Isoko rya Nyabugogo ryabonetsemo abandi bantu 59 banduye Covid-19

img-20200817-wa0051.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 17 Kanama 2020 yatangaje ko mu isoko ry’ibiribwa rya Nyabugogo rizwi nko kwa Mutangana ryanonetsemo abantu 59 banduye Covid-19, mu gihe mu gihugu hose habonetse 87 mu bipimo 4018 byafashwe. Abandi ni 25 bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi mu Karere ka Rusizi, 2 babonetse mu Karere ka Huye […]

Ivuguruye: FC Barcelona yemeje ko Quique Setién atakiri umutoza wayo

Ikipe ya FC Barcelona kuri uyu wa mbere, yemeje ko Quique Setién atakiri umutoza wayo mukuru, nyuma yo gusezererwa muri UEFA Champions league ku wa Gatanu w’icyumweru gishize inyagiwe na Bayern Münich yo mu Budage ibitego 8-2. Ibyo bitego birimo bibiri bya Thomas Mürrer, bibiri bya Philippe Coutinho, icya Ivan Perisic, Serge Gnabry, Joshua Kimmich […]

Ubujura bukomeye bwabaye mu mateka y’Isi

Abakunzi ba filimi bazi iyitwa ‘La Casa de Papel’ cyangwa se ‘Money Heist’ isobanuye ngo ‘Ubujura bw’Amafaranga’ igaragaramo ubujura bwa Banki y’Igihugu. Abajura bayobowe n’uwitwa ‘Professor’ w’umuhanga mu by’ikoranabuhanga, bibamo amafaranga miliyari 200 z’amadolari y’Amerika. Ibyabaye muri iyi filimi ni umukino ariko ugaragaza ukuri kw’ibiba mu bujura bukorerwa mu ma banki. Ku Isi habaye ubujura […]

Ibyo utamenye ku mukino Bayern Münich yanyagiyemo Real Madrid ibitego 9-1

Ikipe ya FC Barcelona nyuma yo guhabwa isomo rya ruhago na Bayern Münich iheruka kuyinyagira ibitego 8-2, yiyongereye kuri mukeba wayo Real Madrid na yo yigeze gutsindwa na Bayern Münich ibitego 9-1. Kumva ko FC Barcelona ya Messi yatsinzwe na Bayern Munich igitego kimwe cyangwa bibiri nta gitangaza kirimo, gusa kuba uwo mubare wararenze ukagera […]

Musanze: Isoko ry’Ibiribwa ryabuze amazi, abadafite ‘Sanitizers’ basabwa kuzigura

Mu gitondo cy’uyu wa 17 Kanama 2020, Isoko ry’Ibiribwa ry’umujyi wa Musanze ryabuze amazi, abarikoreramo n’abari bagiye kurihahiramo bafite umuti usukura intoki (sanitizers) bemererwa kwinjira, mu gihe abandi basabwe kuwugura cyangwa bagategereza ko amazi agaruka. Ubusanzwe iri soko ryahawe izina rya ‘Carrière’ risanzwe rifite kandagirukarabe zikoreshwa ndetse n’imigezi yubakiwe gukaraba intoki nka rimwe mu mabwiriza […]

Ibigwi by’umwami w’abami Mansa Musa wa Mali bivugwa ko icyo yakoragaho cyose cyabaga zahabu

Mansa Musa ni umwami w’abami wayoboye ubwami bwa Mali bwo mu Burengerazuba bwa Afurika, ahagana mu mwaka 1307 kugeza mu mwka 1337. Mansa Musa abanyamateka benshi bamusobanura nk’urugero rwiza rw’umukire uhebuje wabayeho mu myaka yo hambere. Ibi biterwa n’ibikoresho byose yari atunze byari zahabu, abasizi benshi bavuga ko icyo yakoraga cyose cyahindukaga zahabu. Ikinyamakuru Fobs […]

Nigeria: Amaze imyaka 7 afungiwe mu kazu k’inyamaswa na muka se

Polisi yo muri Leta ya Kano muri Nigeria yatabaye uwitwa Ahmad Aliyu w’imyaka 32 wari umaze imyaka 7 afungiwe mu cyumba na muka se. Aliyu usanzwe atuye mu gace ka Farawa Babban Layi mu majyaruguru ya Nigeria , yatabawe na Polisi ikorera muri ako gace ku bufatanye n’imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu aha muri iki gihugu […]

Rusizi: Abayobozi bashinjwa kugira uruhare mu bucuruzi bw’amata atujuje ubuziranenge

umuyobozi_w_ikaragiro_rya_giheke_hategekimana_hesron_asaba_ubuyobozi_bw_akarere_guhagurukira_iki_kibazo_amazi_atararenga_inkombe._1597644452899.jpg

N’ubwo Leta yashoye hafi miliyari y’amafaranga y’u Rwanda mu ikaragiro rya Giheke mu Karere ka Rusizi n’amakusanyirizo y’amata mu mirenge ya Nyakarenzo,Giheke n’ahandi kugira ngo abaturage banywe amata yujuje ubuziranenge n’ashorwa mu baturanyi b’ivBukavu muri RDC abe abwujuje, abamamyi bakomeje gushora amata menshi adasukuye i Bukavu, ubuyobozi bw’Akarere bukavuga butari bubizi. Mu kiganiro n’aborozi b’inka […]

Menya ibyavuzwe muri politiki, imikino n’imyidagaduro mu cyumweru gishize

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 kirangira tariki ya 16 Kanama 2020. Cyari icya 33 cy’umwaka w’2020 ni cyo twamenyeyemo amakuru atandukanye ajyanye na politiki, ububanyi n’amahanga,… nk’ubwo abayobozi batatu bari barakuwe muri guverinoma, Perezida Kagame yongeye kubagirira icyizere abaha abaha izindi nshingano, Minisiteri y’Uburezi imara amatsiko abibaza ku hazaza h’uburezi muri Covid-19. Abayobozi batatu […]