatu by’amashuri abanza ku kigo cy’amashuri cya Gitumba, imyaka ikaba ibaye ine amaso yaraheze mu kirere. Bavuga ko bakoreshejwe na rwiyemezamirimo witwa Munyanziza Boneventure wari uhagarariye kompanyi yitwa Goods Suppliers […]

Minisitiri Niyitegeka Eliezer mu ishyirwa mu bikorwa rya politiki mu cyahoze ari Perefegitura ya Kibuye

Mu gihe Guverinoma y’abicanyi yarimo itsindwa ku rugamba, yakoze uko ishoboye kugira ngo yihutishe ubwicanyi mu turere yagenzuraga, binyuze muri gahunda ya Jean Kambanda yo gushinga buri mu Minisitiri akarere yagombaga gukurikirana akagenzura ko Abatutsi batsembwa nk’uko byari byarateguwe. NIYITEGEKA Eliezer yagize uruhare runini mu ishyirwa mu bikorwa ry’iyo politiki ya jenoside muri Perefegitura ya […]

Kenya: Ishyari n’urwango biravuza ubuhuha mu muryango wa Barack Obama

Icyemezo Malik yashyize kuri Twitter kigaragaza ko Barack yavukiye muri Kenya

Abavandimwe babiri ba Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika; Malik na Auma Obama ntibacana uwaka nyuma y’aho umwe muri bo yashyize ubutumwa ku rubuga rwa Twitter bwagaragaye nk’urwango n’ishyari. Uyu mwuka wazamutse ubwo tariki ya 15 Kamena 2020, Malik Obama yashyiraga kuri uru rubuga icyemezo cyo kwa muganga kigaragaza ko murumuna we […]

Tariki nk’iyi ya 19 Kamena 1821 ntiyarihiye Ubugereki kuko bwatsinzwe urugamba n’Ubwami bwa Ottoman

Ku munsi nk’uyu, ingabo ziyobowe n’umwami w’Ubwami bwa Ottoman witwaga Sultan Muhmud II zari zihanganye n’iz’Ubugereki mu rugamba rwiswe urwa Dragasani aho Ubugereki bwashakaga ubwigenge. Ubusanzwe Ubwami bwa Ottoman, bwari bugizwe n’ibihugu bigera kuri 13 n’Ubugereki burimo, gusa mu 1821 Abagereki bashaka kuba igihugu kigenga kitagendera ku mategeko y’Ubwami bwa Ottoman ari na byo byateje […]

Karim Benzema yabaye uwa gatanu umaze gutsindira Real Madrid ibitego byinshi mu mateka

Umufaransa Karim Benzema, yabaye umukinnyi wa gatanu umaze gutsindira Real Madrid ibitego byinshi mu mateka yayo, nyuma yo kuyifasha gutsinda FC Valence ibitego 3-0 mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona ya Espagne wabaye mu ijoro ryakeye. Ibitego bibiri bya Karim Benzema, na kimwe cya Marco Asensio winjiye mu kibuga asimbura, byari bihagije kugira ngo […]

Isake yigeze kujyanwa mu rukiko izira gusakuriza abaturanyi yapfuye

Maurice hafi y'urukiko

Isake yo mu kirwa cya Oléron mu Bufaransa yitwa Maurice yatsinze urubanza yaregwagamo n’abaturanyi bayishinja gusakuza buri gitondo, yishwe n’umuraramo yari ifite imyaka 6 y’amavuko. Inkuru ya AFP ivuga ko Maurice yapfuye muri Gicurasi 2020 ariko nyirayo Corinne Fesseau akaba atari yakabitangaje bitewe n’icyorezo cya Covid-19 cyari gikomereye u Bufaransa mu minsi yashize ngo kuko […]

Rayon Sports yavuze imyato mwishywa wa Emmanuel Adebayor yasinyishije

Ikipe ya Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’Umunya Togo witwa Alex Harlley ivuga ko ari mwishywa wa Emmanuel Adebayor wamamaye mu makipe nka Arsenal ndetse akaba ari na Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Togo. Uyu rutahizamu w’imyaka 27 uzwi nka Magicien du Togo (Umunyabufindo wa Togo), yasinye imyaka ibiri […]